Kamonyi: Nyirandimubanzi w’imyaka 33 akurikiranwe ho guta umwana we mu bwiherero
Umugore witwa Nyirandimubanzi Cecile wari utuye mu Karere ka Kamonyi , Umurenge wa Karama afungiye kuri Sitasiyo ya polisi ya Kayenzi aho akurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana yari amaze kubyara amunize agahita amuta mu bwiherero (WC) Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko ku wa mbere taliki ya 14 Ugushyingo 2016 ari bwo abaturage basanze Nyirandimubanzi […]
Leta y’Uburundi iri kwihoma kuri Amerika nyuma yo kongerwa ibihano
Leta y’Uburundi yari imaze iminsi igerageza kwigaragariza neza Amerika, Perezida Nkurunziza ari mu bakuru b’ibihugu bihutiye kugaragaza gushimira perezida mushya w’Amerika uherutse gutorwa, Donald Trump, gusa ibi ntibikuraho ko perezida Obama we yamaze gutangaza ko ibihano Amerika yafatiye Uburundi byongerewe ho undi mwaka. Mu gihe leta y’Uburundi yatekerezaga ko ishobora gukomorerwa n’Amerika igakurirwaho ibihano imaze […]
Ni Aimable, umusore ushaka umukobwa bakundana w'inzobe, imyaka hagati ya 21-26 (Fungura ubone nimero)
Muraho nanjye ndashaka ukunzi, ni umusore uringaniye muburebure ndetse no kuri taille, mfite imyaka 29 y’amavuko, Ndifuza umukobwa ufite hagati y’imyaka 21-26, ufite byibuze A2, uringaniye abaye inzobe byaba ari akarusho cga imibiri yombi, utuje, twavugana kuri 0788201647,0728621433. [ad id=”44145″] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru […]
U Rwanda rwaguze indege nshya ishobora kujya ijya no muri Amerika
Sosiyete y’igihugu itwara abagenzi mu kirere ya Rwandair yamaze gutumiza indege nshya yo mu bwoko bwa Boeing B737-800NG, iyi ndege ikaba itegerejwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya kanombe iturutse muri Amerika. [ad id=”44145″] Iyi ndege ije mu gihe iyi sosiyete yo mu Rwanda yari imaze iminsi micye itangaje ko igiye kwagura imikorere ikajya igera no […]
Kuki Abadepite batemeranyije na Bamporiki ku igabanywa ry’ibigenerwa abategetsi bakuwe ku kazi?
Umushinga w’itegeko rigabanya ibyo umuyobozi mukuru uvuye ku butegetsi agenerwa wagejejwe na minisitiri w’Abakozi n’Umurimo ku nteko ishinga amategeko, muri uyu mushinga hagaragara mo ko guverinoma yifuza ko amezi yo gukomeza guhembwa yagabanuka akaba 6 aho kuba 12, Abadepite bagomba kwiga ndetse bakanatora iri tegeko ni bamwe mu bo ryagiraho ingaruka riramutse ritowe. Ubusanzwe umuyobozi […]
Chorale Christus Regnat igiye gushyira indirimbo za Rugamba Sipiriyani ku manota
Mu gihe abantu benshi bakunze gufata umuhanzi Sipiriyani Rugamba nk’igishyitsi cy’abahanzi nyarwanda guturuka mu bihe byashize, wanamenyekanye cyane mu njyana y’amasimbi n’amakombe ariko kuri ubu inganzo ikaba isa n’iyazimye kubera ko nta bagihanga izi ndirimbo n’imbyino, Chorale Christus Regnat yo itangaza ko itazigera ituma iyi njyana izima. Mu muhango wo kumurika ku mugaragaro Album yabo […]
Perezida Kabila ngo arashaka kwiyegereza Gen Laurent Nkunda na Gen Sultani Makenga
Mu gihe Perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akomeje kotswa igitutu n’amahanga afatanyije n’abamurwanya bamusaba kuva ku butegetsi, ngo kuba yabonana na Gen Nkunda na Makenga byamufasha kugira bimwe yikiza ubutegetsi bukamuguma mu biganza. Perezida Kabila ngo akaba yifuza guhura n’aba basirikare nyuma yaho amenyeye ko yiyegereje Abagogwe n’Abanyamurenge ndetse n’andi moko […]
Urubyiruko rurasabwa kugaragaza uruhare mu kuzamura EAC
Mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe umuryango w’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Ugushyingo 2016, Minisitiri w’ubucuruzi, inganda n’ibikorwa by’umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba Francois Kanimba, yasabye ko urubyiruko rwaba nyambere mu guteza imbere uyu muryango. [ad id=”44145″] Mu nsangamyamatsiko igaragaza uburyo ubufatanye mu bihugu bigize umuryango, ari imwe mu nkingi za […]
Tour du Rwanda: Umunyarwanda Ndayisenga Valens yegukanye Etape ya 2
Kuri uyu munsi wa 3 wa Tour du Rwanda 2016, yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ugushyingo 2016, Umunyarwanda valens Ndayisenga niwe wayegukanye akoresheje amasaha 3 n’iminota 16. [ad id=”44145″] Abakinnyi bahagurutse i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri berekeza Karongi, bakaba basoje bakoze Km 125. Uyu musore Valens Ndayisenga w’imyaka […]
Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa
