Ese umukobwa/gore wihanaguje umwenda uriho amasohoro yasama?

Abakobwa cyangwa abagore batandukanye usanga bajya bibaza niba yihanaguje igitenge cyangwa undi mwenda uriho amasohoro yasama mu gihe yaba ari mu gihe cy’uburumbuke, ariko ugasanga nta gisubizo kibonetse ari nayo mpamvu tugiye kurebera hamwe uko byagenda. Twifashishije urubuga rwa icliniq.com ruvuga ko kugira ngo umukobwa asame, ubusanzwe bisaba ko haba habayeho gukora imibonano idakingiye, akaba […]

Iga icyongereza kugirango utsinde Toefl na Ielts kuri promosiyoo

whatsapp_image_2023-06-24_at_12.40_25_1_.jpg

Ikiciro gishya kiratangira kwiga icyongereza, toefl, ielts mu ukwezi kwa karindwi, kizarangize mu kwa cumi na kumwe. Iki kiciro gihishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Abashaka kwiga icyongereza no no kuba batsinda ikizami cya TOEFL na IELTS , ishuri rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY ryahaye abifuza kwiga amahirwe. Iri shuri ryagabanyije ibiciro mu […]

U Burayi bwamaganiye kure RDC, busaba u Rwanda kotsa igitutu M23

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wihanangirije Leta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, usaba ibihugu byombi “kureka gukorana no guhagarika ubufasha” ku mitwe ya M23 na FDLR. Ni mu itangazo uyu muryango wasohoye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07 Nyakanga 2023. Mu kwezi gushize impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo […]

Se wa Dr Jose Chameleone yikomye abakomeje kugera intorezo umuhungu we

Amakuru akomeje kugera mu bitangazamakuru bitandukanye, akomeje kuvuga ku burwaye bwugarije umuhanzi Jose Chameleone na murumuna we barwariye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Amakuru y’uburwayi bw’aba bombi yatangiye guhwihwiswa mu ntangiro z’iki cyumweru ariko bikaba byari byarabanje kugirwa ibanga.Uyu muhanzi na murumuna we bivugwa ko bagiye kwa muganga kwibagisha igifu cyari cyabibasiye. Gusa nyuma […]

Tshisekedi yahakanye gushaka gusimbuza ingabo za SADC iza EAC

Tshisekedi hamwe na Ramaphosa, mu kiganiro n'abanyamakuru

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yatangaje ko atigeze agambirira kwirukana ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu gihugu cye kandi ngo ntiyigeze aniyambaza umuryango w’akarere ka Afurika y’amajyepfo (SADC) ngo umufashe gukemura ikibazo cy’umutekano. Ibi Tshisekedi yabivuze kuri uyu wa 6 Nyakanga 2023 ubwo yari mu kiganiro […]

Abanyamahanga 7 bose bazakinira APR FC muri ‘Season’ itaha bamenyekanye

Ikipe ya APR FC bimaze kumenyekana ko yamaze kumvikana n’abakinnyi barindwi b’abanyamahanga izitabaza mu mwaka utaha w’imikino. Ni nyuma y’uko iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yisubiriye kuri Politiki yo gukinisha Abanyarwanda gusa yari yarafashe mu myaka 11 ishize. Kuva isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rifunguye imiryango APR FC yavuzwemo abakinnyi benshi b’abanyamahanga, gusa barindwi muri bo ni […]

Rwanda iko tayari kusaidia Haiti kuhusu suala la usalama

Katika Mkutano wa 45 wa Mwaka wa Wakuu wa Nchi na Serikali wa CARICOM huko Trinidad na Tobago, sanjari na maadhimisho ya miaka 50 ya shirika hili la kikanda, Waziri Mkuu Ariel Henry alikutana na Rais wa Rwanda Paul Kagame Jumatano Julai 5, ambapo viongozi hao wawili walijadili suala la kukithiri kwa ukosefu wa usalama […]

Centrafrica: Hari impungenge z’uko ingabo z’u Rwanda zazarasana na Wagner

Umuryango Cris Group urwanya intambara, ugaragaza ko utewe impungenge n’uko ingabo z’u Rwanda zikorera muri Repubulika ya Centrafrica kuva mu mpera z’umwaka w’2020 zazarasana n’abacancuro b’umutwe wa Wagner Group bakorera hafi yazo. Muri raporo yawo yasohotse kuri uyu wa 6 Nyakanga 2023, uyu muryango mpuzamahanga udaharanira inyungu wagize uti: “Kigali ifitanye umubano mwiza na Moscwo […]

Kuki umugore utwite agomba kurya i Papayi? Abasabitswe n’impatwe nabo birabareba

Abantu batandukanye bategetswe kurya imbuto mu rwego rwo kurushahaho kwinjiza intungamubiri by’umwihariko iyo bigeze ku mugore utwite biba akarusho kuko we biba bimufasha ariko bikanafasha umwana uri munda. Ku mugore utwite ,ipapayi ifite akamaro kanini cyane karimo ko ikungahaye ku ntungamubiri umubiri we ukenera ,aha twavuga nka A,B na C ukongeraho umunyungugu wa potasiyumu na […]

