Abakristu barahiriye kudasubira mu rusengero nyuma yo gusanga umugabo n’umugore barusambaniramo
Abakristo bo mu itorero Church of Uganda barahiriye kutazongera kujya gusengera mu rusengero rwaryo ruherereye mu gace ka Bugonya ho mu karere ka Kayunga, nyuma yo gusanga hari umugabo n’umugore barusambaniragamo. Aba bakristo ku wa Gatatu babwiye Daily Monitor ko batazigera basubira muri ruriya rusengero, kugeza igihe ubuyobozi bwa ririya torero buzategurira amasengesho yihariye “kurweza […]
Ramaphosa ahamya ko Tshisekedi atakwanga kuganira na M23
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, abona mugenzi we uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi atakwanga kugirana imishyikirano n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kubera ko ngo ari bwo buryo bwonyine bwatuma ibitandukanya impande zombi bikemuka. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye Kinshasa ku gicamunsi cy’uyu wa 6 Nyakanga 2023, umunyamakuru wa SABC Africa yabajije Perezida […]
Senegal: An opponent in custody after remarks targeting Presidents Macky Sall and Alassane Ouattara
In Senegal, the executives of the presidential party were gathered last night, Wednesday July 5, after the announcement Monday July 3 of Macky Sall not to stand for the election of February 2024. In a statement this night, they let the leader of the State “the task of proposing their candidate to the party and […]
RDC: Perezida wa Komisiyo y’amatora mu mazi abira azira ibaruwa yandikiye Joseph Kabila
Perezida wa Komisiyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI), Denis Kadima, yokejwe igitutu nyuma yo gutumira Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa kiriya gihugu mu biganiro ateganya kugirana n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi. Kadima yatumiye Kabila muri biriya biganiro byiswe ibyo “gushaka igisubizo cya gahunda y’amatora” ateganyijwe muri RDC mu Ukuboza uyu mwaka, mu […]
Perezida Lukashenko aremeza ko umuyobozi wa Wagner ari mu Burusiya kandi yidegembya
Umuyobozi w’abacanshuro ba Wagner, Yevgeny Prigozhin, wayoboye ubwigomeke bw’igihe gito mu Burusiya mu kwezi gushize ari mu Burusiya aho kuba muri Belarus nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’iki gihugu . Aho Prigozhin aherereye habaye amayobera kuva yigomeka kuri Leta y’u Burusiya ndetse bikavugwa ko yashatse no guhirika Putin. Mu masezerano yo guhagarika uko kwigomeka, ibirego yashinjwaga byakuweho […]
Ese iminwa y’iminwa y’umugore yashushanya ingano y’igitsina afite?
Mu itsinda ry’abagabo runanaka baba bateraniye mu tubari, ahakorerwa ibirori, ku bibuga by’imupira usanga bakunda ku gira byinshi baganira ku byerekeye imibonano mpuzabitsina.Mu byo bakunda kuvugaho harimo kwibaza niba uko iminwa y’umugore ingana ari nako igitsina cye kingana. Ubusanzwe igitsina cy’umugore kigenda cyaguka ahanini bitewe n’impamvu zitandukanye, aha twavuga nko kuba yagira ubushake bw’imibonano cyangwa […]
Abagabo batangiye kurabya indimi kubera umubiri w’umugabo wa Zari
Abagabo batandukanye batangiye kurabya indimi nyuma yo kubona umubiri w’umugabo wa Zari, aho batangiye kumwoherereza ubutumwa bugufi bamushimagiza bavuga ko ngo afite umubiri ukururana. Mu mashusho uyu mugabo aherutse gushyira hanze abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram kuwa gatatu w’icyi cyumweru, uyu mugabo w’imyaka 31 y’amavuko ,yasobanuye ko amaze kwakira ubutumwa butagira ingano bw’abagabo bagenzi […]
Wawakilishi wa RPF Inkotanyi wamemaliza ziara yao nchini Tanzania