Mu gihe nk’iki abavugabutumwa bamaze kuba benshi ni nako bagenda badukana imico mwinshi, muri ubwo buryo hari mwe mu mico ishobora gutuma umukozi w’Imana ashobora kubwiriza nyamara abo abwiriza ntibagire icyo bakuramo habe no gutekereza kubyo babwirijwe. Umushakashatsi w’umupasiteri witwa Pastor Shane Idleman ukomoka muri Amerika yagaragaje zimwe mu mpamvu nyamukuru zishobora gutuma umuvugabutumwa niyo […]
Goma: Abasirikare basaga 300 bigaragambije basaba kwishyurwa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Ugushyingo 2016, bamwe mu basirikare ba Congo (FARDC) nibwo bishoye mu mihanda bigaragambya basaba kwishyurwa imishahara yabo. Bamwe muri aba basirikare bigaragambije basaba imishahara yabo y’ibirarane imaze imyaka igera kuri 3 abandi amezi 11, aba bakaba ari abofisiye n’abandi b’amapeti yo yasi. [ad id=”44145″] Umwe […]
Rusizi: Bategereje imodoka ya Polisi igenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga
Abatunze imodoka bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheka bategereje imodoka ya Polisi igenzura ubuziranenge bw’imodoka kuri uyu wa kabiri taliki ya 15 Ugushyingo. Ni mu rwego rwo korohereza abatunze ibinyabiziga hirya no hino mu gihugu hagamijwe kudakora urugendo rurerure, ariko cyane cyane kubafasha gusuzumisha ibinyabiziga hagamijwe kumenya imiterere yabyo kugira ngo habeho kwirinda impanuka. […]
“Ntitwavuga iterambere tutavuze uburezi” Donatille Mukabalisa
Perezidante w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda Umutwe w’Abadepite , Mukabalisa Donatille yatangaje ko gahunda y’uburezi ikomeje gukorwa hagati y’u Rwanda na Swede ifitiye akamaro gakomeye iterambere ry’u Rwanda. Ibi perezidante w’inteko ishanga amategeko, umutwe w’Abadepite yabitangarije mu gihugu cya Swede kuri uyu wa mbere aho we n’itsinda ry’abadepite ayoboye bakomeje gusura kaminuza ya Uppsala ishami […]
Si benshi bakunda Museveni kugeza ahanjye- Kizza Besigye
Ku cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, ubwo Kizza Besigye umuyobozi mukuru w’ishyaka FDC ryo muri Uganda yasuraga abaturage bo muri district ya Ibanda, nibwo yatangarije imbaga y’abaturage bari baje kumwakira ko atanga Museveni nubwo bamufata nk’utavuga rumwe nawe. Kizza Besigye wakiriwe n’imbaga y’abayoboke b’ishyaka rye(FDC), bamwakira nka perezida w’igihugu ndetse nanateguye itapi itukura (red […]
ICC irashaka kuburanisha abasirikare b'Amerika
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC ruravuga ko ingabo z’Amerika ari zimwe mu zagize uruhare rukomeye mu bwicanyi, ihohoterwa ndetse n’ubundi bugizi bwa nabi bwakorewe abaturage muri Afuganistani. [ad id=”44145″] Uru rukiko ruvuga ko rufite ibihamya by’uko izi ngabo z’Amerika zakoze ubugizi bwa nabi muri kiriya gihugu, hifashishijwe amakuru atangwa na bamwe mu basirikare babo batawe muri […]
RGB igiye gukurwa mu bigo birebererwa na MINALOC
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yamaze kugeza umushinga w’itegeko rishyiraho Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere myiza (RGB) rikanagena inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere by’uru rwego ku Nteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite. Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere (RGB) cyabaga muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu harateganywa ko kizamurwa, kikigenga, kikaba ku rwego rw’Igihugu rw’imiyoborere n’ubuyobozi bwacyo bukagira manda y’imyaka itanu ishobora kongerwa. [ad id=”44145″] Biteganyijwe ko […]
Si Perezida Nkurunziza utagisohoka mu gihugu gusa, ku baturage bo ngo bisa nk’icyaha
Kuva ku wa 13 Gicurasi 2015, ubwo Perezida Nkurunziza bari bagiye kumuhirika ku butegetsi (Coup d’Etat) bikanga, ntabwo yari yagerageza ngo asohoke mu gihugu, n’umuturage kuba yasohoka mu gihugu ngo bisigaye bisa nk’aho ari icyaha kimwe no kukigarukamo. Hagendewe ku nkuru y’ikinyamakuru cy’i Burundi (yaga Burundi), ngo biragoye kuba wasohoka mu gihugu i Burundi ukongera […]
Perezida Kagame na Madamu muri Maroc mu nama yiga ku mihindagurikire y’ikirere
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na madamu Jeannette Kagame, ku munsi w’ejo bageze i Marrakech mu gihugu cya Maroc aho yitabiriye inama ya 22 y’umuryango w’abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ikirere; Muir iyi nama kandi akaba yari kumwe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo. [ad id=”44145″] Iyi nama iritabirwa n’abandi bakuru b’ibihugu na za guverinonma bagera […]