Urutonde rw'Uturere dukomeje gutera urujijo kubakeneye kumenya amakuru kumbuga zatwo
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bimaze gukataza mu iterambere biciye mu ikoranabuhanga aho kuri ubu amakuru amwe namwe ushobora kuyabonera igihe ndetse akagera kubo agenewe bidasabye kurenga aho bari ariko wareba mu Uturere ugasanga bisa nkaho batazi icyo ikoranabuhanga rivuze bitryo bikaba biteye urujijo kubasura website z’Uturere bagasanga bakiyoborwa n’abayobozi bacyuye igihe. Dukora iyi […]
Biranugwanugwa ko Diamond yaba akorana n’imbaraga za sekibi
Mu gihe Diamond Platnumz akomeje kugenda afata indi ntera muri Afurika, abakurikiranira hafi iby’umuziki we batangiye kumuvugaho gukorana na Sekibi (Illuminati). Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Bigeye cyo muri Tanzaniya, ngo impamvu nyamukuru rubanda bavuga ko icyi cyamamare gikorana n’imbaraga z’umwijima ngo ni uko yazamutse vuba akubaka izina mu gihe gito ugereranyije n’abandi bahanzi bo Muri East […]
RDC: Havutse umutwe wa gisirikare mushya mu gace ka Kalehe
Abaturage, abategetsi n’abagize Societe Civile muri Kalehe baravuga ko biboneye umutwe witwara gisirikare mushya muri aka gace gaherereye muri Kivu y’Amajyepfo. Aba bose bavuga ko biboneye abarwanyi 19 bakeka ko ari aba Raia Mutomboki igice cya Ngandu. Aba ngo bagaragaye ku itariki ya 14 Werurwe 2016 i Idunga. Ngo aba barwanyi bari bitwaje intwaro za […]
Burundi : Perezida Nkurunziza yarekuye imfungwa 158
Perezida Nkurunziza yagiriye imbabazi abafungwa 158 bari bafungiye muri gereza ya Muramvya ndetse anagabanyiriza ibihano abandi bafungwa 45. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ubutabera mu Burundi Aime Laurentine Kanyana ubwo yasuraga iyi gereza mu ntangiriro z’iki cyumweru ariko biza gushyirwa mu bikorwa bucyeye bwaho. Minisitiri Kanyana avuga ko iki cyemezo gifashwe mu rwego rwo gushyira mu […]
Nyuma yo kurushinga, Mahoro Isaac uririmba indirimbo za Gospel agarukanye imigambi mishya
Mahoro Issac uririmba indirimbo zihimbaza Imana, nyuma yo kurushinga yagarutse atangariza abakunzi b’ibihangano bye ko agarukanye impinduka. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, yagarutse ku buryo yatangiye gukora indirimbo zihimbaza Imana, intego ze, ndetse n’icyo ategurira abakunzi be muri iyi minsi. Muri 2006 nibwo yinjiye mu ruhando rw’abaririmba Gospel agashinga ihuriro yise “Three Angles of lights”. […]
Burundi: Guverinoma yikomye Kiliziya Gaturika n’amadini amwe n'amwe
Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa Kane yihangirije abayobozi b’amwe mu madini bateza ubwumvikane bucye n’agahinda mu baturage batiza umurindi abagizi ba nabi n’abatera ubwoba. Ibi byatangarijwe nyuma y’inama ya ba musenyeri b’Abagaturika bo mu Burundi yasabiwemo abarebwa n’ibibazo biri mu Burundi kwicara ku meza amwe bakagirana ibiganiro. Minisitiri w’umutekano, Pascal Barandagiye mu itangazo yashyize […]
Musanze: Umusaza w’imyaka 62 yicishije umugore we ishoka
Umusaza w’imyaka 62 wo mu Kagari ka Bisoke, Umurenge wa Kinigi ho mu Karere ka Musanze witwa Munyambaraga Franà §ois, bakunda kwita Rwerekana yakubise umugore we, Mukarugwiza ThĂ©rese w’imyaka 47 kuri uyu wa Gatatu ushize bimuviramo gupfa. Abaturanyi b’uyu muryango bavuze ko nyakwigendera yari umugore wa gatatu Munyambaraga atunze urugo rwabo rukaba rwahoragamo amakimbirane umusaza ashinja […]
Umumotari afunzwe ashinjwa gushaka guha ruswa y’ibihumbi 5 umupolisi
Ku itariki ya 15 Werurwe, Kubwimana Justin, yagerageje guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu kugira ngo amurekure nyuma yo kumufata atwaye moto nta ruhushya rwo kuyitwara afite. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Uburasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko uwo mugabo uri mu kigero cy’imyaka 31 y’amavuko yafatiwe mu […]
Uganda: Umupasitoro yatemaguye umugore n’umwana arangije ariyahura
Abaturage batuye mu giturage cya Masunguyi mu Karere ka Bududa muri Uganda bari mu gahinda kenshi nyuma y’aho umugabo w’imyaka 48 w’umupasitoro atemguriye umwana we ndetse n’umugore we nyuma yo kugirana ubwumvikane bucye yarangiza akiyahura. Uyu mupasitoro witwa Deo Moya, wo kuri Bududa Pentecostal True of Life Church, yatemye umwana we w’imyaka 3 witwa Edward […]
