Envoyer les demandeurs d’asile vers les Ă Âźles Orcades et non vers le Rwanda, dĂ©clare Lee Anderson

Les demandeurs d’asile devraient Ă ÂȘtre envoyĂ©s vers les Ă Âźles Orcades plutĂŽt que vers le Rwanda, a dĂ©clarĂ© Lee Anderson. Le vice-prĂ©sident du parti conservateur et dĂ©putĂ© de Red Wall a dĂ©clarĂ© que les Ă Âźles Ă©cossaises offraient une alternative viable pour le traitement des demandes car, bien que Ă©loignĂ©es, elles se trouvent sur le sol britannique. […]

Uganda: Umuherwe Molly Katanga n’abakobwa be mu mazi abira nyuma y’urupfu rw’umugabo we

psx_20231103_151510.jpg

Mu gihugu cya Uganda, Umuyobozi w’ubushinjacyaha (DPP), Jane Frances Abodo, yatanze uburenganzira bwo gushinja icyaha cyo kwica umushoramari ukomeye ukorana n’igisirikare akaba n’umucuruzikazi w’umukire witwa Molly Katanga “ku byerekeye urupfu rw’umugabo we Henry Katanga. Ibi ni ibyatangajwe n’ibiro by’ubushinjacyaha ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere ushize. Katanga, wari umunyemari ukomeye ukora ibijyanye no kuguriza […]

U Bwongereza: Yasabye ko abimukira boherezwa mu birwa aho koherezwa mu Rwanda

Umuyobozi wungirije w’ishyaka ry’Aba-Conservateurs riri ku butegetsi mu Bwongereza, Lee Anderson yavuze ko abasaba ubuhungiro binjiye binyuranyije n’amategeko bagomba koherezwa mu birwa bya Orkney aho koherezwa mu Rwanda. Lee Anderson usanzwe ari n’umudepite yavuze ko ibi birwa bya Ecosse byatanze ubundi buryo bwiza bwo kuhasuzumira ubusabe bw’abasaba ubuhungiro kuko nubwo biri kure, ngo biri ku […]

Koreya ya Ruguru yivanye mu masezerano ya gisirikare yari ifitanye na Koreya y’Epfo

Koreya ya Ruguru yikuye mu masezerano yari amaze imyaka itanu yagiranye na Seoul agamije kugabanya amakimbirane ya gisirikare, mu gihe umwuka mubi ukomeje kwiyongera hagati y’impande zombi. Byose byatangiye ubwo Pyongyang yavugaga ko yarangije kohereza icyogajuru cy’ubutasi mu kirere ku wa Kabiri. Ibyo byatumye Koreya y’Epfo ihagarika igice ayo masezerano, ivuga ko igiye gusubukura ingendo […]

Umukinnyi w’ikinamico w’Umurusiyakazi yishwe ari gutaramira abasirikare muri Ukraine

Umukinnyi w’amakinamico w’Umurusiyakazi yiciwe mu gitero cya Ukraine ubwo yari ari gutaramira abasirikare nk’uko byatangajwe n’inzu abarizwamo. Inzu mberabyombi iri mu gace ko muri Ukraine kigaruriwe n’ingabo z’u Burusiya, aho Polina Menshikh yari arimo gutaramira yibasiwe n’ibisasu bya Ukraine ku itariki ya 19 Ugushyingo. Bivugwa ko uyu mukinnyi w’amakinamico yari arimo gukina mu gitaramo cyo […]

Kirehe: Imyaka igiye kuba ine bategereje ingurane z’imitungo yabo

Bamwe mu batuye mu Kagari ka Mubuga, mu Karere ka Kirehe, baravuga ko mu masambu yabo hubatswemo ibigega bemererwa ingurane ariko ngo bamaze imyaka isaga itatu batarazihabwa, bakaba basaba ko bazihabwa kuko igihe gishize bazitegereje ari kinini. Aba baturage bo mu Murenge wa Musaza bavuga ko imyaka igiye kuba ine mu mirima yabo bahingagamo hubatswe […]

Burundi: Udafite kuva ku mafaranga 50,000 kugeza ku 300,000 ntabona aho arara muri Gereza ya Rutana

