Kacyiru: Inyubako ya l’Espace yibasiwe n’inkongi ikomeye
Inkongi y’umuriro ikomeye kuri uyu wa Gatatu yibasiye inyubako izwi nka l’Espace iherereye ku Kacyiru mu karere ka Gasabo. Byabaye mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Nzeri 2023. Amashusho yafashwe na Televiziyo y’u Rwanda yerekana umuriro mwinshi ugurumana hafi ya Sitasiyo icuruza ibikomoka kuri Peteroli iri kuri iriya nyubako. Umuvugizi wa […]
Abanyamategeko ba Kabuga barwanyije bivuye inyuma kuba yazanwa mu Rwanda
Abanyamategeko ba Kabuga FĂ©licien ufungiwe i La Haye mu Buholandi akurikiranweho ibyaha bya jenoside, Me Emmanuel Altit na Me Dov Jacobs, barwanyije bivuye inyuma kuba yazanwa mu Rwanda amaze gufungurwa byâagateganyo. Ni icyifuzo gihabanye nâicyâubushinjacyaha bwâurukiko IRMCT rwâUmuryango wâAbibumbye bwasabaga ko mu gihe Kabuga yafungurwa byâagateganyo kubera uburwayi, akabura igihugu kimwakira, yakoherezwa mu Rwanda. Me […]
Niba umugabo wawe atagira ubushake mu mibonano mukorere ibi bintu
Ubusanzwe umugabo n’umugore ntabwo ubushake bwabo bwihuta ku kigero cyimwe.Uzasanga umugabo bwihuta cyane ariko ubw’ubw’umugore bugatinda ari nayo mpamvu hagomba kubaho gutegurwa. Ubushake bw’umugore ubundi bugererenywa no gucana ifuru y’umugati aho ubanza ukayicana kugirango ishyuhe, mu gihe ubushake bw’umugabo usangwa bugereranywa no kurasa umwambi w’ikibiriti. Ibi rero nibyo umugore agomba gukora agatuma umugabo ashaka gutera […]
Goma: Abasirikare barinda Tshisekedi bagaragaye basahura ihene n’intama by’abaturage
Abasirikare bo mu mutwe urinda Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagaragaye mu bikorwa by’ubujura mu mujyi wa Goma. Ni ibikorwa bakoze ku wa 30, ubwo i Goma haberaga imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana Ingabo za MONUSCO. Amashusho yagiye hanze yerekana abasirikare bo mu mutwe urinda abayobozi bakuru muri RDC basahura amatungo […]
Inyeshyamba muri RCD-K/ML na UPC, byinshi kuri Gen. Nduru wasimbuye Constant Ndima
Gen. Major Jacques Ichaligonza Nduru wari Umugaba wungirije ushinzwe ibikorwa n’ubutasi, wagizwe umuyobozi w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ni Umu-Hema uvuka mu Ntara ya Ituri. Yabaye inyeshyamba mu mutwe wa RCD-K/ML, nyuma aba inyeshyamba ya UPC (Union des Patriotes Congolais) n’umutwe wa yo wa gisirikare wa FPLC (Forces patriotiques pour la libĂ©ration du Congo ) […]
Messi yashyizwe ku ruhembe rw’imbere mu bashobora kuzatwara Ballon D’or
Mu gihe hategerejwe umunsi ntarengwa hazamenyekana umukinnyi uzegukana umupira wa Zahabu(Ballon D’or), Lionel Messi arahabwa amahirwe yo kuzegukana iki gihembo. Ni mu gihe Karim Benzema na Alexia Putellas aribo batsinze umwaka ushizeKuri aho kuri uyu wa gatatu akaba aribwo abakandida 30 b’igitsina gabo na 20 baza kumenyekana ku isaha ya saa 17h30 z’Ubwongereza. Abandi bahabwa […]
LIVE MU NTEKO : Rwanda Housing Authority yitabye PAC
KICUKIRO: AKURIKIRANWEHO KWICA ABARENGA 10, AKABATABA MU NZU||INGABO ZA EAC MURI DRC ZONGEREWE IGIHE
M23 YANZE KUJYA KINSHASA!AMAKURU MASHYA IGOMAIBIVUGWA KU RUBANZA N’ABISHE ABATURAGE IMBERE YA BEMBA
Impinduka ku mikino ya shampiyona y’u Rwanda kubera Champions league
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA ryakoze impinduka ku mikino ibiri ya shampiyona, irimo ugomba guhuza Gasogi United ndetse n’uwa Gorilla FC na As Kigali. Ni impinduka FERWAFA yatangaje ko zatewe n’imikino ya CAF Champions izabera kuri Kigali Pele Stadium iriya mikino ya shampiyona izakinirwaho. Irimo uwo APR FC izakiramo Pyramids FC yo mu Misiri […]
Ukraine war: Kim Jong un ‘to pay a call to Putin for weapons talks’
North Korea’s President Kim Jong Un plans to travel to Russia this month to meet President Vladimir Putin, a US official has told the BBC’s US partner CBS. The two leaders will discuss the possibility of North Korea providing Moscow with weapons to support its war in Ukraine, the official said. Where talks would be […]
Icyongereza: Abari nâabategarugori bari guterwa inkunga yo kwiga icyongereza aho bishyura 50% gusa

