Gen Muhoozi yanze kwitaba Abadepite aherutse kwita ibicucu

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yahagaritse inama ya Komisiyo ishinzwe Ingabo nâUmutekano nyuma yâuko Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru wâIngabo yanze kwitaba ku nshuro ya Kabiri ahamagazwa. Kutitaba kwa Gen Muhoozi kwatumye abagize komisiyo bagaragaza akababaro ku bwâagasuzuguro kagaragajwe na Gen Muhoozi cyane ko yari aherutse kwita abadepite âabasazi nâibicucuâ ndetse akabatera ubwoba ko yabafunga. […]
DJ Theo yapfuye

Twahirwa Theophile uzwi nka DJ Theo wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda yapfuye mu gitondo cyo ku wa 21 Mutarama 2025 mu bitaro bya Masaka nyuma y’igihe arembye. Amakuru avuga ko yari amaze amasaha make ageze muri ibyo bitaro, aho yari yajyanywe mu ijoro ryo ku wa 20 Mutarama Nubwo byagaragaraga ko ameze neza gato ku […]
Umuryango w’umukobwa wagabye igitero ku musore wanze kurongora umukobwa wabo

Mu gace ka Karauli mu ntara ya Rajasthan mu Buhinde, habereye inkuru idasanzwe ubwo umuryango w’umukobwa warakazwaga bikomeye n’umusore wambitse impeta umukobwa wabo maze ntiyamurongora. Uyu musore wari warambitse impeta yaje kubenga uwo yambitse impeta ku munsi w’ubukwe aho byarakaje umuryango w’umukobwa bigatuma ugaba igitero ku muryango w’uyu musore. Ubwo bagabo igitero muri uru rugo, […]
Obama, Hillary Clinton, Bill Clinton bazomerewe mu irahira rya Trump

Ku wa Mbere, tariki 20 Mutarama, Barack Obama yitabiriye ibirori byo kurahira kwa Donald Trump, wabaye Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ariko yakirwa nabi nâabari aho. Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriwe nâamajwi yâabantu bari kumuzomera ubwo yageraga ahabereye irahira. Si we wenyine wakiriwe nabi, kuko […]
Nyampinga wâu Bufaransa 2000 yaje kwerekana umukunzi mu Rwanda

Uwitonze Sonia Rolland, Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga wâu Bufaransa mu 2000, yerekanye umukunzi we Guillaume Gabriel bateganya kurushingana mu Ugushyingo 2025. Sonia Rolland usanzwe ari umunyamideli nâumukinnyi wa filime, yamugejeje mu Rwanda ku wa 18 Mutarama 2025, amwereka ibyiza byâigihugu birimo Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, Parike yâIbirunga, nâahandi hantu nyaburanga. Amakuru ahari avuga ko igice […]
RIB yafunze Emelyne na bagenzi be bagaragara mu mashusho y’urukozasoni yatigishije umujyi

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu icyenda barimo Kwizera Emelyne nâitsinda ryâabandi umunani bahuriye mu rubuga rwa WhatsApp rwitwa Rich Gang aho bakurikiranyweho gufata no gusakaza amashusho agaragaza imibonano mpuzabitsina. Nkâuko byatangajwe nâUmuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry aba bantu bafashwe ku itariki ya 17 Mutarama 2025. Ati: ” âNibyo koko, […]
Umumyamakuru Fatakumavuta yabatirijwe muri gereza

Umunyamakuru Fatakumavuta ufungiwe muri gereza ya Mageragere yatangaje ko amaze igihe yarihindutse mu buzima bwe nyuma yo kwakira Yesu Kristo nkâUmwami nâUmukiza akanabatizwe mu mazi menshi mu Ukuboza 2024 mu itorero ryâAbadivantiste bâUmunsi wa Karindwi. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru bâIsibo Radio bamusuye, Fatakumavuta yavuze ko ubu ari umuntu mushya kandi abayeho neza aho afungiwe. Fatakumavuta […]
U Rwanda rugiye kwakira ibirori by’abafana ba Arsenal

U Rwanda rwatoranyijwe kwakira ibirori by’abafana ba Arsenal muri Afurika bizaba ku nshuro ya gatandatu hagati ya tariki ya 18 na 20 Mata 2025. Ibi ibirori bizahuza abafana bâikipe yâumupira wâamaguru ya Arsenal bo muri Afurika aho bazakora ibikorwa byo gufasha abatishoboye, bakine indi mikino ndetse bagire nâumwanya wo kwishimisha no gusura ubwiza nyaburanga bwâu […]
Trump yagaruye TikTok muri Amerika