Rihanna yongeye kwifotoza yambaye ubusa- REBA AMAFOTO
Mu gihe Rihanna w’imyaka 28 y’amavuko akomeje kuzenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika akora ibitaramo yise 72 date tour, yafashe akaruhuko anaboneraho gufata amashusho ya zimwe mu ndirimbo ze, mu mafoto yafashwe hakaba hagaragayemo amwe yambaye ubusa afite n’imbunda. Iki kiruhuko yagifatiye i Miami, mu gace gakunze kugaragaramo abakerarugendo akaba yarahafatiye amashusho y’indirimbo zasohotse kuri […]
RDC : Abantu 10 bishwe bakekwaho amarozi
Abayobozi gakondo muri territoire ya Uvira muri Kivu y’Amajyepfo baremeza ko hari abantu 10 bakuze bishwe n’insoresore zabateye zibasanze mu ngo zabo ahitwa i Sange babakekaho amarozi. Ibi babivuze mu nama y’umutekano yabaye ku munsi w’ejo muri aka gace aho bavuze ko ubu bwicanyi bwakozwe mu mezi atandatu ashize. Aba bayobozi ba gakondo bavuga ko […]
Abafaransa bakoze muri Operation Turquoise bakomeje gutamaza igihugu cyabo
Uwahoze mu ngabo z’u Bufaransa, Guillaume Ancel wari ufite ipeti rya kapiteni akaba yari afite inshingano zo kurangira indege z’intambara z’u Bufaransa aho zagombaga kurasa ubwo yoherezwaga mu Rwanda mu rwego rwa Operation Turquoise, yatanze ubuhamya buteye inkeke ku byari byatangajwe n’u Bufaransa ko Operation Turquoise yari igamije ubutabazi. Nyuma y’imyaka 21, iyi operation yakomeje […]
Ibimenyetso 5 bizakwereka ko umugore wawe ashaka imibonano mpuzabitsina
Nk’uko bisanzwe ntiwavuga ko umugabo cyangwa umugore ari we ufata iya mbere asaba uwo barushinganye gukora imibonano mpuzabitsina, hari ibimenyetso simusiga byakwereka ko umugore ashaka ko mwakora icyo gikorwa atabumbuye umunwa. 1.Akomeza kugukoraho agukomeza Mu gihe ubonye umugore wawe arushaho kukwegera agukora kora ku matwi ku nkokora akanakuzengurutsa amaboko, akagufata ikiganza akagikomeza,akakuryamaho ari nako wumva […]
Karongi: Icyumba cy’amasengesho cya EPR muri Rwimpiri cyatumye imiryango 10 ihunga igihugu
Imiryango icumi isanzwe isengera mu cyumba cy’amasengesho cy’itorero EPR giherereye muri Paruwasi ya Rwimpiri imaze guhungira mu gihugu cya Uganda nyuma y’aho muri iki cyumba hasohokeye ubuhanuzi buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yitwa Ikosora. Ubwo ubuhanuzi bwasohokaga mu cyumba cy’amasengesho cy’itorero Presbyterienne Paruwasi ya Rwimpiri buvuga ko mu Rwanda hagiye kuba intambara yiswe […]
Kamonyi: Abamotari bashishikarijwe kubahiriza amategeko y’umwuga wabo
Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bo mu karere ka Kamonyi bagera kuri 250 basabwe kubahiriza amategeko agenga umwuga wabo kugira ngo birinde gukora cyangwa guteza impanuka mu muhanda. Ubu butumwa babuherewe mu murenge wa Gacurabwenge ku wa gatatu tariki ya 16 Werurwe mu nama bagiranye n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda muri aka karere […]
U Busuwisi bwahagaritse gukurikirana umunyarwanda ukekwaho Jenoside
Urukiko rwa gisirikare mu Busuwisi rwahagaritse iperereza ku byaha bya Jenoside rukurikiranyeho uwahoze ari Minisitiri mu 1994 ubu wibera mu Busuwisi Mu 1999 ubutabera bwa gisirikare mu Busuwisi bwatangiye iperereza ku mugabo rwanze kuvuga izina rye wahoze muri guverinoma yiswe guverinoma y’Abatabazi akekwaho ibyaha bitandukanye yakoze mu gihe cya Jenoside birimo ibyaha by’intambara. Uru rubanza […]
U Burundi burasaba ko u Rwanda na perezida warwo bajyanwa mu nkiko
Minisitiri w’umutekano mu Burundi, Pascal Barandagiye, yatangaje ko u Burundi bufite ibyemezo n’ibimenyetso bigaragaza ko perezida w’u Rwanda ari mu bashyigikiye abashaka guhirika ubutegetsi mu Burundi. Yavuze ko hamaze iminsi hanafatwa bamwe mu bo mu nzego z’umutekano z’u Rwanda bagiye guhungabanya umutekano w’u Burundi maze asaba ko u Rwanda na perezida warwo bajyanwa mu butabera. […]
Kimisagara: Inzu y'umuturage yahiye atabarwa n'abaturanyi
Polisi y’u Rwanda irashima igikorwa cyakozwe n’abatuye mu kagari ka Kamuhoza, ho mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge cyo kuzimya inkongi y’umuriro yabaye mu rugo rw’umuturanyi wabo witwa Hakizimana Eugène. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Richard Iyaremye yavuze ko iyo nkongi yabaye mu ma saa […]