Uko amatora yagenze muri Komisiyo y’abanyamakuru bigenzura (RMC)- AMAFOTO
Muri make amatora yabanjirijwe n’amajambo y’abakomiseri basanzwe mbere yuko basezera nabo bakamanuka mu nteko rusange,aho bari bafite nabo uburenganzira bwo kongera kwiyamamaza. Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Abanyamakuru bigenzura, Bwana Mugisha yakurikijeho kugaragariza inteko rusange ibyo RMC yagezeho mu bikorwa byayo bya buri munsi byiganjemo ubuvugizi ku mwuga w’Itangazamakuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Hanavuzwe kandi ibijyanye uko impaka […]
Abumva ko Leta ya Nkurunziza idakenewe ngo ni abataye umutwe
Umuhuza mu biganiro bya politiki mu gihugu cy’u Burundi Benjamin Mkapa yatangaje ko kuba Perezida Nkurunziza ari ku butegetsi bw’u Burundi nta kibazo kirimo, ndetse ko n’abumva ko adakwiye kuba ari ku butegetsi ari abatamutwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje mu kiganiro gisoza uruzinduko rw’iminsi 2 yari yagiriye mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa 9 […]
MIliyoni zisaga 58 z’Abanyafurika zizaba zikeneye ubufasha bw’ibanze muri 2027-UN
Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko bitewe n’ibibazo by’ubukene ndetse n’iby’umutekano mucye bikomeje kugariza ibyinshi mu bihugu byo ku mugabane w’Afurika ko mu mwaka wa 2017 byibuze abasaga miliyoni 58 bazaba bakeneye ubufasha bw’ibanze mu gihe nta gikozwe mu maguru mashya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi raporo y’uyu muryango yagiye ahagaragara muri iki cyumweru, uyu muryango ugaragaza ko […]
Kigali: Harigwa uko ibyangombwa byo kubaka bitakomeza gutinda
Ubusanzwe kubona ibyangombwa byo kubaka mu mujyi wa Kigali bifata iminsi itari munsi ya 21, ibi abubatsi basanga ari imwe mu mpamvu zituma iterambere rishingiye ku nyubako zigezweho mu Rwanda ritihuta,Umujyi wa Kigali wiyemeje koroshya uburyo bwo kubona ibyangombwa byo kubaka mu mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ibikorwa remezo bishingiye ku bwubatsi. Mu nama […]
ICC igiye kongera kubaza Afurika y’Epfo impamvu yanze guta muri yombi perezida Bashir muri Kamena
Abacamanza bo mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, kuri uyu wa kane basabye Afurika y’Epfo kuzohereza abayihagarariye mu mwaka utaha ngo humvwe niba iki gihugu kitararenze ku nshingano zacyo cyanga guta muri yombi perezida Omar Al Bashir wa Sudani muri Kamena. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyemezo cya perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, cyo kureka perezida Bashir akava […]
Uganda: Abadepite bamaze kunoza umugambi wo kujyana Perezida Museveni muri ICC
Bamwe mu Badepite bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda batangaje ko bamaze kunoza umugambi wo kujyana Perezida museveni mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC ku ruhare bamushinja rw’ubwicanyi buherutse gukorerwa abaturage bo mu gace ka Kasese. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri munsi w’ejo tariki ya 9 Ukuboza 2016, nibwo abadepite biganjemo abo mu ishyaka ritavuga rumwe na leta […]
Perezida Kagame na Nkurunziza bashobora guhurira mu birori muri Tanzania
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, kuri uyu wa 09 Ukuboza araha umugisha ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 55 y’ubwigenge, ari nabwo bwa mbere agiye kubyizihiza nka perezida kuva yajya ku butegetsi ku wa 05 Ugushyingo 2015. Perezida Magufuli yari yasubitse ibirori nk’ibi byo mu mwaka ushize bituma hazigamwa miliyari 4 z’amashilingi mu ngengo y’imari […]
