Sud-Kivu: Abasirikari benshi b’ i Burundi bashiriye i Mulenge abandi barakomereka

Abasirikare b’u Burundi icumi n’umwe barimo n’ufite ipeti rya Captain n’undi wo muri FDLR  ufite ipeti rya majoro ni bo baguye mu gitero izi ngabo zisanzwe zifatanya n’iza Congo kurwanya umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bayigabyeho muri Rugezi mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Igitero bariya basirikare b’u […]

Burundi: CNDD-FDD yikubiye imyanya yose mu Nteko Ishinga Amategeko

Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, ryikubiye imyanya yose mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma y’uko bitangajwe ko ryatsinze amatora y’abadepite ku kigero cya 100%. Ku wa 5 Kamena ni bwo mu Burundi habaye amatora arimo ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko n’ay’abayobozi b’amakomine. Ni amatora abayakurikiranye bemeza ko atigeze abera mu muyo, kuko abaturage baherekezwaga mu […]

AFC/M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Kamena ryatangaje Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick nka Guverineri mushya w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo. AFC/M23 yemeje ko yamuhaye ziriya nshingano biciye mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuhuzabikorwa wayo, Corneille Nangaa Yobeluo. Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick wagizwe na M23 Guverineri […]

Rutsiro: Yarumye akananwa ku mugore we karacika

Mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Murunda, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Ntiryihabwa Jean Claude w’imyaka 40, uherutse gukomeretsa bikomeye umugore we Habanabashaka Bonifride, aho yamurumye akanamunanura mu gihe bari bagiranye amakimbirane. Amakuru aturuka mu Mudugudu wa Karuruma, Akagari ka Kirwa, avuga ko uyu mugabo yari amaze igihe abana n’uwo mugore mu buryo butemewe n’amategeko, ndetse […]

Visit Rwanda yerekeje amaso muri Portugal

U Rwanda rukomeje kwagura imikoranire ishingiye kuri siporo n’ibihugu bikomeye ku isi, aho amakuru aturuka ahizewe avuga ko ibiganiro na Portugal byageze kure, bigamije ko ikipe ya SL Benfica na yo yazambara ikirango cya Visit Rwanda. Ku wa 10 Kamena 2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yakiriye i Kigali itsinda ryaturutse muri Benfica na Tony […]

Igisirikare cya Sudani kirashinja ingabo za Gen. Haftar wo muri Libya kugaba ibitero ku mupaka

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Kamena, Igisirikare cya Sudani cyashinje ingabo ziyobowe n’umuyobozi w’ingabo ugenzura uburasirazuba bwa Libya, Khalifa Haftar, kugaba ibitero ku mupaka, ikaba ari inshuro ya mbere Sudani ishinja umuturanyi wo mu majyaruguru y’iburengerazuba kugira uruhare rutaziguye mu ntambara imaze imyaka ibiri muri iki gihugu. Intambara hagati y’Ingabo za Sudani n’inyeshyamba za […]

Perezida Mirziyoyev yahembye abakinnyi b’ikipe y’igihugu cye imodoka nshya

Perezida Shavkat Mirziyoyev wa Uzbekistan, yahembye abakinnyi n’abatoza b’ikipe y’igihugu cye imodoka nshya, nyuma yo gukora amateka yo kubona bwa mbere itike y’Igikombe cy’Isi. Izi modoka abakinnyi bazishyikirijwe ku wa Kabiri tariki ya 10 Kamena, nyuma y’umukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 Uzbekistan yanyagiyemo Qatar ibitego 3-0. Iyi kipe yabonye itike yo […]

Uganda: Abafite ubumuga bw’uruhu bari guhigwa nk’imari ishyushye mu nkambi ya Nakivale

Icyoba ni cyose mu mpunzi zo mu nkambi ya Nakivale iri mu Karere ka Isingiro, mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Uganda. Umuryango w’abantu bafite ubumuga bw’uruhu (albinos), usanzwe uhezwa kandi ufite intege nke, watunguwe nyuma yo kubura guhangayikishije kw’impunzi y’Umurundikazi ifite ubumuga bw’uruhu witwa Gloriose n’abana be babiri.  Gloriose yabaga mu mudugudu wa Kashojwa B, mu […]

