P. Kagame yagendereye Sénégal mbere yo kwerekeza mu birwa bya Carraà¯bes
Perezida Paul Kagame ari i Port of Spain mu gihugu cya Trinidad & Tobago, aho yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize ibihugu bihuriye mu muryango w’ibirwa bya Carraà¯bes. Ni inama yahuriranye n’isabukuru y’imyaka 50 uriya muryango wa CARICOM umaze ushinzwe. Mbere y’uko Umukuru w’Igihugu agera i Port of Spain ku wa Kabiri yari […]
Perezida Kagame yiyemeje guhangana n’amarozi ari mu mupira w’u Rwanda
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yanenze amarozi amaze igihe avugwa mu mupira w’amaguru, yiyemeza kuzashaka umwanya agahangana na yo. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA). Hashize igihe Leta y’u Rwanda ikora ibishoboka byose kugira ngo iteze imbere Siporo zitandukanye, gusa umusaruro by’umwihariko mu mupira w’amaguru ukomeje kuba ikibazo. Kuri ubu […]
Umugabo yishe umugore we bapfa ibishyimbo ahita yishyikiriza polisi
Umugabo ubarizwa mu gace ka Kirinyaga ahashyira amajyepfo ya Mount Kenya, yishe umugore we bapfa ku kutumvikana ku musaruro w’ibishyimbo basaruye mu cyumweru gishize. Uyu mugabo yahise yishyikiriza Polisi nyuma yo gukora ayo mahano mu ijoro ryo ku cyumweru gishize taliki 2 Kamena 2023.Ibitangazamakuru byo muri Kenya n’abaturanyi bavuga ko uyu mugabo mbere yo kwishyikiriza […]
Kwisiga no kurya amavuta y’inka ni ingenzi ku buzima bwa muntu
Kurya no kwisiga amavuta y’inka bifite akamaro kanini ku mubiri wa muntu, aho usanga bifite intungamubiri zikomeye ku buzima bwa muntu.Kuyisiga byo ni ingenzi ku ruhu kuko bituma rusa neza cyane. Ubusanzwe amavuta y’inka ava mu mata akenshi y’amacunda.Ayo mavuta aba akungahaye ku myunyu ngugu aho usanga ababyeyi bakunda kuyakoresha bayasiga abana b’impinja.Uretse n’impinja usanga […]
Agathon Rwasa yirukanwe ku buyobozi bw’ishyaka CNL
Umunyapolitiki Agathon Rwasa, yirukanwe ku buyobozi bw’ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi. Rwaka yirukanwe n’abadepite 10 bagize Politiki ya ririya shyaka, nyuma y’igihe gito abahagaritse mu ishyaka. Aba badepite bamwihindutse bamuhagarika bamushinja “amakosa akomeye”, arimo gucurira “umugambi mubisha inzego z’ishyaka ndetse no kunyereza umutungo w’ishyaka.” Ishyaka CNL biciye mu munyamabanga waryo mukuru, ryasabye abayoboke […]
Umukobwa yirukanywe kukazi azira ibyo yatangaje kuri Davido
Umukobwa witwa Chisom Flower yirukanywe ku kazi yakoraga nyuma yo gushinja umuhanzi Davido kumutera inda akamutererana. Hashize iminsi uruhuri rw’abagore batandukanye bashinja Davido Adeleke ko yabateye inda mu bihe bitandukanye ariko kuri iyi inshuro umwe muri bo yagaragaje ko yirukanywe mu kazi azira ko yatangaje ibye n’uyu muhanzi. Chisom yari yavuze ko yaryamanye na Davido […]
Umunyamahanga wa mbere waje gukinira APR FC ari i Kigali
Umunya-Uganda Taddeo Lwanga wahoze akinira Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania, yabaye umunyamahanga wa mbere wageze i Kigali aje gukinira APR FC. Ni nyuma y’imyaka 11 iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yarafashe gahunda yo kuba ishyize ku ruhande gahunda yo gukinisha abakinnyi bakomoka mu mahanga. Radio Fine FM yatangaje ko uyu mukaseri uri mu […]
