Inteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda igiye kwakira inama ya CSPOC
Inteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda igiye kwakira inama ya 17 ya CSPOC ihuza abayoboye inteko zâibihugu biri mu muryango Commonwealth byo ku mugabane wa Afurika. Iyi nama izabera muri Kigali Convention Center izatangira tariki ya 24 irangire ku ya 28 Ugushyingo 2021. Izaba ifite insanganyamatsiko igira iti: âInteko zishinga amategeko za Afurika mu kinyejana cya […]
Abdul Rashid Hakuzimana azafungwa by’agateganyo iminsi 30 ku byaha aheruka kwanga kwireguraho
Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko uvuga ko ari umunyapolitiki wigenga, Abdul Rashid Hakuzimana, afungwa iminsi 30 y’agateganyo nk’uko byari byasabwe n’ubushinjacyaha. Umucamanza yavuze ko ibyaha byo gupfobya jenoside no gukwirakwiza ibihuha bikomeye bityo ko bigize impamvu zikomeye zituma akomeza gufungwa. Ni icyemezo cyatangajwe uregwa n’ubushinjacyaha bari mu cyumba cy’urukiko ariko umwunganizi mu mategeko ntiyahagaragaye. […]
Rutshuru: FARDC yaraye igabweho ibindi bitero, M23 irakekwa
Abitwaje intwaro bikekwa ko ari abarwanyi bahoze ari abâumutwe wa M23 barakekwaho kuba inyuma yâibitero bibiri byagabwe ku birindiro byâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, biherereye muri Gurupoma ya Rugari muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru dukesha Radio Okapi avuga ko aba barwanyi bari hafi yâumupaka wa RDC nâu Rwanda mu burengerazuba bwa Rugari bagabye […]
Rukungiri: Umugore yarumye umugabo we ubugabo ajyanwa mu bitaro
Umugabo witwa Robert Kagurisi utuye ahitwa Bwesigiro muri Bwambara mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, ari mu bitaro nyuma y’aho umugore we, Visita Tukamuhebwa amurumye ubugabo ubwo batonganaga bapfa ko yanze kurya ibiryo yamutekeye. Kuwa Gatandatu nk’uko Umuvugizi wa Polisi mu gice cya Kigezi, Elly Maate yabitangaje, Kagurisi yavuye kunywa, aza yasinze, umugore amusabye kurya […]
Nyaruguru: Umukecuru yafushye, akubita umugabo ishoka mu mutwe
Umugore witwa Mukabucyana Mariya wâimyaka 58, utuye mu mudugudu wa Rwabujari, akagari ka Gikunzi, umurenge wa Rusenge, yakomerekeje bikomeye umugabo we witwa Biziyaremye Alexis, wâimyaka 58, amukubise igifunga cyâishoka mu mutwe, nyuma yo kumva amakuru ko yiriwe asangira inzoga nâundi mugore utagira umugabo, bakanagera ku ângingoâ. Umugabo yageze mu rugo atashye nimugoroba, umugore amusanganiza ishoka. […]
Amashuri makuru na kaminuza yakira abanyeshuri yirengegije ibisabwa yahagurukiwe
Ikibazo cyâamashuri makuru na kaminuza yishimira kwakira abanyeshuri benshi kubera amafaranga kandi batujuje ibisabwa,bityo bikaba nâintandaro yo kwangiza ireme ryâuburezi cyahagurukiwe nâ Inama nkuru yâamashuri makuru na kaminuza. Ni nyuma yâuko hakomeje kuvugwa za kaminuza zakira abanyeshuri batujuje ibisabwa, nkâinota fatizo ribemerera kwiga muri kaminuza cyangwa ishuri rikuru bikagira ingaruka mbi ku ireme ryâuburezi ariko […]
Un ex-chauffeur d’hĂŽtel rwandais jugĂ© Ă Paris pour complicitĂ© de gĂ©nocide
Un tribunal de Paris a entamĂ© lundi l’audition du procĂšs de Claude Muhayimana, un ancien chauffeur d’hĂŽtel accusĂ© de complicitĂ© dans le gĂ©nocide contre les Tutsis en 1994 au Rwanda en transportant des miliciens qui ont massacrĂ© des centaines des innocents. Muhayimana, 60 ans, est jugĂ© pour complicitĂ© d’aide dans des “crimes de guerre” et […]
