Wayne Rooney yibasiye Kylian Mbappé amuhora Lionel Messi
Umwongereza Wayne Rooney wahoze ari rutahizamu wa Manchester United, yibasiye Umufaransa Kylian MbappĂ© amuhora umunya-Argentine Lionel Messi. Ni nyuma y’amakuru amaze iminsi avuga ko umwuka utifashe neza hagati ya MbappĂ©, Neymar na Lionel Messi. Umwuka mubi hagati y’uyu mufaransa na bariya bakinnyi bombi bakomoka muri Amerika y’Amajyepfo, wadutse nyuma y’umukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona […]
Umuyobozi wa OMS avuga ko ikibazo cyo muri Tigray kiremereye kurusha icyo muri Ukraine
Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga wita ku buzima uzwi nka OMS cyangwa WHO, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, avuga ko ikibazo cy’umutekano muke kiri mu ntara ya Tigray iri mu zigize Ethiopia gifite uburemere kurusha icyo muri Ukraine. Dr Tedros ukomoka muri Tigray, yabibwiye abanyamakuru bagiranye ikiganiro kuri uyu wa 17 Kanama 2022. Cyakurikiye ubutumwa yatanze butabariza […]
Kenya: Depite Owino yavuze ko ba Perezida bo muri Afurika bihutiye kwemeza ko Ruto yatsinze amatora

Babu Owino usanzwe ari umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Kenya, yavuze ko abakuru b’ibihugu bitandukanye byo muri Afurika bihutiye kwemeza ko Dr William Ruto yatsinze amatora ku mwanya wa Perezida. Uyu munyapolitiki uhagarariye Inteko mu karere ka Embakasi East, mu butumwa yatangarije kuri Twitter ku wa 16 Kanama 2022, yagaragaje ko abayobozi b’ibihugu bari […]
Guverinoma ya Danemark yemeye kwakira izindi mpunzi zizava mu Rwanda
Guverinoma ya Danemark yatangaje ko izakira impunzi 200 zivuye mu Rwanda muri gahunda yo kwimura abantu. Ariko, umuryango ukomeje gufungwa cyane ku basaba ubuhungiro muri iki gihugu. Minisitiri ushinzwe abinjira n’abasohoka mu gihugu, Kaare Dybvad Bek (uri ku ifoto), yabitangaje mu cyumweru gishize avuga ko hazibandwa cyane ku kwimura abagore n’abana. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, […]
Twitter: BBC yanenzwe ku bwo gutangaza ko i Musanze amavunja ari guca ibintu
Igitangazamakuru cy’Abongereza BBC kuwa 17 Kanama uyu mwaka cyatangaje ko hari ikibazo cy’amavunja akabije kiraboneka mu Kagari ka Kabazungu mu Murenge wa Musanze,aho abaturage bavuga ko aterwa n’ubukene n’umwanda gusa bamwe kuri Twitter bagaragaza ko batishimiye ko ayo makuru yagiye hanze. Nubwo ibitekerezo byatanzwe kuri iyi nkuru ari byinshi ku buryo BWIZA itabigarukaho byose, bifite […]
US delegation to meet Ruto, Raila and Kenyatta amid election disputes
An American delegation of legislators has arrived in Nairobi and is expected to meet President-elect William Ruto, his main rival Raila Odinga, and President Uhuru Kenyatta amid the disputed presidential election results. The delegation, led by US senator from Delaware, Chris Coons, landed in the country Wednesday night and was received by Meg Whitman, the […]
Kabuga’s genocide trial set for next month
FĂ©licien Kabuga, believed to be the chief financier of the 1994 Genocide against the Tutsi, will go on trial on September 29 at the International Residual Mechanism for Criminal Tribunals (IRMCT), a UN judge announced on Thursday, August 18. The Chamber orders the trial to commence at The Hague branch with opening statements on September […]
Le procès de Félicien Kabuga débutera le 29 septembre à La Haye
FĂ©licien Kabuga, le “financier” prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsi au Rwanda en 1994, sera jugĂ© Ă partir du 29 septembre Ă La Haye oĂą il devra faire face Ă des accusations de gĂ©nocide et de crimes contre l’humanitĂ©, a annoncĂ© jeudi un juge des Nations unies. “La Chambre ordonne le procès dans sa branche […]
Nyanza: HAJI avuga ko abenshi yakijije bamutuka bakanamusebya kubera ubukene

