Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda igiye kwakira inama ya CSPOC

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda igiye kwakira inama ya 17 ya CSPOC ihuza abayoboye inteko z’ibihugu biri mu muryango Commonwealth byo ku mugabane wa Afurika. Iyi nama izabera muri Kigali Convention Center izatangira tariki ya 24 irangire ku ya 28 Ugushyingo 2021. Izaba ifite insanganyamatsiko igira iti: “Inteko zishinga amategeko za Afurika mu kinyejana cya […]

Abdul Rashid Hakuzimana azafungwa by’agateganyo iminsi 30 ku byaha aheruka kwanga kwireguraho

Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko uvuga ko ari umunyapolitiki wigenga, Abdul Rashid Hakuzimana, afungwa iminsi 30 y’agateganyo nk’uko byari byasabwe n’ubushinjacyaha. Umucamanza yavuze ko ibyaha byo gupfobya jenoside no gukwirakwiza ibihuha bikomeye bityo ko bigize impamvu zikomeye zituma akomeza gufungwa. Ni icyemezo cyatangajwe uregwa n’ubushinjacyaha bari mu cyumba cy’urukiko ariko umwunganizi mu mategeko ntiyahagaragaye. […]

Rutshuru: FARDC yaraye igabweho ibindi bitero, M23 irakekwa

Abitwaje intwaro bikekwa ko ari abarwanyi bahoze ari ab’umutwe wa M23 barakekwaho kuba inyuma y’ibitero bibiri byagabwe ku birindiro by’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, biherereye muri Gurupoma ya Rugari muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru dukesha Radio Okapi avuga ko aba barwanyi bari hafi y’umupaka wa RDC n’u Rwanda mu burengerazuba bwa Rugari bagabye […]

Rukungiri: Umugore yarumye umugabo we ubugabo ajyanwa mu bitaro

Umugabo witwa Robert Kagurisi utuye ahitwa Bwesigiro muri Bwambara mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, ari mu bitaro nyuma y’aho umugore we, Visita Tukamuhebwa amurumye ubugabo ubwo batonganaga bapfa ko yanze kurya ibiryo yamutekeye. Kuwa Gatandatu nk’uko Umuvugizi wa Polisi mu gice cya Kigezi, Elly Maate yabitangaje, Kagurisi yavuye kunywa, aza yasinze, umugore amusabye kurya […]

Nyaruguru: Umukecuru yafushye, akubita umugabo ishoka mu mutwe

Umugore witwa Mukabucyana Mariya w’imyaka 58, utuye mu mudugudu wa Rwabujari, akagari ka Gikunzi, umurenge wa Rusenge, yakomerekeje bikomeye umugabo we witwa Biziyaremye Alexis, w’imyaka 58, amukubise igifunga cy’ishoka mu mutwe, nyuma yo kumva amakuru ko yiriwe asangira inzoga n’undi mugore utagira umugabo, bakanagera ku “ngingo”. Umugabo yageze mu rugo atashye nimugoroba, umugore amusanganiza ishoka. […]

Amashuri makuru na kaminuza yakira abanyeshuri yirengegije ibisabwa yahagurukiwe

Ikibazo cy’amashuri makuru na kaminuza yishimira kwakira abanyeshuri benshi kubera amafaranga kandi batujuje ibisabwa,bityo bikaba n’intandaro yo kwangiza ireme ry’uburezi cyahagurukiwe n’ Inama nkuru y’amashuri makuru na kaminuza. Ni nyuma y’uko hakomeje kuvugwa za kaminuza zakira abanyeshuri batujuje ibisabwa, nk’inota fatizo ribemerera kwiga muri kaminuza cyangwa ishuri rikuru bikagira ingaruka mbi ku ireme ry’uburezi ariko […]

