Afrima award 2016:Butera Knowless mu byamamare byatoranyijwe guhatanira ibihembo
Umuhanzikazi Butera Knowless nyuma yo gutwara ibihembo birimo n’ibya Guma Guma, yagaragaye ku rutonde rw’abazahatanira ibihembo bya Afrima Award 2016. Uyu muhanzikazi agaragaye ku rutonde rumwe n’abahanzi bakomeye ku rwego rw’Afrika mu gisata cy’abahanzi bafite ejo hazaza ndetse no mu bahanzi baririmba mu injyana ya R&B. Abahanzi bahanganye muri ibi bisata uko ari bibiri, harimo […]
Pasitoro yishe undi bapfuye impaka ku iyobokamana
Umusaza w’umupasitoro yarashwe yicwa na mugenzi we w’umupasitoro ufite ubumuga, nyuma yo kujya impaka za ngo turwane ku iyobokamana nk’uko byatangajwe n’igipolisi cyo muri Illinois ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Igipolisi Cya Chicago kivuga ko cyataye muri yombi umusaza w’imyaka 67 witwa Ted Merchant, nyuma yo gushinjwa kwica Allen Smith w’imyaka 80. Mu […]
Gatsibo: Imodoka yagonze umugabo arapfa yari agemuriye umugore we wabyaye
Mu Karere ka Gatsibo ahagana mu masaha y’iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Nzeli 2016, Ku muhanda uturuka Kabarore werekeza Kiramuruzi hafi y’ahari Agasanteri ka Rugarama, Imodoka yo mu bwoko Coaster ifite Plaki RAC 129 Q ya Kompanyi EXCEL itwara abagenzi mu Nyagatare-Kigali yagonze umuntu umwe ahita yitaba Imana . Theogene […]
Dore ibintu 6 bidakwiye kuguherana igihe watandukanye n’umukunzi wawe
Hakunze kugaragara ibibazo byinshi abatandukanye n’abakunzi babo bahura nabyo bishingiye ku masezerano runaka baba baragiranye, abandi bagatandukana kubw’imiryango yabigizemo uruhare ugasanga bisize amatage ku mpandezombi binagoranye kugirango bayikuremo, nyamara hari uburyo abatandukanye bakwiye kwibandaho ntibaheranwe n’ibyo bibazo. Rero igihe wamaze gutandukana n’uwo ukunda hari ibintu uba ugomba kwirinda kuba wakora kuko igihe ubikoze uba wiremereza […]
Masisi: Mai Mai irasaba amadolari kugira ngo irekure 6 bashinzwe ibikorwa by’ ubutabazi
Abarwanyi bo mu mutwe wa Mai Mai ishami ryitiriwe Nyatura barasaba ingurane y’amadolari 1000 kugira ngo barekure abantu 6 bashinzwe ibikorwa y’ ubutabazi bafashe bugwate kuva kuri uyu wa Mbere taliki ya 5 Nzeli 2016. Aba bakorerabushake bose uko ari 6 bakoreraga Umuryango SNV bafashwe ubwo bajyaga mu bikorwa by’ ubutabazi mu gace ka Mishinga […]
Ese gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi byatuma umugore adasama?
Gukora imibona mpuzabitsina buri munsi ngo ntibigabanya amahirwe ku bagore yo gusama gusa ngo biba byiza kubikora ugataruka iminsi 2 cya3.Amakuru dukesha urubuga rwa 7sur7 aravuga ko gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi ku bagore ntacyo bitwaye cyane ariko ku bagabo bikaba ikibazo. Gusa ngo uburyo bwiza bwo gusama ni ukaba mwakora imibonano mpuzabitsina mugataruka iminsi […]
Gen. Kabarebe i London mu nama ya ba minisitiri b’ingabo ku kubungabunga amahoro
Guhera kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 kugeza kuri uyu wa Kane itariki 08 Nzeri, u Bwongereza bwakiriye Inama ya ba minisitiri b’ingabo bafite ingabo mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bwa Loni ibera London. Iyi nama ikaba yanitabiriwe na minisitiri w’ingabo w’u Rwanda, Gen. James Kabarebe nk’uko bigaragara kuri twitter ya minisitiri Louise Mushikiwabo. #Rwanda […]
U Rwanda na Singapore basinye amasezerano y’ubufatanye mu bwubatsi butangiza ibidukikije
Guverinoma y’u Rwanda na Singapore basinye amasezerano y’ubufatanye mu kubaka ibikorwa remezo bizifashishwa mu kuzamura ingufu z’amashanyarazi, n’amazi, ndetse byubatse ku buryo bubungabunga ibidukikije. Aya masezerano yasinyiwe muri Singapore kuri uyu wa Gatatu hagati y’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’imyubakire (RHA) Eng. Didier Sagashya hamwe na Choo Watt Bin, umuyobozi w’urwego rw’ubwubatsi muri Sengapore. Ambasade y’u Rwanda […]