Abari nâabategarugori bari guterwa inkunga yo kwiga icyongereza aho bishyura 50% gusa, ku biga icyongereza , TOEFL, IELTS, bahishiwe byinshi harimo no guhabwa poromosiyo, Kwigisha mu buryo bwa « debates  », ibiganiro njya mpaka, imyotozo yo kumva no kuvuga biri mu bituma abatugana baba intyoza vuba no kuvugira mu ruhame (Public speaking and negociation). Byâumwihariko […]
Amwe mu mavuta abagore n’abakobwa basiga ku munwa ashobora gucibwa mu Rwanda
Nyuma y’uko mu myaka micye ishize,Leta y’u Rwanda yatangiye guhashya no gukumira amavuta ahindura uruhu azwi nka mukorogo,kuri ubu ni uko hakomeje kugaragara ko n’amwe mu mavuta abakobwa n’abagore bisiga ku munwa harimo abateza uburwayi. Ni muri urwo rwego Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (FDA) buvuga ko bugiye gutangira gusuzuma […]
Ishyaka rya Katumbi riramagana gahunda ya leta yo kwihutisha igenda rya MONUSCO
Ishyaka rya politiki “Ensemble pour la RĂ©publique” rya MoĂ ÂŻse Katumbi ryamaganye gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha kuva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwa MONUSCO. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 5 Nzeri 2023, umunyamabanga mukuru wâishyaka , DieudonnĂ© Bolengetenge, yagaragaje ko niba guverinoma ishaka kwitwaza imyigaragambyo iherutse yamagana MONUSCO yo […]
Ubushinjacyaha bwa UN burasaba uburenganzira bwo kumenya uko ubuzima bwa Kabuga buhagaze

Ubushinjacyaha bwâUrwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha, IRMCT, burasaba uburenganzira kuri raporo zâabaganga zigaragaza uko ubuzima bwa Kabuga FĂ©licien ufungiwe i La Haye mu Buholandi buhagaze. Bwatangiye ubu busabe mu âRubanza Porokireri aburana na Kabuga mu cyumba cyâiburanisha cya IRMCT i La Hayeâ, kuri uyu wa 6 Nzeri 2023. Uru rubanza rw’ubushinjacyaha bwa […]
Blinken visits Kyiv in unannounced trip
Top US diplomat Antony Blinken has arrived in Kyiv in a gesture of support as Ukraineâs counteroffensive against Russian forces grinds into its fourth month with only small gains. During his two-day visit, staying overnight in Ukraine for the first time since before Russiaâs February 2022 invasion, Blinken will likely announce a new package of […]
Kicukiro: Mshukiwa wa mauaji ya mfululizo akamatwa
Kwa kushirikiana na vyombo vya sheria na usalama vya ndani, Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) imemkamata Denis Kazungu, ambaye anashukiwa kuua na kuzika watu ndani ya makazi yake ya kukodi yaliyopo Wilaya ya Kicukiro, Sekta ya Kanombe, Kiini cha Busanza. Kulingana na taarifa iliyotolewa na RIB, Kazungu kwa sasa anazuiliwa katika kituo cha Kicukiro […]
6 soldiers prosecuted for murderous repression of civilians in Goma
The Military Court sitting in repressive matters at the first and at the appeal level, opened this Tuesday, September 5, the public hearing in the presence of the Interministerial Commission. Six (6) soldiers including two colonels are compared. They are Colonel Kalamba Mikombe Mike, Lieutenant-Colonel Dem Bawili Mbolitini Donatien, Kabamba Kabula Idriss, Mwati Musembua, Mbaya […]
Kazungu watawe muri yombi âyiyemereraâ ko yasambanyije benshi akanabica

