Ese abagore bose baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe?

Ntibazakubeshye ngo abakobwa baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe, kuko ntibaremwe kimwe, kandi nanone abo baryohereza ntibakunda bimwe. Gusa nanone ntitwakwirengagiza ko ubumenyi n’uburambe umukobwa abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe n’ibyo banyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye n’abakuze, cyangwa akaba asengera muri ya madini bigisha abakobwa gufata neza abagabo no kubasasira neza, ibi bishobora gutuma […]

Imikino ya Shampiyona irasubukura, APR FC igarukanye amaraso mashya

Kuri uyu wa gatanu nibwo ikipe ya APR FC iraba ikina n’ikipe ya Etincelles Fc mu mukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona, APR FC yari imaze iminsi itagaragara ku bibuga byo mu Rwanda bitewe n’uko yari yitabiriye irushanwa yatumiwemo muri Brazzaville iraza gukina uyu mukino ifite n’umutoza mukuru mushya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Jimmy Mulisa uherutse guhabwa […]

Uko Abanyafurika bahungira mu Burayi ku bwinshi, niko umutwe wa IS urushaho kongera amaboko-AU

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi wagaragaje impungenge ku mpunzi z’Abanyafurika ziyongera umunsi ku munsi zijya gushakisha imibereho, ariko ugaragaza ko izo mpungenge zishingiye ahanini ku kuba izi mpunzi ari zimwe mu bajya kongera amaboko y’umutwe w’abarwanyi bitwaye kisilamu Islamic State (IS) kuri uriya mugabane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa gatanu tariki ya 2 Ukuboza 2016, […]

Isoko rya Musanze niryuzura rizaba riri mu ya mbere akomeye mu Rwanda

Kuri uyu Gatanu tariki ya 02/12/2016, Guverineri w’Intara y’Amajyarugruru, Bwana Musabyimana Jean Claude yasuye inyubako y’isoko rya Musanze rya Company GOICO (Gorilla Investment Company) y’Abacuruzi ba Musanze, isoko rizatwara amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari esheshatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iri soko rigizwe n’amagorofa atanu rikaba ryaratangiye kubakwa ku itariki ya 08/07/2014 bikaba biteganyijwe ko imirimo yo kuryubaka […]

Uganda: Abatavuga rumwe na leta bashatse gufungura kaminuza ya Makerere bafunzwe

Abayobozi b’amashyaka atandukanye atavuga rumwe na leta ya Museveni muri Uganda ubu bari mu maboko ya polisi naho Besigye afungishwa ijisho mu rugo iwe bazira gushaka kwihuza ngo bashakire abarimu ba kaminuza ya Makerere umushahara wabo mu gihe leta yananiwe kuwubona . Aba bagabo bari biteguye kujya hamwe bagakora fundraising igamije gukusanya amashiringi ya Uganda […]

Burundi: Umupolisi wishwe arwana kuri Willy Nyamitwe yashyinguwe-AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Ukuboza 2016, nibwo Ntungwanayo Elie wari uzwi ku izina rya Gasongo, umupolisi w’u Burundi warindaga Willy Nyamitwe yashyinguwe mu cyubahiro. Will Nyamitwe, umukozi muri Perezidansi ushinzwe itangazamakuru yagabweho igitero ku wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, uyu mupolisi Gasongo agerageza kurasana n’abari babateze birangira ahasize ubuzima undi […]

Umuririmbyi Michael Ross arahakana amakuru yavugaga ko agiye kwimukira mu Rwanda

Umuririmbyi Michael Ross Kakooza wo mu gihugu cya Uganda arahakana amakuru amaze iminsi avuga ko yaba agiye kwimurira ibikorwa bye bya muzika mu Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iki cyumweru, ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko Michael Ross agiye kwimukira mu gihugu cy’abaturanyi, u Rwanda, ngo bitewe n’igitutu ashyirwaho n’abafana be muri Uganda bamusaba gusohora indirimbo […]

Utazishimira ibyavuye mu kizamini cy’akazi azajuririre Komisiyo Ishinzwe Abakozi ba Leta-Min Murekezi

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Ukuboza 2016, ubwo Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yagezaga raporo y’Urwego rw’imicungire y’abakozi ba Leta ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, Minisitiri yamaze impungenge abajyaga bibaza icyo bakora nyuma yo kutanyurwa n’amanota bahawe mu kizamini cy’akazi, cyangwa mu gihe batishimiye ibyavuye mu bizamini. [ad id=”44145″] Minisitiri w’Intebe Murekezi yagize […]

Charly na Nina mu gitaramo i Bujumbura kuri Noheri

Abaririmbyi, Charly na Nina baritegura kwerekeza mu gihugu cy’u Burundi gutaramira abakunzi b’umuziki wabo nk’uko aba bahanzikazi babyemereye urubuga Ubmnews rwo mu Burundi dukesha aya makuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo iki kinyamakuru cyaganiraga n’aba bahanzikazi, cyatangiye kibabaza niba ari ukuri koko bagiye kujya mu Burundi. aba bahanzikazi bakaba bafite amahirwe yo kuzahirwa muri iki gitaramo kuko […]

Leta ya Isirayeli yahagurukiye agasaku k’Abasilamu

Ubuyobozi bwa Isirayeli buravuga ko bugiye guca agasaku gahora mu mijyi y’iki gihugu gaterwa n’abayoboke b’idini ya Isilamu baba bahamagarira bagenzi babo kwitabira isengesho rya buri saha (gutora azana) Minisitiri w’intebe wa Isirayeli, Benjamin Netanyahu yamaze gutangaza ko iki gihugu kitazakomeza kwihanganira agasaku gakururwa n’Abasilamu buri saha, Netanyahu yavuze ko ashyigikiye gahunda yiswe “Meuzzin bill” […]