TikTok yongeye gukora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Cyumweru nyuma yâuko Perezida Trump atangaje ko azasohora itegeko ryihariye ryo guhagarika ishyirwa mu bikorwa ryâitegeko riyihagarika. Ku wa Gatandatu tariki ya 18 Mutarama 2025, TikTok yari yahagaritse serivisi zayo muri Amerika kubera itegeko ryari ryatowe kubera impamvu zâumutekano wâigihugu. Gusa ku Cyumweru tariki 19 […]
Kaboyi watorotse Rayon Sports WFC yatangajwe muri Yanga

Umunyarwandakazi Jeanine Mukandayisenga wamenyekanye nka Kaboyi yemejwe ku mugaragaro nkâumukinnyi mushya wâikipe ya Yanga Princess yo muri Tanzania. Uyu mukinnyi yari amaze iminsi ari mu myitozo hamwe nâiyi kipe nyuma yo kuva muri Rayon Sports Women FC yo mu Rwanda. Amakuru kandi agaragaza ko Mukandayisenga yerekeje muri Tanzania mu mwaka ushize, atorotse ikipe ya Rayon […]
Kiliziya yahagaritse umupadiri wakoze ubukwe rwihishwa muri Amerika

Kiliziya Gatolika muri Diyosezi ya Warri, muri Leta ya Delta mu gihugu cya Nigeria yahagaritse Rev. Fr. Daniel Okanatotor Oghenerukevwe ku mirimo y’ubusaserdoti nyuma yâuko bivuzwe ko yakoze ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Musenyeri wa Warri, Nyiricyubahiro Anthony Ovayero Ewherido hamwe nâUmunyamabanga wa Diyosezi, Padiri Clement Abobo, tariki […]
Polisi y’u Rwanda yahannye umuhanzi The Ben

Umuhanzi wâUmunyarwanda The Ben yahanishijwe gutanga amande yâamafaranga ibihumbi 10 yâu Rwanda nyuma yo gufatwa nâinzego zishinzwe umutekano atwaye imodoka adakurikije amategeko agenga abatwara ibinyabiziga, aho atari yambaye umukandara wâumutekano. Iki gihano cyashyizweho na Polisi yâu Rwanda nkâuko biteganywa nâamategeko, gisanzwe gihabwa umuntu wese ugaragaye muri aya makosa agamije gushyira ubuzima bwe cyangwa ubwâabandi mu […]
Impano waha umukunzi wawe bijyanye n’ibyo akunda

Mu gihe utegura impano ku muntu wâinshuti yawe, umukunzi, cyangwa umuvandimwe ni ingenzi gusobanukirwa ibyo akunda nâibimushimisha. Impano ntabwo ari igikorwa cyâamafaranga gusa ahubwo ni ikimenyetso cyâubwitange nâubushishozi bigaragaza ko watekereje ku muntu uyihabwa. Ku buryo bworoshye, dore uburyo butandukanye bwo guhitamo impano ijyanye n’ibyo uwo ugiye kuyiha akunda: 1. Ku bakunda kurimba Impano: Imyenda […]
Neymar yatangaje ko Mbappé yagiriye ishyari Messi

Umukinnyi wâumupira wâamaguru wâUmunya-Brazil, Neymar yagaragaje ko Kylian MbappĂ© yagiriye ishyari Lionel Messi nyuma yâuko uyu Munya-Argentina asinye amasezerano yo gukinira Paris Saint-Germain (PSG) mu mwaka wa 2021. Neymar yavuze ibi mu kiganiro cya podcast gishya gikorwa na RomĂĄrio, rutahizamu wâibihe byose mu ikipe yâIgihugu ya Brazil. Neymar yavuze ko ibintu byahindutse Messi ageze muri […]
Umukinnyi yaguye mu kibuga arapfa

Umukinnyi wâumupira wâamaguru, Maicon Adeyemi Adewale Oluyide ukomoka mu karere ka Ilesa West muri Leta ya Osun muri Nigeria, yapfuye aguye mu kibuga ubwo yari mu irushanwa ryo kwibuka Otunba Isiaka Adetunji Adeleke. Uyu mukinnyi wari ufite imyaka 29 yaguye mu kibuga mu mukino wa nyuma wâiri rushanwa wabereye ku kibuga cya Ataoja School of […]
Yaroze umwana we agamije kwibonera aba-followers kuri TikTok

