Abandwanyaga bose nabafunze iminwa_Zlatan avuga ku bihe yagiriye muri Man United
Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic wahoze akinira ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, yahishuye ko yishimiye imyaka ibiri yakinnye muri iyi kipe kuko byatumye acecekesha abamurwanyaga. Uyu munya SuĂšde yakiniye Manchester United imyaka ibiri (hagati ya 2016 na 2018) nyuma yo kuyigeramo avuye muri Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, abasha kuyitsindira ibitego 28. Cyakora cyo hari benshi […]
Minister Bamporiki suspended amid investigation for serious cases
President Paul Kagame has suspended Minister of State in the Ministry of Youth and Culture, Edouard Bamporiki, from his duties amid his âarrestâ rumors on social media since today, afternoon. According to the communiquĂ© from Office of the Prime Minister, Dr Edouard Ngirente, Mr Bamporiki suspension is âowing to matters of accountability under investigationâ. Different […]
Bamporiki Edouard yahagaritswe, RIB yemeje ko afunzwe
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yahagaritse ku mirimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâurubyiruko nâumuco, Bamporiki Edouard. Itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri wâIntebe risobanura ko Bamporiki yahagaritswe kubera ko hari ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho. Iri tangazo rikurikiye amakuru yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Bamporiki yatawe muri yombi hamwe nâundi muyobozi. […]
Kayonza: Basaba gutabarwa kubera amazi aturuka ahakorerwa umuhanda abasanga mu nzu

Abaturage batuye mu mudugudu wa Murenge mu kagari ka Cyabajwa mu murenge wa Kabarondo w’akarereka Kayonza baratakamba basaba ubuyobozi kubarenganura kubera amazi aturuka ahakorwa umuhanda yinjira mu nzu zabo zishobora kubagwira. Abaganiriye na Bwiza.com bavuga ko ubuzima bwabo buri mu kaga kubera amazi abangiriza inzu batuyemo aturuka mu muhanda ukorwa n’abashinwa. Umuturage witwa Mukamusoni Riziki […]
Hakizimana Muhadjili yagejeje Police FC muri œ cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro
Ikipe ya Police FC yabaye ikipe ya kane izakina œ cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro, nyuma yo gusezerera Etoile de l’Est ku giteranyo cy’ibitego 3-1. Iyi kipe ya Polisi y’igihugu yari yakiriye Etoile de l’Est kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino wo kwishyura wa ÂŒ cy’irangiza. Ni nyuma y’ubanza wari warabereye i Ngoma Police FC […]
Icyorezo cya Covid-19 cyahitanye hagati ya miliyoni 13 na 17 kugeza mu mpera za 2021 – OMS
Ikigereranyo gishya cyâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima (OMS) cyasohowe kuri wa Kane, itariki ya 5 Gicurasi, kiravuga ko icyorezo cya Covid-19 cyagize uruhare mu rupfu rwâabantu hagati ya miliyoni 13 na miliyoni 17 kugeza mu mpera za 2021. Iyi mibare yari itegerejwe cyane itanga igitekerezo gifatika cyâingaruka mbi (harimo nâizitaziguye) zâicyorezo gikaze kurusha ibindi […]
Parliament summons environment minister
The Chamber of Deputies has adopted a resolution to summon the Minister of Environment to provide explanations to issues identified in land management and use. The decision was made on Wednesday, May 04, 2022 as it adopted its Committee on Land, Agriculture, Livestock, and Environmentâs assessment of the performance audit report of land management in […]
Prince Kid charged with rape offences
