Goma: Katumbi yijeje FARDC indege z’intambara zigezweho
MoĂ ÂŻse Katumbi uri mu bakandida biyamamariza kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko natorerwa kuyobora iki gihugu azagurira Igisirikare cyacyo indege kabuhariwe z’intambara. Katumbi yabitangarije mu mujyi wa Goma aho yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ugushyingo 2023. Hafi y’uyu mujyi wa Goma hamaze igihe hari umutekano muke kubera […]
Murengerantwari wahoze ayobora BRB yajyanwe mu Mpimba
DieudonnĂ© Murengerantwari wahoze ari Guverineri wa Banki Nkuru y’u Burundi (BRP), yamaze kugezwa muri gereza ya Bujumbura izwi nka Mpimba. Murengerantwari yagejejwe muri iriya gereza ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 22 Ugushyingo 2023. Ni nyuma y’uko ku wa 7 Ukwakira 2023 yari yatawe muri yombi n’Urwego rushinzwe iperereza mu Burundi (SNR). Ubushinjacyaha […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Urutonde rw’ibicuruzwa ruri mu mbonerahamwe ziri hano
Abasirikare ba CAR barenga 500 batojwe na RDF bagiye gukora Graduation
Igisirikare cy’u Rwanda kibarizwa muri Central African Republica, kivuga ko ku nshuro ya mbere hari abasirikare bo muri iki gihugu barenga 500 batoje bakaba bagiye gukora ibirori byo gusoza amasomo y’imyitozo bahawe ngo bazashobore kwirwanaho mu gihe ab’u Rwanda bazaba basoje akazi. Ibi byatangajwe n’umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga, ubwo yasobanuraga uruhare […]
Kusitisha mapigano kati ya Israel na Hamas kuanza saa moja asubuhi siku ya Ijumaa
Usitishaji vita utaanza saa moja asubuhi siku ya Ijumaa na mateka wa kwanza wataachiliwa saa kumi jioni, wizara ya mambo ya nje ya Qatar inasema. Wizara ya Afya ya Gaza inasema itaacha kuratibu uhamishaji wa hospitali na WHO baada ya Israel kumkamata mkurugenzi wa hospitali ya al-Shifa. Familia za mateka wa Israel zinaeleza kufadhaika na […]
Mali: Izamurwa ry’ibendera rya Wagner muri Kidal ryateje urunturuntu

Nyuma y’icyumweru kirenga Kidal yigaruriwe n’ingabo za Mali bafatanyije n’abacanshuro b’Abarusiya, aba bacanshuro bazamuye ibendera ryabo ku munara w’umujyi. Ikimenyetso bigaragara ko kitashimishije abategetsi ba Mali, bavuga ko ayo makuru atari yo. Bitandukanye nyamara n’ibyo bamwe mu bakoresha interineti bavuga ku mbuga nkoranyambaga, ibendera rya Wagner koko ryazamuwe rwose muri Kidal nk’uko iyi nkuru dukesha […]
Rwanda, Burundi, DRC, and South Sudan considering their oil business dealings with Kenya
Kenya is likely to lose billions of shillings in oil trade after landlocked East African countries started showing reluctance to import their fuel through Kenya. Uganda has already resolved to stop importing fuel through Kenya due to the controversial government-to-government deal between the Kenyan government and Gulf countries that has seen fuel prices increase significantly. […]
‘Umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro mu Rwanda waragabanutse’ BNR
Amakuru atangwa na Banki Nkuru y ‘u Rwanda (BNR), iravuga ko umuvuduko ku izamuka ry’i biciro waragabanutse ku isoko aho wavuye kuri 15% ukagera kuri 12,7% kandi ngo birashoboka ko bizakomeza kumanuka. BNR ivuga ko uwo muvuduko wagabanutse mu gihembwe cya kabiri 2023, kandi ngo bizakomeza kugera mu mpera z’umwaka no mu ntangiro z’utaha wa […]
Envoyer les demandeurs d’asile vers les à ®les Orcades et non vers le Rwanda, dĂ©clare Lee Anderson
Les demandeurs d’asile devraient Ă ÂŞtre envoyĂ©s vers les à ®les Orcades plutĂ´t que vers le Rwanda, a dĂ©clarĂ© Lee Anderson. Le vice-prĂ©sident du parti conservateur et dĂ©putĂ© de Red Wall a dĂ©clarĂ© que les à ®les Ă©cossaises offraient une alternative viable pour le traitement des demandes car, bien que Ă©loignĂ©es, elles se trouvent sur le sol britannique. […]