Ibintu 3 umugore yakora akongerera umugabo ubushake bwo gutera akabariro
Mu busanzwe haba mu mico itandukanye , abantu bamaze kwishyiramo ko umugabo ariwe ufata iya mbere mu kuyobora igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, ariko biba byiza niyo umugore abigizemo uruhare mu rwego rwo kongerera ubushake uwo bagiye kwishimana. Ni muri ubwo buryo tugiye kurebera hamwe uburyo umugore ashobora gutuma umugabo ahita agira ubushake bikarushaho kubaryohera. Kwirinda guhita […]
Musenyeri Nikodemu Nayigiziki yapfuye
Musenyeri Nikodemu Nayigiziki wari umaze imyaka 64 ahawe ubusaserdoti, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki 04 Nyakanga 2023. Nayigiziki ni we wari ufite imyaka 94 y’amavuko, ni we wari mukuru mu myaka y’amavuko mu bapadri bwite ba Arkidiyosezi ya Kigali. Urupfu rwe rwemejwe na Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, mu itangazo rimubika yasohoye […]
Bobi Wine yahaye umugore we isezerano
Umuhanzi Robert Sentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yahaye isezerano umugore we amwizeza ko nta wundi mugore azamusimbuza ikindi kandi ntabwo azigera amusiga bakazarambana no kugeza ngo abaye Perezida wa Uganda. Abitangaje nyuma y’uko umugore we Barbie Itungo amushimagije avuga ko uyu muhanzi w’umunyapolitiki amwubaha akambwitaho.Yongeyeho ko kugeza ubu mu myaka 21 bamaranye ataramukoza n’urwara […]
M23 yiteguye kurwana na FDLR ‘iri hafi’ kuyitera
M23 yatangaje ko abarwanyi bawo baryamiye amajanja, mu rwego rwo kwitegura ibitero by’umutwe wa FDLR witegura kuyigabaho ibitero. Ni ibyatangajwe na Lt Col Alfred Musubao Muriro uri mu basirikare bakuru uyu mutwe ufite, mu mashusho agaragaramo aha amabwiriza abarwanyi b’uriya mutwe. Muri aya mashusho yafashwe n’ikinyamakuru Kivu Press, Lt Col Muriro yumvikana avuga ko nka […]
Umunye-Congo utunzwe no kurya amatafari n’umucanga yatangaje benshi
Umunye Congo yatangaje benshi nyuma y’uko agaragaye arya amatafari, umucanga ndetse n’amakara aho ashimangira ko adashobora kwicwa n’inzara nk’uko bijya bigendekera abandi cyane cyane mu bihugu byugarijwe n’inzara. Uyu mugabo witwa Jean marie ariko uzwi nka Jama , yatangaje ko ubusanzwe usibye kuba bitakiryoha,atajya agira imbibi ku mirire kuko hafi yabyose abirya ku buryo inzara […]
Uwahoze ari Minisitiri wa RDC abona Museveni na Ruto badashobora ‘kwitambika RDF’
Justin Bitakwira wahoze ari Minisitiri ushinzwe iterambere ry’icyaro muri Congo Kinshasa, yashyize Kenya na Uganda mu gatebo kamwe n’u Rwanda, ashimangira ko Ingabo z’ibi bihugu byombi nta gisubizo bizigera biha RDC ku bibazo ifite. Uyu mugabo usigaye ahagarariye ishyaka Union pour la nation congolaise (UNC) mu nteko Ishinga Amategeko nk’umudepite, yabitangarije mu kiganiro cyitwa Bosolo […]
Wari uziko imirire mibi ishobora kuba intandaro yo kurwara Ise?