Un ex-chauffeur d’hĂŽtel rwandais jugĂ© Ă  Paris pour complicitĂ© de gĂ©nocide

Un tribunal de Paris a entamĂ© lundi l’audition du procĂšs de Claude Muhayimana, un ancien chauffeur d’hĂŽtel accusĂ© de complicitĂ© dans le gĂ©nocide contre les Tutsis en 1994 au Rwanda en transportant des miliciens qui ont massacrĂ© des centaines des innocents. Muhayimana, 60 ans, est jugĂ© pour complicitĂ© d’aide dans des “crimes de guerre” et […]

Ikipe y’igihugu ya Uganda iheruka gusebera i Kigali yabuze amafaranga ayijyana muri Angola

Ikipe y’igihugu ya Uganda y’umukino wa Basketball ‘The Silverbacks’, ntabwo izitabira imikino y’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi izabera muri Angola kubera ikibazo cy’amafaranga. The Silverback ni imwe mu makipe yari kuzitabira iyi mikino iteganyijwe kubera i Luanda hagati y’itariki ya 26 na 28 Ugushyingo, gusa ikibazo cy’amikoro cyatumye iyi kipe ifata icyemezo cyo kutajyayo. […]

Samia Suluhu yinjije abofisiye bashya 118 mu ngabo za Tanzania

samia.png

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Samia Suluhu Hassan, yinjije abofisiye bashya 118 mu ngabo z’igihugu. Umuhango wo kwinjiza aba bofisiye mu ngabo wabereye ku ishuri rikuru ry’igisirikare riherereye Monduli riri mu ntara ya Arusha, kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2021. Ashingiye ku ngingo y’148 yo mu Itegekonshinga, mu mutwe wa […]

Minisitiri Gatabazi yahaye abayobozi b’uturere barahiye inama zizabafasha gusohoza inshingano zabo

feyproyxwaiaztn.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Ugushyingo 2021, hirya no hino mu gihugu, abayobozi b’uturere baherutse gutorwa barahiriye inshingano batorewe, aho Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu wari mu Ntara y’Uburengerazuba muri rusange yahaye abayobozi bashya inama zizabafasha kuzuza inshingano zabo. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, JMV Gatabazi, wakurikiranye umuhango w’irahira ry’abayobozi bashya b’Akarere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba, yagize […]

Bamwe mu bigisha ET Karuganda barijujutira amanyanga mu gahimbazamusyi

capture-68.png

Bamwe mu barimu bigisha ku ishuri ryisumbuye rya ET Karuganda riri mu Murenge wa Kinoni mu Karere ka Burera, baravuga ko ubuyobozi bw’ishuri bukoresha amanyanga mu kutabaha agahimbazamusyi (prime) kabo nk’uko biba byemejwe n’inama y’ababyeyi. Aba barimu batangarije BWIZA ko ikibazo cy’agahimbazamusyi bafite kimaze umwaka urenga aho bahabwaga amafaranga ibihumbi 50, akagabanywa akaba ibihumbi akaba […]

Rwanda : La justice française ouvre un troisiÚme procÚs

Pour la troisiĂšme fois, un procĂšs s’ouvre en France contre un Rwandais accusĂ© d’avoir participĂ© au gĂ©nocide des Tutsis, en 1994. Le dossier de Claude Muhayimana, modeste chauffeur d’hĂŽtel, va transporter la Cour au cƓur des massacres dans les collines de Bisesero, lieu douloureux de l’histoire entre la France et le Rwanda. Il n’était ni […]

Jado Castar yajuririye igihano yakatiwe, atakambira urukiko

Umunyamategeko Kamagaju BĂ©atrice wunganira Bagirishya Jean de Dieu, umunyamakuru wamamariye ku izina rya Jado Castar, yatangaje ko bajuririye mu rukiko rukuru igihano urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwamukatiye, batakamba. Castar wari Visi Perezida wa kabiri w’ishyirahamwe rya Volleyball mu Rwanda, ushinzwe amarushanwa, yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri, acibwa n’ihazabu y’amafaranga miliyoni eshatu tariki ya 13 Ukwakira 2021 […]

