Igitotsi mu mubano wa Qatar n’u Burundi nyuma y’amagambo ya Minisitiri Bizimana

Ishyamba si ryeru mu mubano hagati y’ibihugu bya Qatar n’u Burundi nyuma y’amagambo atari aya kinyamwuga yatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi yibasira Qatar bikaba ngombwa ko Perezida Evariste Ndayishimiye yisegura. Byose byatangiye kuri iki Cyumweru, itariki 3 Mutarama 2026, ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Edouard Bizimana, yagiraga atya akajya ku rubuga nkoranyambaga […]
Ibihuha by’itoroka rya Bunyoni ryatumye asubizwa mu Bitaro bya Gitega ikubagahu

Ibyitwa ibihuha bivugwa ko byakwirakwijwe na General Ndayiziga biherutse gutuma Gen. Alain-Guillaume Bunyoni asubizwa mu Bitaro bya Gitega ikubagahu, nubwo bivugwa ko ubuzima bwe bukimeze nabi. Amakuru akomeje kugaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko General Ndayiziga yatanze amakuru y’ibinyoma avuga ko Bunyoni ateganya gutoroka. Aya makuru yabanje kumenyeshwa umuyobozi mukuru w’ubutasi mu ntara ya Gitega, […]
Ingabo za FARDC zafashwe zibishaka zemerewe gusubira i Kinshasa

Umugaba Mukuru w’Ingabo ziharanira Impinduramatwara muri Congo (ARC), General Major Sultani Makenga, kuwa Gatanu yasuye ikigo cya gisirikare cya Rumangabo giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Yahuye n’imfungwa z’intambara kimwe n’abasirikare ba FARDC (Ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo) n’inyeshyamba za Wazalendo zishyize mu maboko y’Ingabo za ARC/AFC/M23. Mu ruzinduko rwe, Gen. Sultani […]
Koreya ya Ruguru itangiye umwaka ikanga abaturanyi n’ibisasu bya ballistic

Kuri iki Cyumweru, Koreya ya Ruguru yarashe misile nyinshi za ballistique i yerekeza ku nyanja iri ku nkombe z’iburasirazuba, nk’uko Igisirikare cya Koreya y’Epfo kibitangaza. Uku kurasa misile kwa Koreya ya Ruguru ni ukwa mbere mu mezi abiri, kandi ni ukwa mbere kuva umwaka mushya utangiye. Igerageza ry’ibisasu riheruka ryabaye habura amasaha make ngo Perezida […]
Venezuela izayoborwa na Washington kugeza habonetse uzasimbura Maduro

Ejo hazaza ha politiki ya Venezuela ntiharamenyekana nyuma y’igitero cya Amerika ku murwa mukuru, Caracas, no gufata mpiri Perezida Nicolas Maduro mu rukerera rwo ku wa Gatandatu, itariki 3 Mutarama 2026. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, avuga ko Venezuela izayoborwa na Washington kugeza igihe hazabera ihererekanya ry’ubutegetsi ritekanye. Urukiko rwo muri […]
MONUSCO yamaganye igitero cy’indege za FARDC cyahitanye abasivili i Masisi

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bwamaganye ku wa Gatandatu igitero cy’indege zitagira abapilote z’Ingabo za Congo kuwa Gatanu mu mujyi wa Masisi, cyahitanye nibura abasivili bane. Igitero bivugwa ko cyari kigendereye kwibasira ibirindiro by’inyeshyamba za AFC / M23 mu gace ka Mont Ngaliema, cyibasiye ingo z’abasivili, cyangiza […]