Hakizimana Saidi wamenyekanye cyane mu karere ka Nyanza nka HAJI mu gihe yacuruzaga ibicuruzwa birimo amata, avuga ko hari bamwe mu bo yakijije bamutuka banakamusebya kubera ubukene abayemo bwatewe no kuba banki yarateje imitungo ye yose yabarirwaga mu gaciro k’amafaranga y’u Rwanda karenga miliyoni 500. HaJI mu kiganiro yagiriye kuri Ukwezi TV yasobanuye ko ubukene […]
La Haye: Kabuga Felicien azatangira kuburana mu mizi mu mpera za Nzeri
FĂ©licien Kabuga, uvugwaho kuba ari we muterankunga wa Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, azatangira kuburanishwa mu mizi mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha i La Haye mu mpera za Nzeri, aho ashinjwa ibyaha bya jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Kanama, umucamanza w’Umuryango w’Abibumbye, yavuze ko FĂ©licien Kabuga, wafashwe nk ‘”umuterankunga” […]
Nyagatare: Umukobwa yaguye mu maguru y’umuhungu
Umukobwa bivugwa ko yitwa Diane ukomoka mu karere ka Nyagatare yapfuye aryamanye n’umuhungu witwa Mbarubukeye Eric, mu ijoro ryo kuri uyu wa 17 Kanama 2022. Bamwe mu baturage baganiriye na BWIZA bavuze ko mu gitondo cy’uyu wa 18 Kanama ari ubwo musore n’umukobwa bagaragaye baryamye muri resitora itari isanzwe iraramo umuntu. Ngo hari umukobwa wahageze, […]
MONUSCO yafunze ibirindiro byayo mu Mujyi wa Butembo
Imbere y’itangazamakuru i Butembo, kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Kanama 2022, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima, yatangaje ku mugaragaro ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) zivuye mu Mujyi wa Butembo uherutse kuberamo imyigaragambyo ikaze isaba izi ngabo kuva muri repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ati: “Ku bijyanye no kugenda kwa […]
RDC: Umunyamakuru yarafashwe afungwa azira ikiganiro ku Rwanda n’imyigaragambyo
Komite ishinzwe Kurengera Abanyamakuru (CPJ), Umuryango utegamiye kuri Leta w’Abanyamerika ufite icyicaro i New York uravuga ko abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bagomba guhagarika gutera ubwoba abanyamakuru bakora ku makimbirane yo mu burasirazuba bw’igihugu kandi bakemerera abanyamakuru gutangaza mu bwisanzure ibintu bifitiye rubanda akamaro. Ku wa Gatanu, itariki ya 12 Kanama, abapolisi bataye […]
Etincelles FC yabuze itike iyijyana gukina na AS Kigali, ishobora guterwa mpaga
Ikipe ya Etincelles FC yabuze itike iyivana i Rubavu iyijyana mu mujyi wa Kigali aho igomba guhurira na AS Kigali, ku buryo ishobora guterwa mpaga mu gihe nta cyaba gikozwe. Iyi kipe y’i Rubavu igomba guhurira na AS Kigali kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Kanama, mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona uzabera […]
MONUSCO irashinja M23 kurasa ku bushake ikangiza urugomero rwa Rwanguba
Ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri muri DR Congo, (MONUSCO) burashinja M23 ko mu mirwano yo kuwa kabiri warashe nkana ibisasu biremereye bikangiza urugomero rw’amashanyarazi rwa Rwanguba ruri kubakwa muri Rutshuru ngo rufashe abaturage hamwe na parike ya Virunga. MONUSCO itera inkunga imirimo yo kubaka no gukoresha uru rugomero, wamaganye M23 ku “guhungabanya igikorwa cy’inyungu rusange […]
Nyabihu: Imyaka 3 ishize bamwe mu bangirijwe ibyabo n’umuyoboro w’amashanyarazi batarahabwa ingurane

Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya Mukamira na Kintobo mu karere ka Nyabihu mu ntara y’iburengerazuba baratabaza inzego zibishinzwe ngo zibishyurize ingurane z’ibyabo byangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi Giciye-Rurembo-Nyabihu. Ubwo BWIZA yageraga mu karere ka Nyabihu, yakirijwe amarira n’agahinda kenshi bya bamwe mu baturage bangirijwe ibyabo n’umuyoboro w’amashanyarazi, bakabarirwa ariko bikarangira bamwe muri bo babuze ingurane […]
CSP Francis Muheto avuga ko abarwayi bo mu mutwe babaye benshi kubera ibiyobyabwenge

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyaruguru, CSP Francis Muheto, yagaragaje ko hari ikibazo gihangayikishije cy’abarwayi bo mu mutwe babaye benshi bitewe no kunywa ibiyobyabwenge. CSP Muheto yagaragaje iki kibazo kuri uyu wa 17 Kanama 2022, ubwo Labotaratwari y’igihugu ifata ibipimo bya gihanga byifashishwa mu butabera, RFL (Rwanda Forensic Laboratwari) yatangirizaga mu karere ka […]
Kabul: Igisasu cyaturikiye mu musigiti mu gihe cy’amasengesho gihitana abantu 21 abandi barakomereka
Igisasu cyaturikiye mu musigiti w’i Kabul mu murwa mukuru wa Afghanistan mu gihe cy’amasengesho ya nimugoroba kuri uyu wa Gatatu ushize cyahitanye abantu 21, nk’uko Polisi ya Kabul yabitangaje kuri uyu wa Kane. Umuvugizi wa polisi, Khalid Zadran, yatangaje ko abandi bantu 33 bakomerekeye muri icyo gitero. Abatangabuhamya bari babwiye Reuters ko guturika guhambaye kumvikanye […]
Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (RSE) mu ya mbere yitwaye neza munsi y’Ubutayu bwa Sahara
Amasoko y’imari n’imigabane y’u Rwanda na Tanzania yaje muri atandatu ya mbere muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara yitwaye neza muri ibi bibazo by’ubukungu byugarije Isi n’umuyaga w’ubukungu kugira ngo agarure neza abanyamigabane. Raporo ya buri gihembwe y’isoko yakozwe n’abasesenguzi ba AfricanFinancials Group, yerekana ko Isoko ry’imigabane ry’u Rwanda (RSE) n’irya Tanzania, Dar es […]
RDC yasobanuriye u Burusiya impamvu yamaganye ibitero byabwo muri Ukraine

Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Dr Gilbert Kabanda, yasobanuye impamvu igihugu cye cyamaganye ibitero by’u Burusiya muri Ukraine. Minisitiri Kabanda yageze mu Burusiya tariki ya 15 Kanama 2022, yitabiriye inama mpuzamahanga y’umutekano izwi nka MCIS (Moscow Conference on International Security). Mu ijambo yagejeje ku bahagarariye ibihugu bitandukanye by’inshuti z’u Burusiya bari […]
Inyandiko z’ibanga zivuga ku Rwanda zishobora kuburizamo umugambi w’u Bwongereza
Guverinoma y’u Bwongereza yabonye intsinzi igice kimwe mu ntambara yo mu rukiko kugira ngo ikomeze kugira ibanga ibice bimwe by’inyandiko ebyiri ku bivugwa ko u Rwanda rwaba rukoresha “iyicarubozo ndetse n’ubwicanyi” mbere y’umwanzuro utegerejwe mu kwezi gutaha kuri politiki itavugwaho rumwe y’u Bwongereza yo kohereza abahasaba ubuhungiro mu Rwanda. Kuri uyu wa Gatatu, umucamanza w’Urukiko […]
Taiwan yamuritse indege zayo nshya z’indwanyi ziteye imbere zo mu bwoko bwa F-16V

