Ushinzwe gushakira isoko Yaya Toure yikomye Pepe Guardiola anamutega iminsi
Nyuma yuko Pepe Guardiola atavuga rumwe n’umutoza wa Manchester City anengwa kuba atagitanga umusaruro mu ikipe, umujyanama w’uyu musore yikomye uyu mutoza avuga ko atagakwiye kumubuza amahirwe. Ibi kandi uyu mujyanama wa toure yabigarutseho nyuma y’uko atabonetse ku rutonde rw’abakinyi bazakina irushanwa rya Champions League hakiyongeraho guhora bacyocyorana mu bihe bitandukanye. Guardiola ashinja Yaya Toure […]
Muhanga: Abiyitirira idini ya Islam bagakora amabi bagiriwe inama
Mu nama mpuzabikorwa yahuje inzego z’ibanze guhera ku midugudu yose igize utugari tw’Akarere ka Muhanga, Abagitifu b’utugari n’imirenge, inzego z’umutekano, Abahagarariye idini rya Islam n’Ubuyobozi bw’Akarere, Uwamariya BĂ©atrice, Umuyobozi w’aka karere anenga abakora ibikorwa by’iterabwoba bitwaje idini rya Islam avuga ko ntaho bahurira. Mu ijambo rye UWAMARIYA BĂ©atrice Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, avuga ko impamvu […]
Gabon: Babiri barimo ushinzwe umutekano baraye bishwe
Abandi bantu babiri baraye bishwe kuri uyu wa Gatandatu mu gihugu cya Gabon, mu mvururu zadutse nyuma y’itangazo ry’ibyavuye mu matora ryavuze ko uwari usanzwe ari perezida, Ali Bongo, ari we wongeye gutsinda amatora. Umupolisi ni umwe muri aba bishwe, akaba abaye uwa mbere mu nzego z’umutekano za Gabon wiciwe mu gice cy’amajyaruguru cy’umurwa mukuru. […]
Abaturage bazababaza icyo mubamariye nimudakora neza inshingano zanyu zo kurinda ibidukikije – SP Mbabazi
Abakozi b’akarere bashinzwe kurengera ibidukikije , ubucukuzi n’amashyamba bibukijwe ko mu nshingano zabo z’ibanze harimo no kureba ko nta bucukuzi butemewe bukorerwa aho bashinzwe. Ni ubutumwa bahawe na Superintendent of Police (SP) Modeste Mbabazi , umuyobozi w’ishami rishinzwe kurengera ibidukikije muri Polisi y’u Rwanda, mu mahugurwa ku mabwiriza y’ubucukuzi bw’amabuye yabaye ku italiki 2 Nzeli […]
Abanyamideli 2 basize umugani nyuma yo kwiyerekana batambaye amakariso-AMAFOTO
Mu gihe bisanzwe bimenyerewe ko abanyamideli bafite amazina akomeye barimo nka Kim Kardashian aribo bazwiho kwiyambika ubusa, ubu noneho hagaragaye abandi banyamideli 2 basize umugani ubwo batambukaga ku itapi itukura batambaye imyenda y’imbere. Mu iserukiramuco rya Film ryabereye mu gihugu cy’Ubutaliyani muri Venice kuri uyu wa gatandatu taliki 03 Nzeri 2016, nibwo Giulia Salemi na […]
Kwemera gusangira ubutegetsi na FPR niyo ntandaro y’ urupfu rwa Habyalimana ?
