Arsene Wenger yemeje ko Arsenal izatsinda Manchester Utd

Ni mukiganiro n’abanyamakuru ubwo Arsene Wenger yatangaje ko Arsenal byanga byakunda izatsinda Man Utd mu mukino uzabahuza kuri iki cyumweru tariki ya 28 Gashyantare 2016. Ibyo yabivuze ashingiye ku kuvunika kw’abakinnyi ba Man U bityo ngo bikaba bizatanga icyuho ikipe ya Arsenal ikanyeganyeza inshundura ku buryo bworoshye. Uyu mutoza abajijwe icyo avuga kuri Louis Van […]

Muhanga: Gahunda ya EDC igiye guca ku barimu gupfunyikira abanyeshuri amazi

Abarezi bo mu Karere ka Muhanga baravuga ko gahunda y’ikoranabuhanga ya EDC izatuma nta mwarimu wongera kwigisha ahushura amasomo. Gahunda y’ikoranabuhanga ya EDC ikoreshwa mu burezi bw’abanza kugeza mu mwaka wa gatatu, aho umwarimu akurikiza gahunda y’isomo riri kuri Telefone ye riteguye ku buryo bw’amajwi bigatuma ntaho ashobora gusobwa kuko abanza kumva ibyo agiye kwigisha […]

Ibimenyetso bizakwereka ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cy’imibonano mpuzatsina

Mbere yo kugaragarizwa ibimenyetso biranga umugore urimo kurangiza, wabanza ukamenya ese kurangiza k’umugore ni iki? Biba ryari? Gute? Nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa Interineti Aufemin, mu by’ukuri kurangiza k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni ukugera ku byishimo bye bya nyuma ku buryo yumva ageze koko aho ashaka. Ibi bigaragara mu mihindagurikire n’imyitwarire ye mu buriri mu […]

Burundi: Abaperezida ba Afurika babonye ko amahoro akiri inzozi

Abantu batari bacye bakomerekejwe na grenade yatewe mu kivunge kuri uyu wa gatanu mu gihe iki gihugu cyakiriye guhera kuri uyu wa Gatatu itsinda ry’abakuru b’ibihugu na guverinoma bo muri Afurika batumwe na A.U. mu rwego rwo gushakira umuti ibibazo bimaze iminsi muri iki gihugu. Iki gitero cya grenade mu gace ka Buyenzi kandi kikaba […]

Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe?

Abantu benshi bavuga ko basenga Imana imwe ugasanga bayisenga muburyo bunyuranye, muri iyi nyandiko turifuza kuvuga kuri Ndiho, Imana ivugwa muri Bibiriya. nubwo abantu bayikunda bakemera ko ishobora byose ntakiyinanira. Itabara uyitabaje wese. N’ Imana yumva kandi ireba, Imana iruta ibindi byiyita Imana (ibigirwa Mana). Iyo uganiriye na bamwe mu bayoboke b’amatorero cyangwa amadini ukababaza […]

Messi yahaye umupira wa nyawo umwana wamukunze akajya yambara ishashi iriho izina rye

Umwana w’umuhungu w’imyaka 5 wo muri Afghanistan wagaragaye ku mafoto yambaye umupira wa Messi ariko yikoreye mu ishashi, amaherezo yabonye umwambaro wa nyawo wa Messi uriho n’imikono ye, (Orthograph) . Uyu mwana witwa Murtaza Ahmadi amafoto ye muri Mutarama yagaragaye hirya no hino ku mbuga za internet yambaye ishashi y’ubururu n’umweru isa nk’umwambaro ikipe y’igihugu […]

Kenya: Abajura batandatu bishwe n’abaturage igipolisi kirebera

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu i Nairobi muri Kenya, abakekwaho ubujura batandu biciwe hafi y’iguriro riri ahitwa Ruruta bari bagiye kwibamo, igipolisi kikaba kivuga ko cyarashemo umwe agapfa, mu gihe abandi batanu batewe amabuye n’abaturage kugeza bapfuye. Ibi ngo byabaye ubwo agatsiko k’abajura bagera ku munani kinjiraga muri iri guriro. Umuvugizi wa polisi, […]

Ise wa Justin Bieber w’imyaka 40 arateganya kurushinga n’umukunzi we w’imyaka 28 y’amavuko

Ise w’icyamamare Justin Bieber kuri uyu wakane taliki 25 Gashyantare 2016, nibwo yahishuriye rubanda ibijyanye n’urukundo rwe na Chelsey aho yashyize aka video ku rubuga rwa Youtube asaba umukunzi we Chelsey Rebelo w’imyaka 28 ko yamubera umugore nyuma y’igihe gito bamaze bakundana. Jeremey Bieber w’imyaka 40 y’amavuko, mu biruhuko yagiriye i St Barts nibwo yari […]

RDC: Imirwano ikomeye hagati y’abari gusezererwa n’abenda kwinjizwa mu gisirikare yaguyemo babiri

Amakimbirane hagati y’abari gusezererwa mu gisirikare n’abashyashya bari kukinjizwamo kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare mu nkambi ya Kitona mu Ntara ya Kongo yo Hagati, yaguyemo abantu babiri, abandi benshi barakomereka, mu gihe hangijwe n’ibintu byinshi by’ingenzi nk’uko byemezwa na Gen. Matutezulua, Komanda w’inkambi ya gisirikare ya Kitona wemeza ko ibintu byasubiye mu buryo. […]