Imfungwa nshya muri Gereza Nkuru ya Rutana (mu majyepfo y’iburasirazuba bw’u Burundi) zitegekwa kwishyura amafaranga ari hagati y’amafaranga ibihumbi 50 na 300.000 y’Amarundi kuri buri muntu kugira ngo zibone aho kurara. Abayobozi b’imfungwa ni bo basaba bagenzi babo bafunganwe kwishyura aya mafaranga. Amakuru aturuka muri Gereza ya Rutana avuga ko abayobozi ba gereza basaba ko […]

The DRC signs the disengagement plan which should lead to the withdrawal of MONUSCO

The government of the DRC and MONUSCO signed this Tuesday, November 21 in Kinshasa, the disengagement plan which should lead to the withdrawal of the UN Mission on Congolese soil. This plan will be implemented jointly with the support of national technical partners and UN Agencies, Funds and Programs. The MONUSCO disengagement agreements were signed […]

U Bushinwa burashinjwa gufunga no gusenya imisigiti y’Abayisilamu

Raporo nshya ya Human Rights Watch (HRW)iravuga ko u Bushinwa burimo gufunga no gusenya imisigiti cyangwa gushyiramo ibindi bikorwa bidafite aho bihuriye no gusenga. HRW yavuze ko ibi biri mu rwego rwo gushyira ingufu mu bikorwa byo gukumira idini rya Islamu mu Bushinwa. Mu Bushinwa, igihugu ubundi kitemera Imana ariko kivuga ko cyemera ubwisanzure bw’amadini, […]

La directrice du renseignement amĂ©ricain s’est entretenue avec Kagame sur la crise sĂ©curitaire en RDC

La directrice du renseignement national de la Maison Blanche, Avril Haines, s’est entretenue avec les prĂ©sidents Paul Kagame et FĂ©lix Tshisekedi sur la crise sĂ©curitaire dans l’est de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo, les 19 et 20 novembre. Haines a rencontrĂ© le prĂ©sident rwandais Kagame et le prĂ©sident congolais Tshisekedi «  pour obtenir des engagements […]

Kaminuza y’ubuvuzi n’ikoranabuhanga muri Sudani igiye kwimukira mu Rwanda

Kaminuza y’ubuvuzi n’ikoranabuhanga (UMST) i Khartoum, muri Sudani, irateganya kwimukira mu Rwanda kugira ngo ihe abanyeshuri bayo ibyiringiro n’amahirwe ya kabiri yo kurangiza amasomo yabo. Ubuyobozi bwa UMST bwatangaje ko abanyeshuri barenga 7000 bari barahejejwe mu ngo kubera ikibazo cy’umutekano muri Sudani bazimurirwa buhoro buhoro mu Rwanda kugira ngo barangize amasomo yabo. Mu kiganiro cyihariye […]

Umuyobozi wa Hamas aravuga ko benda kugera ku masezerano yo guhagarika intambara

Umuyobozi wa Hamas aravuga ko uyu mutwe uri hafi kugirana amasezerano y’amahoro na Israel , bigatuma haba ibyiringiro by’ihagarara ry’imirwano ibera muri Gaza ndetse kurekura imbohe zashimuswe n’uyu mutwe. Ku ruhande rwayo, Israel ntacyo yatangaje, mu gihe Minisitiri w’Intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze ko igihugu cye kitazahagarika imirwano kugeza igihe imbohe zisubijwe mu rugo. Igihugu cya […]

Rais wa Rwanda amempokea Makamu wa Rais wa Cuba

Rais wa Rwanda Paul Kagame alikutana siku ya Jumatatu na Makamu wa Rais wa Cuba Salvador ValdĂ©s Mesa na ujumbe unaofuatana naye, ambao wako katika ziara rasmi, ambayo ni mapumziko ya mwisho ya kiongozi huyo wa Cuba katika ziara ya nchi kadhaa za Afrika. Katika Kijiji cha Urugwiro, rais wa Kigali aliandika kwenye mtandao wa […]

Cameron threatens to ‘get tough’ on judges who block Rwanda plan

Lord Cameron has threatened to get tough on European human rights judges if they move to thwart the Government’s Rwanda plan. The Foreign Secretary sought on Monday to reassure anxious Tory MPs of his stance on the controversial European Court of Human Rights (ECHR). Sources said he stressed the importance of pushing on with Rishi […]

Ukraine irasaba ko imitungo y’u Burusiya yafatiriwe yishyura ibikorwaremezo bwasenye

