Umugore wageretse inda kuri Heung-min Son yakatiwe imyaka ine y’igifungo

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye imyaka ine y’igifungo umugore w’imyaka 20 wari ukurikiranyweho gutekera umutwe umukinnyi, Son Heung-min, wabaye kapiteni wa Tottenham Hotspur. Uwo mugore, uri mu myaka ya za 20, hamwe n’umugabo bari bafatanije uri mu myaka ya za 40, bahamijwe icyaha cyo gukangisha Son bamubeshya ko atwite inda ye. Urukiko rwumvise ko […]
Theo Bosebabireba yongeye kwerekana ubukaka bwe

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Theo Bosebabireba, yongeye kwerekana ubukaka bwe mu muziki ubwo yasusurukizaga abitabiriye ibirori byo gutanga ibihembo bya “Inzu y’Ibitabo Award,” byabereye ku Cyumweru, tariki ya 7 Ukuboza 2025. Mu gitaramo cyari cyuzuye ibyishimo, Theo yibukije benshi impamvu indirimbo ze zimaze imyaka myinshi zikoroga imitima y’abakunzi b’umuziki w’Imana, kuva yatangira […]
M23 yageze mu bilometero 30 uvuye mu mujyi wa UviraÂ

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye agace ka Sange gaherereye muri Teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Sange yafashwe nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC ziyivuyemo. Agace ka Sange gaherereye mu bilometero bibarirwa muri 30 uvuye mu mujyi wa Uvira wa kabiri […]
Tshisekedi yashyize ibirego ku Rwanda mu ijambo yavugiye mu Nteko Ishinga AmategekoÂ

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagejeje ijambo ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cye ryaranzwe no gushyira ibirego ku Rwanda. Tshisekedi yavuze iryo jambo nyuma y’iminsi mike we na Perezida Paul Kagame bashyize umukono ku masezerano y’amahoro, mu muhango wabereye imbere ya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe […]
U Burayi bwatangiye gusaba Amerika kureka kwivanga muri politiki yabwo

Perezida w’Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Antonio Costa, yamaganye ingamba nshya z’umutekano za Amerika asanga zibangamiye inyungu z’u Burayi. Yagaragaje kandi impungenge z’uko izo mpinduka muri politiki y’umutekano ya Amerika zakiriwe neza n’u Burusiya. Kuri uyu wa Mbere, Perezida w’Akanama k’Ubumwe bw’u Burayi, Antonio Costa, yatangaje ko ingamba nshya z’umutekano za Leta Zunze Ubumwe za […]
M23 yafashe Nyakabere, ikomeza gusatira Uvira

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Ukuboza, wigaruriye Centre ya Nyakabere yo muri Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kuhirukana ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyakabere ni Centre ibarizwa mu bilometero 40 mu majyaruguru ya Uvira, ibisobanura ko AFC/M23 ikomeje […]
Trum aravuga ko Zelenskyy atiteguye gushyira umukono ku mushinga w’amahoro wateguwe na Amerika

Perezida Donald Trump yavuze ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, atiteguye gushyira umukono ku mushinga w’amahoro wateguwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagamijwe guhagarika intambara y’u Burusiya muri Ukraine. Trump yatangaje ibi nyuma y’uko abashinzwe imishyikirano ba Amerika na Ukraine barangije ibiganiro by’iminsi itatu ku wa Gatandatu. Trump yanenze Zelenskyy nyuma y’imishyikirano ya Amerika […]
Kigali: Davido yashatse gusohoka muri Hoteli atishyuye

I Kigali mu mpere z’icyumweru habaye ikibazo gikomeye hagati ya Davido na hoteli yari acumbitsemo, ubwo uyu muhanzi yashatse gusohoka muri hoteli atishyuriye ibyo we n’itsinda rye bari bakoresheje nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru UkweliTimes. Amakuru yatanzwe n’umuntu wari hafi aho wahisemo kudatangazwa amazina ku mpamvu z’umutekano yemeza ko ku wa 6 Ukuboza 2025 Davido n’itsinda ryamuherekeje […]
FARDC yasubiranye na Wazalendo muri Kivu y’Amajyepfo, hapfa benshi

