Ese nshobora kunyazwa bikemera mu gihe cyo gutera akabariro kandi mama ari Mukagatare?
Umukobwa w’umunyeshuri mu mwaka wa 6 w’amashuli yisumbuye, utifuje ko amazina ye atangazwa aragisha inama kugirango amenye niba ashobora kunyara, nyuma yo guhora yumva Ise ahoza mama we ku nkeke amuziza ko atanyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ibi bituma akomeza kwibaza mu gihe azaba yamaze kurushinga niba umugabo we azamunyaza bikemera cyangwa niba icyo gikorwa […]
George Bush yaba yiteguye gutora Clinton aho gutora Trump wo mu ishyaka rye
Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, George Bush, ngo yaba yiteguye kuzatora Hillary Clinton wo mu ishyaka ry’Abademokarate aho gutora Donald Trump wo mu ishyaka rye. Ikinyamakuru Politico cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kiravuga ko George HW Bush wahoze ai perezida wa Amerika hagati y’1989 kugeza mu 1993 azatora umukandida […]
Kuvunika kwa Harry kane kwatumye umutoza wa Tottenham yitarutsa inshingano
Nyuma yo kuvunika kwa rutahizamu wa Tottenham ” Harry Kane”, umutoza we Mauricio Pochettino yabajijwe igihe umukinnyi we afite mu nshingano azagarukira mu kibuga maze asubiza ko atari muganga. Yagize ati”uyu munsi ntibishoboka ko navuga ibyo gukira imvune kwe. Ntabwo ndi muganga”. Ibi uyu mutoza wa tottenham yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri, […]
Umutara: Abasaza banenga abana babo baheranwa na Kigali bakazahindukira baje kubahamba
– Batwibuka bumvise amatangazo yo kubika … – Ubundi kandi iyo benda gushyingirwa turababona … – Bagira isoni z’uko bagenzi babo b’abaherwe baje gutabara bamenya ko dukennye,… Aya ni amwe mu maganya wumvana abasaza n’abakecuru bageze mu za bukuru mu gace gaherereye mu Burasirazuba bw’u Rwanda hazwi nko mu Mutara. Ubusanzwe Umutara ugizwe n’Uturere wavuga […]
Kigali: Umugore yafatanye mu mashati n’ushinzwe umutekano (DASSO)
Ubwo ushinzwe umutekano (DASSO) yafata umugore wacururizaga mu muhanda (umwe mu bazwi nk’abazunguzayi), bafatanye mu mashati bakizwa n’abigenderaga mu mujyi wa Kigali ahazwi nko ku Inkurunziza ari naho barwaniraga. Uku kutumvikana hagati yabo, ni byo byabaye nyiranayazana wo guterana amakofe n’imigeri, abantu bakanabakiza ariko DASSO akongera akajya gusingira uwo mugore amutera imigeri, gusa ku ruhande […]
RDC: Ibiro by’amashyaka 3 atavuga rumwe n’ubutegetsi byatwitswe
Abantu bitwaje intwaro batwitse ibiro by’amwe mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, umunsi umwe nyuma y’imyigaragambyo yaranzwe n’ubugizi bwa nabi yadutse kuwa Mbere. Abantu babiri bari muri ibi biro byatwitswe nabo bapfiriyemo. Aba bantu ngo bari bambaye impuzankano bateye muri iki gitondo nyuma […]
Ese wari uzi ko kujyana mu bwogero ari kimwe mu byo umugore yishimira nyuma yo guterwa akabariro?
