Icyo Super Manager avuga ku byo kuba umuvugizi w’abafana ba APR FC

Gakumba Patrick, uzwi cyane ku izina rya Super Manager, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana avuga ko yagizwe umuvugizi w’abafana ba APR FC. Ibyo byatangajwe nyuma y’uko byavugwaga ko yaba yasimbuye Jangwani, wari usanzwe ari kuri uwo mwanya ariko akaba yaratawe muri yombi mu minsi ishize. Mu kiganiro yagiranye na SK FM, Super Manager yavuze ko […]
Colombia: Uwari kandida perezida yishwe n’ibikomere by’amasasu yarashwe yiyamamaza

Uwari umukandida ku mwanya wa Perezida wa Colombia, Miguel Uribe, yapfuye nyuma y’amezi abiri arashwe mu mutwe mu gikorwa cyo kwiyamamaza, nk’uko umugore we yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere. Maria Claudia Tarazona yanditse ku rubuga rwe rwa Instagram ati: “Uzahora uri urukundo rw’ubuzima bwanjye. Warakoze kubw’ubuzima bwuzuye urukundo.” Yongeyeho ati: “Ruhukira mu […]
Semuhungu Eric arafunzwe

Semuhungu Eric, umwe mu bakunze kugaragara cyane ku mbuga nkoranyambaga, yafashwe na Polisi y’u Rwanda mu mpera z’icyumweru gishize azira gutwara imodoka yanyweye ibisindisha. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimironko, aho agomba kumara iminsi itanu nk’igihano giteganywa ku bafatwa batwaye ikinyabiziga basinze. Bivugwa ko ibyo bamwe bakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko akurikiranyweho […]
Uko Ingabo z’u Rwanda zikomeje kuziba icyuho cy’umutekano muri Afurika

Hirya no hino ku mugabane wa Afurika, aho usanga umutekano muke ukomeje kugaragara mu turere twugarijwe n’intambara hagati y’abenegihugu, inyeshyamba, n’amakimbirane ashingiye ku mutungo kamere, Umuryango w’Abibumbye wahuye n’igitutu gikabije cyo gucyura cyangwa kugabanya ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu gihe Ingabo z’u Rwanda (RDF) zigerageza kuziba icyuho cy’umutekano wabaye ndanze muri Afurika. Ubutumwa bwigeze kohereza […]
RDC iravuga ko M23 yakubitishije ingabo zayo za ‘drones’ na burende

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje M23 gukoresha za drones n’imodoka zo mu bwoko bwa burende, mu mirwano yabaye mu cyumweru gishize igasiga uyu mutwe wigaruriye uduce dutandukanye two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Mu mpera z’icyumweru gishize, ni bwo M23 yigaruriye uduce twa Kaniola, Mulamba, Muzinzi na Ciruko; nyuma yo kutwirukanamo ihuriro […]
Umugabo washakanye n’abagore 7 icyarimwe yongeye kurongora uwa 8

Mu karere ka Mukono na Buikwe, muri Uganda, Ssalongo Habib Ssezinga, uzwi cyane nka Nsikonnene, yongeye kuvugisha benshi ubwo yarongoraga umugore wa munani mu muhango gakondo, nyuma y’imyaka ibiri ashakanye n’abagore barindwi icyarimwe. Uyu mugabo w’imyaka 45, usanzwe ari umuvuzi gakondo ukungahaye, yari aherekejwe n’abagore be bose barindwi, bishimye kandi bamushyigikiye. Buri wese muri bo […]
Nord-Kivu: Umuryango Kisaka Yereyere akomokamo wababajwe n’uko yifatanyije na AFC-M23

Umuryango w’aba Yira watangaje ko wababajwe cyane n’ uko Daniel Kisaka Yereyere, wahoze ari Minisitiri w’Igihugu ushinzwe Uburobyi n’Ubworozi, ndetse akaba yaranabaye Minisitiri w’Imibereho myiza Ubumwe n’Ibikorwa by’Ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri ubu yamaze kwifatanya na AFC-M23. Ku wa gatandatu tariki ya 9 Kanama 2025, nibwo  uyu mugabo yagaragaye mu mafoto ari […]
Rwamagana: Polisi yarashe mu cyico abagabo 2

Polisi y’Igihugu ikorera mu karere ka Rwamagana, yarashe abagabo babiri bakekwagaho kwica abazamu barindaga ububiko bw’inzoga buherereye mu murenge wa Muyumbu. Ku wa 30 Nyakanga ni bwo abo bazamu bishwe, ndetse nyuma yo kwicwa ababikoze banasize bibye amafaranga n’amakaziye 350 y’inzoga. Umucuruzi umwe bamutwaye amakaziye 150 n’amafaranga ibihumbi 600 Frw, undi bamutwara amakaziye 200 ndetse […]
Nyina wa Alex Muyoboke yapfuye

Umubyeyi wa Alex Muyoboke yitabye Imana mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 10 Kanama 2025, aguye mu bitaro bya CHUK, nk’uko byemejwe na Muyoboke ubwe. Nyina yari yabanje kwivuriza mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe, aza gutaha nyuma yo koroherwa. Nyuma y’igihe gito yongeye kwivuriza muri CHUK, asubira mu rugo yorohewe, ariko yongera kuremba […]
Mali: Abasirikare barimo abajenerali 2 bafunzwe bakekwaho gushaka “guhungabanya inzibacyuho”

Abategetsi ba Mali bakoze ibikorwa byo guta muri yombi benshi mu ngabo z’igihugu, aho bivugwa ko nibura abasirikare 45, barimo abajenerali babiri bakekwaho gushaka “guhungabanya inzibacyuho,” bamaze gutabwa muri yombi, kandi ifatwa rikaba rikomeje. Ku gicamunsi cyo ku Cyumweru, itariki ya 10 Kanama, abandi basirikare babiri bafatiwe mu ngo zabo. Kimwe n’abandi bagenzi ba bo […]
Noël Mbatshi na we yinjiye muri AFC/M23

NoĂ«l Lutete Mbatshi uri mu bavuga rikijyana mu ntara ya Congo-Central, yamaze kwinjira mu mutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. NoĂ«l Lutete Mbatshi asanzwe ari umuhungu wa Simon Floribert Mbatshi wahoze ari Guverineri wa Congo-Central, umudepite ndetse n’umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu mpera […]
Abanyamakuru 5 ba Al Jazeera biciwe mu gitero cya Israel muri Gaza

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko umunyamakuru wa Al Jazeera, Anas Al-Sharif, yiciwe mu gitero cyagabwe mu Mujyi wa Gaza. Uyu munyamakuru biravugwa ko yiciwe hamwe na bagenzi be bane mu gitero cyagabwe na Israel ku banyamakuru babaga mu mahema mu Mujyi wa Gaza. Al Jazeera ivuga ko ku mugoroba wo ku Cyumweru, abantu barindwi baguye […]
Umucyo wa Bayern MĂĽnich ku bivugwa ko yasheshe amasezerano ya ‘Visit Rwanda’

Ikipe ya Bayern MĂĽnich yatangaje ko itigeze isesa amasezerano yo kumenyekanisha u Rwanda biciye muri gahunda ya Visit Rwanda, bitandukanye n’ibyari byatangajwe n’ibitangazamakuru byiganjemo ibyo mu Budage. Ku wa Gatanu w’iki cyumweru ni bwo iyi kipe n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) batangaje icyiciro gishya cy’imikoranire kigomba kwibanda ku guteza imbere impano z’abakiri bato, nyuma yo kuvugurura […]