Rwanda Investigation Bureau (RIB) has accused DieudonnĂ© Ishimwe, the incarcerated chief executive of Rwanda Inspiration Back-Up â the firm that organizes Miss Rwanda â of rape, among other offences. Ishimwe, a former artiste best known as Prince Kid, was arrested last week, with RIB handing over his case file to the National Public Prosecution Authority […]
Hahishuwe ko Amerika ari yo yicishije abajenerali bâAbarusiya muri Ukraine
Kuri uyu wa Kane, ikinyamakuru The New York Times cyatangaje ko Amerika yafashije ingabo za Ukraine mu kwica abajenerali b’Abarusiya ibinyujije mu gutanga amakuru yâaho baherereye muri Ukraine. Bivugwa ko Washington yahaye Kiev amakuru ku cyicaro gikuru cyâingabo zâu Burusiya, bivugwa ko cyimuka kenshi mu karere kâimirwano. Amakuru yatangajwe n’iki kinyamakuru avuga ko Kiev yahise […]
Nyaruguru: Bamwe mu baturage barataka inkoni za gitifu
Bamwe mu baturage bo mu Kagari kamwe ko mu murenge wa Muganza mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko barembejwe nâinkoni bakubitwa nâUmunyamabanga Nshingwabikorwa wabo, banitabaza ubuyobozi bwâUmurenge bukabifata nkâibisanzwe. Bavuga ko abayobozi bo muri aka gace bakubita abaturage ariko byumwihariko bagahuriza ku Munyamabanga Nshingwabikorwa wâAkagari ka Semiyonga mu Murenge wa Muganza, Ntakirutimana Etienne, bashinja kubayoboza […]
Urukiko rwakatiye umugore watoboye nkana udukingirizo twâumugabo baryamanaga
Ibitangazamakuru byo mu Budage byatangaje ko urukiko rwo mu burengerazuba bwâiki gihugu rwasanze umugore ahamwa nâicyaha cyâihohotera rishingiye ku gitsina maze rumuha igihano cyâamezi atandatu yâigifungo kubera ko yangije nkana agakingirizo ka mugenzi we bakoranaga imibonano mpuzabitsina. Mu gutanga iki cyemezo, umucamanza yavuze ko uru rubanza rudasanzwe ari rumwe mu zâamateka mu Budage, zerekana urugero […]
Kenya: Yakorewe ibirori nkâumukozi wo muri âmorgueâ wâindashyikirwa mu gihugu
Umugabo wo muri Kenya wâimyaka 45 yâamavuko witwa Augustin Owino, yakorewe ibirori nkâumukozi wâindashyikirirwa mu gihugu ukora muri serivisi zâuburuhukiro bwâibitaro (morgue). Mu kiganiro yagiranye na Citizen Digital, Owino yasobanuye ko yagize igiterekezo cyo gukora muri serivisi zâuburuhukiro, agikomoye ku mpanuka ikomeye yâubwato bwarimo nyina wabo yabereye mu nyanja yâu Buhinde tariki ya 29 Mata […]
Le Patron de Rwanda Inspiration Back-Up, Dieudonné Ishimwe, est accusé de viol
Le Bureau d’enquĂȘte rwandais (RIB) a accusĂ© DieudonnĂ© Ishimwe, le directeur gĂ©nĂ©ral incarcĂ©rĂ© de Rwanda Inspiration Back-Up, la sociĂ©tĂ© qui organise Miss Rwanda, de viol, entre autres infractions. Ishimwe, un ancien artiste plus connu sous le nom de Prince Kid, a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© la semaine derniĂšre, RIB remettant son dossier Ă l’AutoritĂ© nationale des poursuites […]
Rubavu: Baravuga ko bari kwamburwa Isoko rya Mbugangari bahawe na Perezida Kagame
Abaturage bo mu Murenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu, barashinja ubuyobozi gushaka kubambura isoko rya Mbugangari bahawe nâumukuru wâigihugu bakaryimurira mu wundi murenge, aho bavuga ko bashaka guteza imbere umurenge umwe wa Rubavu, uwabo wa Gisenyi bakawusubiza inyuma. Abaturage baremaga iri soko bavuga ko corona yabaye isoko bakarijyana babwirwa ko ari ukubera ikibazo cya […]
Ibyo Katureebe uregwa gusebya Leta yâu Rwanda yigeze kuvugana na Museveni