Bangui: General wo muri Zambia yanyuzwe n’uko RDF yitwaye mu gace kari kagoye
Umunyazambiya uyobora ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica, Lieutenant General Humphrey Nyone, yagaragaje ko yanyuzwe n’uko abasirikare b’u Rwanda bitwaye mu gace kari karafashwe bugwate n’inyeshyamba. Uyu musirikare mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu murwa mukuru wa Centrafrica, Bangui, kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2023, yatangaje ko abasirikare b’u Rwanda bagaragaje […]
Uganda: Umuherwe Molly Katanga n’abakobwa be mu mazi abira nyuma y’urupfu rw’umugabo we

Mu gihugu cya Uganda, Umuyobozi w’ubushinjacyaha (DPP), Jane Frances Abodo, yatanze uburenganzira bwo gushinja icyaha cyo kwica umushoramari ukomeye ukorana n’igisirikare akaba n’umucuruzikazi w’umukire witwa Molly Katanga “ku byerekeye urupfu rw’umugabo we Henry Katanga. Ibi ni ibyatangajwe n’ibiro by’ubushinjacyaha ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere ushize. Katanga, wari umunyemari ukomeye ukora ibijyanye no kuguriza […]
Brussels: Twahirwa yambuwe telefone kugira ngo isakwe
Urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi rwategetse ko Twahirwa SĂ©raphin yamburwa telefone kugira ngo isakwe, harebwa niba nta biganiro agirana n’umugore we wanze gutangira mu ruhame ubuhamya bwe. Kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2023, umugore wa Twahirwa ni bwo yagombaga gutanga ubuhamya ku byo azi ku mugabo we uburana ibyaha bya jenoside n’iby’intambara, bifitanye […]
Kuba amahanga yemera P. Kagame biri mu byihutishije ubuvuzi Dr Kanimba yaherewe mu Buhinde
Hagati mu mwaka wa 2023, nibwo abantu benshi bamenye uburwayi bw’umudogiteri witwa Kanimba Vicent wamenyekanye mu buvuzi bwo mu Rwanda by’umwihariko mu gufasha abagore bagiye kubyara. Uyu muganga ubwo yafatwaga n’uburwayi bukomeye muri Gashyantare 2020 yagerageje kwivuza mu bushobozi bwe bwose ariko bigeraho burashira ari nabwo benshi batangiye kubimenya ubwo yatabarizwaga binyuze ku muyoboro wa […]
RDF igiye kwipima na TPDF
Ingabo z’u Rwanda zo muri diviziyo ya gatanu zigiye guhurira mu mukino wa gicuti n’iza Tanzania zo muri Brigade ya 202. Uyu mukino uteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 25 Ugushyingo, ukazabera kuri Stade y’i Ngoma. Kwinjira bizaba ari ubuntu. RDF na TPDF basanzwe bafitanye umubano mwiza, ndetse hari amasezerano ya gisirikare impande zombi […]
Harmonize ageze kure gahunda yo kwiyunga na Diamond
Amakuru akomeje kumenyekana ku bitangazamakuru bitandukanye, aravuga umuhanzi Harmonize yiyemeje kwiyunga na Diamond wahoze ari boss we. Harmonize yemera ko ibyo batumvikanagaho kera na Diamond byatewe n’ubusambanyi bwabo kandi akizera ko igihe kizakiza ibikomere byabo. Mu kiganiro aherutse kugirana n’ikinyamakuru,Harmonize yavuze ko ubushyamirane bwabo bumaze imyaka myinshi, avuga ko Diamond amaherezo azakura agashaka gukemura ibibazo […]
U Bwongereza: Yasabye ko abimukira boherezwa mu birwa aho koherezwa mu Rwanda
Umuyobozi wungirije w’ishyaka ry’Aba-Conservateurs riri ku butegetsi mu Bwongereza, Lee Anderson yavuze ko abasaba ubuhungiro binjiye binyuranyije n’amategeko bagomba koherezwa mu birwa bya Orkney aho koherezwa mu Rwanda. Lee Anderson usanzwe ari n’umudepite yavuze ko ibi birwa bya Ecosse byatanze ubundi buryo bwiza bwo kuhasuzumira ubusabe bw’abasaba ubuhungiro kuko nubwo biri kure, ngo biri ku […]
Inshinge zaturutse kwa Dr Munyemana zatewe mu bitsina by’abagore: Ubuhamya