E.U. yagumijeho ibihano yafatiye Abarundi bane barimo minisitiri w’umutekano

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, E.U. wagumijeho ibihano byafatiwe Abarundi bane kuva mu 2015 barimo minisitiri w’umutekano, Gervais Ndirakobuca, mu gihe Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ziherutse kumukuriraho ibihano na none yari yarafatiwe na bagenzi be barimo Minisitiri w’Intebe, Alain Guillaume Bunyoni. Abarundi Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wafatiye ibihano ni Gervais Ndirakobuca, Godefroid Bizimanaushinzwe gutegura ingendo z’umukuru […]

Daemen College 2022 Deans Scholarship for International Students: (Deadline Ongoing)

To start your academic journey smoothly without financial barrier, you are hereby invited to apply for Daemen College Deans Scholarship. This is applicable to international students who wish to enroll in undergraduate degree program of the University. The amount of the award is up to $10,000 and renewable upon maintaining a 3.0 QPA and full-time […]

Abakandida 400 bakoze icya Leta gisoza ayisumbuye bajuririye amanota bahawe

Abakandida 400 bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye mu Rwanda, bamaze kujuririra amanota bahawe, basaba kwerekwa impapuro bakosoreweho. Mu masaa munani yo ku wa 15 Ugushyingo 2021 ni bwo Minisiteri y’Uburezi yashyize hanze amanota y’abakoze iki kizamini mu bumenyi rusange, mu nderabarezi no mu mashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro. Iyi Minisiteri yatangaje ko mu bumenyi […]

Accounting and Administration Officer at The Rwanda Insurers Association

Vacancy title:Accounting and Administration Officer Organization: Rwanda Insurers Association (ASSAR) Deadline for Application:30th November, 2021 Duty Station:Kigali JOB DETAILS: Background The Rwanda Insurers Association (ASSAR) was founded in 1992 as an independent nonprofit making consultative and advisory body for the insurance industry. The Association currently has 12 members. One of the core mandate of the […]

Sudan’s Hamdok reinstated as PM

Sudan’s leader of the military Abdel Fattah al-Burhan and ousted Prime Minister Abdalla Hamdok on Sunday formally signed a deal that will see the latter back to the post he had lost during the October coup. Lt-Gen Burhan, who had been under pressure from both domestic opponents and the international community to hand over power […]

NESA receives 400 national exams complaints

The National Examination and School Inspection Authority (NESA) has received 400 complaints from Senior Six candidates whose results were announced last week on Monday. According to Camille Kanamugire, the acting Head of Department for TVET and REB examinations at NESA, so far the complaints they received were made a day after the announcement of the […]

Umusore w’imyaka 19 yicishijwe inkoni azira gusambanya itungo

Umusore w’imyaka 19 wo mu Karere ka Oyam muri Uganda yicishijwe inkoni n’abantu bo mu muryango mugari we bamuziza gusambanya itungo. Geoffrey Otema, atuye mu mudugudu wa Arwot Nyap, mu Murenge wa Loro, avugwaho kuba yarasambanyije ihene, akaza gufatwa kuwa Kane ushize, bikamuviramo gukubitwa kugeza apfuye. Bivugwa ko yabanje gushyikirizwa umuyobozi w’umudugudu, aho ikibazo cye […]

Kera kabaye Mashami Vincent agiye kwirukanwa mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Mashami Vincent, ashobora kwirukanwa muri iki cyumweru kubera umusaruro mubi Amavubi yagize mu majonjora yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022. Umwanzuro wo kwirukana uyu mutoza wafatiwe mu mwiherero wabereye mu karere ka Rubavu mu cyumweru gishize. Ni umwiherero warimo Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, Perezida wa FERWAFA, Nizeyimana Mugabo […]