Igihano cya burundu gishobora kuzajya kigabanywa kikagera ku myaka 15

Igihano cya burundu mu Rwanda gishobora kugabanywa kikagera ku myaka 15 mu gihe haboneka inyoroshyacyaha hashingiwe ku ngingo z’amategeko agize itegeko nshinga ziri kwigwaho n’abagize Inteko Ishinga Amategeko . Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutabera ushinzwe ibyerekeye itegeko nshinga n’andi mategeko, Ambasaderi Solina Nyirahabimana, aherekejwe n’abakozi bo mu nzego zitandukanye z’ubutabera mu Rwanda zirimo ubugenzacyaha, […]

Senegal: Umunyapolitiki Sonko yiteguye kuburizamo amatora mu gihe atakwemererwa kwiyamamaza

Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Senegal, Ousmane Sonko, nta gahunda afite yo kugirana amahoro na Perezida Macky Sall ndetse yatangaje ku mugaragaro ko ashobora kugerageza guhungabanya amatora y’umwaka utaha naramuka atemerewe kwiyamamaza, nk’uko yabitangarije televiziyo yo mu Bufaransa, France 24, kuri uyu wa Kane . Sonko yagize ati: “Nta matora azaba muri iki gihugu niba […]

Bruce Melodie mu gihirahiro ku buhanuzi aherutse guhanurirwa

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie yabuze ayo acira n’ayo amira nyuma y’uko umuhanuzi amuhanuriye ko agiye kwiyegurira imiziki yaririmbiwe Imana ndetse akongera kuba umukozi w’Imana mu buryo bugaragara nk’uko yabihozemo na mbere. Mu minsi ishize nibwo umuhanuzi witwa Mechack wamenyekanye mu myaka yashize ubwo yahanuraga ibintu bitandukanye yavuze ko igihe kigiye kugera uyu […]

Intambara niba ari yo Guverinoma ya RDC ishaka tuzayirwana: Gen Makenga

Gen Sultani Makenga ukuriye Igisirikare cy’umutwe wa M23, yatangaje ko bazi “icyo gukora” mu gihe Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo izaba yongeye kubashozaho intambara. Kuri ubu amezi amaze kugera muri ane nta mirwano isakiranya Ingabo za Congo (FARDC) na M23. Ni nyuma y’uko uyu mutwe wubahirije ibyemezo by’inama ya Luanda yo mu Ugushyingo […]

Guterres yasabye ibihugu byo muri UN kohereza ingabo muri HaĂ ÂŻti

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Antonio Guterres, yahamagariye ibihugu biwugize kohereza ingabo muri HaĂ ÂŻti kugira ngo zifashe inzego z’umutekano zaho guhangana n’amabandi asa n’ayafashe ubutegetsi. Guterres mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 6 Nyakanga 2023, yasobanuye ko mu ruzinduko yagiriraga muri HaĂ ÂŻti, yasanze amabandi yarafashe bugwate abatuye muri iki gihugu. Yagize ati: “Amabandi akomeye […]

Neuf nouveaux pays africains recevront des millions de vaccins contre le paludisme

L’alliance mondiale pour les vaccins GAVI a dĂ©clarĂ© mercredi que 12 pays d’Afrique recevraient 18 millions de doses de vaccin contre le paludisme au cours des deux prochaines annĂ©es, Ă©largissant l’accès aux vaccins à  neuf nouveaux pays de la rĂ©gion. Le paludisme reste l’une des maladies les plus meurtrières du continent, tuant chaque annĂ©e près […]

Twitter ishaka kurega Meta kubw’urubuga rushya yazanye rushaka kuyikura ku isoko

Twitter yavuze ko izarega Meta Platforms (META.O) kubera urubuga nkoranyambaga rwayo rushya yise Threads nk’uko bigaragara mu ibaruwa yohererejwe umuyobozi mukuru wa Facebook, Mark Zuckerberg, binyuze ku munyamategeko wa Twitter, Alex Spiro . Meta, yatangije ku mugaragaro Threads kuri uyu wa Gatatu ikaba imaze kugira abantu miliyoni 30 bayikoresha, aho uru rubuga rwaje rusa nk’urushaka […]

Hubert Védrine yatsinzwe n’Umufaransakazi wamushinje kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi

Umunyapolitiki Hubert VĂ©drine wari umuyobozi w’ibiro bya Perezida w’u Bufaransa (à‰lysĂ©e) mu gihe Abatutsi mu Rwanda bakorerwaga jenoside, yatsinzwe urubanza yarezemo Umufaransakazi w’umuganga, Dr Annie Faure wamushinje kugira uruhare muri ubu bwicanyi. Annie wakoraga ibikorwa by’ubutabazi mu Rwanda mu gihe cya jenoside, tariki ya 7 Mata 2019 yaganiriye n’ikinyamakuru France Inter, avuga ko abahoze muri […]

Gen Sultani Makenga ntakozwa ibyo kujyana M23 i Rumangabo

Umugaba Mukuru w’inyeshyamba za M23, Gen Sultani Makenga, yatangaje ko uriya mutwe utarebwa na gahunda yo guhuriza abarwanyi bayo mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo, bijyanye n’uko Guverinoma ya Congo itigeze yubahiriza ibyo yasabwe. Gen Makenga yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru w’umunye-Congo witwa Kakule George. Ni ikiganiro cyabereye mu birindiro by’umutwe wa M23 […]