Ujumbe wa RPF Inkotanyi ukiongozwa na Katibu Mkuu Wellars Gasamagera, umemaliza ziara ya siku nne nchini Tanzania, ambapo ulifanya mazungumzo na Chama Cha Mapinduzi (CCM), chama tawala. Ni ziara ambayo ujumbe huo ulianza kuanzia Juni 30 hadi Julai 5, 2023. Katika ziara hiyo Katibu Mkuu wa RPF Inkotanyi Gasamagera amefanya mazungumzo na Katibu Mkuu wa […]
Afurika y’Epfo: Byibuze abantu 16 bapfuye bishwe na gaz
Byibuze abantu 16 bapfuye bahitanwe na gaz nyuma y’aho icupa ryayo riyihitishije mu nkengero z’Umujyi wa Johannesburg nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga . Umuvugizi w’ibikorwa by’ubutabazi muri Ekurhuleni, William Ntladi, yabwiye abanyamakuru mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, icupa ryarimo nitrate oxide gas ryasanzwe mu gace ka Angelo […]
Pasiteri Claude aravuga ko hari ApĂ´tre wagerageje kumwicira ubukwe

Pasiteri Niyonzima Claude aravuga ko ApĂ´tre mugenzi we aherutse kugerageza kwica ubukwe bwe n’umugore we, ariko birangira umugambi umupfubanye. Ubu bukwe bwabereye i Nyamata mu karere ka Bugesera tariki ya 24 Kamena 2023, bwitabirwa n’abatandukanye barimo abavugabutumwa bamwe na bamwe nka: Mukanziga Brigitte, Ntambara Saturday na Indatwa Jean de Dieu. Mu kiganiro yagiranye na Big […]
Le Maroc et l’Italie partagent la volonté et l’engagement de renforcer leur partenariat multidimensionnel (M. Bourita)

Rome, 05/07/2023 (MAP) – Le Maroc et l’Italie partagent la volontĂ© et l’engagement de renforcer leur partenariat multidimensionnel, a affirmĂ© Ă Â Rome le Ministre des Affaires Ă©trangères, de la CoopĂ©ration africaine et des Marocains rĂ©sidant Ă Â l’étranger, M. Nasser Bourita, qui a effectuĂ© ce mercredi une visite de travail en Italie. “Cette visite en Italie […]
Twagiramungu, Rusesabagina na Ingabire Victoire batumiwe kwa Tshisekedi
Abanyapolitiki barimo Faustin Twagiramungu Faustin, Paul Rusesabagina na Ingabire Victoire Umuhoza bari mu batumiwe mu nama yagombaga guhuza Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, gusa bagira ubwoba bwo kuyijyamo. Ku wa Gatandatu tariki ya 01 Nyakanga ni bwo iyi nama yagombaga kubera i Kinshasa. Abanyapolitiki babarirwa muri 60 ni bo byamenyekanye bagombaga kuyitabira, […]
Uganda: Uwahoze ayobora ISO yategetswe kwishyura akayabo kubera iyicarubozo
Urukiko rwo muri Uganda rwategetse uwahoze akuriye Urwego rushinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu (ISO), Col Kaka Bagyenda n’abandi kwishyura asaga miliyoni 175 z’Amashilingi kubera amakosa yo gufunga binyuranyije n’amategeko n’ubundi bugizi bwa nabi . Col. Bagyenda, Umushinjacyaha Mukuru (AG) n’abandi bantu 14 bahoze bakorera ISO bategetswe kwishyura indishyi umugabo bivugwa ko bafunze binyuranyije n’amategeko. Umucamanza […]
Izingiro ryo kurambana kw’abashakanye mu mboni z’umuhanzikazi Cecile Kayirebwa
Umuhanzikazi Cecile Kayirebwa wamenyekanye mu ndirimbo nyarwanda zitandukanye, yagaragaje uburyo abashakanye bakwiye kwitwaramo ku girango barusheho kurambana. Uyu muhanzikazi umaze imyaka 40 ku mugabane w’uburayi ni umwe mu bahanzikazi bagiye bashyira itafari mu kubaka u Rwanda binyuze mu muziki gakondo, aho ubutumwa bwe bwagiye bufasha benshi haba ku gukuza inganzo y’abandi bahanzi ndetse n’imyitwarire haba […]
Leta ya Uganda irateganya gufunga imbuga zose z’amashusho y’urukozasoni
Minisiteri ishinzwe amakuru muri Uganda yiyemeje gufunga imbuga zose zitangaza amashusho y’urukozasoni, bitewe n’ingaruka ibona zigira ku batuye muri iki gihugu, by’umwihariko abana. Iki cyemezo cyatangajwe na Minisitiri Dr Chris Baryomunsi tariki ya 5 Nyakanga 2023, nyuma y’ubusabe bwa Visi Perezida w’inteko ishinga amategeko, Thomas Tayebwa, kuri guverinoma. Tayebwa, nk’uko The Daily Monitor yabitangaje, yagize […]
RDC yatangiye kwishyuza ibihugu byayijeje gufatira ibihano u Rwanda
