Abayobozi b’ibihugu bigize E.U bemeje inkunga ya miliyoni 50€ yari yitambitswe na Hongria
Abayobozi 27 b’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi bemeye kurekura inkunga ingana na miliyoni 50 z’amayero yo gufasha Ukraine nyuma yuko Hongiria yari yabanje kwitambika ayo masezerano. Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yishimiye inkunga nshya, avuga ko bizashimangira ubukungu ndetse n’imari mu gihugu. Minisiteri y’ubukungu ya Ukraine yavuze ko iteganya kwakira igice cya mbere cy’amafaranga muri Werurwe […]
Masisi: M23 irigamba kwambura FARDC uduce dushya
Umutwe wa M23 biciye mu ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) usanzwe ubarizwamo, watangaje ko wambuye ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya RDC uduce dushya two muri Teritwari ya Masisi. Ni nyuma y’imirwano iri gusakiranya impande zombi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Gashyantare 2024. AFC ku rubuga rwayo rwa X yavuze […]
Umwarimu wa Kaminuza yakatiwe urwo gupfa nyuma yo kwica mugenzi we amuteye ibyuma
Kuri uyu wa Mbere taliki 1 Gashyantare 2024, Jiang Wenhua, umwarimu muri kaminuza ya Fudan, yakatiwe igihano cyo kwicwa n’igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo kwica mugenzi we amujombaguye ibyuma. Urukiko rw’agateganyo rwa Shanghai rwaburanishije uru rubanza muri Gicurasi umwaka ushize, rwatanze imyanzuro ko uyu mugabo wo mu gihugu cy’Ubushinwa ko yahamwe n’icyaha cy’ubwicanyi. Urukiko rwasanze […]
Musanze: Urukiko ‘rwarumye ruhuha’ umukire wari warariganyije umuturage isambu ye
Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Gatatu tariki ya 31 Mutarama rwemeje ko umukire Habyarimana Pierre yaguze mu buryo bw’uburiganya isambu y’umuturage witwa Bazimaziki Aimable, rutegeka ko uyu muturage asubizwa ubutaka bwe. Mu ntangiriro z’ukwezi gushize ni bwo uru rukiko rwari rwaburanishije urubanza Habyarimana yari yarajuririyemo umwanzuro w’urubanza rwaciwe n’inteko y’abunzi bo mu murenge wa […]
Ibimenyetso 10 byakwereka ko urwaye kanseri hakiri kare
Kanseri ni uburwayi burangwa n’imikurire idasanzwe y’uturemangingo tw’umubiri (cells). Hariho ubwoko bwinshi bwa kanseri zibasira ibice bitandukanye by’umubiri w’umuntu. Impamvu zishobora gutera kanseri ntizibarika kuko zimwe usanga ari amayobera. Umuntu umwe mu bantu batatu aba afite ibyago byinshi byo kurwara kanseri. Ubushakashatsi bwa kaminuza yo muri Texas bwerekanye kandi ko abasaga ibihumbi 600,000 bicwa na […]
Nord Kivu:Haje undi mujenerali uje gutsinsura umutwe wa M23
GĂ©nĂ©ral-major Bruno Mpezo MbeleBruno wabaye komanda w’Ingabo za Kivu y’Amajyaruguru mu bikorwa byo kurwanya umutwe wa |M23 mu minsi ishize, yasimbujwe mugenzi we witwa Shora Mabondani nawe ufite ipeti rya Gen.Major. General Mabondani yageze i Goma kuri uyu wa gatatu, tariki ya 31 Mutarama 2024, aho yaje nk’umuyobozi mushya w’akarere ka 34 ka gisirikare mu […]
L’Ă©quipe mĂ©dicale chinoise a fait don de fournitures mĂ©dicales Ă l’hĂ´pital de Masaka

Une Ă©quipe mĂ©dicale chinoise a fait mardi un don de fournitures mĂ©dicales Ă l’hĂ´pital Masaka du district de Kicukiro, Ă Kigali, la capitale rwandaise. Les fournitures comprenaient des dĂ©sinfectants pour les mains, des Ă©clairages opĂ©ratoires, des tabourets d’opĂ©ration, un couteau Ă©lectrique Ă haute frĂ©quence, des packs d’appareils bucco-dentaires jetables et des blouses chirurgicales stĂ©riles jetables. […]