Hari abantu babona abandi barwaye Ise ariko ugasanga badafite amakuru ku gitera ubwo burwayi ntibamenye ko buterwa n’impamvu nyinshi zitandukanye harimo no kugira imirire mibi ariko ikiza ku isonga mu kuyitera ni agakoko kitwa Malassezia furfur. Aka gakoko mu busanzwe kaba ku mubiri w’umuntu ku ruhu, gusa nta kibazo gatera mu mubiri ndetse kakaba kanafasha […]
U Rwanda rwanyomoje amakuru yavugaga ko hari abasirikare ba RDF ibyihebe byiciye muri Mozambique

Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje amakuru y’uko hari abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda ibyihebe byaba biheruka kwicira mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique. Ni nyuma y’uko umutwe wa Leta ya Kiislam wigambye kuba ku wa Gatanu w’icyumweru gishize wariciye mu karere ka Macomia abasirikare 10 bo mu ngabo za Mozambique ndetse n’iz’u […]
Ally Soudy yavuze uko yiziritse kuri Emma Claudine ngo amwinjize mu itangazamakuru
Umunyamakuru akaba n’umushyushyabirori Uwizeye Soudy uzwi nka Ally Soudy yavuze urugendo rwe rw’uko yinjiye mu mwuga w’itangazamakuru abifashijwemo na mugenzi we Emma Claudine wari umwe mu bayobozi ba Radio Salus icyo gihe. Soudy kuri ubu uri mu Rwanda nyuma yo kuva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika asanzwe atuye, yabwiye umunyamakuru uburyo kwinjira mu mwuga […]
Cabo Delgado: IS irigamba kwica abasirikare barimo aba RDF
Umutwe w’Iterabwoba wa Islamic State, wigambye ko ibyihebe byawo biheruka kwicira mu ntara ya Cabo Delgado abasirikare 10 bo mu ngabo z’u Rwanda ndetse n’iza Mozambique. Mu ntara ya Cabo Delgado u Rwanda ruhafite Ingabo n’abapolisi boherejwe mu butumwa bwo guhiga ibyihebe byo mu mutwe wa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah. Uyu mutwe unazwi nka Al Shabaab […]
Umubano wa Prince Harry na Meghan Markle urasumbirijwe
Maghan Markle na Prince Harry bakomeje kugarukwaho mu bitangazamakuru aho bivugwa ko bakomeje guhura n’ibizazane nyuma y’uko umwami Charles III yimikiwe kuba umwami w’ubwongereza. Ibinyamakuru birimo Dailymail bivuga ko aba bombi bakomeje ghuhura n’ibizazane nyuma yo gushyingiranwa i Bwami batabishaka bagahitamo kwikura mu mwanya w’icyubahiro bagahita bigira muri Amerika. Ibintu byaje guhumira ku mirari, ubwo […]
Tshisekedi yaba arimo kugera amajanja Kabila na Katumbi
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko bwamaze kunoza umugambi wo guta muri yombi Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’iki gihugu cyo kimwe na Moà¯se Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi. Ikinyamakuru Congo Intelligence cyanditse ko umugambi wo guta muri yombi aba banyapolitiki bombi wacuzwe n’Urwego rwahoze rushinzwe ubutasi bwa gisirikare muri RDC (DEMIAP) kuri […]
UPDF yatangiye kuvana abasirikare bayo muri Somalia
Igisirikare cya Uganda (UPDF), cyatangaje ko cyatangiye gucyura abasirikare gifite mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kugarura amahoro muri Somalia (ATMIS.) Byatangajwe n’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda ziri muri Somalia, Major Peter Mugisa. Ni icyemezo yavuze ko cyafashwe nyuma y’umwanzuro w’akanama gashinzwe umutekano mu muryango w’Abibumbye usaba ko Ingabo ziri muri ATMIS zivanwa muri […]
Kenya:Abantu barenga 50 bitabye Imana bazize impanuka
Muri Kenya bari mu marira nyuma y’uko abantu bagera kuri 52 bitabye Imana bazize impanuka y’imodoka. Amakuru avuga ko iyi mpanuka yatewe n’ikamyo yavaga mu gace ka Nakuru yerekeza Kericho igeze mu ikoroso umushoferi ananirwa gukata ihita igonga iy’abagenzi birangira benshi bahasize ubuzima abandi bajyanwa kwa muganga. Amakuru avuga ko mbere y,uko iyo kamyo igonga […]
Petrović wari utegerejwe muri APR FC yakoze impanuka y’imodoka