Leta y’ u Burundi ishinja Abarundi bahungiye mu Bubiligi gupanga guhungabana umutekano w’ igihugu
Umwe mu banyapolitiki bavuga ko barwanya Leta ya Perezida Pierre Nkurunziz ariko bakayikorera yasabye u Bibiligi gushyiraho komisiyo ishinzwe kugenzura ibikorwa by’ Abarundi bahungiye muri iki gihugu. Mu ibaruwa yandikiye u Bubiligi, kuri uyu wa Mbere taliki ya 5 Nzeli 2016, Jacques Bigirimana yatunze agatoki Abarundi bari muri iki gihugu , afata nk’ abanzi abashinja […]
Biratangaje: Perezida ukennye kurusha abandi muri Afurika ayobora igihugu cya 2 gikize
Nyuma y’igihe gito atorewe kuyobora igihugu cye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamushimiye ingamba yafashe zo kurwanya ruswa. Uyu wigeze kurangwa n’ibikorwa byo guhirika ubutegetsi ariko akaza gukizwa akayoboka demokarasi, nta wundi ni perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari, ufatwa kuri ubu nka perezida wa mbere ukennye muri Afurika nyamara ayobora igihugu cya 2 gikize ku […]
Abitirirwa icyubahiro cy’umurimo w’Imana si uko ari abakozi bayo
Mu gihe isi igenda yihuta mu iterambere ni nako iyogezabutumwa bwiza ryiyongera ndetse ariko uko burushaho gukwira hirya no hino niko n’abitirirwa icyubahiro cy’umurimo w’Imana barushaho kwiyongera ariko siko baba ari abakozi bayo. Abambaye umurimo w’ubukozi bw’Imana cyangwa abawiyambitse n’ibenshi bitewe n’inyungu runaka bawukuramo,kuko iyo ugenzuye usanga bamwe barihamagaye abandi bahamagawe n’abantu ndetse abandi baraguye. […]
Huye: Abaretse gucuruza inzoga zitemewe bakanguriye ababikora kubireka
Abafite utubari bacuruzaga inzoga zitemewe zirimo iyitwa Muriture bo mu Murenge wa Huye, ho mu Karere ka Huye bakanguriye ababikora kubireka no gufatanya kubirwanya. Ubu butumwa bwatanzwe na bamwe mu bafite utubare mu murenge wa Huye mu nama bagiranye n’Umuyobozi wa Sitasiyo ya Polisi ya Huye, Inspector of Police (IP) Eric Gasana. Iyo nama yabereye […]
M23 irashinja Kabila kuba inyuma y'ubwicanyi bukorwa mu Burasirazuba bwa Congo
Abahoze ari inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 bashyize ahagaragara raporo igaragaza ko umutekano mucye urangwa mu Burengerazuba bwa Congo ugirwamo uruhare na Guverinoma. Inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF mu mezi ashize zagabye ibitero mu midugudu itandukanye bica abantu benshi. Umuyobozi wa M23, Bisiimwa Bertrand yatangaje ku rubuga rumwe kuri uyu wa Gatatu ko […]
Mu Mafoto: Uko perezida Kagame yakiriwe muri Tanzania
Umukuru w’igihugu, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane, itariki 08 Nzeri 2016 yasesekaye muri Tanzania , aho yitabiriye Inama ya 17 idasanzwe ya EAC . Perezida w’u Rwanda akaba yageze muri Tanzania akubutse muri Kenya aho kuri uyu wa 07 Nzeri yitabiriye inama ku mpinduramatwara mu buhinzi ku mugabane wa Afurika. Reba amafoto: Kanda hano […]
Kuri iyi nshuro nabwo Perezida Nkurunziza yanze kwitabira inama ya EAC
Inama idasanzwe ya 17 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’Iburasirazuba irimo kuba kuri uwu wa kane tariki ya 8 Nzeli 2016, abakuru b’ibihubu bakaba bayitabiriye habuzemo Perezida Nkurunziza w’u Burundi wahakanye kongera gusohoka igihugu. Kuva ku wa 13 Gicurasi 2015, ubwo yakorerwaga Kudeta igapfuba, Nkurunziza ntarongera kurenga imbibi z’u Burundi ndetse akaba yaranagiye atumirwa […]
Abakozi 7 b’Ikigo cy’umutungo kamere mu maboko ya polisi