Guverinoma ya Ukraine irashaka ko umutungo w’u Burusiya wafatiriwe ku Isi yose wakoreshwa mu kwishyura ibikorwa remezo byayo byangijwe n’ibitero by’Abarusiya. Nk’uko abategetsi ba Ukraine babitangaza ngo ibyangijwe n’u Burusiya bivugwa ko bingana na miliyari 411 z’amadolari kandi aha ni mu turere twahoze twigaruriwe kandi twabohowe gusa. Minisitiri w’Intebe, Denys Shmyhal, yabwiye abanyamakuru baturutse mu […]

Ishyaka rikorera mu buhungiro ryahisemo umukandida uzarihagararira mu matora yo mu 2024

f_zmsfxxoaax6yb.jpg

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ritemewe mu gihugu kandi rikorera mu buhungiro ryitwa Ishema ry’u Rwanda, riravuga ko ryashyizeho itsinda rishinzwe ibikorwa byo kwamamaza uwitwa Nadine Claire Kasinge uteganya kuzaza guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu 2024. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru Bwiza yabashije kubona ryashyiriweho umukono I Paris mu Bufaransa n’umuvugizi w’umukandida, Chaste […]

Kaspersky va créer un centre de transparence à  Kigali

34543.jpg

Kaspersky Lab, fournisseur multinational russe de cybersĂ©curitĂ© et d’antivirus, a rĂ©cemment lancĂ© son centre de transparence à  Kigali, ce qui en fait le premier du genre sur le marchĂ© africain. Cette Ă©volution, annoncĂ©e en marge du Forum africain de cyberdĂ©fense (ACDF) à  Kigali, vise, entre autres, à  souligner le lien Ă©troit entre la transparence et […]

Sudan: Ingabo za RSF zigaruriye ikindi kigo cya gisirikare muri Darfur y’Iburasirazuba

Ingabo za Rapid Support Forces (RSF) zatangaje ko zafashe ibirindiro bya gisirikare bya Division ya 20 y’ingabo zirwanira ku butaka za Sudani muri Leta ya Darfur y’Iburasirazuba, icyo kikaba kibaye ikigo cya kane cya gisirikare mu karere ka Darfur ubu kigaruriwe n’uyu mutwe. Brig. Gen. Hassan Saleh Nahar, umuyobozi wa RSF muri Darfur y’Iburasirazuba, avugira […]

FDNB iravugwaho gushyingura mu ibanga ingabo zigwa muri Congo no kudashaka ko imiryango yabo imenyana

Kuri uyu wa Kane ushize ubwo bashyinguraga Major Gashirahamwe, undi muryango wari umaze gushyingura undi musirikare w’u Burundi nawe waguye ku rugamba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ariko abategetsi b’u Burundi bakoze ibishoboka ngo imodoka zigiye gushyingura aba basirikare bombi zidahurira mu nzira. Umwe mu bantu bitabiriye umuhango wo gushyingura Major Gashirahamwe yabwiye urubuga […]

Nibura abantu 36 baguye mu makimbirane mu gace kari hagati ya Sudani zombi

Nibura abantu 36 byemejwe ko bishwe, abandi 20 barakomereka ku Cyumweru mu makimbirane hagati y’abaturage bo mu gace ka Abyei n’abo mu Ntara ya Twic yo muri Leta ya Warrap muri Sudani y’Epfo. Bulis Koch, umuvugizi wa guverinoma akaba na Minisitiri w’itangazamakuru mu karere ka Abyei, agace gakunze kumaranirwa gakungahaye kuri peteroli kari hagati ya […]

Uncertainty over FĂ©lix Tshisekedi’s ability to resolve the war in the East

During a rally at the Martyrs Stadium, candidate FĂ©lix Tshisekedi recently criticized his political opponent MoĂ ÂŻse Katumbi, questioning his ability to end armed conflicts in six months if elected president. These statements raised concerns about Tshisekedi’s desire to effectively resolve issues of war and stability in the Democratic Republic of Congo (DRC) according to mediacongo.net. […]

Umuyobozi wa M23 yaciye amarenga ko Kivu ishobora kuziyobora

Bertrand Bisimwa, umuyobozi wa politiki w’umutwe wa M23, yaciye amarenga ko Kivu ishobora kwitandukanya na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Bisimwa yagize ati: “Niba Kinshasa ikomeje gutekereza ko bazakemura ikibazo bakoresheje intwaro, tuzabatsinda mu buryo bwa gisirikare”. Yahise yongeraho ati: “Niba kandi (Congo) bakomeje kwinangira ibiganiro […]