Umva inkuru itangaje ya filime “Straw” iri kuriza abanyarwanda benshi

Filime nshya ya Tyler Perry yitwa Straw yibanda ku buzima bwa Janiyah Wiltkinson, umubyeyi w’umwana umwe. Ni inkuru ivuga ku buryo isi ishobora gutera umuntu gucika intege no kugwa mu byaha kubera igitutu cy’ubuzima. Janiyah ashyirwa ku mpera y’ubushobozi bwe, atakaza icyerekezo cy’ukuri, cyemewe n’amategeko ndetse n’icyo yizera. Janiyah ni umugore uri mu bibazo by’amafaranga, […]

Rusizi III: Mradi wa Umeme Ulio katika Mkataba wa Amani wa Marekani Kati ya Rwanda na DRC

Serikali ya Marekani imeiweka rasmi mazingatio makubwa kwenye mradi wa umeme wa Rusizi III ndani ya mazungumzo yanayoendelea kati ya Rwanda na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC), mradi muhimu katika kutatua mzozo wa mashariki mwa DRC. Rwanda, DRC na Burundi wanaendelea na ushirikiano wa maendeleo ya Rusizi III. Taarifa ya Africa Intelligence inaonyesha kuwa mradi huo […]

Rusizi III : Le projet hydroĂ©lectrique au cƓur des nĂ©gociations USA entre Rwanda et RDC

Les États‑Unis ont officialisĂ© l’intĂ©gration du projet hydroĂ©lectrique Rusizi III dans les nĂ©gociations en cours entre le Rwanda et la RDC, un pilier dans le processus d’apaisement des tensions dans l’est du pays. Le projet est portĂ© conjointement par le Rwanda, la RDC et le Burundi. Selon Africa Intelligence, Washington fait de ce barrage une clĂ© […]

Rusizi III: US-Backed Hydropower Deal at Heart of Rwanda–DRC Peace Talks

The United States has officially integrated the Rusizi III hydropower project into ongoing negotiations between Rwanda and the Democratic Republic of Congo (DRC)—a key element aimed at resolving tensions in eastern DRC. Rwanda, the DRC, and Burundi are co-developers of Rusizi III. According to Africa Intelligence, the dam has become the centerpiece of Washington’s political […]

Urugomero rwa Rusizi III mu mutima w’ibiganiro Amerika iri guhurizamo u Rwanda na RDC 

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaze kwinjiza umushinga wo kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Rusizi III, mu biganiro u Rwanda ruri kugirana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo guhosha amakimbirane yo mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Umushinga wo kubaka ruriya rugomero u Rwanda ruwuhuriyeho n’ibihugu bya RDC n’u Burundi. Africa Intelligence ivuga ko […]

APR FC yigaramye ibyo kuzana umutoza bari kuyitwerera

Ubuyobozi bwa APR FC bwahakanye amakuru yavugaga ko buri mu biganiro n’umutoza w’Umwongereza w’inkomoko yo muri Argentine, Miguel Ángel Gamondi. Ibi byatangajwe na Brig. Gen. DĂ©o Rusanganwa, Umuyobozi wa APR FC, mu kiganiro kigufi yagiranye na UMUSEKE. Yagize ati: “Oya, ni ibihuha.” Hari hamaze iminsi havugwa ko Gamondi ashobora gusimbura Darko Nović, watandukanye na APR […]

Amerika irashaka ko Ingabo z’u Rwanda ziva muri Congo mbere yo gusinya amasezerano y’amahoro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ngo zaba zirimo gushyira imbere amasezerano azasaba u Rwanda gukura ingabo mu burasirazuba bwa Congo mbere y’uko impande zombi zishyira umukono ku masezerano y’amahoro, aho bivugwa ko ibi bishobora kutazashimisha u Rwanda rukomeje kugaragaza ko imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Congo ari ikibazo ku mutekano warwo.   Ubuyobozi bwa Perezida […]

Jeshi la Rwanda: FDLR Bado Tishio Kubwa, Wanajeshi Wao Wako Kongo na Burundi

Jeshi la Rwanda linasema kwamba kundi la waasi wa FDLR linakadiriwa kuwa na kati ya wapiganaji 7,000 hadi 10,000, na kwamba bado ni tishio kubwa kwa usalama wa taifa. Hayo yalisemwa na Msemaji wa Jeshi la Ulinzi la Rwanda, Brigedia Jenerali Ronald Rwivanga, alipofanya mahojiano maalum na mwandishi wa habari wa Kongo, Fiston Mahamba. Alipoulizwa […]