Kagitumba: Polisi y'u Rwanda yashyikirije iya Uganda imodoka yari yaribwe yo

Mu gihe abanyabyaha ndetse n’amatsinda yabo bakomeje guhindura uburyo bakoramo ibikorwa byabo bihungabanya umutekano, ikoranabuhanga ryitwa I-24/7 rikoreshwa n’ibihugu 190 bigize Umuryango wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol) ryatumye hanozwa imikoranire y’ibihugu by’ibinyamuryango by’uru rwego rw’umutekano ku Isi. Umuyobozi w’Ishami rikorana na Polisi Mpuzamahanga muri Polisi y’u Rwanda(Interpol), Assistant Commissioner of Police (ACP) Antony Kuramba yavuze ko […]

Mali: Umusirikare wa Loni yishe bagenzi be mu gihe igitero kuri MINUSMA cyahitanye batanu

Umusirikare w’Umuryango w’Abibumbye uri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Mali (MINUSMA) kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare 2016 yishe bagenzi be babiri harimo umwe wari umukuriye n’undi w’umuganga bakomoka muri Tchad, abarashe nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa MINUSMA, Olivier Salgado wakomeje avuga ko iperereza rikomeje. Amakuru aturuka I Kidal mu birindiro by’izi ngabo, avuga […]

Biryogo:Mu mukino wa Damu utsinzwe anyweshwa amazi- REBA AMAFOTO

Ku gicamunsi cyo kuwa 25/02/2015 ahagana saa cyenda z’amanywa mu mujyi wa Kigari, Akarere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyarugenge, Akagari ka Biryogo, Umudugudu wa Gabiro aho benshi bamenyereye ku izina rya Tarinyota, habereye umukino wa Damu (jeu de dames)), aho uwatsindwaga yahitaga ahabwa igikombe cy’amazi akakinnywa akakimara. Mu gihe tumenyereye ko uwatsinze ahabwa igihembo, ho […]

Abacururizaga Mateus bararira ayo kwarika nyuma y’uko igihe ntarengwa bahawe ngo bahimuke kirangiye

Abacururiza muri Quartier Mateus bahangayikishijwe n’aho bagomba kwimurira ubucuruzi bwabo mu gihe Umujyi wa Kigali wababwiye ko itariki ya nyuma yo kwimuka muri aka gace yari kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare 2016. Aba bacuruzi bavuga ko inyubako beretswe bagomba kwimukiramo itubatsemo ibyumba bazakoreramo, bakavuga ko bibasaba kuzabyiyubakira, kandi ngo bakaba bagiye no guhura […]

Kurekura imfungwa 2000 ngo ni agakino Nkurunziza yakinnye agamije guhuma amaso Ban ki Moon

Ibi ni ibyatangajwe na Claver Mbonimpa, umuyobozi w’ Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (APRODH), avuga ko kuba umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza yaratangaje ko agiye kurekura imfungwa ibihumbi 2 ari uburyo bwo guhuma amaso amahanga mu gihe yabivuze ari imbere y’umunyamabanga w’umuryango w’abibumbye Ban Ki Moon. Yakomeje avuga ko ari ibinyoma, ndetse ko mu gihe Nkurunziza […]

Uganda: Ishyaka FDC riravuga ko bigeze aho leta ishaka kwivugana Dr Kiiza Besigye

Ishyaka Forum for Democratic Change (FDC) ryatangiye gushinganisha umukandida wari urihagarariye mu matora aheruka ya perezida wa repubulika, Dr Kiiza Besigye, rivuga ko igipolisi kimufungiye ahantu hatazwi hagamijwe kumugirira nabi. Dr Besigye bivugwa ko yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane nk’uko byari bimaze iminsi muri iki cyumweru bimugendekera, ariko nk’uko bitangazwa […]

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda yakiriye abapolisi bavuye mu butumwa bw’amahoro

​​“Tubahaye ikaze mu gihugu cyanyu, twizeye ko ibitekerezo muzanye, ubwenge, ubumenyi mwungukiye mu bihugu muvuyemo bizadufasha kubaka Polisi y’u Rwanda ndetse no guteza imbere akazi kayo muri rusange.” Aya ni amwe mu magambo umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda , IGP Emmanuel K. Gasana yagejeje ku bapolisi 27 bari bavuye mu butumwa bw’amahoro bwa Loni […]

Menya Inzu Habyarimana yanze gukoreramo ngo itazamutera umwaku

Nyuma y’uko iyi nzu iri mu za mbere zikuze cyane, kuko yatangiye kubakwa muri 1961 ikarangira muri 1972, imaze kuzura, akimara guhirika ubutegetsi bwa Geregwari Kayibanda ku ya 05 Nyakanga 1973, Habyarimana Yuvenali yanze kuyikoreramo avuga ko ishobora kumutera umwaku ku ngoma ye. Iyi nzu iherereye ku Kimihurura mu Murenge wa Kimihurura, yubatswe ku nkunga […]