Burkina Faso: Abaturage birukanye ingabo z’u Bufaransa

trage.png

Abaturage bari bariye karungu bo mu gace ka Kaya muri Burkina Faso, birukanye ingabo z’u Bufaransa zari zihafite ibirindiro bikuru, zihungira mu murwa mukuru, Ouagadougou mbere y’uko zijya muri Niger. Ku wa 20 Ugushyingo 2021, abaturage bari basabye ingabo z’u Bufaransa kuva muri Kaya ni bwo bakoze imyigaragambyo ikaze bagana ku birindiro bikuru byazo. Baririmbaga […]

Iri hirika ry’ubutegetsi ryongeye kubura muri Afurika ni iki kiri kuritera? Ni iki cyakwitegwa? -Ubusesenguzi

in.jpg

Gufata ubutegetsi, kwigarurira ubutegetsi kwa gisirikare binyuranyije n’itegeko nshinga, cyangwa guhirika ubutegetsi byagarutse muri Afurika. Mu myaka mike ishize, habaye izamuka ryinshi ry’ihirika ry’ubutegetsi ryagenze neza cyangwa kugerageza guhirika ubutegetsi ku mugabane wose. Ihirikwa ry’ubutegetsi rirabangamira inyungu za demokarasi ibihugu bya Afurika byabonye mu myaka ya vuba aha. Mu kwerekana gusa uburyo ubutegetsi bushobora guhinduka […]

Abasifuzi bane bazayobora umukino wa APR FC na Rayon Sports bamenyekanye

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), ryamaze gushyira ahagaragara urutonde rw’abasifuzi bane bazayobora umukino wa APR FC na Rayon Sports. Saa cyenda z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri ni bwo APR FC izaba yakira Rayon Sports, mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Abasifuzi bane bazayobora uyu […]

Misa yatinze kurangira, abakirisitu barwana inkundura

Mu rusengero rwa Pentecostal Assemblies of God muri Kenya, kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2021 abakirisitu barwanye barakomeretsanya bitewe na misa yari yatinze kurangira. Imirwano yabaye hagati y’abakirisitu bigishwa na Pasiteri na nyir’urusengero wahawe izina rya Caretaker. Citizen dukesha iyi nkuru ivuga ko ubusanzwe muri uru rusengero ruherereye mu karere ka Vihiga haba misa ebyiri, […]

Dimitri Payet yahuye n’isanganya, umukino wa Lyon na Marseille urasubikwa (Amafoto)

img_20211122_055512.jpg

Umukino wa shampiyona y’u Bufaransa wahuzaga ikipe ya Olympique Lyonnais na Olympique de Marseille, wasubitswe nyuma y’uko Dimitri Payet yari amaze guterwa icupa ry’amazi mu mutwe. Hari ku munota wa gatanu w’umukino ubwo Payet usanzwe ari Kapiteni wa Marseille yari agiye gutera koruneri, bikarangira atewe icupa ry’amazi ryaturutse mu bafana. Nyuma y’uko uyu mukinnyi yari […]

Perezida Kagame yasubije abavuga ko u Rwanda runiga opozisiyo

Perezida Paul Kagame yavuze ko mu Rwanda opozisiyo ihari, ko ahubwo itakabaye ibaho igamije gusenya, yemera ko hari ingingo zimwe na zimwe ntakuka ku kuba yakumvikanaho n’abari ku butegetsi ku neza y’abaturage n’igihugu muri rusange, ahakana ko igihugu cye kibangamira opozisiyo. Muri iki kiganiro cy’iminota ibarirwa muri 20 cyabereye mu ngoro y’ibiro by’umukuru w’igihugu Village […]

Perezida Kagame na Polisi, amatora ya ba Meya, Gen. Niyombare akurirwaho ibihano; inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 15 Ugushyingo 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zitandukanye zirimo izirebana n’umutekano, politiki n’ubutabera. Harimo ko: Perezida Kagame yasabye Polisi gukemura ikibazo cya camera n’ibyapa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, tariki ya 19 Ugushyingo 2021 ubwo yari yitabiriye umuhango wo gushimira abasoze neza mu 2020, yatangaje ko yasabye Polisi gukemura […]