Bimwe mu bice bya RD Congo utasibanganya isano bifitanye n’u Rwanda

Umwe mu Banyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda, ariko akaba ashyigikiye cyane urugamba rwa AFC/M23, ukurikije ubutumwa ashyira ku mbuga nkoranyambaga ukoresha izina rya Sugira Mireille kuri X, yahaye umukoro abita Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda Abanyarwanda, ndetse abaha amahitamo cyangwa igisubizo cyoroshye cy’ikibazo bafite. Mu butumwa burimo ubwenge no kureba kure cyane, Sugira Mireille yagaragaje uburyo Abanyekongo bavuga […]

Burundi: Abakomando bashya berekanye ubuhanga bavanye mu myitozo

Nyuma y’amezi atatu y’imyitozo ikomeye, abasirikare bo mu nzego zitandukanye z’Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), kuwa Gatandatu, itariki 18 Nyakanga, basoje ku mugaragaro imyitozo ya gikomando mu nkambi ya gikomando ya 211 iherereye i Gitega. Umuhango, wayobowe na Major General Elie Ndizigiye, Umuyobozi wungirije w’Ingabo zirwanira ku butaka, waranzwe no gutanga ibirango n’ubutumwa bwo gushyira ubuhanga […]

Amafoto: Abanyakigali bitabiriye ku bwinshi siporo ya Car Free Day

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, abatuye n’abagenda mu Mujyi wa Kigali bazindukiye muri Siporo Rusange, iba kabiri mu kwezi, izwi nka Car Free Day. Abayitabiriye bibukijwe ko igamije guteza imbere imibereho myiza n’ubuzima bwiza. Bakoze ibikorwa birimo kwiruka n’amaguru, kunyonga igare ndetse n’imyitozo ngororamubiri, yabereye mu bice birimo Gisozi, Kicukiro, Nyamirambo na Kimihurura.   […]

Mali: Nibura abantu 50 biciwe mu gico cyatezwe ingabo za leta n’abacanshuro b’Abarusiya

Uruhererekane rw’imodoka z’ingabo za leta n’iz’abacanshuro b’Abarusiya zaguye mu gico cy’inyeshyamba kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 18 Nyakanga, mu majyaruguru ya Mali. Iki gitero cy’abarwanyi baharanira kwigenga bo mu mutwe wa Front de libĂ©ration de l’Azawad (FLA) hamwe n’abarwanyi b’intagondwa bafite aho bahuriye na Al-Qaeda, cyabaye kimwe mu byahitanye abantu benshi cyane ku ngabo […]

AFC/M23 yamaze kwizeza abaturage ko idateze gusubira inyuma

Umunyamabanga Uhoraho w’Ihuriro rya AFC/M23 akomeje kwizeza abaturage bo mu bice bagenzura ko badateganya gusubira inyuma na gato ko ibyo ari ibinyoma asaba abavandimwe bakiri muri za wazalendo kureka guta igihe mu ishyamba. Umunyabanga Uhoraho, Benjamin Mbonimpa, by’umwihariko yabwiraga abaturage ba Kinyandonyi mu minsi ishize ubwo yari yabasuye mu rwego rwo kuganira na bo, abasaba […]

U Rwanda rwihanganishije Djibuti yapfushije minisitiri w’ingabo

Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda yihanganishije cyane Minisiteri y’Ingabo ya Djibouti, umuryango wa Nyakubahwa Hassan Omar Mohamed Bourhan, ndetse n’abaturage ba Djibouti, nyuma y’urupfu rwa Hassan Omar Mohamed Bourhan, wari Minisitiri w’Ingabo wa Djibouti. Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda mu butumwa yanyujije kuri X kuwa Gatandatu, yavuze ko “Hassan Omar Mohamed Bourhan azahora yibukirwa ku mirimo ye […]

U Burusiya bwaraye bwibasiye Kyiv mu bitero bikaze bya misile

U Burusiya bwagabye ibitero bikomeye bya misile ku murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, mu gikorwa cyabaye mu ijoro rimwe, nk’uko byatangajwe n’ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru. Nibura umuntu umwe yapfuye abandi 13 barakomereka, nk’uko bivugwa n’inzego z’ubutabazi za leta. Ni iki kizwi kuri ibi bitero? Ibi bitero byatangiye […]

Abasirikare 2 ba Amerika biciwe mu gitero cya Iran muro Jordan

Abasirikare babiri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishwe naho undi aburirwa irengero nyuma y’ibitero bya misile zo mu bwoko bwa ‘ballistic’ n’indege nto z’intambara zitagira abapilote Iran yagabye muri Jordan ku wa Gatanu. Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo za Amerika (CENTCOM) bwatangaje ko abasirikare bane ba Amerika bajyanwe mu bitaro byo muri Jordan kugira ngo bavurwe […]