Ljupko Petrovic wari utegerejwe muri APR FC nka directeur technique wayo, biravugwa ko arembye nyuma yo gukora impanuka y’imodoka. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo uyu munya-Serbia wigeze gutwarana UEFA Champions league na Red Star Belgrade y’iwabo yagombaga kugera i Kigali. Ni nyuma yo kurangira APR FC yatoje mu 2015 no mu 2018 abatoza […]
Bugesera: Igitero cy’abitwaje intwaro gakondo cyakomerekeyemo abaturage
Abaturage batandatu bo mu karere ka Bugesera baheruka gukomereka, nyuma y’uko abo bikekwa ko ari abajura babagabyeho igitero cyasize banabibye ibikoresho birimo terefoni zigezweho. Byabereye mu midugudu ya Nyagatovu, Kayenzi, Rugarama I na Rwanza yo mu kagari ka Nyamata mu murenge wa Nyamata, mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 29 Kamena. Abakekwaho kugira […]
Rusesabagina yibasiye Perezida Kagame nyuma yo kumuha imbabazi
Umunyapolitiki Paul Rusesabagina yibasiye Perezida Paul Kagame ndetse n’ubutegetsi bw’u Rwanda, nyuma y’igihe gito afunguwe ku mbabazi ze. Ni mu butumwa bw’amashusho uyu mugabo yashyize hanze kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Nyakanga 2023. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo Rusesabagina wari warakatiwe imyaka 25 y’igifungo nyuma yo guhamywa ibyaha by’iterabwoba yarekuwe ku mbabazi […]
Paris: Abashinzwe umutekano 45,000 bari guhangana n’abigaragambya
Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Bufaransa yatangaje ko yitabajaje abashinzwe umutekano 45,000; mu rwego rwo guhangana n’abaturage b’i Paris bakajije imyigaragambyo. Ni imyigaragambyo ikomeye yadutse mu Bufaransa nyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 17 y’amavuko warasiwe na Polisi mu gace ka Nanterre ku wa Kabiri w’iki cyumweru. Gutwika amazu n’imodoka ndetse no gusahura inzu z’ubucuruzi biri mu bikomeje […]
Tshisekedi n’undi muperezida bagombaga kwitabira inama y’abarwanya Leta y’u Rwanda i Kinshasa
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’undi mukuru w’Igihugu utaramenyekana, bari mu bashyitsi b’imena bagombaga kwitabira inama abarwanya Leta y’u Rwanda bagombaga guhuriramo i Kinshasa. Ni inama byari byitezwe ko iba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Nyakanga 2023, mbere yo gusubikwa ikimurirwa ku yindi tariki itaramenyekana. Abagombaga kuyitabira ni […]
Inama y’abarwanya Leta y’u Rwanda muri RDC yajemo kidobya
Inama abanyapolitiki barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bo hirya no hino ku Isi bagombaga guhuriramo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze gusubikwa. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Nyakanga ni bwo iyi nama yagombaga kubera i Kinshasa. Muri Gicurasi uyu mwaka abarwanya Leta y’u Rwanda bari batangaje ko bateganya guhurira mu nama igomba kubera […]
Iby’urubanza rwa Prince Kid bikomeje kuba agatereranzamba
Kuri uyu wa Gatanu taliki 30 Kamena 2023, hasubitswe isomwa ry’urubanza ruregwamo Ishimwe Dieudone uzwi nka Prince Kid ahubwo hanzurwa ko hazaburanwa ku kimenyetso gishya kitari cyararegewe. Urukiko Rukuru rwagombaga gusoma icyemezo ku bujurire bwatanzwe n’Ubushinjacyaha butanyuzwe n’icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Prince Kid. Kuri uyu wa Gatanu abanyarwanda n’itangazamakuru bari babukereye bageze […]
Tshisekedi yiyemeje guhangana na M23 ‘kugeza ku ntsinzi ya nyuma’
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yiyemeje guhangana n’umutwe wa M23 kugeza ageze ku ntsinzi ya nyuma. Tshisekedi yabitangarije mu ijambo rijyanye n’isabukuru y’iminsi 63 RDC imaze ibonye ubwigenge yagejeje ku banye-Congo. RDC imaze igihe ihanganye mu ntambara n’umutwe wa M23; igashinja u Rwanda kuba ari rwo ruwufasha. Tshisekedi mu ijambo […]
Ese bibaho ko umugore yacikwa n’inkari aho kurekura amavangingo mu gihe cy’imibonano?
