Imyanya 32 y’akazi mu karere ka Muhanga (Deadline 18/8/2015)

The Muhanga District is seeking to recruit-experienced candidates to fill the following positions: Hygiene and Sanitation Officer : Requirements: AO in Public Health, Health Sciences, Clinical Psychology, Sociology, Social Work, Environmental Health Sciences Secretary and Central Secretariat Requirements: A1 in Secretariat Studies, Office Management or AO in Public Administration, Administrative Sciences, Management, Sociology, Social Work, […]

31 JOBS at RNRA,Kigali, Rwanda — CLOSE 18/8/2015 Kigali

Rwanda Natural Resources Authority is an authority that leads the management of promotion of natural resources which is composed of land, water, forests, mines and geology. It is entrusted with supervision, monitoring and ensuring the implementation of issues related to the promotion and protection of natural resources in programs and activities of all national institutions. […]

Evode Uwizeyimana yifashe ku gahanga akurugutura Opozisiyo

Me Evode Uwizeyimana uri muri Canada aherutse kwifata ku gahanga avuga amagambo akarishye ku mashyaka arwanya leta y’u Rwanda aba mu buhungiro. Aha akaba yarashakaga kwihimura kuri aya mashyaka yari yamubeshyeye ko yahunze igihugu. Mu byumweru bibiri bishize Me Evode yavuzweho ko yaba yahunze igihugu asubira muri Canada aho yiberaga. Ibi byavuzwe nyuma y’aho afatiye […]

Ni uha satani umwanya wo kukuganiriza araguheka ku mugongo

Uwo mugore arayisubiza ati “Imbuto z’ibiti byo muri iyi ngobyi twemererwa kuzirya, keretse imbuto z’igiti kiri hagati y’ingobyi ni zo Imana yatubwiye iti ‘Ntimuzazirye, ntimuzazikoreho, mutazapfa.’ ” Iyo nzoka ibwira umugore, iti “Gupfa ntimuzapfa,kuko Imana izi yuko ku munsi mwaziriyeho, amaso yanyu azahweza mugahindurwa nk’Imana, mukamenya icyiza n’ikibi.” Uwo mugore abonye yuko icyo giti gifite […]

Mu gusoza amasengesho y’iminsi ya 21 ADEPR Rukurazo hitezwe ibintu bidasanzwe Kuri iki Cyumweru

Muri Adepr Rukurazo hashize iminsi ikabakaba k’ubyumweru 3 hari amasengesho y’iminsi 21 yateguwe niyi Paruwasi mu rwego rwo kuzana ububyutse no guhindurira benshi ku gukiranuka Mu kiganiro bwiza.com yagiranye n’umushumba wiyi Paruwasi Karangwa Alphonse yatangaje ko mu minsi igera kuri cumi n’umunani ishize hamaze gukoreka ibintu byinshi mu buryo budasanzwe,aha yavuze ko hamaje kubatizwa abantu […]

Somalia: Ingabo za Uganda zirakekwaho kwica abantu bari mu bukwe

Umuryango uharanira uburenganzira bwa Humana Right Watch urashyira mu majwi Ingabo za Uganda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia, AMISOM kwica abantu batandatu bari mu birori by’ubukwe ku ya 31 Nyakanga. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch uvuga ko abo bantu bishwe nyuma y’uko imodoka zari zitwaye ingabo za Uganda mu […]

Ese igitsina cy’umugabo gisiramuye cyumva uburyohe kimwe n’ikitarasiramuwe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?

Mu gihe hari abibwira ko kwisiramuza ari umuti w’ibanze ku barangiza vuba, inzobere ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere zitangaza ko igihe cyo kurangiza kijya gusa n’icy’utarisiramuje. Urubuga doctissimo.fr nyuma yo kuganira n’inzobere zitandukanye rwatangaje ko abagabo benshi basiramuye bagira ibyumvo bimeze kimwe n’iby’abatarasiramuwe n’ubwo hari abandi bakomeza kuribwa n’inkovu ibihe byose cyangwa se bakabona ibitsina byabo […]

Nyuma yo kurusimbuka kwa se, umukobwa wa Karaveri Mbonimpa ngo nawe yaba ahigwa byo kwicwa i Burundi

Nyuma y’ibyumweru bisaga 2, Petero Karaveri Mbonimpa Umuyobozi w’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu ( APRODH) bagerageje kumurasa Imana igakinga ukuboko, kuri ubu umukobwa we Amandine Nasasagare yatangaje ko nawe umutekano we utifashe neza i Burundi. Amandine Nasasagare yatangaje ko umutekano we ubangamiwe, ibyo akaba abitangaza nyuma y’aho ngo abantu bataramenyekana bagerageje kumukurikira bashaka kumubuza umudendezo […]

Ubuhamya: Nyuma yo kurunguruka i kuzimu yongeye kuririmbira Imana

Umuririmbyi wigeze no gutwara Grammy award Scott Stapp yari agiye kubura ubuzima bwe bitewe no kurarikira iby’isi, byatumye atanga umugore we akaba yari agiye no kwiyahura mu mwaka wa 2006 aho yagerageje kumanuka ku ibaraza ryo hejuru incuro zigera ku icumi . Uyu munsi ni umukristo mushya wavutse ubwa kabiri kubw’ubuntu bw’Imana. Uyu muririmbyi wahoze […]

Ushinzwe amasengesho arahamagarira abagabo kurya abagore babo mu gihe cy’inzara

Inkuru ibabaje kandi itaravuzweho rumwe n’abo bahuje ukwemera, Imam wa Arabia Saoudite, yemeza ko umgabo afite uburenganzira bwo kurya bimwe mu bice bimwe na bimwe bigize umubiri w’umugore we kubera ubuzima. Cheikh Abel Aziz akaba mufti muri Arabie Saoudite asobanura ijambo fatwa nk’igikorwa cyo gutanga igitambo no kubaha k’umugore n’umugabo kuko ngo iyo ariye umubiri […]

Igitsina cye cyafashe umurego kubera kubyina salsa arasezererwa

Mu Bufaransa, igihugu cyateye imbere mu bintu byinshi bitandukanye nko mu majyambere ndetse n’imbyino zabo zabaye ubukombe zikaba zinakunzwe mu bihugu byo hirya no hino ku isi aho twavuga nka (salsa dancer, Bale, slow dancer ) ndetse n’izindi. Kuri ubu nyuma y’uko habaye imyiteguro idasanzwe yerekezaga ku kubyina, umugabo ndetse n’undi mukobwa bari bitabiriye iyi […]