Louise, umukobwa ushaka umukunzi (Fungura ubone nimero ze)

Ndifuza umukunzi.ndumucyene ntabutunzi pfite ntanamashuri pfite.ntakazi njyira.gusa ibyobyose bitangwa n’uwiteka.ndifuza umukunzi uzi ubuzima icyaricyo.akamenyako buhindura umuntu mwiza cg mubi.akaba atanwa inzoga n’itabi akaba adafite umwana hanze.akaba yiyubaha.akaba afite akazi.yaba yifite niyomahirwe ye.afite inzu byaba akarusho.agaharanira ko twamenyana.ibindi byose hagena imana.murakoze.yahamagara 0786360732. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha […]

Gabon: Jeannette Kagame na Sylvia Bongo basuye ikigo cyita ku ndwara za cancer

Umufasha wa perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, na mugenzi we wo muri Gabon, Sylvia Bongo Ondimba kuri uyu wa Gatatu ushize basuye Ikigo cyita ku ndwara za cancer cyo mu murwa mukuru Libreville(Institut de CancĂ©rologie of Libreville) ndetse banasura Maison d’Alice. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uku gusura kukaba kwarabaye mu gihe madamu wa perezida wa repubulika yari […]

Kigali: Abakora uburaya 55% babana n’ubwandu bwa SIDA

Minisitri y’ubuzima iravuga mu mujyi wa kigali habarurwa abakora umwuga w’uburaya babana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA bnagana na 55% by’abakora uyu mwuga, ko kuri ubu ngo ababana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubukana bakoresha mu gihe cy’amezi atatu aho kuba mu kwezi kumwe nk’uko byari bisanzwe, ibi ngo ni mu rwego […]

Gicumbi: Mayor ngo ntazi umubare w’abayobozi b’utugari bamwandikiye basaba kwegura ku mirimo

Nyuma y’uko hari amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko abayobozi b’utugari tugera kuri 40 two mu karere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda, bamaze kwandika basaba gusezera ku mirimo yabo ku mpamvu zitandukanye, umuyobozi w’aka karere Mudaheranwa Juvenal we aravuga ko ataramenya umubare neza w’amabaruwa amaze kwakira, dore ko ari mu bunyamabanga bw’akarere. [ad […]

Wole Soyinka yashyize mu bikorwa ibyo yari yarasezeranyije igihe Trump yatsinda amatora

Wole Soyinka, Umunyafurika wa mbere wahawe igihembo cya Nobel nk’umwanditsi yahagaze ku ijambo rye nk’umuntu w’umugabo nk’uko yatangaje ko Donald Trump naba perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika azahita aca ikarita imuha uburenganzira bwo kuba muri iki gihugu kuko ngo atemera ibitekerezo bye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwanditsi uzwi ku Isi yose rero yabwiye ikinyamakuru […]

Sudani y’Epfo: Ingabo za leta zirashinjwa gukora Itsemba bwoko nk’iryabaye mu Rwanda

Umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi (UNCHR) uravuga ko mu gihugu gito kuruta ibindi byose byo ku isi hakomeje kubera itsemba bwoko rikorwa n’ingabo za leta, Perezida Salva Kiir ntabikozwa Intambara y’abanyagihugu ibera imbere mu gihugu cya Sudani y’Epfo ikomeje guteza ubuhunzi bukabije ndetse abasivile batagira ingano baricwa umusubizo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Intabo za leta nizo zishinjwa […]

Sudani y’Epfo: Ingabo za leta zirashinjwa gukora Itsemba bwoko nk’iryabaye mu Rwanda

Umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi (UNCHR) uravuga ko mu gihugu gito kuruta ibindi byose byo ku isi hakomeje kubera itsemba bwoko rikorwa n’ingabo za leta, Perezida Salva Kiir ntabikozwa Intambara y’abanyagihugu ibera imbere mu gihugu cya Sudani y’Epfo ikomeje guteza ubuhunzi bukabije ndetse abasivile batagira ingano baricwa umusubizo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Intabo za leta nizo zishinjwa […]

Abapolisi basoje amahugurwa yo kuyobora za station basabwe kugendera ku muvuduko nk'uw'isi iriho

Mu rwego rwo kongerera ubumenyi Abapolisi, ku munsi w’ejo tariki ya mbere Ukuboza 2016, icyiciro cya kabiri cy’amahugurwa y’ubuyobozi bwa sitasiyo za Polisi cyarangijemo abapolisi 60 ku Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) riri mu karere ka Musanze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya mahugurwa yamaze amezi atatu n’igice yitabiriwe n’Abapolisi bavuye kuri sitasiyo za Polisi zitandukanye mu gihugu […]

Abanyamahanga bakomeje gutungurwa na serivisi za Isange One Stop Center

Intumwa 10 zo mu birwa bitatu nka bimwe mu bihugu by’Afurika zavuze ko bikwiye ko ibihugu bikurikiza urugero rwiza rw’u Rwanda mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana; hifashishijwe uburyo bukoreshwa n’ikigo Isange one stop center. Aba bashyitsi bo mu birwa bya Comores, Sao Tome na Principe na Cap Vert babivuze tariki ya 1 […]

Inzu z’umwami zatwitswe nyuma yo guteza imvururu zahitanye abasaga 55

Mu mpera z’icyumweru gishize mu gihugu cya Uganda hatangajwe amakuru y’imirwano ikaze yabaye hagati y’ingabo za leta n’abarinzi b’umwami Charles Wesley Mumbere yabereye mu gace ka Kasese ari nako uyu mwami asanzwe atuyemo; iza gusiga abasaga 55 bahasiga ubuzima mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru. Kuri uyu wa kane tariki ya 1 Ukuboza […]