Abantu benshi bibaza niba bishoboka ko umugore yarekura inkari ziva mu ruhago mu mwanya w’amavangingo cyangwa se bakibaza niba mu gihe hakorwa imibonano bijya bibaho ko ashaka kwihagarika akaba yahagarika icyo gikorwa. Ubushakashatsi bugaragaza ko umugore ashobora gucikwa akarekura inkari mu gihe cy’imibonano ariko bikaba ari ikibazo cy’uburwayi aba akwiye kujya kwa muganga.Bitewe n’uko umugore […]
Intambara y’urudaca hagati ya Koffi Olomide na Koffi wa Brazzaville
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa intambara y’urudaca hagati y’umuhanzi Koffi Olomide n’undi munyarwenya uzwi nka Koffe de Brazzaville ashinjwa kwiyitirira uyu muhanzi. Amakuru akomeje kugera ku binyamakuru bitandukanye aravuga ko Olomide n’abavugizi be batanze ikirego kuri uyu wa Kane bashinza uyu munyarwenya kumwiyitirira akaba anamaze kwigarurira imitima y’abakunzi b’uyu muhanzi. Uyu munyarwenya umaze […]
N’Golo Kanté yamaze kugura ikipe y’umupira w’amaguru
N’Golo Kanté wari umukinnyi wo hagati muri Chelsea muri sezo(season) ishize y’Abongereza, byamaze kwemezwa ko yaba yamaze kugura ikipe yo mu kiciro cya gatatu mu Bubiligi.Uyu mukinnyi waguze ikipe yitwa Royal Excelsior Virton, kuri uyu wa Gatandatu nibwo aza guhererekanya ububasha na Flavio Becca wari usanzwe ari nyirayo nk’uko yabyemeje binyuze ku rubuga rw’iyi kipe. […]
Simon Tamale yahishuye uwamugiriye inama yo gusinyira Rayon Sports
Umunyezamu mushya wa Rayon Sports, Tamale Simon, yatangaje ko rutahizamu Joackiam Ojera ari we wamugiriye inama yo gusinyira Rayon Sports mbere y’uko ayerekezamo kuri uyu wa Kane. Tamale w’imyaka 28 aheruka gusinya amasezerano yo gukinira Rayon Sports umwaka umwe, nyuma yo gutandukana na Maroons FC y’iwabo muri Uganda yahoze akinira. Tamale uvuga ko afite impamyabumenyi […]
Abasirikare barenga 3,000 ba RDF basoje imyitozo idasanzwe yo kurwanira ku butaka
Abasirikare barenga 3,000 bo mu ngabo z’u Rwanda, ku wa Kane tariki ya 29 Kamena basoje imyitozo igenewe Ingabo zirwanira ku butaka. Ni imyitozo bari bamaze amezi atandatu bakorera mu kigo cy’imyitozo cya Nasho. Yitabiriye n’abasirikare b’ibyiciro bitandukanye barimo n’abo ku rwego rwa ba Ofisiye. Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga witabiriye […]
Rayon Sports yasinyishije uwari umunyamakuru wa Radio/TV1
Ngaboyicondo (Ngabo) Roben wari umunyamakuru wa Radio/TV1, yerekeje muri Rayon Sports aho yatangiye inshingano nshya nk’umukozi ushinzwe itumanaho. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi yamuhaye ikaze ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter. Ngabo uzaba ushinzwe imbuga nkoranyambaga za Rayon Sports [zirimo na YouTube yayo] yinjiranye muri Murera na Umurerwa Delphin uzaba ufite inshingano za gafotozi wayo. […]
Ibitaramo Innossb yagombaga gukorera i Goma byahagaritswe

Umujyi wa Goma watangaje ko ibitaramo by’umuhanzi Innocent Balume uzwi nka Innossb byahagaritswe nyuma y’uko ngo umutekano w’aho yagombaga kubikorera utabungabunzwe. Ni ibitaramo byagombaga kuba taliki 30 Kamena ndetse na 1 Nyakanga 2023,ariko ubuyobozi bwa Goma bwaje kuvuga bitakibaye ahubwo ko bizasubukurwa mu minsi iri imbere ariko ntihatangazwa italiki bizakorerwaho. Innossb yamenye iby’aya makuru nyuma […]
PM w’u Bwongereza ntavuga rumwe n’urukiko rwise u Rwanda ‘igihugu kidatekanye ku bimukira’
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, ntavuga rumwe n’urukiko rwo muri iki gihugu ku cyemezo cyarwo cyo kohereza abimukira mu Rwanda, nyuma yo kuvuga ko rudatekanye ku buryo rwabakira. Kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Kamena ni bwo Urukiko rw’ubujurire rw’i Londres mu Bwongereza rwaburijemo gahunda ya kiriya gihugu yo kohereza mu Rwanda abimukira […]
Ese kwiyakana mu gihe cyo gutera akabariro bikorwa gute?