Aliyekuwa gavana Gasana akata rufaa dhidi ya uamuzi wa kurudishwa rumande

Aliyekuwa Gavana wa Jimbo la Mashariki Emmanuel Gasana amekata rufaa dhidi ya uamuzi uliotolewa na Mahakama ya Mwanzo ya Nyagatare mnamo Novemba 15, iliyomzuilia kwa siku 30. Gasana anakabiliwa na mashtaka ya kuomba na kupokea marupurupu haramu ili kubadilishana na fadhila, sambamba na tuhuma za matumizi mabaya ya ofisi. Gazeti la New Times limebaini kuwa […]

Le vice-président cubain en visite officielle au Rwanda

Le vice-prĂ©sident cubain Salvador ValdĂ©s est au Rwanda en visite officielle dans le cadre de sa tournĂ©e actuelle sur le continent africain, dĂ©butĂ©e le 14 novembre, avec le Ghana comme premiĂšre Ă©tape. TĂŽt le lundi 20 novembre, Valdes a postĂ© sur X (ancien Twitter) — en espagnol : «  Le Rwanda nous accueille à  l’aube […]

Operation Springbok: Ingabo za MONUSCO zategeye M23 muri Kimoka ngo idafata Sake

Mu gihe inyeshyamba za M23 zirimo gusatira Umujyi wa Sake nyuma yo gufata igiturage cya Karenga, mu birometero 20 uvuye i Sake, biravugwa ko Ingabo za MONUSCO zo muri Operation Springbok zirunze mu nkengero za Kimoka hafi na Sake aho zagiye gutegera M23. Abaturage bamwe b’ahitwa Lupango na Luhanga nabo bari kwerekeza muri Sake batinya […]

Sunak arateganya guhatira abadepite gutora itegeko rishya ryo kohereza abimukira mu Rwanda

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza birateganya guhatira inteko ishinga amategeko guterana mu biruhuko bya Noheli hagamijwe kwihutisha itegeko “ryihutirwa” rigamije kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda. Ku wa Gatatu, gahunda ya Rishi Sunak yongeye guhura n’imbogamizi ubwo Urukiko rw’Ikirenga rwemezaga ko kohereza abasaba ubuhungiro mu Bwongereza binjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko itemewe. Mu […]

Abayobozi basaga 10 muri Afurika batumiwe mu Budage mu biganiro na G20

Abayobozi b’ibihugu bisaga 12 byo muri Afurika berekeje mu Budage ahateganyijwe inama ibihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi biteganya kwiyegerezamo Umugabane wa Afurika. Ibi bihugu 20 bya mbere bikize kurusha ibindi birashaka kongera ibikorwa by’ishoramari kuri uyu mugabane ukennye kurusha indi ku Isi ariko na none ukaba ari wo urimo gutera imbere kurusha iyindi. […]

Finland: Hadutse imyigaragambyo nyuma yo gufunga imwe mu mipaka ibahuza n’u Burusiya

Icyemezo cya Helsinki (Umurwa mukuru wa Finland)cyo gufunga ine mu mipaka icyenda ihuza iki gihugu n’u Burusiya kugira ngo bahagarike urujya n’uruza rw’abimukira n’impunzi badafite ibyangombwa byagize ingaruka ku baturage bafite bene wabo mu Burusiya. Mu myigaragambyo yabereye mu murwa mukuru, abantu bagaragaje impungenge zerekeye icyo bise ‘Irido y’icyuma’ (Iron Curtain ). Kuri uyu wa […]

U Budage bwanenze ibikorwa bya Israel byo gukomeza gutuza abantu muri West Bank

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 18 Ugushyingo, Chencellier w’u Budage, Olaf Scholz, yanenze politiki y’imiturire ya Israel muri West Bank ndetse yongera gusaba igisubizo cya leta ebyiri zigenga za Israel na Palestine. Ibi Scholz yabitangaje mu ruzinduko yagiriye i Nuthetal muri leta ya Brandenburg, aho yagize ati: “Ntabwo dushaka gutuza gushya abantu muri West Bank, […]