Taiwan yashyize ahagaragara indege y’intambara iteye imbere cyane yo mu bwoko bwa F-16V igendana misile, mu myiyereko idasanzwe ya nijoro ykozwe nyuma y’imyitozo ya gisirikare y’u Bushinwa itarigeze ibaho mu nkengero z’iki kirwa. Muri uku kwezi Ingabo z’u Bushinwa zakoze imyitozo mu kirere no mu nyanja mu muhora wa Taiwan nyuma y’uruzinduko rwa Perezida w’Inteko […]
Perezida Ndayishimiye yahaye isezerano Tshisekedi wahawe kuyobora SADC
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye mugenzi we FĂ©lix Antoine Tshisekedi watorewe kuba umuyobozi w’umuryango w’ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika (SADC), amuha isezerano. Ku wa Gatatu tariki ya 17 Kanama ni bwo Tshisekedi yafashe inshingano zo kuyobora umuryango wa SADC asimbuye Perezida Lazarus Chakwera wa Malawi. Tshisekedi yaherewe inshingano zo kuyobora SADC mu nama […]
Afande Rwigema yatwigishije kuba abagabo-Gen Kainerugaba
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko Maj Gen Fred Rwigema ari intwari ibihe byose kuri kandi ko yabigishije kuba abagabo. Gen Muhoozi ukunze kugaruka cyane kuri Gen Rwigema cyane kuri Twitter, avuga ko uyu mujenerali ari mukuru we. Yagize ati ” Ndi murumuna wa Fred Rwigyema. Afande Rwigyema […]
Mali yareze u Bufaransa muri UN, ibushinja gufasha ibyihebe bihungabanya umutekano wayo
Guverinoma ya Mali yareze u Bufaransa mu kanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano, ibushinja guha ubufasha imitwe y’iterabwoba ihungabanya umutekano w’iki gihugu cyo ku mugabane wa Afurika. Kuri uyu wa 15 Kanama 2022 ni bwo Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Mali, Abdoulaye Diop yandikiye aka kanama akamenyesha ko ingabo z’u Bufaransa ziri mu bikorwa byo kurwanya […]
IEBC yamaganye abakomiseri bane banze ibyavuye mu matora
Umuyobozi w’akanama k’amatora ka Kenya, Wafula Chebukati, yashinje bane mu bakozi bakuru (abakomiseri) bako batemeje ibyavuye mu matora ya perezida kugerageza guhungabanya itegekonshinga. Chebukati mu itangazo yashyize hanze, yavuze uko yabonye ibyihishe inyuma y’akavuyo kabayeho ku wa Mbere ubwo itangazwa ryari riteganyijwe ry’ibyavuye mu matora ryatinzwagaho amasaha menshi. Yavuze ko abo bakomiseri bane nyuma baje […]
CHAN: Abanyarwanda ntibanyuzwe n’abakinnyi umutoza w’Amavubi yahamagariye kwitegura Ethiopia

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Carlos Ferrer, yahamagaye abakinnyi 23 bagomba kwitegura umukino w’Igikombe cya Afurika cy’abakina mu bihugu byabo (CHAN) u Rwanda ruzahuriramo na Ethiopia. Ni umukino ugomba kubera kuri Stade ya BĂ©njamin Mkapa i Dar es Salaam, ku wa 26 Kanama 2022; mbere y’uwo kwishyura uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye ku wa 03 […]