RDC et Burundi : L’armĂ©e rwandaise alerte sur la prĂ©sence massive des combattants FDLR

L’armĂ©e rwandaise estime que les rebelles des FDLR sont encore entre 7 000 et 10 000 combattants, reprĂ©sentant une vĂ©ritable menace pour la sĂ©curitĂ© nationale. Cette dĂ©claration a Ă©tĂ© faite par le porte-parole des Forces de DĂ©fense du Rwanda (RDF), le Brigadier GĂ©nĂ©ral Ronald Rwivanga, lors d’un entretien exclusif avec le journaliste congolais Fiston Mahamba. […]

FDLR Fighters Still Active in DRC and Burundi, Warns Rwandan Army

The Rwandan military says the FDLR rebel group is composed of between 7,000 to 10,000 fighters, confirming it remains a serious threat to national security. This was revealed by Brig. Gen Ronald Rwivanga, spokesperson for the Rwandan Defence Forces (RDF), during an exclusive interview with Congolese journalist Fiston Mahamba. When asked about the estimated number […]

Umubare w’abarwanyi ba FDLR basigaye baba no mu Burundi mu mboni za RDF

Igisirikare cy’u Rwanda kiravuga ko umutwe wa FDLR ugizwe n’abarwanyi bari hagati ya 7,000 na 10,000; kikanashimangira ko uyu mutwe ukiri ikibazo ku mutekano w’igihugu. Byatangajwe n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga, mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru Fiston Mahamba w’umunye-Congo. Brig. Gen Rwivanga ubwo yabazwaga ku mubare w’abarwanyi uriya mutwe ufite, yavuze […]

DRC: Top Congo FM yateye utwatsi ibyavuzwe na Jean-Pierre Bemba ku Rwanda

Umuyobozi wa Radio Top Congo FM Christian Lusakueno, yamaganye ibyatangajwe na Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ubwikorezi n’itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Jean-Pierre Bemba Gombo, wavuze ko leta ya Congo yohererezaga u Rwanda Miliyoni 66 z’amadorari ya Amerika buri kwezi, mu gihe cy’ubutegetsi bwa Joseph Kabila. Mu kiganiro “Face Ă  face” […]

Abasenateri baganiriye na NEC ku isuzumamigendekere ry’amatora yakoze mu 2024

Komisiyo ya Politiki n’imiyoborere kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 10 Kamena, yagiranye ibiganiro na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ku byayigaragariye mu isuzumamigendekere ry’amatora yakoze mu mwaka wa 2024 n’ingamba ziteganyijwe zo gukuraho imbogamizi zagaragaye. Iki kiganiro kiri mu rwego rw’isesengura Komisiyo iri gukora rya raporo y’amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite yo muri 2024 na […]

Bukavu: Imbunda 189 nizo zimaze gutangwa n’abaturage ku bushake

Mu bikorwa by’indashyikirwa byo kwimakaza umutekano n’amahoro, abaturage bo mu gace ka Ndendere, muri komine ya Ibanda mu mujyi wa Bukavu, bamaze gushyikiriza inzego z’umutekano za M23 imbunda 189 ku bushake kuva uyu mujyi wa fatwa muri Gashyantare 2025. Izi ntwaro zari zinyanyagiye hirya no hino mu baturage ndetse bazitunze mu buryo budakurikije amategeko zikaba […]

Lucas PaquetĂĄ yabatirijwe iwe

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya West Ham, Lucas PaquetĂĄ yabatirijwe mu rugo rwe mu gihe agitegereje umwanzuro w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (FA) ku byaha aregwa byo gushaka kubona amakarita y’umuhondo ku bushake kugira ngo bigire ingaruka ku isoko ry’imikino y’amahirwe. PaquetĂĄ, ukomoka muri Brazil, ashinjwa ko yaba yarakoze amakosa agamije guhabwa amakarita y’umuhondo […]

R. Kelly arenda kwicirwa muri gereza

Umuhanzi w’Umunyamerika R. Kelly yasabye urukiko ko yarekurwa byihuse nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe buri mu byago bikomeye muri gereza yo muri Leta ya North Carolina aho afungiwe. Nk’uko byagaragajwe mu nyandiko z’urukiko zabonywe na TMZ, abunganira R. Kelly bavuga ko bafite ibimenyetso bigaragaza umugambi wo kumwica, uvugwamo bamwe mu bakozi ba gereza bafatanyije […]