Nyuma y’imyaka 22 indege y’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana ihanuwe, Lt.Gen RomĂ©o Dallaire yemeza adashidikanya ko abahezanguni b’abahutu ari bo bayirashe bamuhora ko yari yemeye gusaranganya ubutegetsi n’Abatutsi. Lt.Gen Dallaire, wahoze ayoboye ingabo za Minuar zari mu Rwanda mu gihe cya Jenoside, yabigarutseho kuri uyu wa Kane mu kiganiro yatangiye muri Kaminuza ya […]
Charlie Hebdo yongeye gukora ibara ishinyagurira Abataliyani bahuye n'imitingito
” Mwebwe Charlie Hebdo amafaranga murya muyakesha amaraso y’abacu mushinyagurira “, Charlie nayo iti : ” Sitwe Charlie twabubakiye ibizu bisondetse byabaguyeho” ; ayo ni amwe mu magambo yaherekeje inkuru mu mafoto ku mutingito uherutse kwibasira Ubutaliyani. Iyo umuntu avuze ikinyamakuru gitangaza amashusho y’ubushinyaguzi kw’isi kandi akunda gukurura induru n’impaka n’umwana wonka ahita akubwira Charlie […]
Umusore yasabitswe n’amaganya nyuma y’uko igitsina cye kidashobora kwinjira mu cy’umugore-AMAFOTO
Sorence Owiti Opiyo ukomoka muri Kenya yahuye n’isanganya aho yabyimbye igitsina yajya kwa muganga ngo bamubage kigabanyuke nyuma ubunini bwacyo buza kwikuba inshuro 10 ku cy’umugabo gisanzwe. Uyu mugabo ngo ntashobora gutera akabariro ngo abe yanabyara abana kuko ubunini bw’igitsina cye butuma atabasha gukora imibonano mpuzabitsina nk’uko bitangazwa na the mirror. Igitsina cy’uyu mugabo kirenga […]
Perezida Museveni yahaye gasopo abayobozi bamunzwe na ruswa muri iyi manda
 Perezida Museveni yaburiye abayobozi bafite ingeso yo kurya ruswa abasaba kwirinda kwishora mu bikorwa nk’ibyo kuko ngo agiye kubahagurukira. Iyi akaba ari intangiriro ya manda ye ya gatanu yatangaje ko nta mikino izayirangwamo agira ati: “Kisanja Hakuna Muchezo” , aho yiyemeje we ku giti cye kwihanganira n’abayobozi bamunzwe na ruswa. Kuri uyu wa gatanu […]
Dore ibintu 5 abantu bakwiye kwirinda muri iyi minsi bigatuma badasesagura
Mu gihe isi ikataje mu ikoranabuhanga riyifasha gutera imbere ninako ibicuruzwa byiyongera bikanamamazwa ariko kandi uko byamamazwa ni nako abantu barushaho kugenda basesagura bagura ibyo batari bateganyije bikaba byaba umwe mu muyoboro wabaganisha ku bukene. Dore rero uko wakwirinda gusesagura bikaguteza imbere ifaranga ryawe ukariraga n’abagukomokaho. Irinde kugura ibintu utateganyije Ese ushimishwa no guhaha no […]
Abaturage b'Akagari ka Bahimba bategerezanyije ubwuzu umudugudu w'icyitegererezo
Abaturage bo mu Murenge wa Nyundo mu Kagari ka Bahimba, Umudugudu wa Kagera bategerezanyije umudugudu w’ikitegererezo ubwuzu nyuma yo kumenyeshwa byinshi mu bikenerwa by’ibanze uyu mudugudu uzaba ufite bageragaho bibagoye. Nyuma yo gusobanurirwa byinshi mu bikorwaremezo bizaba biri muri uyu mudugudu birimo inyubako zijyanye n’icyerekezo, imihanda iboneye izahuza uyu mudugudu n’indi dore ko umuhanda wahageraga […]
Burundi: Ntidukeneye abapolisi ba Loni, amahoro arahinda — Imyigaragambyo
“ Murekere aho kwivanga ”, “ Oya ku kwivanga ”, “ Abarundi dushoboye gucyemura ibibazo byacu tudasabye ubufasha hanze ”, “ Twamaganye umwanzuro 2303 w’Akanama k’umutekano ka Loni ”, “ Ntidukeneye abapolisi ba Loni, amahoro arahinda ”, “ Oya ku birego bya jenoside ”; ibyo ni bimwe mu byo Abarundi bigaragambyaga kuri uyu wa Gatandatu, […]
Major Rafiki Castro Yacinthe wa FDLR yishyikirije Monusco asaba gucyurwa mu Rwanda
Umwe mu basirikare bakuru mu mutwe wa FDLR, ufite ipeti rya Major aherutse kuri uyu gufata icyemezo cyo kwishyikiriza urwego rushinzwe gusubiza abahoze ari abarwanyi mu buzima busanzwe muri Monusco ruzwi mu magambo ahinnye y’Igifaransa nka DDRRR ahitwa Sange muri Kivu y’Amajyepfo. Ishami rishinzwe gutanga amakuru rya Monusco rikaba ryatanze aya makuru kuri uyu wa […]
Abahoze ari abazunguzayi bahawe isoko rya kijyambere bazajya bakoreramo
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Dr Diane Gashumba yavuze ko iri soko rishya rihawe abahoze bacururiza mu muhanda bazwi ku izina ry’abazunguzayi rije ari ingamba y’inyongera mu guteza imbere umutekano, imibereho myiza y’abaturage no kwihutisha iterambere. Yavuze aya magambo ejo afungura ku mugaragaro isoko rya kijyambere ry’agaciro ka miliyoni 192 z’amafaranga y’u Rwanda, ryubatse muri Nyabugogo, […]