Umugore wâimyaka 34 ukomoka muri Australia umenyerewe ku rubuga rwa TikTok, yatawe muri yombi ashinjwa kurogoya umwana we no kumukorera iyicarubozo kugira ngo abone inkunga yâamafaranga ndetse yongere n’umubare wabamukurikira kuri uru rubuga. Amashusho yerekana uyu mugore wo muri Queensland arira ubwo abapolisi bamwambikaga amapingu mbere yo kumujyana mu modoka ya polisi. Uyu mugore arashinjwa […]
APR BBC yegukanye igikombe kiruta ibindi

Nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona ya Basketball yâIcyiciro cya mbere mu mwaka wâimikino wa 2024-25, ikipe ya APR BBC yongeye kwerekana imbaraga zayo itsinda REG BBC ku manota 73-53, yegukana igikombe kiruta ibindi (Super Coupe). Uyu mukino wâamateka wabereye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 17 Mutarama 2025, watangiye Saa mbiri nâigice, […]
Nyina wa Bushali yashyinguwe

Nyina wa Bushali, Dusabimana Marie ThĂ©rĂšse wapfuye ku wa 14 Mutarama 2025 azize uburwayi, yashyinguwe mu cyubahiro mu muhango witabiriwe n’abahanzi barimo abakora injyana ya rap mu Rwanda. Uyu muhango watangiriye mu rusengero rwa ADEPR i Gikondo aho inshuti nâabavandimwe bakoze amasengesho yo kwihanganisha umuryango wa nyakwigendera mbere yo kumushyingura mu irimbi rya Rusororo. Bushali, […]
Umuhanzi yatawe muri yombi akekwaho ibyo gukuramo inda y’umukunzi we

Umuvugizi wa Polisi muri Kampala, Patrick Onyango yemeje ko umuhanzi Musigazi Abdulaziz wamenyekanye nka Vyroota mu muziki wa Uganda yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukuramo inda y’umukunzi we. Amakuru ahari agaragaza ko Vyroota yateye umukobwa inda ariko yanga kuyemera ubwo yabimenyeshwaga aho yasabye uwo mukobwa gukuramo iyo inda. Nubwo uwo mukobwa yabanje kwanga, yahisemo […]
Ku myaka 120 ibura amezi 2 yaciye agahigo ko kuba umuntu ukuze cyane ku isi

Umukecuru wâimyaka 119 wo muri Leta ya Rio de Janeiro muri Brazil, Deolira Gliceria Pedro da Silva aritegura kwizihiza isabukuru yâimyaka 120 mu mezi abiri ari imbere, ndetse akaba agiye no kwemezwa na Guinness World Records nkâumuntu ukuze kurusha abandi ku isi. Uyu mwanya kuri ubu ufitwe nâundi Munya-Brazil witwa Inah Canabarro Lucas, umubikira wâimyaka […]
Polisi y’u Rwanda igiye gukurikirana ibya The Ben byo gutwara atambaye umukandara

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukurikirana amakosa yaba yarakozwe n’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben yo gutwara imodoka atambaye umukandara nk’uko byagaragajwe n’ukoresha urubuga rwa X witawa Edman Ishimwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mutarama 2025 nibwo uwitwa Edman Ishimwe yagiye ku rubuga rwa X maze agashyiraho amashusho […]
Umukozi wo mu ndege yirukanwe azira kumansurira mu kazi

Umukozi wo mu ndege wari umaze amezi arenga atandatu akora muri Alaska Airlines, Nelle Diala yirukanwe ku kazi nyuma yo gushyira ku rubuga rwa TikTok amashusho yamugaragazaga ari kumansurira mu ndege. Nkâuko byatangajwe na New York Post, aya mashusho yafashwe ubwo yari ari mu kazi aho byatumye ashinjwa kurenga ku mategeko yâikigo yerekeye imikoreshereze yâimbuga […]
Papa Francis yituye hasi i Vatican

