Buri wese arabizi ko itsinda rya Kyagulanyi ryibye amajwi_Museveni

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Museveni avuga ko buri wese azi neza ko itsinda rya Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) bari bahanganye cyane mu matora, ryibye amajwi mu bice birimo umujyi wa Kampala. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangaje tariki ya 14 Werurwe 2021 ubwo yagezaga ubutumwa ku Bagande bose, ahakana ibyatangajwe na Bobi Wine wavuze […]

Umutoza Lomami Marcel yatawe muri yombi

Umutoza wungirije wa Gorilla FC yo mu Cyiciro cya Mbere hano mu Rwanda, Lomami Marcel, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse no guhoza ku nkeke uwo bashyingiranywe. Lomami yafashwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Werurwe mbere yo kujya gufungirwa kuri Sitasiyo ya RIB […]

CAF CL: Meddie Kagere na Simba ye banyagiye El Merrick yo muri Sudani

Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania, yiyongereye icyizere cyo kugera muri 1/4 cy’irangiza cya CAF Champions league, nyuma yo kunyagira El Merrick yo muri Sudani ibitego 3-0. Hari mu mukino wa kane wo mu tsinda A iyi kipe y’Umunyarwanda Meddie Kagere yari yakiriyemo abanya-Sudani. Nta mukino n’umwe wo muri ririya tsinda […]

RBC apaise les craintes concernant le vaccin AstraZeneca

Le Dr Sabin Nsanzimana, directeur gĂ©nĂ©ral du Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC), a dissipĂ© les craintes concernant les informations selon lesquelles le vaccin AstraZeneca Covid-19 provoque des caillots sanguins. Le vaccin AstraZeneca a continuĂ© de dominer l’actualitĂ©, car plus d’une douzaine de pays europĂ©ens ont temporairement suspendu son utilisation après avoir signalĂ© que certaines personnes […]

Dr Kayumba yashinze ishyaka rya politiki

Dr. Christopher Kayumba wabaye umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa 16 Werurwe 2021 yashinze ishyaka rya politiki riharanira demukarasi ryitwa RPD (Rwandese Platform for Democracy). Nk’uko itangazo ry’impapuro (pages) eshatu Dr Kayumba yageneye itangamakuru n’Abanyarwanda ribivuga, iri shyaka ryashinzwe kugira ngo ritange umusanzu ndetse runateze imbere ubwisanzure, demukarasi, umutekano, amahoro arambye mu Rwanda. […]

Fredia Gibbs, umugore wa mbere uteye ubwoba ku Isi ni muntu ki?

61g8-fisv2l.jpg

Fredia “The Cheetah” Gibbs yavutse ku itariki 08 Nyakanga 1963, ni Umunyamaerikakazi w’Umwirabura ufatwa nk’umugore wa mbere uteye ubwoba ku Isi wahoze ari umukinnyi w’imikino njyarugamba ya Karate, Kickboxing na Boxe, wabigize umwuga witabiriye amarushanwa mpuzamahanga kuva mu 1975 kugeza mu 2005. Gibbs yabaye uwa mbere ku Isi mu marushanwa ya ISKA (International Sport Karate […]

Nyagatare: Abagabo bari kwahukana bakigira iwabo

Bamwe mu bagabo bo muri imwe mu mirenge y’Akarere ka Nyagatare bari kwahukana bagasubira iwabo ku bw’inkoni z’abagore babo bavuga ko ziba zabarembeje. Umugabo witwa Bosco Nduwamungu wo mu Murenge wa Karangazi, aherutse gukubitwa n’umugore we wamuryozaga gutaha akererewe kuko yari yarengeje saa kumi n’ebyiri z’umugoroba yategetswe n’umugore we. Uyu mugabo yatangarije FLASH TV dukesha […]

Bobi Wine wari ufite gahunda yo gushyikiriza ikirego Gen Muhoozi yajyanwe ahantu hatazwi