Abakozi 7 b’Ikigo cy’Igihugu cy’Umutungo Kamere bamaze hafi icyumweru mu maboko ya polisi bakurikiranweho guhimba ibyangombwa by’ubutaka . Bose uko ari barindwi bakoraga mu bijyanye n’ubutaka mu Kigo cy’Igihugu cy’Umutungo Kamere, bafashwe na polisi kuwa 02 Nzeri 2016. Ubushinjacyaha bukaba buvuga ko bwamaze gushyikirizwa dosiye zabo. Aba bakozi bakekwaho “guhimba ibyangombwa by’ubutaka, babihimbira abantu, cyangwa […]
Impamvu nyirizina yatumye Kanyankore yaounde yirukanwa igitaraganya muri APR yatahuwe
Kanyankore Yaounde wari usanzwe atoza ikipe ya APR Fc yeretswe umuryango uyisohokamo nyuma y’uko ananirwa gutanga umusaruro mu marushanwa ya gisirikare aherutse kubera mu Rwanda. Uyu mugabo wari umaze igihe kitari kinini atoza iyi kipe, yirukanwe muri iyi kipe mu gihe hari hashize iminsi mbarwa yatswe ikipe y’igihugu Amavubi igahabwa Jimm Mulisa. Kuri uyu mwanya […]
Burundi: APRODH iravuga ko kwimura abanyururu mu masaha ya ninjoro hari ikindi kibyihishe inyuma
  Iyimurwa ry’abanyururu 25 bavanwa muri Gereza ya Mpimba bajyanwa muri gereza za Gitega na Rumonge mu Burundi rihangayikishije abaharanira uburenganzira bwa muntu, cyane ko ngo ibi bikorwa ninjoro. Nk’uko byatangajwe na perezida w’ishyirahamwe APRODH, ngo abatanze ayo mabwiriza bari bafite umugambi wo kwivugana abo banyururu. Biravugwa ko abanyururu 25 bari bafungiye muri Gereza […]
FDU/Inkingi ikomeje guhangayikishwa n’ ifungwa ry’ Umubitsi waryo
Kuva ku italiki ya 23 Kanama 2016, Ishyaka FDU ryatangaje ko Umubitsi waryo wungirije , LĂ©onille Gasengayire yatawe muri yombi ashinjwa gushaka kugumura abaturage mu gace ka Kivumu gaherereye mu Karere ka Rutsiro. LĂ©onille Gasengayire akurikiranyweho kwica itegeko rya 463 rishobora gutuma afungwa imyaka iri hagati y’ imyaka 10 na 15 mu gihe yahamwa n’ […]
Ikoranabuhanga mu nkiko rizafasha mu kuzamura imikorere y’inkiko- Prof. Rugege
Integrated Eletronic Case Management System (IECMS) ni uburyo bwatangijwe buzafasha kwihutisha serivise zitangwa n’inkiko nkuko byatangajwe n’umuyobozi w’urukiko rw’ikirenga Sam Rugege. Prof. Rugege yatangaje ibi mu karere ka Muhanga ubwo yatangizaga amahugurwa y’abacamanza yateguwe n’ikigo kigenzura ibigo (RMI). Abacamanza 196 baturutse mu nkiko zitandukanye zo muturere 4 bari mu mahugurwa y’iminsi 5 ku gukoresha iyi […]
Abacuruzi b’inyanya babangamiwe n’igihombo giterwa no kubura abaguzi
Abacuruzi b’imboga by’umwihariko inyanya mu mujyi wa Kigali bahangayikishijwe n’igihombo bahura nacyo gitewe no kubura abaguzi kuko ubu ari ku mwero wazo bigatuma ziba nyinshi ku masoko. Aba bacuruzi bavuga ko babona inyungu iyo inyanya zahenze kuko ngo igitebo cyazo kirangura amafaranga menshi nabo bagacuruza ku giciro kibanogeye, mu gihe muri iki gihe bategereza umuguzi […]
Ingabo z’u Rwanda zibungabunga amahoro muri Darfur zambitswe imidari
Ingabo z’u Rwanda za Batayo ya 45 zibungabunga amahoro mu Muryango w’Abibumbye i Darfur muri Sudani (UNAMID), kuri uyu wa kabiri tariki ya 06 Nzeri 2016 bambitswe imidari y’ishimwe ry’akazi bakomeje kugaragaza gukora kinyamwuga. Umuhango wo kwambikwa iyo midari wabereye ku cyicaro cy’ingabo z’u Rwanda Batayo ya 45 ziri mu butumwa bw’amahoro muri Zalingei i […]
Ese Gen. Kayumba Nyamwasa asabye imbabazi u Rwanda yazihabwa?
Ibitangazamakuru binyuranye bikomeje byerekana ko Gen.Kayumba Nyamwasa aramutse atashye mu Rwanda yakwakirwa bigaragara ko ahageze yaba aje gusoza uburoko bwe kuko yakatiwe mu rukiko. ”Kayumba Nyamwasa yakatiwe adahari mu 2011 n’urukiko rukuru rwa gisirikare mu Rwanda, gufungwa imyaka 24 ndetse yamburwa impeta zose yari afite za gisirikare. Yahanishijwe ibi bihano bikaze biturutse ku byaha yarezwe […]