Akenshi usanga iyo abagabo bamaze gutera akabariro abagore babo usanga basa nkaho babyaranye abo igihe barangije icyo gikorwa, nyamara ubushakashatsi buvuga ko igihe icyo gikorwa kirangiye umugabo akwiye kurushaho kwita ku mukunzi we. Kujyana mu bwogero nyuma yo gutera akabariro ku bashakanye,kimwe n’ibindi bikorwa bitandukanye bishimangira umubano mwiza, ni bimwe mu bituma umugore yongera gusubiza […]
RDC: Amerika iramagana ihohoterwa ryakorewe intumwa yayo mu Biyaga Bigari
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye kwitambika no kubwira nabi Intumwa yazo idasanzwe mu Biyaga Bigari, Tom Perriello, ubwo yiteguraga gufata indege ku Kibuga cy’Indege cya Ndjili muri Repubulika iharanira DDemokarasi ya Congo, ngo asubire iwabo kuri iki Cyumweru gishize. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Nzeri, department ya leta yatangaje […]
Abahunga bagatangira gusebya Leta y’u Rwanda bayikoreraga nabo ubwabo ngo baba bitesha agaciro
Ibi ni bimwe mu bikubiye mu bitekerezo bya Gasana SĂ©bastien, phD mu masomo y’imbonezamubano ( Social Sciences ), aho avuga ko bitakoroha gusobanura ukuntu umuntu yashyirwa mu mwanya w’ubutegetsi uyu n’uyu akabyemera, ndetse akamara igihe awurimo, yamara kuwukurwaho, kubera impamvu zitandukanye, akaba aribwo atangira kuvuga ngo ntiyavugaga rumwe n’abo bakoranaga. Yatangaje ibi mu gihe hari […]
FERWACY: Icyatumye Hadi Jamvier asezera burundu cyamenyekanye
Hadi Jamvier wari umenyerewe mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda yasezeye nyuma yo gutereranwa n’ishyirahamwe ry’uyu mukino ryamukuyeho amaboko. Uyu musore avuga ko yatewe agahinda n’uburyo yafashwe nabi mu ikipe yabarizwagamo kugeza naho ngo byagiye bivugwa ko mu ikipe abarizwamo y’Iburayi yahabwaga amafaranga nyamara ngo yari baling. Jamvier aganira n’itangazamakuru yavuze ko mu […]
RDB, UR, RAB mu bigo byahombeje leta akayabo ka miliyari zisaga 18
Umugenzuzi mukuru w’Imari ya leta aratangaza ko hakomeje kugaragara kutita ku kugenzura imikoreshereze y’umutungo w’igihugu kuri bimwe mu bigo bya leta, aho RDB na Kaminuza y’u Rwanda byatunzwe urutoki. Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya leta, Obadiah Biraro, yatangaje ibi kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Nzeri, ubwo yamurikaga raporo ya 2014/2015 y’Umugenzuzi Mukuru imbere ya Komite […]
Igikorwa cyo kubaka imihanda y’amabuye mu gice cya Gisementi-Remera kirakomeje
Guhera kuri uyu wa Gatandatu ushize mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko mu Karere ka Gasabo hatangiye igikorwa cyo kubaka imihanda y’amabuye mu gice cya Gisementi-Remera kuri ubu imirimo ikaba irimbanyije. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ku rukuta rwawo rwa Twitter bwatangaje ko amabuye arimo gukoreshwa kubaka imihanda asigaye akatwa ni mashini, akaba aconze neza ugereranyije n’uburyo […]
Museveni mu Bufaransa mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi muri iyi minsi
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Nzeri yatangiye uruzinduko rw’iminsi 2 mu Bufaransa, aho yaraye abonanye na perezida Francois hollande ndetse na ba rwiyemezamirimo n’abashoramari babarirwa muri 50. Umubano wa Uganda n’u Bufaransa muri iyi minsi ukaba ugenda urushaho gushing imizi. Iyi nkuru dukesha RFI iravuga ko kuri ubu Abafaransa […]