Urubanza rwa Dr Munyemana Sosthène uburana ibyaha bifitanye isano na jenoside yakorewe Abatutsi rwakomeje mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2023, humvwa abatangabuhamya batandukanye. Muri iri hubaranisha, urukiko rwumvise bwa mbere ubuhamya bw’umubyeyi wiciwe abarimo umugabo we, nyirabukwe, sebukwe n’abandi bo mu muryango we muri segiteri Tumba, mu […]
Koreya ya Ruguru yivanye mu masezerano ya gisirikare yari ifitanye na Koreya y’Epfo
Koreya ya Ruguru yikuye mu masezerano yari amaze imyaka itanu yagiranye na Seoul agamije kugabanya amakimbirane ya gisirikare, mu gihe umwuka mubi ukomeje kwiyongera hagati y’impande zombi. Byose byatangiye ubwo Pyongyang yavugaga ko yarangije kohereza icyogajuru cy’ubutasi mu kirere ku wa Kabiri. Ibyo byatumye Koreya y’Epfo ihagarika igice ayo masezerano, ivuga ko igiye gusubukura ingendo […]
Katumbi ababajwe n’uko abacancuro bahembwa kurusha FARDC
MoĂ ÂŻse Katumbi wiyamamariza kuyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo yatangaje ko ababajwe no kuba abasirikare b’abacancuro bakorana n’iki gihugu bahembwa kurusha abacyo bazwi nka FARDC. Ibi yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2023 ubwo yageraga mu mujyi wa Bunia, intara ya Ituri, aho akomereza ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu, nk’uko ikinyamakuru […]
Qatar yabaye impamvu y’agahenge k’intambara hagati ya Israel na Hamas
Igihugu cya Qotar cyafashe iya mbere mu gutuma Israel na Hamas byemeza agahenge k’intambara mu rwego rwo guhererekanya imfungwa. Israel na Hamas ubu bamaze kwemeranya ko Abanya-Israel b’abagore n’abana bose hamwe 50, bazarekurwa mu minsi ine imirwano ikaba ihagaze muri icyo gihe, nk’ingurane ku irekurwa ry’Abanya-Palestine 150, na bo b’abagore n’abana, bafunzwe na Israel. Qatar […]
Rayon Sports yamanuye rutahizamu w’umunya-GuinĂ©e
Rayon Sports mu ijoro ryakeye yakiriye rutahizamu AlsĂ©ny Camara Agogo, umunya-GuinĂ©e-Conakry waje kuyikinira. Iyi kipe yemeje ko yamwakiriye ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X. Amafoto Rayon Sports yashyize kuri urwo rubuga yerekana AlsĂ©ny Camara Agogo akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali, aho yakiriwe n’abarimo Ngabo Roben usanzwe ari umuvugizi wayo. AlsĂ©ny Camara Agogo w’imyaka 28 […]
Kenya:Hari impungenge z’abarwayi banduye HIV bakomeje guhabwa imiti y’ibicupuri
Igipolisi cya Kenya gifite ubwoba ko ibihumbi by’ibihimbano by’imiti ya Truvada bishobora kuba bimaze gukwirakwira ku isoko. Ni imiti isanzwe ifatwa n’abanduye Virus itera SIDA , aho kuri ubu hari impungenge ko yamaze kwiganwa mu buryo bw’ubutubuzi. Abantu bagera kuri miliyoni 1.4 banduye virusi itera sida muri Kenya, nk’uko imibare ya UNAIDS ibivuga uhereye mu […]
Uwashinjaga Dr Munyemana kwicisha Abatutsi yamushinjuye
Uwigeze gufungwa azira uruhare yagize muri jenoside yakorewe Abatutsi, yavuguruje ubuhamya yigeze guha abakoraga iperereza, ashinja Dr Munyemana Sosthène guha Abahutu amabwiriza yo kwica Abatutsi muri Segiteri Tumba, mu yahoze ari Perefegitura ya Butare. Kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2023 yifashishijwe nk’umutangabuhamya mu rubanza rwa Dr Munyemana ruri kubera mu rukiko rwa rubanda rwa Paris […]
Umukinnyi w’ikinamico w’Umurusiyakazi yishwe ari gutaramira abasirikare muri Ukraine
Umukinnyi w’amakinamico w’Umurusiyakazi yiciwe mu gitero cya Ukraine ubwo yari ari gutaramira abasirikare nk’uko byatangajwe n’inzu abarizwamo. Inzu mberabyombi iri mu gace ko muri Ukraine kigaruriwe n’ingabo z’u Burusiya, aho Polina Menshikh yari arimo gutaramira yibasiwe n’ibisasu bya Ukraine ku itariki ya 19 Ugushyingo. Bivugwa ko uyu mukinnyi w’amakinamico yari arimo gukina mu gitaramo cyo […]