Abantu 36 ni bo byamekanye ko baguye mu mirwano yasakiranyije abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo, mu gace ka Sange gaherereye muri Teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni imirwano yabaye ku Cyumweru tariki ya 7 Ukuboza 2025. Amakuru aturuka muri aka gace, avuga […]
Miss Kalimpinya Queen yegukanye Shampiyona y’u RwandaÂ

Nyuma y’amezi arindwi y’imikino itanu ikomeye, Shampiyona y’u Rwanda yo gusiganwa mu modoka yabonye umuryango mushya w’ubatwara igikombe: Kalimpinya Queen. Uyu mukobwa wahoze ari igisonga cya gatatu cya Miss Rwanda 2017 yegukanye iri rushanwa ku wa 6 Ukuboza 2025, ubwo yari kumwe na Ngabo Olivier, batsindaga isiganwa rya Rallye des Mille Collines ribera mu Karere […]
Darest wo muri Juda Muzik yarongoye (Amafoto)

Ishimwe Prince, uzwi cyane nka Darest wahoze aririmba mu itsinda Juda Muzik, yakoze ubukwe n’umukunzi we Iradukunda A. Souvenir, utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Imihango yo gusaba no gukwa ndetse no gusezerana imbere y’Imana yabereye Golden Garden i Rebero ku wa 7 Ukuboza 2025, mbere y’uko abageni bakira abari bitabiriye. Ubukwe bwitabiriwe n’abantu […]
P. Kagame yatanze umucyo ku watumye ibiganiro ku bibazo bya Congo byaberaga muri Afurika bijyanwa mu mahanga

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibiganiro ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byari bimaze igihe bibera i Luanda na Nairobi byajyanwe hanze y’umugabane wa Afurika, ku busabe bwa Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi. Umukuru w’Igihugu yemeje ayo makuru mu kiganiro aheruka kugirana na Televiziyo ya Al Jazeera. Ni ikiganiro Perezida Kagame yahaye kiriya gitangazamakuru, […]
Loni yongeye kwibasira u Rwanda

Mu gihe ku wa Kane, itariki ya 4 Ukuboza, DRC n’u Rwanda byemeje amasezerano i Washington, agamije guhagarika amakimbirane mu burasirazuba bwa DRC, raporo y’igihembwe y’abashakashatsi bashyizweho n’Akanama gashinzwe Umutekano ka Loni irenda gusohoka. Aba bashakashatsi baremeza ko Ingabo z’u Rwanda (RDF) zagize uruhare rutaziguye muri ibyo bikorwa bya M23 byo kurwanya inyeshyamba za FDLR. […]
Uvira: FARDC iravuga ko yafashe intasi 3 za AFC/M23

Ku Cyumweru, itariki ya 7 Ukuboza 2025, Ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko hafashwe abantu batatu bakekwaho kuba intasi zifitanye isano n’inyeshyamba za AFC/M23 i Luvungi, muri Teritwari ya Uvira muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko byatangajwe na Lieutenant Mbuyi Kalonji Reagan, Umuvugizi wa Operation Sukola 2 Kivu y’Amajyepfo, ngo aba batawe […]
ECOWAS igiye kohereza ingabo muri Benin nyuma yo kugerageza guhirika ubutegetsi

Umuryango w’Ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) ku Cyumweru wategetse kohereza ingabo z’akarere muri BĂ©nin nyuma yo gushaka guhirika ubutegetsi. Nk’uko byatangajwe na ECOWAS, ngo ingabo zizaba zirimo abasirikare baturutse muri Nigeria, Sierra Leone, Cote d’Ivoire, na Ghana. Itangazo rivuga ko izo ngabo zizafasha guverinoma n’Igisirikare cya BĂ©nin “kubungabunga umutekano w’itegeko nshinga n’ubusugire bwa Repubulika […]