Umwana w’imyaka 4 yishwe akatwa igitsina anakurwamo amara
Tajudeen, Umusore w’imyaka 16 y’amavuko wari umaze imyaka ine atuye hafi y’ikigo cy’amashuri abanza ahitwa Ijanik ho muri Nigeria yishe umwana w’umuhungu amukata igitsina ndetse anamuvanamo ibyo munda. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru dailypost, impamvu yamuteye gukora ibyo ni amafaranga yari yabwiwe n’uwitwa Osho wamwegereye akamubaza uburyo yazabonamo ibice by’umubiri w’umuntu amwizeza ko nabimubonera azamuha amanayira ahwanye […]
RDC: FARDC na Police batangiye ibitero byo kubohoza ibigo bya polisi
Abasirikare ba FARDC bafatanyije na Polisi ya RDC batangiye kugaba ibitero byo guhangana n’imitwe yitwara gisirikare iherutse guhambiriza ibigo bitanu bya polisi muri Masisi. Ibi bitero bikaba byagabwe muri Masisi hagamijwe kubohoza ibigo bya polisi bitanu byigaruriwe n’umutwe wa Nyatura ufatanyije na APCLS ndetse no kubohoza aka karere muri rusange. General Charles Bisengimana umukuru wa […]
Brazil: Uwahoze ari perezida mu maboko ya polisi
Uwahoze ari perezida wa Brazil, Luiz Inacio Lula da Silva yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu, aho bivugwa ko igipolisi cyamufashe kikajya kumuhata ibibazo mu rwego rw’iperereza ku byaha bya ruswa akekwaho muri sosiyete icukura peteroli yitwa Petrobas. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’igipolisi rivuga ko Lula da Silva yariye ruswa ivuye muri iyi sosiyete ya […]
Trump yongeye gutukwa n’abo bakomoka mu ishyaka rimwe
Ku nshuro ya kabiri, Donald Trump uri kwiyamamariza kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika yongeye gutukirwa mu kiganiro na bagenzi be bakomoka mu ishyaka rye ry’aba Republicain nabo bahatanira kuzemererwa kwiyamamariza kuzahagararira iri shyaka ku mwanya wa Perezida mu matora azaba mu mpera z’uyu mwaka kuri aba hakiyongeraho Mitt Romney. Donald Trump niwe uza imbere […]
Umwuka mubi hagati y’u Burundi n’u Rwanda ni ikibazo kuri EAC — Nzobonariba
“Umwuka mubi uri hagati y’u Burundi n’u Rwanda ni ikibazo ku muryango wose, urasiga icyasha imikorere myiza y’umuryango wa EAC” , ibi ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga Mukuru akaba n’umuvugizi wa leta y’u Burundi, Phillipe Nzobonariba. Bwana Nzobonariba avuga ko kubera icyo kibazo abakuru b’ibihugu bigize umuryango batekereje ko u Burundi bwaba bwihanganye umwaka umwe ngo ibi […]
Rusheshe: Abaturage barashima serivisi nziza bahabwa na Polisi
​Abaturage batuye Rusheshe, mu Murenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro bishimiye serivisi nziza bahawe n’imodoka ya Polisi ishinzwe kwakira no gukemura ibibazo by’abaturage ibasanze hafi y’aho batuye (Police Station Mobile Van), aho bakanguriwe akamaro ko gukumira ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kwirinda ibiyobyabwenge, icuruzwa ry’abantu ndetse n’ibindi byaha muri rusange. SP Modetse Mbabazi yasabye aba […]
Abaturage ba Bugeshi bagiye kwiyuzuriza igorofa rizakoreramo umurenge
Nyuma yo kwifatanya n’ abaturage bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Bugeshi mu muganda rusange usoza ukwezi kuwa 27 Gashyantare 2016 Perezidente w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’ abadepite, yashimye aba baturage igitekerezo bagize cyo kwiyubakira umurenge w’igorofa. Nk’ uko yabitangaje Honorable Mukabalisa Donatille ngo birashimishije cyane kumva ko abaturage bo mu murenge nka […]
Celine Dion agiye kugurisha inzu yasigiwe n’umugabo we umaze iminsi mike apfuye
Nyuma y’amezi asaga 2 umugabo wa Celine Dion “Rene Angelil” apfuye agasiga imitungo itandukanye harimo n’inzu iherereye muri Leta ya Florida, byemejwe ko Celine Dion yayishyize ku isoko. Ngo si ubwa mbere Celine ashatse kuyigurisha kuko n’umugabo we Rene akiri ku isi y’abazima bashatse kugurisha iyo nzu ariko ngo ibiciro bituma itabona abaguzi birangira babisubitse. […]
Pozisiyo 5 wakoresha umugore wawe akarangiza mu gihe cyo gutera akabariro