Kwiyakana mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina , ni igikorwa usanga gikoreshwa mu rwego rwo kuboneza urubyaro gusa abahanga bavuga ko ubu buryo butizewe ugereranyije na bumwe mu bundi buryo bukoreshwa. Ku muntu wumvise ubu buryo ari bwo bwa mbere, Kwiyakana ni ukuvuga ngo umugabo iyo ari gutera akabariro akaba agiye kugera ku byishimo bye byanyuma(gusohora), ahita […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku mwanzuro w’urukiko uvuga ko rudatekanye byo kwakira abimukira
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yatangaje ko yagize ikibazo ku mwanzuro w’urukiko rwo mu Bwongereza rwagaragaje u Rwanda nk’igihugu gitekanye ku buryo cyakwakira abimukira. Kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Kamena ni bwo Urukiko rw’ubujurire rw’i Londres mu Bwongereza rwaburijemo gahunda ya kiriya gihugu yo kohereza mu Rwanda abimukira n’abasaba ubuhungiro, nyuma yo kwanzura […]
Sunrise yatereye amaso muri Mukura izana umwe mu bakinnyi ngenderwaho
Ubuyobozi bw’Ikipe ya Sunrise ibarizwa mu karere ka Nyagatare mu ntara y’Iburasirazuba bwamaze gusinyisha umukinnyi w’ Umugande Robert Mukoghotya wakiniraga Mukura VS yo mu Majyepfo y’u Rwanda. Ni umwe mu bakinnyi ngenderwaho wakiniraga iyi kipe mbere y’uko abengukwa n’iyi n’umutoza Muhire Hassan uherutse gutangira imirimo ye muri Sunrise mu minsi micye ishize. Gusinyisha uyu mukinnyi […]
Niba wari wagize imibonano akamenyero ukaza kubihagarika izi itegure izi ngaruka
Biba byiza ko buri muntu wese agira umuntu akunda akanifuza ko barambana.Muri urwo rukundo umugabo n’umugore baba bemerewe gutera akabariro byeruye ariko kandi hari n’abagira amahitamo yo gukora imibonano mpuzabitsina batararushinga. Waba ukora imibonano warashinze urugo cyangwa ukayikora utararushinga ukaza kubihagarika hari ingaruka bigira arizo tugiye kurebera hamwe. Kugabanuka k’Ubushake bw’imibonano mpuzabitsina Birashoboka ko umugabo […]
Gen Sergei Suroviki yatawe muri yombi azira Wagner
General Sergei Suroviki wari Umuyobozi wungirije w’Ingabo z’u Burusiya ziri mu ntambara muri Ukraine, yatawe muri yombi azira ukwigumura k’umutwe w’abacancuro wa Wagner. Surovikin uzwi ku kabyiniriro ka “General Armageddon”, ni umwe mu barwanye mu ntambara mu myaka yashize u Burusiya bwarwanye muri Chechnya na Syria. Perezida Vladimir Putin ni we wagiye amuzamura mu ntera. […]
Musenyeri Fulgence Muteba yasabye RDC kujya mu biganiro na M23
Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Rubumbashi, Mgr Fulgence Muteba, asanga Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikwiye kujya mu biganiro n’umutwe wa M23 mu rwego rwo gukemura amakimbirane impande zombi zimaze igihe zifitanye. Uyu mushumba yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’ikinyamakuru Jeune Afrique. Yagize ati: “Nemera ko nta bunararibonye mfite mu gukemura amakimbirane, […]
Umukobwa wasambanye na Davido yamuregeye umugore we
Umukobwa witwa Anita Brown yashyize ahagaragara ukuri kwavugwaga ko yatewe inda n’umuhanzi Davido nyuma yo guhurira i Dubai baza kuryamana nta gakingirizo. Mu rusobe rw’amafoto n’amashusho yashyize ku mbuga nkoranyambaga,Anita usanzwe ari rwiyemezamirimo ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashinje Davido kumutera inda ku munsi wa mbere bahuriyemo nyuma yo gusangira bakagirana ibihe byiza. […]
Nyobozi yose y’akarere ka Rutsiro yasheshwe
Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente, yasheshe Komite Nyobozi yose y’akarere ka Rutsiro hashyirwaho umuyobozi wako w’agateganyo. Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kamena, rivuga ko “hasheshwe inama njyanama y’akarere ka Rutsiro nyuma yo kubona ko ubuyobozi bw’akarere bwateshutse ku nshingano zabwo.” Iri tangazo rikomeza rivuga ko Mulindwa Prospert […]