Guhera ku wa 2 Gicurasi 2022 muri Uganda hacicikanye amakuru yâifungwa ryâumukozi wâikigo cyâigihugu gishinzwe itangazamakuru, UMC (Uganda Media Center), Obed Katureebe, ngo akekwaho gusebya abayobozi bakuru muri Leta yâu Rwanda, byâumwihariko Perezida Paul Kagame. Byavuzwe ko Katureebe mu masaha ya nyuma ya saa sita yakuwe mu rugo rwe ruri mu gace ka Kyanja mu […]
Umutoza Adil yifatiye ku gahanga abanyamakuru barimo Kazungu na Kayishema wa RBA
Umutoza w’Ikipe ya APR FC, Mohammed Adil Erradi, yakomoje ku banyamakuru barimo Kazungu Claver wa Radio/TV10 na Kayishema Tity Thierry wa RBA bakunze kumujora, avuga ko nta bumenyi na buke bafite ku mupira w’amaguru. Uyu munya-Maroc yakomoje kuri aba banyamakuru ubwo yaganiraga n’itangazamakuru, nyuma y’umukino wa 1/4 cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro APR FC yatsinzwemo na Marines […]
Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi basabye Inteko yo muri Australia kutakira umuhango wateguwe na bamwe mu Banyarwanda babayo
Imiryango yâabarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yasabye Inteko ishinga amategeko ya Leta ya Queensland yo Australia kutakira umuhango wateguwe nâumuryango wâAbanyarwanda yemeza ko uyihakana ukanayipfobya. Iyi miryango irimo IBUKA, GAERG na AVEGA Rwanda, yandikiye Perezida wâInteko ya Queensland ko ihanganyikishijwe bikomeye nâumuhango iyi nteko iteganya kwakira tariki ya 7 Gicurasi 2022, wahawe izina rya […]
Guinea: Alpha Conde nâabahoze mu butegetsi bwe bagiye gukuriiranwa ku byaha birimo ubwicanyi
Kuri uyu wa Gatatu, Umushinjacyaha Mukuru wa Conakry, washyizweho nâabasirikare bahiritse ubutegetsi muri Guinea kuva mu 2021, yatangaje ikurikiranwa ryâuwahoze ari perezida, Alpha CondĂ© ndetse n’abayobozi bakuru hafi mirongo itatu bo mu buyobozi bwe, kubera ibyaha byâubwicanyi, ibikorwa byo kwica urubozo no gushimuta. Mu bantu bakuikiranwe nâubushinjacyaha bagaragara ku rutonde rwagejejwe ku banyamakuru n’umushinjacyaha Alphonse […]
Rusizi/Nkanka: AVEGA irasaba Meya gusura abapfakazi ba Jenoside akirebera imibereho ibabaje barimo

Ubuyobozi bwa AVEGA mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi buratabariza abapfakazi ba Jenoside yakorewe abatutsi muri uyu murenge bari mu mibereho buvuga ko iteye agahinda, bamwe barara banyagirirwa mu nzu babamo iyo imvura iguye kuko zabaye ibirangarizwa, babwirwa ko bukeye nâibitobagure byâinzu, no gukinga bavuga ko bitagishoboka. Bavuga ko bagira ubwoba bwo kujya […]
Abadepite batumije Minisitiri wâIbidukikije
Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, yafashe icyemezo cyo gutumiza Minisitiri w’Ibidukikije kugira ngo atange ibisobanuro ku bibazo bigaragara muri serivisi zâubutaka harimo ubutaka bushyirwa mu nyungu rusange ntibwandikwe kuri leta, ibyemezo by’ubutaka bisohoka ntibihabwe ba nyirabyo n’itinda ry’imitangire ya serivisi z’ubutaka muri rusange. Mu bibazo byinshi bikubiye muri iyi raporo ku micungire y’ubutaka mu Rwanda, iyi […]
Real Madrid yasanze Liverpool ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions league ibabaje Man City
Ikipe ya Real Madrid yasanze Liverpool ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions league, nyuma yo gusezerera Manchester City ku giteranyo cy’ibitego 6-5. Iyi kipe y’umutoza Carlo Ancelotti yari yakiriye Man City i Santiago Bernabeu, mu mukino wo kwishyura wa 1/2 cy’irangiza warangiye iyitsinze ibitego 3-1; byose byinjiye mu minota ya nyuma y’umukino. Iminota 45 […]