Ikiganiro umunyamakuru Alain Foka yagiranye na Perezida Ibrahim Traoré wa Burkinafaso
Alain Foka, ni umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Cameroun. Azwi cyane akorera ikinyamakuru RFI cy’Abafaransa. Kuva umwaka ushize ni umunyamakuru wikorera ku giti cye. Yamenyekanye cyane ku nkuru zicukumbuye, zivuga kuri politiki y’Afurika. Muri iyi nkuru, turabagezaho ikiganiro yagiranye na Perezida wa Burukinafaso Capitaine Ibrahim TraorĂ©. Ikiganiro kiribanda ku kuva kw’ibihugu bya Mali, Burukinafaso na […]
Ngororero: Ababyaza babiri barafunzwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze ababyaza babiri bo ku bitaro bya Kabaya mu Karere ka Ngororero, rukaba rubakurikiranyeho gukomeretsa uruhinja bikaruviramo urupfu. Ku wa 20 Mutarama ni bwo Hagenimana Jean Pierre w’imyaka 28 na mugenzi we Nyiranjemubandi Vestine wa 36 bakoze icyaha bakekwaho bahita batoroka, mbere yo gutabwa muri yombi ku wa 29 Mutarama. Bakurikiranweho […]
Amafoto: Minisitiri w’Intebe yahaye icyubahiro Intwari z’u Rwanda

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yashyize indabyo ku Kimenyetso cy’Ubutwari mu muhango wo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro ya 30, aho yunamiye Intwari z’u Rwanda zagaragaje gukunda u Rwanda bidasanzwe no kurwitangira. Ibyiciro by’ intwari Intwari z’u Rwanda zigabanywa mu byiciro bitatu by’ingenzi, hagendewe ku rugero zagaragajeho ubutwari. Icyiciro cya mbere cyitwa Imanzi, icya kabiri […]
Kubona umugabo birahenze cyane muri Rutsiro
Mu karere ka Rutsiro by’umwihariko mu murenge wa Mushubati, hari ababyeyi bahatuye bavuga ko bafite impungenge z’abakobwa babo bagumirwa bitewe n’amikoro macye. Aba babyeyi bavuga ko bafite ikibazo cy’uko iyo umukobwa ageze ku myaka 25 cyangwa akayirenza, aba atakibonye umugabo mu buryo bworoshye uretse uwifite utunze ikimasa kuko aricyo ahonga umusore ngo amurongore. Ababyeyi baganiriye […]
Byinshi ku ruzinduko rw’Umushinjacyaha Brammertz uzamara mu Rwanda icyumweru kirenga
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), Serge Brammertz, ari mu butumwa bw’akazi i Kigali, mu Rwanda kuva ku itariki ya 30 Mutarama kugeza ku ya 7 Gashyantare 2024. Intego y’ubutumwa bw’Umushinjacyaha Mukuru ni ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru na tekiniki bijyanye n’imbaraga zikomeje gushyirwa mu gukomeza guha ubutabera abantu […]
FARDC na SADC byanogeje uburyo bushya bwo kurwanya M23 burimo abasirikare 100,000

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yohereje Gen. Maj. Shora Mabondani mu burasirazuba bw’igihugu kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’uburyo bushya bw’intambara yo kurwanya inyeshyamba za M23. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, nibwo Gen. Mabondani, Umuyobozi mushya w’Akarere ka 34 ka Gisirikare, yageze mu murwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Goma. […]
RDC:Drone n’ibitwaro biremeye biramutse bimisha amakompola ku baturage b’ikaruba
Imirwano ikaze ihuza M23 & FARDC n’abambari bayo kuri uyu wa Kane taliki 01 Gashyantare 2024, yabyukiye mu gace ka Karuba, aho Drone n’imbunda za rutura zaramutse zimisha amasasu mu baturage batuye mu gace ka karuba. Ni amakuru yatangajwe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, aho yemeje ko aba baturage barashweho bikozwe […]
Ni inde uri gutera undi hagati ya M23 na FARDC ko bitana ba mwana ?