Kuri uyu wa 5 Nzeri 2023, urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Kazungu Denis wari ucumbitse mu murenge wa Kanombe, akarere ka Kicukiro, akaba akekwaho kwica abantu, akabashyingura mu nzu yakodeshaga. Uru rwego rwagize ruti: âKu bufatanye nâinzego z’ibanze n’izâumutekano, RIB yafunze KAZUNGU Denis ukekwaho kwica abantu hanyuma akabashyingura mu […]
Bobi Wine yanze kwiteranya mu rugamba rwa Sheebah na Cindy
Nyuma y’uko muri iyi minsi mu gihugu cya Uganda hari urugamba rw’umuziki hagati ya Sheebah na Cindy buri wese yivuga imyato,kuri ibi uko guhangana kurakomeje. Ni mugihe hari ihangana rikomeye ry’imbonankubone iteganijwe ku ya 15 Nzeri hagati y’aba bahanzi, aho bose bazajya ku rubyiniro kugirango biyereke abafana barebe ushoboye kurusha undi haba mu miririmbire ndetse […]
Rusizi: Abaforoderi bajya kugurisha inyongeramusaruro mu mahanga bahagurukiwe
Abaturage bo mu Murenge wa Bugarama, mu Karere ka Rusizi, bakomeje kuryamira amajanja kugira ngo bafate abaforoderi bagurisha magendu inyongeramusaruro mu bihugu by’ibituranyi nk’uko byemejwe mu nama yerekeye kwihaza mu biribwa yabereye muri uyu murenge. Agoronome wo mu Karere ka Rusizi witwa Alice Bayizere yagize ati: âAbaforoderi bagurisha inyongeramusaruro zigenewe abahinzi bo mu gihugu muri […]
Gabon: Perezida Touadera yaganiriye iki na Gen. Oligui Nguema wahiritse ubutegetsi ?
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Repubulika ya Centrafrique, Faustin Touadera, yagiranye ibiganiro nâumuyobozi w’ingabo zahiritse ubutegetsi muri Gabon i Libreville nyuma yâaho Umuryango wâumuryango wâakarere wamaganye ihirikwa ryâubutegetsi ku itariki ya 30 Kanama. Umuryango wâumuryango wâubumwe bwâibihugu byo muri Afurika yo hagati CEEAC wahagaritse mu banyamuryango Gabon, ariko kugeza ubu nturafata ibindi bihano birenze […]
Kicukiro: Un prĂ©sumĂ© tueur en sĂ©rie arrĂ ÂȘtĂ©
En collaboration avec les organes locaux d’application de la loi et de sĂ©curitĂ©, le Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂ ÂȘtĂ© Denis Kazungu, soupà §onnĂ© d’avoir tuĂ© et enterrĂ© des personnes dans sa rĂ©sidence louĂ©e situĂ©e dans le district de Kicukiro, secteur Kanombe, cellule de Busanza. Selon un communiquĂ© publiĂ© par RIB, Kazungu est actuellement en […]
Kivu y’Amajyaruguru yahawe Guverineri mushya
GĂ©nĂ©ral Jacques Nduru Chaligonza yagizwe Guverinoma wa gisirikare w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu musirikare yasimbuye kuri izi nshingano Lt Gen Constant Ndima Kongba uheruka guhamagazwa i Kinshasa. Gen Ndima yahamagajwe nyuma y’ubwicanyi Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zakoreye abaturage bigaragambyaga basaba ko Ingabo za MONUSCO zava muri Congo ku wa 30 Kanama […]
Burundi: Minisitiri wâIntebe yasohoye mu nama umuyobozi wamuburiye igisubizo

Minisitiri wâIntebe wâu Burundi, Gervais Ndirakobuca, yasohoye mu nama Umuyobozi Mukuru wâuruganda rukora ifumbire (FOMI), Ntigacika Adrien, nyuma yâaho amuburiye igisubizo ku gihe ishwagara izatangira kugezwa mu bahinzi. Muri iyi nama yabaye kuri uyu wa 5 Nzeri 2023, Ndirakobuca yahagurukije uyu muyobozi, aramubaza igihe ishwagara izatangirwa, maze na we amusubiza ati: âDufite ikibazo cyâumuriro wâamashanyarazi.â […]
The Ben agiye gukora igitaramo gishobora kwitabirwa n’umugabo kigasiba undi

Muhisha Benjamin uzwi nka The Ben agiye gukorera igitaramo mu Burundi Aho gishobora kuzitabirwa n’umugabo kigasiba undi bitewe n’amatike yo kwinjira. Ni igitaramo kizaba mu mpera z’ukwezi k’Ukwakira uyu mwaka , aho biteganyijwe ko azahura n’abafana be bagasabana . Gusa n’ubwo hari gahunda yo kwishimana n’abafana, hari impungenge z’uko amafaranga yo kwinjira ashobora kuzaba menshi […]
Bayern Munich yasubije abanenga amasezerano yayo nâu Rwanda
Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage yasubije abamaze iminsi banenga amasezerano yagiranye na Leta yâu Rwanda mu kwezi gushize, agamije kwamamaza ubukerarugendo no guteza imbere impano zâumupira wâamaguru. Aya masezerano yatangajwe tariki ya 27 Kanama 2023 avuga ko Bayern Munich izashinga ishuri ryâumupira wâamaguru mu Rwanda, ihugure abakinnyi nâabatoza bakiri bato, kandi yamamaze ibyiza […]
Ingabo za EAC ziri muri RDC zongerewe igihe
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bongereye igihe Ingabo z’uyu muryango zoherejwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zizamarayo. Ni icyemezo bafatiye mu nama yabahuje, ku wa Kabiri tariki ya 5 Nzeri 2023. Ni inama yakiriwe na Perezida William Ruto wa Kenya, iyoborwa na Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Mu bandi […]
Gen. Dagalo uyobora RSF yatanze umuti warangiza intambara yo muri Sudani
Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi wâumutwe wa Rapid Support Forces (RSF) yasabye igisirikare ko ingabo z’impande zombi zihanganye zakwihuriza hamwe kugira ngo intambara ikomeje muri Sudani ihagarare, kandi hizerwe ko amahoro azaramba mu gihugu hose. Mu butumwa bw’amajwi bwashyizwe ku rubuga rwa Twitter, Gen. Mohamed Hamdan Dagalo, yagize ati: “Turarwanira Sudani, ariko abasigaye (avuga ingabo […]