Perezida Kagame ayoboye urutonde rw’abantu 127 bazavamo 100 bigaragaje mu 2016

Ikinyamakuru The Time cyo mu Bwongereza cyashyize ahagaragara urutonde,ruyobowe na perezida Kagame, rw’abantu 127 b’ibikomerezwa ku Isi mu nzego zitandukanye bagomba gutoranywamo 100 baranze uyu mwaka wa 2016. Muri uyu mwaka, urwo rutonde rugizwe n’abakuru b’ibihugu, abahanga muri siyansi n’ikoranabuhanga, inararibonye mu bugeni n’abandi bigaragaza muri iki gihe. Mu gihe abanditsi bakuru ba The Time […]

Ni iki kihishe inyuma y’itsindwa ry’Amavubi mu birwa Maurice?

Abanyarwanda benshi bari biteze gutsinda ibirwa bya Maurice bitewe nuko iyo kipe iri ku rwego rwo hasi ndetse ikaba iri kure kuri fifa ranking aho ibarizwa mu myanya 100 irenga mu gihe u Rwanda ruhagaze ku mwanya wa 85 kuri fifa ranking. Umukino warangiye ibirwa bya Maurice bihaye gasopo abanyarwanda bari barwitezeho amanota 6 y’umukino […]

Cristiano Ronaldo yongeye kwifuza umugore wamutwitwira ariko batabanye nk’abashyingiranywe

Cristiano Ronaldo ku myaka 31 agiye kwongera kurera bwa kabiri nkuko amakuru ava i Portugal abihamya binyuze ku mubyeyi uzemera kumutwitira bamwe bazwi ku izina rya “Surrogate Mothers” bwa kabiri kuko n’umwana afite Cristiano Ronaldo Jr wavutse 2010 ariko yavutse. Cristiano Ronaldo ngo yongeye kwifashisha abo babyeyi batwitira cyane cyane bakunze kuba bahura n’ibibazo byo […]

Burundi: FOREBU yigambye ko ari yo yishe Lt. Col. Ikurakure

Umutwe wa FOREBU urwanya ubutegetsi bw’u Burundi uyobowe n’uwahoze mu gisirikare cy’u Burundi kuri uyu wa Gatandatu wigambye ko ari wo wishe Lt. Col. Darius Ikurakure muri iki cyumweru dusoza nk’uko uyu mutwe wabitangaje ku rukuta rwawo rwa twitter. Ibyatangajwe n’uyu mutwe uvuga ko ugamije gukura perezida Nkurunziza ku butegetsi ngo bishobora kugaragariza amahanga ko […]

BURUNDI: abasirikare baherutse kwica bagenzi babo ntibarafatwa

Umuvugizi w’igisirikare cy’Uburundi arabeshuza amakuru avuga ko abishe Lieutenant Colonel Darius Ikurakure, bamaze gufatwa. Gusa yemeza ko iperereza rigikomeje Colonel Gaspard Baratuza avuga ko abantu bahitanye uwo musirikare ku wa kabiri hamwe n’abahitanye Major Didier Muhimpundu ku musi ukurikiyeho mu masaa moya n’igice z’ijoro kugeza ubu bataratabwa muri yombi. Ikurakure yiciwe mu biro bikuru bya […]

Ni iki gituma abana bata ishuri mu Rwanda?

Mu gihe leta y’u Rwanda ivuga ko yashyizeho gahunda y’uburezi bw’ibanze kuri bose ku buntu, hirya no hino mu Rwanda hakomeje kugaragara abana bata amashuri bavuga ko babuze amafaranga y’ikiguzi cy’uburezi. Perezida Kagame avuga ko ahangayikishijwe n’ikibazo cy’abana bata ishuri bityo akaba avuga ko ababigiramo uruhare bose bazahanwa. Abana baganiriye n’Ijwi ry’Amerika ni abakora imirimo […]

Dr Richard Sezibera yaba agiye gusubizwa minisiteri y’ubuzima ?

Dr Richard Sezibera wigeze kuyobora minisiteri y’ubuzima akaba yari amaze igihe ari Umunyamabanga Mukuru wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, ngo yaba agiye kugaruka muri minisiteri y’ubuzima agasimbura Dr Agnes Binagwaho wari wamusimbuye kuri uyu mwanya. Amakuru aturuka mu nzego zifata ibyemezo agera ku kinyamakuru Umusingi dukesha iyi nkuru, avuga ko Dr. Sezibera Richard agiye gusubizwa Minisiteri […]

Burundi: Intambara yatangiye hagati CNDD FDD na Kiliziya Gaturika

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ryongeye Kiliziya gaturika rivuga ko iri inyuma y’umutekano muke uvugwa mu Burundi. By’umwihariko Kiliziya gaturika yo iregwa kuba hari bamwe mu bayoboke bayo bagaragaje ko badashyigikiye ubutegetsi buri mu Burundi. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara n’iri shyaka rivuga ko ibyo kiliziya gaturika ikora ari ibitero iri kugaba ku […]

Uganda: Igipolisi kirahakana ko umukuru wacyo aherutse kurusimbuka

Igipolisi cya Uganda kiravuga ko amakuru yatangajwe y’uko umukuru wacyo, Gen Kale Kayihura yarokotse kwicwa kuri uyu wa Gatanu ushize mu bice bya Rwenzori ari ibinyoma by’ibihimbano nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Chimpreports. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda byari byatangaje ko Gen. Kale Kayihura yarokotse umugambi wo kumwivugana ubwo yari mu gikorwa cyo gukangurira abaturage kwicungira umutekano […]

Abakozi b’ibitaro bya Mugonero bigishijwe kwirinda inkongi z'imiriro

Abakozi b’Ibitaro bya Mugonero biherereye mu kagari ka Ngoma, mu murenge wa Gishyita , mu karere ka Karongi, bahawe ubumenyi ku bitera inkongi z’imiriro, uko bazirinda , ndetse n’uko bazizimya mu gihe zibaye. Abahuguwe ku italiki ya 24 Werurwe ni abaganga b’ibitaro, ababikoramo isuku ndetse n’abarwaza bakaba bose barageraga kuri 60. Bahuguwe na Inspector of […]