Gasabo: Umugabo arashinjwa kuruma umunwa w’umugore baturanye akawuca

Dosiye y’umugabo ukekwaho guca umunwa umugore baturanye yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo. Iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga ko ibi byabereye mu Mudugudu w’Urugarama, Akagali ka Gacuriro, umurenge wa Kinyinya; ku itariki ya 31 Ukwakira 2023 saa 15h 00 ubwo umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 yari mu nzira ataha yahura n’umugore […]

Museveni yasabye rubanda kuba maso nyuma yo kwigamba ikindi gitero cyashegeshe ADF

Perezida Yoweri Museveni yihanangirije umutwe w’inyeshyamba wa Allied Democratic Forces (ADF) nyuma y’ikindi gikorwa cya gisirikare avuga ko cyashegeshe uyu mutwe aboneraho ariko gusaba Abagande kuba maso. Mu byumweru bishize, byagaragaye ko ADF yari yateguye ibitero byo kwibasira ibirori bya Nyege Nyege mu mujyi wa Jinja. Icyakora, nta kintu cyigeze kiba nyuma yo kohereza abashinzwe […]

Masisi: M23 yaba yafashe agace ka Kalenga nyuma y’imirwano yaharamukiye

Guhera saa kumi n’imwe z’igitondo kuri iki Cyumweru, haravugwa imirwano hagati ya M23 na FARDC ahitwa Kalenga, muri Teritwari ya Masisi hafi y’ahitwa Kausa muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturuka muri ibyo bice agera ku mbuga z’amakuru zegereye leta ya Congo, avuga ko iyi mirwano ihuje igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri iki Cyumweru, […]

Rutshuru: Imitwe ibiri igize Wazalendo yarasanye abasivili aba ari bo babigenderamo

Imitwe ibiri y’inyeshyamba imwe mu yigize ihuriro rya Wazalendo kuri uyu wa Gatanu ushize yakozanyijeho ahitwa Nyamilima na Kisharo. Iyi mitwe yombi ibarizwa muri Gurupoma ya Binza, Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru. Umwe mu baturage bavuganye n’urubuga Kivumorningpost, avuga ko iyi mitwe ari Mai-Mai AFPL iyoborwa na Surambaya hamwe n’umutwe wa Mai-Mai FPP/AP wa […]

Senegal: Umunyapolitiki Sonko yongeye kwimwa amahirwe yo kuziyamamaza

Urukiko rw’Ikirenga rwa Senegal kuwa Gatanu rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rw’ibanze rwaba rwasubije umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Ousmane Sonko kuri lisiti y’itora, bihita binamubuza kwiyamamariza kuba perezida mu matora y’umwaka utaha. Guverinoma yakuye Sonko, wari ufitiwe ikizere cyo kuba perezida, ku rutonde rw’itora nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo “guha ruswa urubyiruko” muri Kamena, ibintu yahakanye […]

Gaza: Israel iremeza ko yabonye umurambo w’umusirikare washimuswe na Hamas

Israel iravuga ko ingabo zayo zabonye umurambo w’umugore wa kabiri wafashwe bugwate na Hamas, mu gihe cyo gusaka hafi y’ibitaro bya Al-Shifa muri Gaza. Noa Marciano, umusirikare w’imyaka 19, yari umwe mu bantu bagera kuri 240 bashimuswe n’abarwanyi ba Hamas mu gihe cy’igitero cyo ku itariki ya 7 Ukwakira, cyahitanye abantu 1200 mu majyepfo ya […]

Africa’s urbanization summit urges for collaborative action for future cities

f_in5laaqaaqxwe.jpg

The 2023 Africa’s New Cities Summit formally opened in the Rwandan capital, Kigali, Thursday with a call to explore collaborative and innovative solutions to tackle the complexities associated with the continent’s urban growth. The event, co-organized by the Rwanda Development Board (RDB) and the Africa Infrastructure Development Association, serves as a platform for discussing challenges, […]

Imodoka za MONUSCO zari zigiye Kishishe zitambitswe n’abaturage

Uruhererekane rw’imodoka za Monusco ziherekejwe n’ingabo za FARDC zashakaga kwerekeza muri Kishishe, mu birometero 20 uvuye Kibirizi, ariko zitambikwa n’abaturage b’aha Kibirizi kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Ugushyingo, biba ngombwa ko zisubira inyuma mu birindiro bya Rwindi nk’uko bitangazwa n’urubuga libregrandlac.com rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi byabaye nyuma y’aho MONUSCO kuri […]