Mu gihe hirya no hino imiryango imwe n’imwe igenda itandukana ahanini bitewe n’uburyo umugore cyangwa umugabo atanyurwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bitewe akenshi n’ubumenyi bucye, hari uburyo 5 bushobora gufasha abagiye gukora icyo gikorwa ku buryo bwimbitse bigatuma nta n’umwe uca undi inyuma. 1.Uburyo bwo kugarama Ubu ni uburyo bukoreshwa mu gihe umugore yumva afite […]
Zimwe muri kata zakoreshejwe mu matora ya Miss Rwanda 2016 zatumye Umutesi Jolly atsinda
Niyonzima Elier Sando arahamya ko mu matora ya Miss Rwanda aherutse kuba hari ruswa benshi bakunze kwita kata zakoreshejwe nawe kugira ngo Mutesi Jolly wayatsindiye atoranywe. Elier Sando wirinze guhita azishyira ahagaragara byatumye Bwiza.com isesengura uko Miss yatowe igaragaza bimwe mu byitwa ko ari kata zaba zarakoreshejwe kugira ngo Mutesi Jolly atoranywe n’ubwo ushinzwe kumwamamaza […]
Brig.Gen Muhoozi, imfura ya Museveni nta rugamba rw’ishyamba azi
Amazina ye ni Muhoozi Kainerugaba , yavutse ku wa 24 Mata 1974, avukira Dar es Salaam muri Tanzania, ni imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni na Janet Museveni, bose bariho. N’ubwo uyu mugabo ageze kuri ipeti rya jenerali nta rugamba rw’ishyamba azi, imyaka myinshi y’amashuli ye yayimaze yiga mu mashuli ajyanye n’ibya gisirikare, bisobanuye ko […]
Nyakabanda bahangayikishijwe n’ingaruka zaterwa n’ibura ry’amazi rimaze kuba akarande
Abaturage baturiye uduce twinshi two mu Murenge wa Nyakabanda ndetse no mu Murenge wa Rwezamenyo, bahangayikishijwe n’ingaruka bashobora guterwa n’ibura ry’amazi rya hato na hato rimaze kuba akamenyero aho batuye. Zimwe mu mpungenge bafite hakaba harimo indwara zishobora guterwa n’umwanda. Bamwe mu baturage baganiriye na Bwiza.com bo mu Kagali ka Nyakabanda ya I ho mu […]
Perezida Kim yasabye ingabo ze kwitegura gukoresha ibitwaro bya kirimbuzi
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un yategetse igisirikare cye kwitegura kuba cyakoresha intwaro zacyo za kirimbuzi igihe icyo ari cyo cyose nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru cya leta, bikaba byari mu rwego rwo kugaragariza Loni ko batishimiye ibihano yongeye gufatira iki gihugu. Perezida Kim yanakangishije kugaba ibitero byo kubuza abanzi ba Koreya ya Ruguru kuba basubiza, […]
Icuruzwa rya caguwa muri EAC, ubukire kuri bamwe ubukene ku bandi
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC baravuga ko imyenda n’inkweto zikoze mu ruhu byose bya caguwa bitagihagaritswe burundu ahubwo ko bigomba gucuruzwa muri ibi bihugu mu gihe cy’imyaka 3 gusa kugira ngo inganda zibikora zitegure neza. Ibi bikaba bikuyeho icyifuzo cyari kimaze iminsi cy’uko iyi myenda n’inkweto bihagarikwa gucuruzwa burundu mu bihugu bigize […]
Byinshi kuri Ladislas Ntaganzwa Congo yemeye koherereza u Rwanda
Nyuma y’iminsi yarinangiye, Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yemeye koherereza u Rwanda Ladislas Ntaganzwa, Umunyarwanda w’imyaka 53 ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba aherutse gufatirwa muri iki gihugu. Ladislas Ntaganzwa yari umwe mu bantu 9 bashinjwa uruhare muri jenoside n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ndetse n’ubutabera bw’u Rwanda bari bataratabwa muri […]
Somalia: Umunyamakuru yakatiwe icy'urupfu azira kwicisha bagenzi be
Urukiko rwa gisilikali muri Somalia rwakatiye igihano cy’urupfu umunyamakuru Hassan Hanafi, rumaze kumuhamya ibyaha byo gufasha umutwe wa al-Sbabab kwica abandi banyamakuru batanu hagati y’umwaka w’2007 n’uw’2011. Umucamanza mukuru yavuze kandi ko bafite ibimenyetso simusiga byerekana ko Hassan Hanafi nawe ubwe yari umuyoboke wa al-Shabab. Mu kiganiro yagiranye na radiyo ya leta ya Somaliya mu […]
Ubukangurambaga bwo kurwanya ibyaha burakomeje mu mashuri
Polisi y’Igihugu yakomeje ubukangurambaga bwo guhashya ibyaha mu bigo by’amashuri mu turere twa Nyagatare, Gatsibo ndetse na Ngororero. Ubu bukangurambaga bugamije gukangurira urubyiruko kugira uruhare mu gutangira amakuru ku gihe no gukumira ibyaha bitaraba ngo bategure ejo hazaza habo heza. Mu Karere ka Nyagatare Polisi yigishije abanyeshuri 427 biga muri Bright Academy ndetse n’abarimu babo […]