Nyuma yo kubyara abahungu 13, umugore yanze guhagarika urubyaro kugeza yibarutse umukobwa
Irineu Cruz nyuma y’imyaka 20 ashyingiranywe na Jucicleide Silva, bahisemo kudahagarika urubyaro kugeza babyaye umukobwa usanga abahungu 13 aba bombi bafitanye. Uyu muryango ubarizwa mu gihugu cya Bresil wahisemo kudafunga urubyaro nyuma yo kubyara abahungu gusa bityo ukifuza ko bagira nibura umukobwa bazajya bareba bakishima kurushaho. Irineu Cruz Ise w’aba bahungu uko ari 13, yagiye […]
Video y’indirimbo “Ndagushima” ya Reagan Da Promota yasohotse
Amashusho y’indirimbo “Ndagushima” y’umuhanzi Reagan Da Promota yamaze kugera hanze nyuma y’aho indirimbo nyirizina mu buryo bw’amajwi yari ikomeje gufasha benshi mu bakunzi b’indirimbo zo guhimbaza Imana zizwi nka Gospel. Iyi ndirimbo inogeye amatwi inakubiyemo ubutumwa bwo gushima Imana ibyo yakoze, yakozwe na Reagan Da promota afatanyije n’undi muhanzi ukomeje kwitwara neza mu gihugu cya […]
Bujumbura: Ibintu ngo bishobora kuba bibi Perezida Nkurunziza aramutse yishwe
Usanzwe ari umuyobozi w’impuzamashyaka CNARED, Jean Minani nawe yemeje ko mu Burundi hatangiye gukorwa ubwicanyi buganisha kuri jenoside by’umwihariko agahamya ko ibintu bishobora kuba bibi cyane kurushaho Perezida Nkurunziza aramutse yishwe. Dr Jean Minani yabitangarije mu nama yari imaze imisi ihuza abayobozi b’amashyaka ahuriye mu mpuzamashyaka CNARED Giriteka, inama yaberaga mu Bubiligi. Afata ijambo, Dr […]
Dore ibyo umushomeri akwiye kugendera kure igihe nta nyunganizi afite
Mu gihe utabonye inyunganizi iturutse ahandi igufasha kugira icyo ukora, hari ibyo ukwiye kwirinda ukabigendera kure kuko byagukumira mu bikorwa by’iterambere. Kwitinya no kwisuzugura Umuntu utagira akazi agomba gutinyuka abantu n’ahantu hashobora kuboneka akazi agasobanuza uko bimeze,iyo ufite uburere bukagerekwaho n’ubushake ugaragaza ko ukeneye akazi kandi ukabonye wagakora neza kurenze undi wese, bishobora kugufasha kubona […]
U Rwanda rugiye kwakira indi nama ikomeye ku myuka yangiza ikirere
U Rwanda rurahamagarira amahanga kuzemeza ivugururwa ry’Amasezerano ya Montreal ku bintu byangiza akayunguruzo k’imirasire y’izuba. Iri vugurura rikazaba intambwe ifatika mu kugabanya imihindagurikire y’ibihe kuva aho Amasezerano y’i Paris yemerejwe. Ibi u Rwanda rwabitangaje ubwo rwifatanyaga n’ amahanga kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo Kurengera akayunguruzo k’imirasire y’izuba uba buri mwaka ku wa 16 Nzeri. Abarenga 1000 […]
Uganda: Abaganga batawe muri yombi bazira gutanga ibisubizo bitari byo ku bwandu bwa sida
Umuryango utegamiye kuri leta urwanya agakoko ka sida muri Uganda, wakoranye umukwabu n’igipolisi mu Karere ka Mbarara abantu batari bacye bakora iby’ubuvuzi bashinjwa gutanga ibisubizo bitari byo by’uko umuntu yanduye batabwa muri yombi. Uyu muryango witwa HIV Termination Technology Survival for the Fit wabashije kumenya ko mu bigo nderabuzima bigera kuri 6 muri Mbarara hatangiwe […]
Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa
Polisi y’u Rwanda irasaba abaturage kujya bashishoza bakitondera abantu babizeza ibitangaza bababeshya kubajyana mu bindi bihugu bababwira ko ariho bazagirira imibereho myiza. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa kuwa mbere tariki ya 19 Nzeri 2016, ubwo Polisi y’u Rwanda yerekaga itangazamakuru abantu 28 biganjemo urubyiruko, bashutswe mu […]