Umunya-Politiki, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yongeye gufatwa n’abashinzwe umutekano bamujyana ahantu hatazwi. Daily Monitor yavuze ko uyu munya-politiki yafatiwe ku kicaro gikuru cy’ishyaka NUP giherereye mu gace ka Kamwokya, ahari huzuye abashinzwe umutekano. Bobi Wine yari afite gahunda yo kujya ku kicaro gikuru cy’ingabo za Uganda (UPDF), aho […]

Mozambique: Intagondwa ziyitirira Islam ziri guca abana imitwe

Umuryango ufasha abana wo mu Bwongereza, Save the Children, uvuga ko intagondwa ziyitirira idini ya Islam zirimo guca imitwe abana barimo n’abafite imyaka 11 bo mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru y’igihugu. Umubyeyi umwe w’umugore yabwiye Save the Children ko yabonye umwana we w’umuhungu w’imyaka 12 arimo yicwa muri ubwo buryo hafi y’aho we […]

Nyirarugero yatunguwe no kubwirwa kuri terefoni ko yagizwe Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru

Nyirarugero Dancilla wagizwe Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, yatangaje ko yakangutse ubwo telefoni nyinshi zamuhamagaraga nijoro, agatungurwa no kubwirwa ko agizwe Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru. Mu kiganiro yagiranye na Kigali Today, yavuze ko inkuru y’uko yabaye Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yayibwiwe n’inshuti ze zamukanguye yamaze kuryama. Ati: “Iriya nkuru nayimenye mu masaha akuze mu ma saa tanu, abantu bankanguye […]

Kiliziya ntiyaha umugisha umubano w’abahuje ibitsina, Imana ntiha umugisha icyaha – Vatican

Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Werurwe, Vatican yatangaje ko Kiliziya Gaturika idashobora guha umugisha gushyingirana kw’abahuje ibitsina kubera ko ngo Imana itaha umugisha icyaha. Ibiro bya Orotodogisi ya Vatikani, Itorero ry’inyigisho z’ukwemera, byatanze iki cyemezo mu gusubiza ku mugaragaro ikibazo cyerekeranye no kumenya niba abayobozi ba Kiliziya Gatolika bashobora guha umugisha gushyingiranwa kw’abahuje ibitsina. […]

Umuhungu wa Museveni yatewe urukingo rwa AstraZeneca

muhoozi1.jpg

Umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, kuri uyu wa 16 Werurwe 2021 yatawe urukingo AstraZeneca rwa Covid-19. Gen. Kainerugaba yabitangarije ku rubuga rwa Twitter, aho avuga ko abimburiye umutwe w’ingabo za Uganda zidasanzwe (SFC) abereye Komanda. Yagize ati: “Uyu munsi nishimiye gutangiza gahunda y’ikingira muri SFC mfata urukingo rwa mbere rwa […]

Uganda: Uwakekwagaho guteza imvururu mu matora yarasiwe muri kasho ya polisi

Igipolisi mu Karere ka Kakumiro, mu gihugu cya Uganda cyafashe umwe mu bapolisi ushinjwa kurasira muri kasho umuntu wakekwagaho icyaha cyo guteza imvururu mu matora. Uwishwe yitwa John Barugahare wo mu mudugudu wa Kamuli, mu Murenge wa Kikwaya, mu Karere ka Kakumiro. Yarashwe mu ijoro ryo ku Cyumweru arasiwe muri station ya polisi ya Kikwaya […]

Nyamagabe: Bahawe ivuriro ariko nta muganga n’umwe bafite

Abaturage bo mu Kagari ka Karambo, Umurenge wa Kibirizi, Akarere ka Nyamagabe barasaba Leta ko yabaha abaganga ku ivuriro (Poste de sante) bubakiwe muri ako kagari kabo bakabasha kwivuriza hafi kuko baryegerejwe aricyo kigamijwe ndetse ngo bakanabasha gukoresha ubwishingizi bwo kwivuza bwabo batarinze gukora urugendo rurerure bajya kwivuza ku Kigo Nderabuzima cya Kibirizi. Kuri uyu […]