Perezida Ramkalawan abona P. Kagame mu Banyafurika b’ibihangange ku Isi
Perezida Wavel Ramkalawan wa Madagascar, yavuze imyato mugenzi Paul Kagame w’u Rwanda amugaragaza nk’urugero rw’isi yose rwerekana ko umugabane wa Afurika ufite ba Perezida b’ibihangange. Perezida Kagame ari i Victoria mu birwa bya Seychelles, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yatumiwemo na mugenzi w’icyo gihugu. Imwe muri gahunda Umukuru w’Igihugu agomba kwitabira muri Seychelles ni ukwitabira […]
Manchester City yahariye Arsenal umukinnyi zari zihanganiye
Manchester City yamaze kuva mu rugamba rwo gusinyisha Declan Rice, iharira Arsenal bari bari bamuhanganiye. Man City yavuye mu rugamba rwo gusinyisha Rice usanzwe ari Kapiteni wa West Ham United, nyuma y’uko Arsenal yemeye kumutangaho miliyoni 100 z’ama-Pounds zigomba kwiyongeraho £ miliyoni 5 z’ama adds-on. Daily Mail yanditse ko Man City nta bushake ifite bwo […]
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi 2 i Victoria (Amafoto)

Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Victoria mu murwa mukuru w’ibirwa bya Seychelles, mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri iki gihugu. Ni uruzinduko Umukuru w’Igihugu waherekejwe na Madamu Jeannette Kagame yatumiwemo na mugenzi we wa Seychelles, Wavel Ramkalawan. Perezida Ramkalawan wari kumwe na Madamu we, Linda Ramkalawan ni bo babakiriye bakigera i Victoria. Seychelles ni […]
Canada yanze kohereza abakinnyi bayo mu mikino ya La Francophonie i Kinshasa
Guverinoma ya Canada yafashe icyemezo cyo kutohereza i Kinshasa abakinnyi bagombaga guhagararira imikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa igomba kuhabera. Biteganyijwe ko iyi mikino izaba hagati y’itariki ya 28 Nyakanga n’iya 08 Kanama 2023. Canada yafashe icyemezo cyo kwanga kohereza muri Congo abakinnyi n’abahanzi bagombaga kuyihagararira muri iriya mikino ya La Francophonie, ku mpamvu z’umutekano. […]
Luanda: Kagame na Tshisekedi bashimwe, FDLR na M23 bongera kwihanangirizwa
Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashimwe kubera “umuhate wabo mu gushaka igisubizo cy’amakimbirane” ari hagati y’u Rwanda na RDC. Abakuru b’ibihugu byombi bashimiwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kamena, ubwo i Luanda muri Angola haberaga inama y’inyabune yigaga ku bibazo bya Congo. Ni […]
Ikiganiro kirambuye Lukashenko yagiranye n’umukuru wa Wagner mbere yo kumucubya
Perezida Aleksandr Lukashenko wa Belarus, yashyize hanze ibikubiye mu kiganiro yagiranye na Yevgeny Prigozhin washinze umutwe w’abacancuro wa Wagner mbere yo kumucubya. Lukashenko yabitangarije mu ijambo yavugiye mu muhango yari yahuriyemo na ba Jenerali bo mu ngabo za Belarus wabereye mu mujyi wa Minsk. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize Prigozhin yari yarahiriye gusenya ubuyobozi bukuru […]
Gen James Kabarebe yaganiriye n’abagaba b’Ingabo za Mozambique
Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, yakiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Admiral Joaquim Mangrasse, bagirana ibiganiro. Gen Kabarebe ari mu ntara ya Cabo Delgado yo mu majyaruguru ya Mozambique kuva mu mpera z’icyumweru gishize. Ibiganiro bye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique byabereye mu mujyi wa Pemba. Ni ibiganiro byanitabiriwe […]
Cardi B yifatiye ku gahanga Offset uherutse kumushinja kumuca inyuma
