CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
Ikipe ya APR FC yasezerewe mu mikino ya CAF Champions league y’uyu mwaka, nyuma yo kunyagirwa na Pyramids FC yo mu Misiri ibitego 6-0. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Pyramids mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions league wabereye i Cairo. Ni nyuma y’ubanza wabereye i Kigali mu cyumweru gishize amakipe […]
Braverman refuses to let MPs see ‘commercially sensitive’ details of Rwanda deal
Suella Braverman has refused to allow MPs to be briefed in confidence on the costs of sending asylum seekers to Rwanda for asylum claim processing and resettlement. Members of the Public Accounts Committee found their efforts to understand the costs underpinning the UKâs agreement with the Rwandan government frustrated this summer, when they were told […]
Perezida Kagame yasabye abemera Imana guhindura imyumvire, bakiteza imbere
Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda n’abandi Banyafurika bemera Imana guhindura imyumvire, bagakora ibikorwa bibateza imbere, aho gukomeza gutegereza abo mu bihugu bikize ngo bibatunge. Ni ubusabe bwo kuri uyu wa 29 Nzeri 2023 ubwo Umukuru wâIgihugu yakiraga indahiro yâUmunyamabanga wa Leta mushya muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga nâubutwererane, ushinzwe akarere, General (Rtd) James Kabarebe, na Francis […]
Tamasha la The Ben Bujumbura lilihamia kwenye kituo cha kijeshi
Tamasha la The Ben lililokuwa likitarajiwa mjini Bujumbura, Burundi ambalo lilipangwa kufanyika kwenye “Jardin Public” Jumapili, Oktoba 1, limehamishiwa kwenye “Messe des Officiers”, kituo cha kijeshi. Mabadiliko ya ukumbi huo yanakuja baada ya waandaji wa tamasha kutangaza kuwa Jardin Public hana uwezo wa kukaribisha idadi ya washereheshaji ambao tayari wamenunua tikiti. “Tamasha hilo limehamishiwa kwenye […]
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya – Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aravuga ko hari abantu basigara bamwidogera bamuvuma iyo afashe urugendo agiye mu mahanga guhagarikira u Burundi. Kuri we, ngo abo basigara bamuvuma bamwidogera cyangwa bamutera ubwoba babireka kuko ashyigikiwe n’Imana. Ibi yabitangarije mu masengesho yabereye mu Ntara ya Gitega akunze gutegurwa n’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD buri wa Kane wa […]
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Prof. Harelimana Jean Bosco wayoboye ikigo cyâigihugu gishinzwe amakoperative (RCA) yasobanuye ibyâamajwi yagiye hanze yumvikanagamo avuga ko mu bubasha bwe, aha akazi abantu ashaka, akanirukana abo abatemeranya na we. Muri aya majwi, Prof. Harelimana yumvikana asaba uwitwa Ngwizinkindi Charles gufasha mugenzi we ElizafanI wari umugenzuzi wâimbere muri RCA, kuri âversion ya kabiriâ yâubugenzuzi yakoze kuri […]
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Abasirikare babarirwa mu icumi ba Niger bishwe n’ibyihebe, nyuma yo kubagabaho igitero. Ni igitero cyagabwe mu gace ka Kandadji, agace gahuza imipaka y’ibihugu bya Niger, Mali na Burkina Faso. Aka gace gaherereye mu bilometero 190 uvuye i Niamey, kamaze igihe karahindutse indiri y’ibikorwa by’iterabwoba; by’umwihariko ibitero by’aba-Jihadistes. Amakuru avuga ko kiriya gitero cyo ku wa […]
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
Byibuze abantu 50 bishwe abandi barenga 50 barakomereka mu iturika ry’igisasu mu gihugu cya Pakistan nk’uko igipolisi cyabitangarije BBC. Kuri uyu wa Gatanu, igisasu cyaturikiye hafi yâumusigiti wo mu majyepfo yâiburengerazuba bwâintara ya Balochistan ubwo abantu bateraniraga kwizihiza ivuka ryâIntumwa Muhamadi. Polisi ikeka ko ari igitero cy’ubwiyahuzi cyibasiye igiterane cyâidini mu mujyi wa Mastung. Abayobozi […]
Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko inyungu zisabwa abahabwa inguzanyo zigabanywa kuko ngo ubwinshi bwazo bukomeye kuba intandaro yo kwiyahura kwâabaturage benshi. Izi nguzanyo zitangwa nâibigo byâimari biciriritse bikorera muri Uganda bibarirwa mu 1500 nkâuko ikinyamakuru The Daily Monitor cyabitangaje, hakaba harimo ibisaba abo biguriza inyungu igera kuri 20% ku kwezi. Museveni mu […]
Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo
Mu ijambo yavugiye imbere yâAkanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa Kane, itariki ya 28 Nzeri i New York, Minisitiri wâububanyi nâamahanga Christophe Lutundula yashinje u Rwanda kongera ingabo zarwo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ati: âKugeza ubu, u Rwanda rukomeje kongera ingabo zarwo mu burasirazuba bwa DRC. Ku munsi w’ejo, […]