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane, imirwano irakomeje hagati ya FARDC na M23 aho impande zombi zirimo gushinjanya kugabanaho ibitero bikaba bitoroshye kugenzura uri mu kuri n’uwigiza nkana. Abanyamakuru begereye Leta ya Kinshasa baravuga ko imirwano yakomeje kuri uyu wa Kane, itariki 1 Gashyantare, hagati ya M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo muri […]
Musanze: Umuturage aratabariza umugore we wafungishijwe n’uwari waramuteguje ko ‘azabyarira muri gereza’
Masengesho Fred Rugira wo mu murenge wa Muhoza w’akarere ka Musanze, aratabariza umugore we wafungishijwe na muramukazi we nyuma y’iminsi arahiriye ko “azabyarira muri gereza”. Ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama ni bwo Manishimwe Aline, umugore wa Masengesho yahamagajwe kuri sitasiyo ya RIB ya Muhoza, akihagera umugenzacyaha witwa Niwemugeni Jacqueline ahita amufunga. Masengesho avuga […]
Perezida Paul Kagame ari i Washington DC
Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho we na madamu Jeannette Kagame Rwanda Day n’amasengesho ya National Prayer Breakfast ahuriza hamwe abanyapolitiki ba Amerika n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byanditse ku rubuga rwabyo rwa X ko Perezida Kagame na Madamu we bageze muri Amerika […]
AntĂ Âłnio Guterres yasabwe kuva ku nshingano zo kuyobora Loni
Israel yasabye Umunyamabanga Mukuru wa Loni Guterres AntĂ Âłnio kwegura ku nshingano kuko ngo yananiwe inshingano. Byasabwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Katz Israel avuga ko akwiriye kuva muri izi nshingano, kubera uruhare umuryango ayoboye ukekwaho mu gitero Hamas yagabye kuri iki gihugu. Ni nyuma y’uko umwaka ushize mu Kuboza,Israel ishinje Loni kugira uruhare mu […]
Ibindi bihugu 5 byabaye abanyamuryango buzuye ba BRICS
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 31 Mutarama 2024, Afurika y’Epfo yatangaje ko Arabia Saoudite, Misiri, Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Ethiopia na Iran byemeje ko byinjiye mu muryango BRICS w’ibihugu bifite ubukungu bugenda buzamuka. Muri Kanama, ibi bihugu bitanu na Argentine byatumiriwe kwinjira muri uyu muryango mu nama yabereye i Johannesburg, muri Afurika y’Epfo. Minisitiri w’ububanyi […]
Nyamasheke: Bahangayikishijwe n’ikiraro kimaze imyaka 6 cyubakwa kituzura
Abaturage b’Utugari twa Gisoke na Nyakavumu, Umurenge wa Mahembe, Akarere ka Nyamasheke, bahangayikishijwe n’ikiraro cya Nyarubandwa kimaze imyaka itandatu cyubakwa ariko bakaba barategereje ko cyuzura bagaheba. Bavuga ko barushijeho gushoberwa ubwo muri Nyakanga 2023 hazaga rwiyemezamirimo uza kuhakora akahasiga amaze ukwezi kumwe gusa. Nyuma y’aho uwo rwiyemezamirimo ataye akazi akajyana n’abakozi be bose, abaturage barashobewe […]
U Bushinwa bwakiriye ambasaderi w’Abatalibani
Perezida Xi Jinping w’Ubushinwa kuwa Kabiri yakiriye impapuro z’abambasaderi b’ibihugu binyuranye mu Bushinwa. Harimo igihugu cy’igituranyi Afuganistani, ibyagaragaye nko kuba ku nshuro ya mbere leta y’Abatalibani yemewe n’igihugu gikomeye. Xi yakiriye Bilal Karimi, woherejwe n’ubutegetsi bw’Abatalibani, n’abandi ba ambasaderi barimo uwa Cuba, Pakistani, Irani n’ibindi bihugu 38, mu birori byabereye mu nzu mberabyombi yitwa Great […]