Mushiki wa Perezida Kim Jong-un yateye ubwoba abayobozi ba USA

Mushiki wa Perezida Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru, Kim Yo Jong kuri uyu wa 16 Werurwe 2021 yasohoye itangazo ritera ubwoba abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Impamvu yatumye Kim Yo Jong asohora iri tangazo, ni igikorwa cy’imyitozoya gisirikare ihuriweho ingabo za USA zikomeje gukorana n’iza Koreya y’Epfo kuva mu cyumweru gishize […]

U Rwanda rwatangiye gukingira abasirikare n’abapolisi barwo bari muri Centrafrique (Amafoto)

img_20210316_091522.jpg

Guverinoma y’u Rwanda ku wa Mbere, yatangiye gukingira icyorezo cya COVID-19 abasirikare n’abapolisi bari mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique (MINUSCA). Igikorwa cyo gukingira ziriya ntumwa z’u Rwanda cyabereye ku kicaro gikuru cya Batayo y’ingabo z’u Rwanda giherereye ahitwa Socatel M’poko, i Bangui. Gukingira abasirikare n’abapolisi bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, […]

Nyina wa Diamond yibasiye umukobwa wishyuye ngo yifotozanye n’umuhungu we

1590745523_6423_b.jpg

Nyina wa Diamond Platnumz, Sanura Sandra Kassim yihanangirije umukobwa w’umuhanzi witwa Shilole avuga ko ashobora kuba yarishyuye ngo ajyanye umuhungu we ngo yifotozanye n’abandi bantu, ibintu avuga ko bikabije atari ubufana gusa. Mu butumwa burebure kuri Instagram, Mama Dangote, Kendrah Michael nk’uko bamutazira, avuga ko Zena Yusuf Mohammed uzwi nka Shilole afite ibindi agamije. Yagize […]

Rusizi: Moto yari yibwe yabonetse mu gihuru

img-20210316-wa0017_1.jpg

Mu gitondo cyo ku wa 15 Werurwe 2021 ni bwo moto TVS ifite pulake RE 927D y’uwitwa Ndayizigiye ThĂ©oneste utuye mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, yari yaraye ibuze yibwe n’umuntu utaramenyekana, yasanzwe mu gihuru ahitwa mu Gatandara hafi y’icyayi, mu Kagari ka Gahinga, Umurenge wa Mururu muri aka karere, hakaba abavuga ko […]

Lionel Messi yeseje umuhigo ukomeye wari ufitwe na Xavi Hérnandez muri FC Barcelona

Lionel Messi yaraye atsindiye FC Barcelona ibitego bibiri muri 4-1 yanyagiyemo Huesca, yesa umuhigo wari ufitwe na Xavi HĂ©rnandez wo gukinira iriya kipe imikino myinshi mu mateka. Lionel Messi yakinaga umukino wa 767 yambaye umwambaro wa FC Barcelona. Ibitego bibiri yatsinze byiyongera ku cya Antoine Griezmann n’icya myugariro Oscar Mingueza, byari bihagije kugira ngo FC […]

Kamonyi: Batandatu bakekwaho gutema ibiti bya Leta byo ku mihanda bafashwe

csm_imbaho_zirenga_200_51b11799d8_1.jpg

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Murenge wa Nyamiyaga w’Akarere ka Kamonyi, tariki ya 14 Werurwe 2021 yataye muri yombi abagabo batandatu bakekwaho gutema ibiti bya Leta biteye mu mihanda, byaterewe kurwanya isuri. Abatawe muri yombi ni: Niyibizi Jean Claude, Mbabarenkoriki Eric, Hategekimana Frederic, Bizimana Cyliaque, Sebahire Mathieu na Mbonabucya Emmanuel; bakaba barafatanwe “imbaho 279 babaje […]

Nongeye kubizeza ko ntazigera mbateguha cyangwa RPF_Minisitiri Gatabazi abwira Perezida Kagame

Minisitiri Mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon. Gatabazi Jean Marie Vianey, yijeje Perezida wa Repububulika Paul Kagame kutazigera amuhemukira cyangwa ngo ahemukire umuryango FPR Inkotanyi, nyuma y”icyizere kigeretse ku kindi” yagiriwe. Mu ijoro ryakeye ni bwo Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, agira Gatabazi Jean Marie Vianey wari usanzwe ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu. Yasimbuye […]