Papa Francis wâimyaka 88 yagize impanuka aho yikubise hasi akomereka ukuboko kwâiburyo konyine nkâuko byatangajwe na Vatican. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nâibiro bye, ryemeza ko Papa yagize igikomere ku kuboko kwâiburyo mu gitondo cyo ku wa Kane ubwo yahanukaga muri Casa Santa Marta, aho atuye. Kubera iyi mpanuka, ukuboko kwe kwashyizwe mu byuma bimufasha kugusubiza […]
Umukinnyi wa Basketball wo muri Amerika yishwe arashwe

Noah Scurry wâimyaka 17 wari icyitegererezo mu mukino wa basketball muri Pennsylvania, yapfuye ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama 2025 nyuma yo kurasirwa hafi yâurugo rwe. Polisi yo mu Mujyi wa Philadelphia yatangaje ko Scurry yarashwe mu gitondo ahagana saa moya n’iminota cumi nâitanu (7:15 AM), ubwo yari agiye ku ishuri rya Samuel Fels […]
Ibitaro bya Nyarugenge bigiye kongera gufungura imiryango

Minisitiri wâUbuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko ibitaro byâAkarere ka Nyarugenge bigiye kongera gutanga serivisi nyuma yâigihe byari bimaze bifunzwe kubera imirimo yo gusana. Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga nâAbasenateri asobanura ko ibi bitaro byafunzwe kugira ngo hakemurwe ibibazo birimo ibyâamatiyo yâamazi yo hasi atari yubatswe neza. Minisitiri Nsanzimana yavuze ko ikibazo cyâamatiyo cyakemutse kandi ibikoresho […]
Yakoze ubukwe bikino none yisanze mu nkiko

Mu gihugu cya Australia, haravugwa inkuru y’umugore wasabye urukiko gutesha agaciro amasezerano yo gushyingiranwa yakoze yibwira ko ari imikino aho yashakaga kwibonera abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugore utatangajwe amazina yavuze ko ibyo byabaye mu birori byo mu Ukuboza 2023 byari byateguwe nâuwari umukunzi we, aho bari bagamije kuzamura abamukurikira (followers) ku rubuga rwa Instagram. […]
Ibitaro bya CHUK bigiye kwimurwa bitarenze Kamena 2025

Minisitiri wâUbuzima mu Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko bitarenze Kamena 2025, Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) bizaba byimuriwe i Masaka mu Karere ka Kicukiro. Ni igikorwa cyari kimaze imyaka igera kuri 12 kiganirwaho ariko ubu kikaba kiri hafi gushyirwa mu bikorwa. Mu mwaka wa 2013, hafashwe icyemezo cyo kwimura ibi bitaro byari mu […]
Minisitiri wa Siporo agiye kwishyuriza abakinnyi n’abatoza bambuwe na Padiri

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yatangaje ko ikibazo cyâabakinnyi bâikipe ya Fatima WFC batabaza basaba kwishyurwa imishahara cyamaze kugera ku nzego zishinzwe, kandi kiri gukurikiranwa ngo kibonerwe umuti urambye. Hashize igihe havugwa ibibazo byâamikoro mu makipe yâabagore, cyane cyane akina Shampiyona yâIcyiciro cya Mbere aho bamwe mu bakinnyi nâabatoza bagaragaza ko badahembwa uko bikwiye. Abakinnyi […]
U Rwanda ntiruzitabira CHAN

Ku wa 15 Mutarama 2025 mu mujyi wa Nairobi habereye tombola igaragaza uko ibihugu bizaba biri mu matsinda yâirushanwa ryâIgikombe cya Afurika cyâabakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Iri rushanwa rizitabirwa nâamakipe 19, rikazabera muri Uganda, Kenya, na Tanzania muri Kanama uyu mwaka. Amakipe 17 yamaze kubona itike yashyizwe mu matsinda ane, atatu arimo […]
Umufana wa Rayon Sports yavuye i Kigali ajya mu Ruhango gushimira Amagaju FC

Mu rwego rwo gushimira ikipe yâAmagaju FC nyuma yo gutsinda APR FC igitego 1-0 mu mukino wâumunsi wa 15 wa Shampiyona wabereye kuri Stade Huye ku wa 12 Mutarama 2025, Ndakaza Gerard, umufana wa Rayon Sports, yaturutse i Kigali ajya kubashimira. Ndakaza yitwaje icyapa cyari cyanditseho amagambo agira ati: “Nta kindi nakwitura Amagaju FC.” Ibi […]
Vestine uririmbana na Dorcas yasezeranye n’umunyamahanga