Ikipe y’igihugu ya Uganda iheruka gusebera i Kigali yabuze amafaranga ayijyana muri Angola
Ikipe y’igihugu ya Uganda y’umukino wa Basketball ‘The Silverbacks’, ntabwo izitabira imikino y’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi izabera muri Angola kubera ikibazo cy’amafaranga. The Silverback ni imwe mu makipe yari kuzitabira iyi mikino iteganyijwe kubera i Luanda hagati y’itariki ya 26 na 28 Ugushyingo, gusa ikibazo cy’amikoro cyatumye iyi kipe ifata icyemezo cyo kutajyayo. […]
Samia Suluhu yinjije abofisiye bashya 118 mu ngabo za Tanzania

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania akaba nâUmugaba wâIkirenga, Samia Suluhu Hassan, yinjije abofisiye bashya 118 mu ngabo zâigihugu. Umuhango wo kwinjiza aba bofisiye mu ngabo wabereye ku ishuri rikuru ryâigisirikare riherereye Monduli riri mu ntara ya Arusha, kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2021. Ashingiye ku ngingo yâ148 yo mu Itegekonshinga, mu mutwe wa […]
Minisitiri Gatabazi yahaye abayobozi b’uturere barahiye inama zizabafasha gusohoza inshingano zabo

Kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Ugushyingo 2021, hirya no hino mu gihugu, abayobozi b’uturere baherutse gutorwa barahiriye inshingano batorewe, aho Minisitiri wâUbutegetsi bwâigihugu wari mu Ntara yâUburengerazuba muri rusange yahaye abayobozi bashya inama zizabafasha kuzuza inshingano zabo. Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, JMV Gatabazi, wakurikiranye umuhango wâirahira ryâabayobozi bashya bâAkarere ka Rusizi mu Ntara yâIburengerazuba, yagize […]
Bamwe mu bigisha ET Karuganda barijujutira amanyanga mu gahimbazamusyi

Bamwe mu barimu bigisha ku ishuri ryisumbuye rya ET Karuganda riri mu Murenge wa Kinoni mu Karere ka Burera, baravuga ko ubuyobozi bw’ishuri bukoresha amanyanga mu kutabaha agahimbazamusyi (prime) kabo nk’uko biba byemejwe n’inama y’ababyeyi. Aba barimu batangarije BWIZA ko ikibazo cy’agahimbazamusyi bafite kimaze umwaka urenga aho bahabwaga amafaranga ibihumbi 50, akagabanywa akaba ibihumbi akaba […]
Rwanda : La justice française ouvre un troisiÚme procÚs
Pour la troisiĂšme fois, un procĂšs sâouvre en France contre un Rwandais accusĂ© dâavoir participĂ© au gĂ©nocide des Tutsis, en 1994. Le dossier de Claude Muhayimana, modeste chauffeur dâhĂŽtel, va transporter la Cour au cĆur des massacres dans les collines de Bisesero, lieu douloureux de lâhistoire entre la France et le Rwanda. Il nâĂ©tait ni […]
Jado Castar yajuririye igihano yakatiwe, atakambira urukiko
Umunyamategeko Kamagaju BĂ©atrice wunganira Bagirishya Jean de Dieu, umunyamakuru wamamariye ku izina rya Jado Castar, yatangaje ko bajuririye mu rukiko rukuru igihano urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwamukatiye, batakamba. Castar wari Visi Perezida wa kabiri wâishyirahamwe rya Volleyball mu Rwanda, ushinzwe amarushanwa, yakatiwe igifungo cyâimyaka ibiri, acibwa nâihazabu yâamafaranga miliyoni eshatu tariki ya 13 Ukwakira 2021 […]
E.U. yagumijeho ibihano yafatiye Abarundi bane barimo minisitiri wâumutekano
Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi, E.U. wagumijeho ibihano byafatiwe Abarundi bane kuva mu 2015 barimo minisitiri wâumutekano, Gervais Ndirakobuca, mu gihe Leta Zunze Ubumwe zâAmerika ziherutse kumukuriraho ibihano na none yari yarafatiwe na bagenzi be barimo Minisitiri wâIntebe, Alain Guillaume Bunyoni. Abarundi Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi wafatiye ibihano ni Gervais Ndirakobuca, Godefroid Bizimanaushinzwe gutegura ingendo zâumukuru […]