Minembwe: Twirwaneho iravuga ko batewe n’ingabo zitamenyekanye zivuga Ikirundi gusa

f_iw9cpxoaamm-o.jpg

Umutwe wa Twirwaneho uratangaza ko kuri uyu wa Kane ushize, itariki 16 Ugushyingo 2023 ku isaha ya saa kumi n’imwe, ibiturage bya Minembwe byatewe n’ingabo nyinshi zivuga Ikirundi, hakaba imirwano yagejeje saa munani z’amanywa umutwe wa Mai-Mai Bilozebishambuke, uyobowe na Ngomanzito na wo winjira mu mirwano uje gufasha izo ngabo. Mu itangazo Twirwaneho yashyize ahagaragara […]

AcadĂ©mie du Bayern Munich au Rwanda : des suspects de fixation de l’Ă Âąge comparaissent devant le tribunal

Le 16 novembre, l’accusation a traduit devant le tribunal primaire de Kicukiro trois suspects accusĂ©s d’avoir truquĂ© l’Ă Âąge des enfants pour garantir leur admission à  l’AcadĂ©mie du Bayern Munich au Rwanda. Les suspects sont Aristide Karorero, responsable des donnĂ©es du secteur Kinyinya, Leo Nisunzumuremyi, entraĂ Âźneur de football, et Marie Rose Rugendoruhire, officier de l’Ă©tat civil […]

Madagascar: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bamaganye amatora yabaye

Amatora yarangiye mu cyiciro cya mbere cy’amatora y’umukuru w’igihugu muri Madagascar kuri uyu wa Kane ushize, yabaye nubwo hari umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi wanze kuyitabira ndetse hakaba imyigaragambyo yaranzwe n’urugomo mbere y’umunsi w’amatora. Amatora yabaye mu mahoro hamwe n’abashinzwe umutekano mucye mu murwa mukuru Antananarivo ariko abitabiriye gutora babaye bake. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu […]

Abanyatanzaniya basanga gusaba imbabazi gusa bidahagije ku byo bakorewe n’Abadage

german-apology-tanzania-20231102030340.webp

Mu ntangiriro z’uku kwezi, Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier yari muri Tanzania, aho yasabye imbabazi zishingiye ku mateka ku mahano yakozwe n’igihugu cye mu gihe cy’ubukoloni bwacyo muri iki gihugu cya Afurika. Steinmeier yagize ati: “Ndashaka gusaba imbabazi z’ibyo Abadage bakoreye ba sogokuruza.” ‘Amagambo gusa ntacyo asobanura’ Kwigomeka ku bakoloni kwatangiye ari imyigaragambyo y’abakene ariko […]

Malawi yahagaritse ingendo zose zo mu mahanga ku bakozi ba leta barimo perezida

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yahagaritse ingendo zose zo mu mahanga ku bakozi ba leta barimo we ubwe n’abaminisitiri. Mu kiganiro kuri televiziyo mu ijoro ryo ku wa Gatatu, Perezida Chakwera yategetse abaminisitiri bose, ubu bari hanze y’igihugu, gusubira mu rugo. Yavuze ko iryo hagarikwa rizakurikizwa mu gihe gisigaye cy’umwaka w’ingengo y’imari uzarangira muri Werurwe, […]

Museveni arashinja Loni kuba ari yo ihembera iterabwoba muri Congo n’ahandi

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yashinje Umuryango w’Abibumbye kuba ari wo uhembera iterabwoba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo no guteza akavuyo mu bihugu bitandukanye mu Karere ka Sahel. Perezida wa Uganda mu itangazo ryanyujijwe kuri twitter kuri uyu wa Gatatu ushize yagize ati “Igice kimwe cy’iterabwoba muri Afurika cyashinjwe cyangwa kibungwabungwa bamwe mu bantu […]

Germany can screen asylum claims abroad despite Rwanda ruling, lawmakers insist

UNHCR-supervised asylum procedures abroad could provide a workaround for human rights concerns raised by the Supreme Court, the FDP, a junior partner in Germany’s coalition government, said on Wednesday (15 November). On Wednesday, the UK’s highest court ruled that a plan to send those wanting to seek asylum in the UK, to Rwanda, was ruled […]