Minisitiri w’itangazamakuru n’Itumanaho muri RDC, yatangaje ko hari ibihugu byinshi byabijeje ko bizafatira u Rwanda ibihano; akavuga ko igihe kigeze ngo ibyo bihano bishyirwe mu ngiro. Minisitiri Patrick Muyaya yabitangaje ku wa Kabiri w’iki cyumweru, ubwo yaganiraga n’itangazamakuru ry’i Kinshasa. Ni ikiganiro yakoze nyuma y’uko mu kwezi gushize impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi […]
Karasira Aimable ntabwo yizeye abamwunganira
Karasira Uzaramba Aimable ukekwaho ibyaha birimo guhakana no guha ishingiro jenoside yakorewe Abatutsi yagaragaje ko atizeye abanyamategeko bamwunganira. Uyu mufungwa umaze igihe asuzumwa uburwayi bwo mu mutwe n’abaganga biganjemo abo muri CARAES Ndera, kuri uyu wa 6 Nyakanga 2023 yabwiye urukiko rukuru, urugereko rwa Nyanza ko azisobanurira iby’uburwayi bwe, nk’uko VOA yabitangaje. Yabajijwe niba ajya […]
Les Rwandais envisagent des opportunités commerciales à  la Barbade
Les acteurs commerciaux rwandais se prĂ©parent Ă Â explorer et Ă Â tirer parti des opportunitĂ©s de commerce et d’investissement dans la nation caribĂ©enne de la Barbade, en s’appuyant sur les solides relations bilatĂ©rales entre les deux pays . Dans le cadre d’un forum d’investissement intitulĂ© “Renforcement des liens Ă©conomiques et culturels” organisĂ© par le Conseil de […]
Masisi: M23 yaba yirukanwe muri Kausa mu gihe ishobora gufata Mushaki vuba
Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko nyuma y’umunsi wose w’imirwano ikaze kuri uyu wa Gatatu ushize, inyeshyamba za Wazalendo zabashije gusubiza inyuma inyeshyamba za M23 zikazirukana mu gace ka Kausa . Ni mu gihe aya makuru akomeza avuga ko ku rundi ruhande inyeshyamba za M23 zikigenzura imidugudu ya Nyakariba, […]
Minisitiri w’ingabo wa RDC arumvisha Abanyafurika ko u Rwanda ruri kubasubiza inyuma
Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Jean Pierre Bemba, arumvisha Abanyafurika ko u Rwanda ruri gusubiza inyuma gahunda yabo y’iterambere. Iri jambo yarivugiye mu nama ya komisiyo nkuru ihuriweho ya Afurika y’Epfo na RDC igizwe n’impuguke mu bya gisirikare n’umutekano, iri kubera i Kinshasa. Uyu munyapolitiki yabwiye izi mpuguke ko Abanyafurika bari […]
Dore uburyo butatu waryamo ibihwagari ukongerera ubudahangarwa umubiri wawe
Ibihwagari ni igihingwa gikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye zifitiye umubiri w’umuntu.Muri izo ntungamubiri harimo vitamini B9, B6,B1, magnesium, umuringa (copper/cuivre), phosphore, Manganese na sĂ©lĂ©nium. Si ibyo gusa kuko tunasangamo vitamini E na K. Ibihwagari biribwa mu buryo butatu bunyuranye. Gusa uburyo bwose wabiryamo, intungamubiri zirimo ziba zihagije kandi ni zimwe. Ushobora gusekura cyangwa gusya imbuto zabyo […]
Perezida Ramaphosa i Kinshasa nyuma y’uruzinduko rwa minisitiri w’ingabo wa Afurika y’Epfo

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yageze ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 5 Nyakanga, i Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, rwibanda ku bufatanye mu by’ubukungu hagati y’ibihugu byombi. Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo avuga ko hagomba gushyirwaho umukono ku masezerano menshi y’ubwumvikane. Kuri […]
RDF yaba igiye guhiga abagizi ba nabi bayogoje HaĂ ÂŻti
U Rwanda rushobora kohereza Ingabo zarwo mu gihugu cya HaĂ ÂŻti, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’umutekano muke umaze igihe wugarije iki gihugu. Ni nyuma y’ibiganiro Perezida Paul Kagame aheruka kugirana na Minisitiri w’Intebe wa kiriya gihugu, Ariel Henry. Abayobozi bombi baheruka guhurira i Port of Spain muri Trinidad & Tobago, aho Umukuru w’Igihugu yitabiriye inama […]