Ishimwe Vestine uririmbana na Dorcas yasezeranye mu mategeko nâumukunzi we mu muhango wabereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Vestine uvutse mu Karere ka Musanze ni umuhanzi wâindirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana hamwe nâumuvandimwe we Dorcas yasezeranye nâumusore ukomoka muri Burkina Faso nk’uko amakuru agera kuri Bwiza.com abihamya. Uyu muhango wabereye imbere […]
Amerika yaciye abihinduje ibitsina bose mu mikino

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyo kubuza abagabo bihinduje ibitsina gukina mu mikino yâabagabo kimwe nâabagore bahinduriye ibitsina gukina mu mikino yâabagore. Ibi byatangajwe na Mike Johnson, Umuyobozi wâInteko Ishinga Amategeko abicishije ku rubuga X (rwahoze ari Twitter) agira ati: âUyu munsi ni intsinzi ikomeye muri Amerika kuko Abadepite bâAbarepubulikani bemeje itegeko rya […]
RIB yongeye kuburira abari gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni

Urukundo rwâumukinnyi wa Basketball, Adonis Jovon Filer, ukinira APR BBC, na Kathia Uwase Kamali, umwe mu bakobwa bakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga rukomeje kuvugwaho cyane nyuma yâamakuru nâamashusho akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, aho uyu musore ashinjwa ubuhehesi. Ni urukundo rwari rugeze ku rundi rwego nyuma yâuko Adonis, ku wa 1 Mutarama 2025 yateye ivi […]
Abakinnyi b’ikipe ya Fatima WFC bagiye gufata padiri wabambuye abaca mu rihumye

Abakinnyi bâikipe ya Fatima Women Football n’umutoza wabo Ntagisanimana Saida bateye umuyobozi wa Fatima WFC, Padiri Hagabimana Ferdinand ku biro bye bashaka kumwishyuza imishahara y’amezi ane ababereye maze arikingirana ntibamuca iryera. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 14 Mutarama 2025 ahagana saa Moya nibwa aba bakozi ba Fatima WFC bagiye kwishyuza amafaranga yabo […]
Udushya twaranze igice cya mbere cya Shampiyona mu Rwanda

Igice cya mbere cya Shampiyona yâu Rwanda “2024/25 Rwanda Premier League” cyasojwe ku Cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2025 Rayon Sports iyoboye urutonde nâamanota 36 mu mikino 15. Ni igice cyaranzwe nâumupira mwiza nâibitego byiza ariko hanagaragayemo ibyatunguye benshi ndetse nâamakimbirane yateje impaka. Dore ibintu bine byâingenzi byaranze iki gice cya mbere: 1. Isezererwa rya […]
APR FC yasinyishije undi rutahizamu

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yaraye isinyishije rutahizamu mushya uzayifasha mu gice cya kabiri cya Shampiyona y’ikiciro cya Mbere mu Rwanda. Amakuru yatangajwe ku mugoroba wo ku wa Kabiri nâumunyamakuru Kalisa Bruno Taifa, yemeza ko rutahizamu Djibril Ouattara wâimyaka 25 yâamavuko yamaze gusinyira APR FC amasezerano yâimyaka ibiri. Djibril Ouattara yatangiye gukina ruhago mu […]
Nyina wa Bushali yapfuye

Umuhanzi wâumuraperi Hagenimana Jean Paul wamamaye nka Bushali ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we, nyina umubyara, wapfuye mu ijoro ryo ku wa 14 Mutarama 2025 azize uburwayi yari amaranye iminsi. Bushali umaze kumenyekana cyane mu njyana ya Kinyatrap, yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga amarangamutima yâakababaro, aho yanditse ijambo “mama” aherekezaho ikimenyetso cyâamarira. […]
Claudine wabaye umuyobozi wungirije wa RBA yapfuye

Claudine DeLucco Uwanyiligira wabaye Umuyobozi Wungirije wâUrwego rwâIgihugu rwâItangazamakuru (RBA) yapfuye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri. Uwanyiligira yari umuyobozi wungirije wa RBA kuva mu 2013Â aho yari afite inshingano zo gukurikirana amashami yâimari, igenamigambi, imenyekanishabikorwa, abakozi nâimiyoborere, akaba yari yungirije Arthur Asiimwe wari Umuyobozi Mukuru. Izi nshingano Uwanyiligira yazigezeho ari umuyobozi wungirije kandi yakomeje […]
Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga rya VAR

Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga ryo gufasha abasifuzi mu byemezo bifashishije amashusho rizwi nka Video Assistant Referee (VAR). Iyi stade mpuzamahanga ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza yatashywe ku mugaragaro mu mezi atandatu ashize kandi yatangiye kwakira imikino muri Kanama 2024. Amakuru yizewe agera kuri BWIZA yemeza ko Stade Amahoro yamaze gushyirwamo ibikoresho […]
Amafaranga yo gufasha Kanyankore yarigitiye mu bifu by’abakomeye

Hari amafaranga yegeranyijwe kugira ngo afashe Kanyankore Gilbert YaoundĂ©, umutoza wâicyamamare mu mupira wâamaguru mu Karere ka Afurika yâi Burasirazuba, ariko ayo mafaranga yaje kumugeraho atuzuye nk’uko bari bayakusanyije. Nyuma yâuko hagaragaye inkuru mbi ivuga ko Kanyankore wâimyaka 73 arwaye kanseri kandi arembye, abakunzi bâumupira wâamaguru i Burundi, abo yatoje mu makipe nka Vitalâo ndetse […]
Icyamamare cya mbere cyapfiriye mu nkongi y’umuriro i Los Angeles

Dalyce Curry wamenyekanye muri filime nka The Blues Brothers, The Ten Commandments, na Lady Sings the Blues, yapfuye afite imyaka 95 mu nkongi ikomeye y’umuriro yabaye i Los Angeles. Umubiri wâuyu mukecuru wari uzwi nka “Momma D” mu muryango we, wabonetse mu nzu ye yari yasenywe n’umuriro mu gace ka Altadena. Urupfu rwe rwemejwe ku […]
Imidari yatanzwe mu mikino Olempike ya Paris 2024 yangiritse itamaze kabiri

Abakinnyi barenga 100 bitabiriye Imikino Olempike ya Paris 2024 bamaze gusubiza imidari yabo nyuma yâamezi atanu gusa kubera ko yangiritse. Nk’uko byatangajwe na Reuters iyi midari yakorewe mu ruganda rwâIcyubahiro rwa Paris (Monnaie de Paris) aho amakosa yabaye ku rwego rwo gukoresha ibinyabutabire bidafite ubuziranenge bikaba aribyo byateye iyo midari kwangirika mu buryo bwihuse. Ibi […]
Yafunzwe azira gishyira igitsina cye mu zuru ry’ifarasi

Mu kwezi gushize muri Leta ya Florida, polisi yataye muri yombi umugabo witwa Donald Calloway wâimyaka 53 nyuma yo gushinjwa ibikorwa bifitanye isano no guhohotera inyamaswa byakorewe ifarasi. Ibi byabereye mu gace ka Lake Wales ku itariki ya 26 Ukuboza 2024 nk’uko byemezwa n’abatangabuhamya babonye uyu mugabo ari gukora ayo mahano. Nkâuko bigaragara mu nyandiko […]
Mwubahe Tantine wanyu yemwe bana: Kate Bashabe

Mu minsi ishize umuhanzi Juno Kizigenza yashyize ku mbuga nkoranyambaga amashusho agaragaza ari kumwe na Kate Bashabe baririmba indirimbo Shenge, indirimbo yiganjemo amagambo yâurukundo aho ayo mashusho yatumye bamwe mu bakurikira aba bombi batangira gukeka ko hagati yabo hashobora kuba hari urukundo bitewe n’uburyo bagaragaye. Mu gice cyâibitekerezo (comment section) umwe mu bakunzi babo yanditse […]
Abarundi bateye inkunga yo kwivuza Kanyankore wahesheje Amavubi Cecafa (Amafoto)

Umutoza wâinararibonye ukomoka mu Burundi, Kanyankore Gilbert uzwi nka YaoundĂ© wigeze gutoza ikipe yâigihugu yâu Rwanda âAmavubiâ yashimiwe ku bitangaza yagezeho mu mupira wâamaguru, anahabwa inkunga yo gukomeza kwivuza nyuma yâigihe arwaye. Ku Cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2025 mu gihugu cyâu Burundi hateguwe umukino wihariye wo gushimira Kanyankore no kuzirikana ibigwi bye mu kibuga […]
Nta mutinganyi wemerewe kuba umusirikare muri Nigeria