Padiri Thomas Nahimana yagiye kurega u Rwanda ku Bwongereza
Padiri Nahimana Thomas uyobora ishyaka ishema ritanditse mu Rwanda aherutse kugerageza kuza kwandikisha iryo shyaka rye kugirango atangire ibikorwa byo kwiyamamariza kuzaba perezida w’u Rwanda ariko abura ibyangombwa bimwemerera kujya mu Rwanda, kuri ubu ari mu ruzinduko mu gihugu cy’u Bwongereza aho ngo yagiye kuganira n’abategetsi b’icyo gihugu kiyobora umuryango wa commonwealth. Nahimana yatangaje ko […]
U Burundi bwahamagaje ambasaderi wabwo mu Bubiligi
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bubiligi aravuga ko u Burundi bwahamagaje ambasaderi wabwo i Buruseli mu Bubiligi. Ibi bikaba bibaye mu gihe umubano hagati y’ibihugu byombi urushaho kumera nabi. Ikinyamakuru La libre cyo mu Bubiligi cyatangaje aya makuru cyavuze ko kuri uyu wa kane tariki ya 8 Ukuboza 2016, Ambasaderi Jeremie Banigwaninzigo yahamagajwe na leta […]
Gasabo: RDF Reserve Force n’akarere bagiye kubaka umudugudu w’icyitegererezo uzatwara asaga miliyari 2
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe iterambere ry’abaturage, Munyeshyaka Vincent, yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka Umudugudu w’icyitegererezo mu Murenge wa Gikomero, Akarere ka Gasabo. Uyu mushinga biteganyijwe ko uzarangira utwaye miriyari 2,258,394,740 y’amafaranga y’u Rwanda. Uwo Mudugudu ukaba uzubakwa n’Ingabo z’u Rwanda Umutwe w’Inketagutabara k’ubufatanye n’Akarere ka Gasabo mu gihe cy’amezi atandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Biteganyijwe ko […]
U Bwongereza bubitse byinshi byaranze intambara ya Congo na CNDP ya Nkunda – Snowden
Ikinyamakuru Le monde ndetse n’urubuga The Intercept byongeye gusubira mu mabanga y’urwego rushinzwe umutekano w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NSA, Edward Snowden yashyize ku Karubanda, aho kuri iyi nshuro hibanzwe ku nyandiko zivuga ku mugabane wa Afurika by’umwihariko igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu bihugu bigera kuri 20 byo […]
Kenya: Umukozi wo mu rugo yivuganye nyirabuja wari n’umukunzi we mu ibanga
Igipolisi mu giturage cya Ingobor, ho muri Kenya, cyataye muri yombi umusore w’imyaka 22 wakoraga akazi ko mu rugo ushinjwa kwica nyirabuja nyuma yo kugira ibyo batumvikana kuri uyu wa kabiri ushize, itariki 06 Ukuboza. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mu gipolisi cya Mogoon, Josiah Rono, ngo uyu musore yakoraga akazi ko mu rugo akorera nyakwigendera. Bombi […]
Abanyamadini barasabwa uruhare mu kurwanya ruswa bahereye kuyirangwa mu madini
Mu biganiro byahuje abahagarariye amadini atandukanye n’urwego rw’umuvunyi kuri uyu wa 08 Ukuboza 2016, umuvunyi yasabye abanyamadini kugaragaza uruhare mu kurwanya ruswa n’akarengane bikigaragara mu madini yo mu Rwanda [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya akarengane, Kanzayire Bernadette avuga ko iki ari igikorwa cyihariye cyo gufasha abanyamadini kubona umwanya wo gusuzuma uruhare […]
51% by’abana batwara inda z’indaro baziterwa n’abantu bakuru- Ubushakashatsi
Mu gihe ikibazo cy’abana b’abangavu batwara inda zitateganyijwe gikomeje gufata intera ikabije mu gihugu, impuzamiryango y’imiryango yita ku burenganzira bwa muntu CLADHO uvuga ko iki kibazo gikwiye gukurikiranwa kuko bigaragara ko abenshi mu batera abo bana inda harimo ababa babafiteho ububasha ariko ntibashyikirizwe ubutabera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’uyu muryango muri uyu mwaka […]