Umuhanzikazi Cardi B yatangaje ko abantu bakwiye kwima amatwi Offset nyuma y’uko amashinje kumuca inyuma n’undi mugabo w’inshuti ye anamusaba guhagarika ibyo akomeje kumuvugaho. Kuri uyu wa Mbere nibwo Offset yasibye inyandiko yari yashyize ku rubuga rwa Instagram ye, aho yagarukaga ku kuntu umuraperikazi Cardi B wari umugore we yamuciye inyuma akaryamana n’undi mugabo.Icyo gihe […]
Nkore iki?Umusore wanteye inda inshuro eshanu yantegetse kuzikuramo anyitura kunta
Umukobwa utarashatse ko amazina ye atangazwa yanditse agisha inama y’icyo yakora nyuma y’uko umugabo bakundanye amuteye inda ubugira gatanu ariko ngo akamwitura kumusiga. Yagize ati”Sindi butangaze amazina yanjye , gusa sindi umunyarwanda n’ubwo mpatuye kuko nkomoka muri kimwe mu bihugu byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.” Ndi umukobwa w’imyaka 33 y’amavuko .Nakundanye n’umusore tukiga mu […]
Kunywa Divayi itukura bishobora kurwanya ingaruka ziterwa n’agahinda gakabije
Divayi itukura ni kimwe mu binyobwa bikunda gukoreshwa haba mu misango y’ubukwe, mu birori ndetse no mu rugo.Umuntu ufata ikirahure cya Divayi itukura ngo aba afite amahirwe yo kugabanya ingaruka ziterwa n’agahinda gakabije. Divayi itukura nibyo iri mu binyobwa bisembuye, nyamara twavugako yihariye kuko yo ntabwo ari byeri, rufuro cyangwa ngo ibe liquor, ahubwo nyine […]
Yevgeny Prigozhin washyuhije Putin umutwe ni muntu ki?
Kuva ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ishyamba si ryeru mu Burusiya, nyuma y’uko umwuka mubi wadutse hagati y’Igisirikare cy’iki gihugu na Yevgeny Prigozhin washinze umutwe w’abacancuro wa Wagner. Umwuka mubi ndetse n’ubwoba bwa Coup d’à‰tat byadutse mu Burusiya, nyuma y’uko Prigozhin yari amaze kurahirira gusenya inzego zose z’ubuyobozi bw’Igisirikare cy’u Burusiya. Ni nyuma yo kugishinja […]
Petrović wahoze atoza APR FC ayitegerejwemo
Umunya-Serbia, Ljubomir “Ljupko” Petrović wahoze atoza APR FC, ategerejwe i Kigali aho bivugwa ko agomba kongera gutoza iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu. Uyu mukambwe w’imyaka 76 y’amavuko, azwiho cyane kuba yaratwaranye UEFA Champions league na Crvena zvezda/Red Star Belgrade y’iwabo. APR FC yayitoje muri 2015, ayigarukamo muri 2018 mbere y’uko batandukana nyuma y’igihe gito kubera uburwayi. […]
Juno Kizigenza yabuze ayo acira n’ayo amira ku byo Ariel Wayz yamushinje

Nyuma y’uko hashize iminsi micye hagiye hagaragara amashusho Juno Kizigenza arikumwe n’umuhanzikazi Ariel Wayz bikaza kuvugwa ko aba bombi bashobora kuba basubiranye, uyu musore yatangaje ko kugaragara barikumwe ari nk’uko yamenyana n’undi muntu uwari wese. Yabivuze mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yabazwaga niba yarakundaga Ariel Wayz by’ukuri ariko akabyemera atazuyaje avuga ko byari bimeze neza […]
ANR yaba yitegura guta muri yombi inkoramutima za Kabila zirimo Ruberwa
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Urwego rushinzwe ubutasi muri iki gihugu rwaba hari abanyapolitiki ruteganya guta muri yombi. Abashobora gutabwa muri yombi harimo Azarias Ruberwa wahoze ari Minisitiri ushinzwe kwegereza ubutegetsi rubanda. Abandi barimo Lamazani Shadary watsinzwe na Tshisekedi mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2018 cyo kimwe na Marie-Ange-Mushobekwa. […]
Akandi kamaro ko kurya Inanasi bitari ugukomeza amagufa gusa
Abantu benshi bazi ukuntu inanasi ari urubuto rwiza ruryoha kandi rukungahaye ku ntungamubiri z’ingenzi zifite akamaro kanini ku mubiri wa muntu .Ku muntu wariye inanasi cyangwa akanywa umutobe wayo bishobora kumumara inyota ariko tutibagiwe ko hari n’undi mumaro mwinshi uboneka mu mubiri . Inanasi ishobora gukoreshwa mu buryo butandukanye ,aho yakorwamo umutobe cyangwa ikaribwa yatunganyijwe […]