Daemen College 2022 Deans Scholarship for International Students: (Deadline Ongoing)
To start your academic journey smoothly without financial barrier, you are hereby invited to apply for Daemen College Deans Scholarship. This is applicable to international students who wish to enroll in undergraduate degree program of the University. The amount of the award is up to $10,000 and renewable upon maintaining a 3.0 QPA and full-time […]
Abakandida 400 bakoze icya Leta gisoza ayisumbuye bajuririye amanota bahawe
Abakandida 400 bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye mu Rwanda, bamaze kujuririra amanota bahawe, basaba kwerekwa impapuro bakosoreweho. Mu masaa munani yo ku wa 15 Ugushyingo 2021 ni bwo Minisiteri yâUburezi yashyize hanze amanota yâabakoze iki kizamini mu bumenyi rusange, mu nderabarezi no mu mashuri yâimyuga nâubumenyi ngiro. Iyi Minisiteri yatangaje ko mu bumenyi […]
Accounting and Administration Officer at The Rwanda Insurers Association
Vacancy title:Accounting and Administration Officer Organization: Rwanda Insurers Association (ASSAR) Deadline for Application:30th November, 2021 Duty Station:Kigali JOB DETAILS: Background The Rwanda Insurers Association (ASSAR) was founded in 1992 as an independent nonprofit making consultative and advisory body for the insurance industry. The Association currently has 12 members. One of the core mandate of the […]
Sudan’s Hamdok reinstated as PM
Sudanâs leader of the military Abdel Fattah al-Burhan and ousted Prime Minister Abdalla Hamdok on Sunday formally signed a deal that will see the latter back to the post he had lost during the October coup. Lt-Gen Burhan, who had been under pressure from both domestic opponents and the international community to hand over power […]
NESA receives 400 national exams complaints
The National Examination and School Inspection Authority (NESA) has received 400 complaints from Senior Six candidates whose results were announced last week on Monday. According to Camille Kanamugire, the acting Head of Department for TVET and REB examinations at NESA, so far the complaints they received were made a day after the announcement of the […]
Umusore wâimyaka 19 yicishijwe inkoni azira gusambanya itungo
Umusore wâimyaka 19 wo mu Karere ka Oyam muri Uganda yicishijwe inkoni nâabantu bo mu muryango mugari we bamuziza gusambanya itungo. Geoffrey Otema, atuye mu mudugudu wa Arwot Nyap, mu Murenge wa Loro, avugwaho kuba yarasambanyije ihene, akaza gufatwa kuwa Kane ushize, bikamuviramo gukubitwa kugeza apfuye. Bivugwa ko yabanje gushyikirizwa umuyobozi wâumudugudu, aho ikibazo cye […]
Kera kabaye Mashami Vincent agiye kwirukanwa mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’
Umutoza wâIkipe yâIgihugu âAmavubiâ, Mashami Vincent, ashobora kwirukanwa muri iki cyumweru kubera umusaruro mubi Amavubi yagize mu majonjora yo gushaka itike yâIgikombe cyâIsi cya 2022. Umwanzuro wo kwirukana uyu mutoza wafatiwe mu mwiherero wabereye mu karere ka Rubavu mu cyumweru gishize. Ni umwiherero warimo Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, Perezida wa FERWAFA, Nizeyimana Mugabo […]