Muhanga: ‘Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe
Inzego z’umutekano mu karere ka Muhanga ziri guhiga bukware insoresore zo mu gatsiko kazwi nk’Abahebyi, nyuma yo gutema abakozi 10 barinda ikirombe gicukurwamo amabuye yâagaciro murenge wa Rongi. Mu ntangiriro z’uku kwezi ni bwo aka gatsiko kateye ikirombe cyâIkompanyi yitwa ETs Sindambiwe, abakagize batemagura abakirindaga. Abahebyi bivugwa ko kagizwe nâinsoresore zarahiye ko zitazakorera abandi ku […]
M23 KU MISOZI MYINSHI KUGERA KIBUMBAðƞ§âðƞ¿ùâŹÂĂ°ĆžĆœÂšCIRIMWAMI AVUGURUJE LUTUNDULA/IMPINDUKA ZIKOMEYE MU BURUNDI
M23 NTIBAGISINZIRA AMASAHA 24-MAJOR WILLY NGOMA I KARENGERAGEN KABAREBE MURI DIPOLOMASI YâAKARERE
M23 YARAKAYEðƞËÂŁ IBWIYE DRC&TSHISEKEDI KO BIYAHUYEIBY’ABAKOMANDO BAMANUTSEðƞâŸðƞÂÂż-M23 KU DUSOZI TUREBA GOMA
ISANZURE:FARDC YABONYE MANEKO ZâU RWANDA KU MUPAKA ðƞ„·ðƞÂÂż IBYA KAZUNGU MU RUKIKO NO KUJYANWA iMAGERAGERE
Le Rwanda reste préoccupé par la collaboration entre Kinshasa et FDLR
Le Rwanda reste « profondĂ©ment prĂ©occupĂ© par la collaboration et lâarmement continus des FDLR et des groupes armĂ©s autochtones par le gouvernement de Kinshasa  », a dĂ©clarĂ© le ReprĂ©sentant permanent du Rwanda auprĂšs des Nations Unies, lâAmbassadeur Claver Gatete. Les FDLR sont une force gĂ©nocidaire sanctionnĂ©e par lâONU et formĂ©e par les cerveaux du gĂ©nocide […]
Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin
Kuri uyu wa Gatanu, Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yerekanwe ari mu nama nâumwe mu bahoze ari abayobozi bakuru bâikigo cya Wagner ndetse bavugana uburyo imitwe yâabakorerabushake (abacanshuro) ishobora kurwanira muri Ukraine ariko Perezidansi (Kremlin) yavuze ko uyu mucanshuro kuri ubu akorera minisiteri yâingabo. Iyi nkuru dukesha Reuters iravuga ko iyi nama yashimangiye uburyo Kremlin […]
Niteguye kuba umunyagitugu n’inkoramaraso ku bw’icyubahiro cya RDC: Tshisekedi
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko ku bwo kurwana ku cyubahiro cy’igihugu cye yiteguye kuba umunyagitugu no kumena amaraso y’abantu. Tshisekedi yabitangarije i Bruxelles, aho aheruka guhurira n’abanye-Congo baba mu Bubiligi. Amagambo yababwiye yibanze ku kibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa RDC, aho Ingabo z’iki gihugu zimaze igihe […]
USA yaburiye RDC ko itazagira amahoro mu gihe FARDC igikorana na FDLR

Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu Muryango wâAbibumbye (UN), Linda Thomas-Greenfield, yaburiye ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ko igihugu kitazagira amahoro n’umutekano mu gihe igisirikare cyacyo kigikorana nâumutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya Leta yâu Rwanda. Ibi Linda yabivugiye imbere yâakanama ka UN gashinzwe umutekano kuri uyu wa 28 […]
Goma: Igisasu cyarashwe n’umusirikare wa FARDC cyishe kinakomeretsa abari muri Stade
Ubuyobozi bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwatangaje ko igisasu cyaguye kuri Stade de l’UnitĂ© mu mujyi wa Goma, gihitana umuntu umwe na ho abarenga 10 kirabakomeretsa. Ahagana saa kumi zâumugoroba wo ku wa Kane tariki ya 28 Nzeri nibwo iki gisasu âbyâimpanukaâ cyavuye ku mbunda yâumusirikare wari uri ku modoka ya gisirikare ubwo âyari yicetse mu […]
Ambasaderi Gatete yatangaje ko ibihano byo gushimisha RDC ntacyo bizamara
Ambasaderi wâu Rwanda mu Muryango wâAbibumbye, Gatete Claver, yamenyesheje akanama kawo gashinzwe umutekano ko ibihano Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zafatiye igihugu ahagarariye ntacyo bizamara. Ibi yabivuze kuri uyu wa 28 Nzeri 2023 ubwo akanama ka UN gashinzwe umutekano kagezwagaho raporo yâUmunyamabanga Mukuru wâuyu muryango kuri misiyo yâamahoro muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, […]
Burkina-Faso: Abashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi baragenda bamenyekana
Amakuru macye y’inyongera aragenda amenyekana ku myirondoro y’abasirikare bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi muri Burkina-Faso batawe muri yombi, barimo Lt.Col. Cheick Hamza Ouattara (uri ku ifoto), uyobora LĂ©gion spĂ©ciale ya gendarmerie, na Captain Christophe MaĂ ÂŻga, Komanda w’Umutwe udasanzwe ushinzwe gutabara w’iyo gendarmerie, wagereranya na GIGN y’u Bufaransa. Uyu ni umutwe kabuhariwe ushinzwe kurwanya iterabwoba. Muri ba […]