Leta ya Nigeria yashyizeho amabwiriza mashya abuza abasirikare bayo kwijandika mu bikorwa birimo ubutinganyi, gusambanya inyamaswa, kwambara imyenda itajyanye nâigitsina cyabo (cross-dressing) nâibindi byitwa ko binyuranyije nâamahame yâimyitwarire ya gisirikare. Ibi byashyizwe mu ngingo ya 26 yâamategeko mashya agenga imyitwarire nâamasezerano yâabasirikare (Harmonised Armed Forces Terms and Conditions of Service) yashyizweho umukono na Perezida Bola […]
Miss Mutesi Jolly yagaragaye ku mukino wa Arsenal na Man U (Amafoto)

Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara ku mukino wa FA Cup wahuje Arsenal na Manchester United kuri Emirates Stadium i Londres ku itariki ya 12 Mutarama 2025. Uyu mukino waranzwe nâubushyamirane bukomeye warangiye Manchester United itsinze Arsenal kuri penaliti nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota isanzwe y’umukino. Mutesi Jolly […]
Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu

Mu gihugu cya Brazili, mu gace ka Samambaia mu Mujyi wa Federal haravugwa urupfu rwâumukozi wo mu rwuri wâimyaka 45 bivugwa ko yageragezaga gufata inka ku ngufu. Uyu mugabo utatangajwe amazina yasanzwe yapfuye aryamye iruhande rwâinka yambaye agakingirizo yari agiye gukoresha afata kungufu iyo nka. Amakuru yatangajwe nâabakozi bagenzi be avuga ko uyu nyakwigendera yari […]
AS Kigali yarezwe muri Ferwafa

Blaise Itangishaka wahoze ari umukinnyi wa AS Kigali mu mwaka wâimikino wa 2023-24 yandikiye Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Rwanda (FERWAFA) asaba ko ryamufasha kwishyuzwa amafaranga miliyoni 2.4 Frw iyi kipe imufitiye. Blaise avuga aya mafaranga arimo imishahara yâamezi ane atigeze ahabwa ubwo yakiniraga AS Kigali, ikipe iterwa inkunga nâUmujyi wa Kigali. Uyu wahoze ari myugariro […]
Yaretse gukina Basketball ajya gucuruza ubwambure bwe kuri murandasi

Liz Cambage, umwe mu bakinnyi bâimena bâumupira wâamaboko wâabagore ku isi yongeye kugaruka mu itangazamakuru mu buryo budasanzwe nyuma y’uko aretse gukina akajya gucuruza ubwambure bwe kuri murandasi. Uyu mukobwa wahoze akina muri shampiyona ya WNBA muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko amafaranga yinjije mu cyumweru cya mbere ajya kuri OnlyFans urubuga rucuruza […]
ADEPR yahagaritse amasezerano y’abapasiteri bafungiwe insengero

Itorero ADEPR mu Rwanda ryahagaritse amasezerano yâabapasiteri nâabarimu bayo bakoreraga mu nsengero zafunzwe mu bugenzuzi bwakozwe na RGB muri Kamena umwaka ushize wa 2024. Mu nama yateraniye ku wa 27 Ugushyingo 2024, Komite Nyobozi yâItorero ADEPR yafashe umwanzuro wo gusubika amasezerano yâumurimo yari yaragiranye nâabakozi bayo bakoreraga mu nsengero zafunzwe. Mu ibaruwa ifunguye yashyizweho umukono […]
Shaddboo yaba yarambuwe miliyoni 6 mu rukundo rwâibinyoma

Abantu benshi kuri murandasi bacitse ururondogoro nyuma yâuko Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo, atangaje ko atigeze akundana byâukuri na Producer YewĂ«eH. Shaddyboo yavuze ko we na YewĂ«eH bari mu masezerano yo kugaragaza ko bakundana mu rwego rwo kumufasha kumenyekana gusa ngo amafaranga yagombaga guhembwa muri urwo rukundo rw’ubucuruzi ntiyigeze ayahabwa. Mu Ukwakira […]
Rutahizamu Mamadou Sy wa APR FC yayiteye umugongo yigira i Burayi