Burkina Faso: Abaturage birukanye ingabo zâu Bufaransa

Abaturage bari bariye karungu bo mu gace ka Kaya muri Burkina Faso, birukanye ingabo zâu Bufaransa zari zihafite ibirindiro bikuru, zihungira mu murwa mukuru, Ouagadougou mbere yâuko zijya muri Niger. Ku wa 20 Ugushyingo 2021, abaturage bari basabye ingabo zâu Bufaransa kuva muri Kaya ni bwo bakoze imyigaragambyo ikaze bagana ku birindiro bikuru byazo. Baririmbaga […]
Iri hirika ryâubutegetsi ryongeye kubura muri Afurika ni iki kiri kuritera? Ni iki cyakwitegwa? -Ubusesenguzi

Gufata ubutegetsi, kwigarurira ubutegetsi kwa gisirikare binyuranyije nâitegeko nshinga, cyangwa guhirika ubutegetsi byagarutse muri Afurika. Mu myaka mike ishize, habaye izamuka ryinshi ryâihirika ryâubutegetsi ryagenze neza cyangwa kugerageza guhirika ubutegetsi ku mugabane wose. Ihirikwa ryâubutegetsi rirabangamira inyungu za demokarasi ibihugu bya Afurika byabonye mu myaka ya vuba aha. Mu kwerekana gusa uburyo ubutegetsi bushobora guhinduka […]
Abasifuzi bane bazayobora umukino wa APR FC na Rayon Sports bamenyekanye
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), ryamaze gushyira ahagaragara urutonde rw’abasifuzi bane bazayobora umukino wa APR FC na Rayon Sports. Saa cyenda z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri ni bwo APR FC izaba yakira Rayon Sports, mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Abasifuzi bane bazayobora uyu […]
Misa yatinze kurangira, abakirisitu barwana inkundura
Mu rusengero rwa Pentecostal Assemblies of God muri Kenya, kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2021 abakirisitu barwanye barakomeretsanya bitewe na misa yari yatinze kurangira. Imirwano yabaye hagati yâabakirisitu bigishwa na Pasiteri na nyirâurusengero wahawe izina rya Caretaker. Citizen dukesha iyi nkuru ivuga ko ubusanzwe muri uru rusengero ruherereye mu karere ka Vihiga haba misa ebyiri, […]
Dimitri Payet yahuye n’isanganya, umukino wa Lyon na Marseille urasubikwa (Amafoto)

Umukino wa shampiyona y’u Bufaransa wahuzaga ikipe ya Olympique Lyonnais na Olympique de Marseille, wasubitswe nyuma y’uko Dimitri Payet yari amaze guterwa icupa ry’amazi mu mutwe. Hari ku munota wa gatanu w’umukino ubwo Payet usanzwe ari Kapiteni wa Marseille yari agiye gutera koruneri, bikarangira atewe icupa ry’amazi ryaturutse mu bafana. Nyuma y’uko uyu mukinnyi yari […]
Perezida Kagame yasubije abavuga ko u Rwanda runiga opozisiyo
Perezida Paul Kagame yavuze ko mu Rwanda opozisiyo ihari, ko ahubwo itakabaye ibaho igamije gusenya, yemera ko hari ingingo zimwe na zimwe ntakuka ku kuba yakumvikanaho n’abari ku butegetsi ku neza y’abaturage n’igihugu muri rusange, ahakana ko igihugu cye kibangamira opozisiyo. Muri iki kiganiro cy’iminota ibarirwa muri 20 cyabereye mu ngoro y’ibiro by’umukuru w’igihugu Village […]
Perezida Kagame na Polisi, amatora ya ba Meya, Gen. Niyombare akurirwaho ibihano; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 15 Ugushyingo 2021 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zitandukanye zirimo izirebana nâumutekano, politiki nâubutabera. Harimo ko: Perezida Kagame yasabye Polisi gukemura ikibazo cya camera nâibyapa Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, tariki ya 19 Ugushyingo 2021 ubwo yari yitabiriye umuhango wo gushimira abasoze neza mu 2020, yatangaje ko yasabye Polisi gukemura […]