Musanze: Umurinzi wa Pariki y’Ibirunga yishe arashe mugenzi we

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo 2023, uwitwa Ntegerejimana Christophe w’imyaka 37 akaba umwe mu barinda Pariki y’Igihugu y’Ibirunga , yarashe mugenzi we witwa Irakoze Kevin w’imyaka 32. Ibi byabereye mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu nk’uko iyi nkuru dukesha Kigali Today ivuga. Umuyobozi wa Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, Uwingeri Prosper, […]

MINAGRI yasabwe kugaragaza ingamba ifite zo gukemura ibibazo biri mu mishinga yo kuhira

Inteko Rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, yasabye Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi kuyigaragariza uburyo bunoze bwo gushyira mu bikorwa ingamba bagaragarije Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije zo gukemura ibibazo biri mu mishinga yo kuhira. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Ugushyingo, ubwo Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije yasesenguraga raporo y’igenzura ricukumbuye ryakozwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya […]

Perezida wa Somalia n’uw’u Burundi basabye abarwana muri RDC guhagarika imirwano

f--0ac4a4aaa-th.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 17 Ugushyingo, Perezida Hassan Sheikh Mohamud wa Somalia yageze mu Burundi kugira ngo abonane na Perezida Evariste Ndayishimiye akaba na Perezida wa EAC ucyuye igihe, aho basabye impande zihanganye mu burasirazuba bwa Congo guhagarika imirwano zikubahiriza amasezerano ya Luanda na Nairobi. Muri uru ruzinduko, Abakuru b’ibihugu byombi bakoze inama […]

MONUSCO igeze aho ijya gukora urugendo ikabanza kumenyesha abaturage aho igiye n’ibyo itwaye

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zimaze imyaka n’imyaka zoherejwe kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zigeze aho zisigaye zibanza kumenyesha abaturage aho zishaka kujya n’ibyo zigiyemo kugirango batazisagarira nyuma y’umwuka mubi umaze iminsi hagati y’impande zombi aho abaturage bifuza ko izi ngabo zibavira mu gihugu. Kuri uyu wa Gatatu rero nibwo hagaragaye ubutumwa bwa […]

Le président Kagame a présidé un haut conseil de commandement

f-_jh8bxiaaasoz.jpg

Le prĂ©sident Kagame, commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), a prĂ©sidĂ© mercredi 15 novembre un Conseil de haut commandement auquel participent des officiers supĂ©rieurs actifs et retraitĂ©s des RDF, des officiers supĂ©rieurs de la Police nationale rwandaise (RNP), des services nationaux de renseignement et de sĂ©curitĂ© (NISS), Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) […]

RDC: Inyeshyamba za Mobondo zongeye gukora ubwicanyi muri Kinshasa

Nyuma y’ibyumweru by’ituze, inyeshyamba zo mu mutwe wa Mobondo zongeye kugaragara zica abantu byibuze icyenda kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Ugushyingo mu mudugudu wa Kie na Yoso wo muri Gurupoma ya Mbakana, Komini Maluku, mu Ntara ya Kinshasa. izi nyeshyamba zari ziherutse kwica abasirikare 15 ba FARDC muri Nzeri mu mirwano yabahuje mu mudugudu […]

Paris: Ku munsi wa mbere w’urubanza rwa Munyemana hibanzwe ku mubano yari afitanye na Kambanda

Iyi ni yo dosiye imaze igihe kirekire ikorwaho iperereza kurusha izindi mu Bufaransa ku bintu bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi y’uwahoze ari umuganga mu Rwanda, umaze imyaka igera kuri 30 aba mu Bufaransa, watangiye kuburanishwa n’urukiko rw’i Paris kuva kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ugushyingo. SosthĂšne Munyemana yari umuganga w’abagore i Butare mu […]

RDC: Hakozwe impinduka mu buyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru

Guverineri w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Major Cirimwami Nkuba Peter, yavuguruye guverinoma y’intara. Albanz Kabaya na Madamu AdĂšle Bazizane, bagizwe umuyobozi mukuru wa cabinet n’umuyobozi mukuru wungirije ba Gen. Major Cirimwami Nkuba Peter nk’uko tubikesha mediacongo.net. Brig. Gen. Yangba Tene Danny yagizwe umujyanama mukuru ushinzwe ibikorwa, umutekano, ubutasi n’umutekano rusange, naho Eric Kitsa Kalobera […]