Rutahizamu mpuzamahanga ukomoka muri Mauritania wâimyaka 24 wakiniraga APR FC, Mamadou Sy yemejwe nkâumukinnyi mushya wâikipe ya Tikvesh yo muri Macedonia. Uyu mukinnyi yari amaze amezi atandatu akinira APR FC yo mu Rwanda ariko ubu agiye kwerekeza ku mugabane wâu Burayi aho azakinira Tikvesh. Ikipe ya Tikvesh yamusinyishije mu rwego rwo kuzamura urwego rwâubusatirizi bwayo […]
Donald Trump ari gutegura guhura na Putin

Donald Trump, perezida uherutse gutorwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko hari inama iri gutegurwa hagati ye na Perezida Vladimir Putin wa Russia. Mu magambo yavuze ku kigo cye cya Mar-a-Lago muri Florida, Trump yagize ati: âYifuza guhura nanjye kandi turimo kubitegura.â Nubwo nta gihe ntakuka yatangaje ku bijyanye nâigihe iyo nama izabera, […]
Rayon Sports igiye gusinyisha rutahizamu mushya

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushakisha abakinnyi bazayifasha gukomeza kwitwara neza mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona yâu Rwanda aho byatangajwe ko iri mu biganiro nâumukinnyi wâUmunya-Uganda, Bayo Aziz Fahad. Amakuru yizewe yamenyekanye mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mutarama 2024 agaragaza ko Bayo ari hafi gusinya amasezerano muri Rayon Sports. Uyu […]
Zari Hassan yannyeze abasetse umugabo we (Videwo)

Umunyamideli wâUmunya-Uganda uba muri Afurika yâEpfo, Zari Hassan yifashishije imbuga nkoranyambaga atabara umugabo we Shakib Lutaaya nyuma yo kwibasirwa nâabantu bamuseka bavuga ko adashoboye kuvuga neza Icyongereza. Ibi byabaye mu gihe uyu mugabo yitegura kugaragara mu gice cya gatatu cya filime mbarankuru ya Netflix, Young Famous & African ibarizwamo ibyamamare bikomeye muri Afurika. Mu mashusho […]
U Rwanda rwatangiye gukingira virusi itera SIDA

Mu rwego rwo kurwanya ikwirakwira rya virusi itera SIDA, u Rwanda rwatangije ikoreshwa ryâurushinge rwa PrEP rukora igihe kirekire aho rwitezweho gufasha abantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi virusi. PrEP ni umuti wifashishwa mu gukumira kwandura virusi itera SIDA ukaba ukora mu mubiri aho uremamo ubwirinzi bukomeye butuma virusi itabona aho yikinga igihe umuntu […]
RDC na Sudan biyoboye isi mu kugira abagabo bibitseho ibitsina bya rutura

Ubushakashatsi bwakozwe na Data Pandas isoko yâamakuru atandukanye ku buzima n’imibare y’abaturage, ubukungu ndetse nâibindi bwerekanye uko ibihugu bihagaze ku bipimo byâuburebure bwâigitsina cyâabagabo igihe cyafashe umurego. Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko impuzandengo yâuburebure bw’igitsina cy’abagabo ku isi ari hafi santimetero 13.12 (inch 5.16) mu gihe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari santimetero 14.1 (inch […]
Jay-Z yareze uwamushinjaga gusambanya umwana ku ngufu

Umuraperi wâumunyamerika Jay-Z yasabye urukiko guhana umunyamategeko Tony Buzbee, amushinja gutanga ikirego kibeshya cyâuko yasambanyije umwana muto mu mwaka wa 2000 nyuma yâibirori bya MTV VMA Awards. Mu nyandiko yashyikirijwe urukiko nâumunyamategeko wa Jay-Z, Alex Spiro ashinja Buzbee ko atigeze akora iperereza ryâibanze mbere yo gutanga ikirego. Iki kirego kirega Jay-Z na mugenzi we Diddy […]
The Ben yakiriye umwana warize mu gitaramo cye (Amafoto)

Ku wa 7 Mutarama 2025 umuhanzi The Ben yakiriye mu rugo umwana muto wamweretse urukundo rukomeye mu gitaramo aherutse gukorera muri BK Arena ku wa 1 Mutarama 2025. Uyu mwana ukomoka mu Karere ka Rubavu yagaragaye asuka amarira imbere ya The Ben kubera urukundo akunda uyu muhanzi. Amashusho yashyizwe hanze na The Ben nyuma yâigitaramo […]