U Rwanda rwashyikirije RDC abaturage bayo bari bibeshyweho kuba abagize FDLR 

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2026, u Rwanda rwashyikirije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abaturage bayo 39 bari bararuzanwemo biciye muri gahunda yo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mitwe yitwaje intwaro (DDR), gusa rukaza gusanga batarigeze baba abarwanyi ba FDLR. Umutwe wa AFC/M23 wakiriye bariya bantu, mu itangazo wasohoye biciye muri […]

Ese Sonko Ari Gutakaza PASTEF? Impamvu Aba Cadres Batangiye Kwimukira kwa Perezida Diomaye Faye

Mu gihe kitageze ku myaka ibiri Ousmane Sonko na Bassirou Diomaye Faye batsinze amatora nk’abafatanyabikorwa ba hafi, politiki ya SĂ©nĂ©gal yinjiye mu cyiciro gishya. Perezida Diomaye Faye yamaze gutangiza ishyaka rye rishya, bituma icyari amakimbirane yo mu buyobozi gihinduka guhangana kwa politiki ku mugaragaro. Ikintu gikomeje gukurura amaso ni uko bamwe mu bayobozi bakomeye ba […]

Makobola : FDNB n’abaturage batangiye guhungira muri Tanzania

Nyuma y’uko ingabo z’u Burundi, Wazalendo, FDLR na FARDC zitinze mu mirwano yo kugerageza gufata Minembwe, zikaza gusubira inyuma zerekeza i Baraka, ubwoba bukomeje kwiyongera mu baturage bo muri ako gace. Imboni ya Bwiza yatangaje ko abaturage batuye muri secteur ya Tanganyika, igizwe na Makobola na Rusenda kwa Mbogo, bari guhunga berekeza muri Tanzania bakoresheje […]

Dr. Besigye yituye hasi ubwo yari mu rukiko

Dr. Col. (Rtd) Kizza Besigye Kifefe yituye hasi ubwo yari mu rukiko kuri uyu wa 29 Nyakanga 2026, ajyanwa mu bitaro ikitaraganya. Ibinyamakuru byo muri Uganda biri kuvuga ko iburanisha ryahise risubikwa rikazasubukurwa mu gihe kiri imbere. Dr. Kizza Besigye, umwe mu banyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, ubu araregwa cyane cyane icyaha cy’ubugambanyi bwo […]

Umugore w’i Goma wari waburiwe irengero yasanzwe i Kinshasa yishwe

Umugore w’imyaka 26 ukomoka i Goma, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabonetse yapfuye i Kinshasa nyuma y’uko yari yabuze kuva ku wa 25 Nyakanga, nk’uko byatangajwe n’umuryango we mu itangazo. Nk’uko abavandimwe be babivuga, Prisca Banza, wavutse ku wa 17 Ukuboza 2000, yaburiwe irengero nyuma yo kuva mu birori by’ubukwe byabereye mu […]

Ibitangazamakuru byari byafunzwe ku itegeko rya Gen Muhoozi byakomorewe

Ibitangazamakuru by’ikigo Nation Media Group (NMG) muri Uganda, byongeye gutangira ibikorwa nyuma y’ukwezi hafi kumwe bifunzwe ku itegeko rya Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda. Ku wa Kabiri tariki ya 28 Nyakanga 2026, NMG yatangaje ko ibikorwa byayo byo gutangaza amakuru kuri televiziyo, radiyo, ibinyamakuru byandika n’ikoranabuhanga bigiye gusubukurwa mu byiciro, mu gihe […]

Arabia Saudite yifatanyije na Amerika mu bitero ku mitwe ishyigikiwe na Iran muri Irak

Arabia Saudite na Amerika byagabye ibitero ku mitwe y’ingabo ishyigikiwe na Iran muri Irak, mu buryo bushobora gutuma intambara ifata indi ntera mu Burasirazuba bwo Hagati. Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo za Amerika (Centcom) bwavuze ko ibitero byagabwe ku “baterabwoba bashyigikiye Iran, Igisirikare gishinzwe kurinda Impinduramatwara cya Iran (IRGC) cyakoresheje mu kugaba igitero ku Ngabo za Amerika […]

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku masezerano RDC iherutse kugirana na FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yamaganye umuvuno ubutegetsi bwa Kinshasa bwatangiye gukoresha mu rwego rwo gukomeza gukingira ikibaba FDLR, agaragaza ko amasezerano buvuga bwagiranye n’uyu mutwe ntaho ahuriye n’ibiteganywa mu Masezerano ya Washington. Ni nyuma y’uko Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo itangaje ko iherutse gusinyana na FDLR amasezerano yo gushyira intwaro […]

Urukiko rwahaye Tshisekedi amahirwe yo kuyobora RDC muri manda ya 3

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Kabiri rwemeje itegeko rigena imitunganyirize ya referendum ku rwego rw’igihugu; icyemezo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bavuga ko gishobora guha Perezida FĂ©lix Tshisekedi inzira yo kwiyamamariza manda ya gatatu. Urukiko rwemeje ko iri tegeko rihuye n’Itegeko Nshinga rya RDC. Abacamanza barindwi ni bo basinye […]

Guinea: Bintou Keita wahoze uyobora MONUSCO yagizwe minisitiri

Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea yakoze ivugurura rito rya guverinoma kuwa Mbere, azana abaminisitiri bashya batanu mu gihe Minisitiri w’Intebe Amadou Oury Bah yagumanye umwanya we, nk’uko iteka rya perezida ryatangajwe n’itangazamakuru rya leta ribivuga. Impinduka zikomeye muri iri vugurura ni ishyirwaho ry’umwanya wa Minisitiri muri perezidansi ushinzwe ingabo z’igihugu. Uyu mwanya wahawe Ibrahima Kalil […]

Kuki ibihugu bikomeye bikomeje guhatanira uruhare muri Afurika y’Ibiyaga Bigari?

Umutungo kamere, umutekano, ishoramari n’ihangana ry’ibihugu bikomeye bikomeje gutuma akarere k’Ibiyaga Bigari kaba kamwe mu turere dufite agaciro gakomeye muri politiki mpuzamahanga. Mu gihe amaso ya benshi ahora yibanda ku ntambara n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), hari ikibazo cyimbitse gikunze kwibagirana: Ni iki gituma ibihugu bikomeye bikomeza gushora imbaraga, […]

Zidane yagizwe umutoza w’ikipe y’u Bufaransa

Zinedine Zidane wahoze atoza ikipe ya Real Madrid yemejwe nk’umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa. Didier Deschamps, wa mbere watoje u Bufaransa igihe kirekire kugeza ubu, yasoje imyaka 14 yari amaze abutoza, nyuma yuko busezerewe na Espagne mu mukino wa kimwe cya kabiri w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Zidane, wakiniye ikipe y’u Bufaransa, yatsindiye Igikombe cy’Isi cyo […]

RDC yasobanuye amasezerano iheruka kugirana na FDLR

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye ko iherutse gusinyana na FDLR amasezerano agamije gushyira intwaro hasi, gusezerera abarwanyi no kubashyira ahantu bacumbikirwa by’agateganyo, mu gihe amasezerano ya Washington asaba iki gihugu gusenya uriya mutwe w’abajenosideri. Iby’ayo masezerano byatangajwe na Minisitiri ushinzwe kwihuza kw’akarere, Floribert Anzuluni, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa ku wa […]