Nyamagabe: Arashinjwa gusambanya abana be babiri batarengeje imyaka 5

Ubushinjacyaha, Urwego Rwisumubuye rwa Nyamagabe, kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 13 Ugushyingo, bwaregeye urukiko umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana be babiri bafite imyaka itatu (3) n’imyaka itanu (5). Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko ibi byabereye, ku itariki ya 17 Ukwakira 2022, mu Mudugudu wa Mashya, Akagali ka Giheta, mu Murenge wa […]

Ukraine: Haravugwa umwuka mubi hagati ya Perezida Zelensky n’abayobozi b’ingabo

Aleksey Arestovich, wahoze ari umuntu wegereye umukuru w’igihugu, yabwiye El Mundo cyo muri Espagne kuri uyu wa Mbere ushize ko hari amakimbirane hagati ya Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky n’ubuyobozi bw’ingabo muri iki gihugu kubera ko yanze kwemera ko ibitero bya Kiev byo gusubiza inyuma ingabo z’u Burusiya bisa nk’ibyahagaze. Uyu wahoze ari umuyobozi yavugaga […]

Gabon: Abahiritse ubutegetsi batangaje igihe amatora azarangiza inzibacyuho azabera

Abayobozi b’inzibacyuho muri Gabon batangaje kuri uyu wa Mbere ushize mu itangazo ryasomwe kuri televiziyo y’igihugu, ko muri iki gihugu hazaba amatora rusange muri Kanama 2025, bigatuma inzibacyuho irangira. Komite ishinzwe inzibacyuho no kugarura inzego (CTRI), igizwe n’abahiritse ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo ku itariki ya 30 Kanama uyu mwaka, yashyize ahagaragara ingengabihe y’igihe inzibacyuho […]

Les dirigeants de l’opposition congolaise s’entretiennent en Afrique du Sud

Des envoyĂ©s des principaux dirigeants de l’opposition congolaise sont arrivĂ©s lundi en Afrique du Sud pour discuter de la coordination en vue des prochaines Ă©lections dans ce pays d’Afrique centrale, ont indiquĂ© des responsables. Le prĂ©sident FĂ©lix Tshisekedi, le prĂ©sident sortant, brigue un second mandat lors du scrutin du 20 dĂ©cembre. De nombreux analystes estiment […]

RDC: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi i Pretoria mu nama yo gushaka uko bazafatanya mu matora

Intumwa z’abayobozi bakuru batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bageze muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere ushize kugira ngo baganire ku bijyanye n’imikoranire mbere y’amatora ateganijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Felix Tshisekedi uri ku butegetsi, yiyamamariza manda ya kabiri mu matora yitezwe ku itariki ya 20 Ukuboza. Abasesenguzi benshi babona […]

Rwanda migrants plan must go ahead ‘no ifs, no buts’, says Robert Jenrick

The Rwanda deportation plan must go ahead “no ifs, no buts”, the immigration minister said, as he hinted that the Government was prepared to quit the European Convention on Human Rights. In an interview with The Telegraph, Robert Jenrick said for the first time that the Government’s aim was to “stop the boats in their […]

Kinshasa: Abandi bafunzwe bazira urupfu rwa L D Kabila barasaba gusubizwa imirimo bahoranye

dsa.jpg

Abahoze ari abagororwa bababariwe mu rubanza rw’iyicwa rya Perezida Laurent-Desire Kabila basabye kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 11 Ugushyingo, gusubizwa imirimo yabo ya mbere. Babisabye mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Radio Okapi. Umwe muri bo, Constantin Nono Lutula wahoze ari umujyanama udasanzwe mu by’umutekano wa Laurent Desire Kabila, na we […]

Rutshuru: M23 yongeye gufata Kishishe nyuma y’imirwano ikaze

Imirwano hagati ya M23 na FARDC n’abafatanyabikorwa bayo kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ugushyingo yakomereje ahantu hatandukanye muri Kibumba, Buhumba kugeza Kishishe na Bambo, muri Teritwari za Rutshuru na Kilolirwe. Amakuru aturuka aha aremeza ko muri iki gitondo inyeshyamba za M23 zongeye kwigarurira agace ka Kishishe, ko muri Gurupoma ya Bambo, Teritwari ya Rutshuru, […]