30% by'ibitumizwa mu mahanga bizaba byagabanyutse mu myaka 5 iri imbere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 14 Ukuboza 2016 Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yatangije ku mugaragaro Imurikagurisha ry’Ibikorerwa mu Rwanda (Made in Rwanda Expo ) ryateguwe ku bufatanye bw’urugaga rw’abikorera ku giti cyabo (PSF) na minisiteri y’ubucuruzi n’inganda n’ibikorwa by’umuryango w’Afurika y’ u Burasirazuba (MINEAC). Afungura iri murikabikorwa ku mugaragaro, Minisitiri w’intebe Anastase Murekezi yagarutse […]

Niki Bibiliya ivuga ku bijyanye no kwizihiza umunsi mukuru wa Noheri?

Ese abakirisitu bemerewe kwizihiza umunsi mukuru wa Noheri? Ese ni iki ijambo ry’Imana rivuga ku bijyaanye no kwizihiza Noheri? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Noheri ni umunsi mukuru wizihizwa ku itariki ya 25 Ukuboza buri mwaka guhera mu binyejana byashize. Gusa abantu benshi biganjemo abakirisitu kugeza na nubu ntibavuga rumwe ku kijyanye n’uyu munsi mukuru abantu baba bavuga […]

Ni umukobwa w'inzobe ushaka umusore bakundana bakanarushinga vuba (Reba nimero)

Muraho? Ndi umukobwa w’inzobe utabyibushye ukuze mu myaka no mu mutwe nkaba nshaka umugabo ufite urukundo ruganisha kubaka urugo akaba akuze afite imyaka irenga 30 itarenga 40 akaba yiteguye kurushinga vuba. Abaye afite icyo akora byaba ari akarusho kuko nanjye ndakora, gusa icyambere n’urukundo!!! Ufite gahunda yampamagara kuri 0781535557 ,abatesha mutwe ntibampamagare kuko ntago ndimo […]

Nigeria: Ikipe y’abagore yigaragambirije mu marembo yo kwa Perezida Buhari

Abakinnnyi b’ikipe y’igihugu y’abagore mu mupira w’amaguru mu gihugu cya Nigeria bazindukiye mu myigaragambyo ikaze ku rugo rwa perezida Buhari bakomereza n’imbere y’ingoro y’inteko ishinga amategeko basaba guhabwa uduhimbaza musyi twabo. Aba bagore bateguye iyi myigaragambyo kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2016 mu gihe Abadepite mu nteko bari bari kwitegura kwakira perezida w’igihugu, Muhammadu Buhari […]

Hashyizweho uburyo bushya bwo kwandikira ibinyabiziga mu muhanda

Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2016, Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara uburyo bushya bw’ikoranabuhanga mu kwandikira ibinyabiziga bifatiwe mu makosa atandukanye mu muhanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni uburyo bushya buzakoreshwa n’ishami rya polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda aho umupolisi atazigera yongera kwirirwa ajyanya ibyangombwa by’ikinyabiziga kuko azajya yandikira umushoferi akabirangiriza aho ku muhanda umushoferi akikomereza […]

Malawi: Urubanza ku iyoherezwa rya Murekezi ushinjwa uruhare muri jenoside rwasubitswe

Umucamanza wo muri Malawi, Patrick Chirwa yatanze umwanzuro ubwo Umunyarwanda Murekezi ukurikiranweho uruhare muri jenoside uba muri iki gihugu, yagezwaga mu rukiko kuri uyu wa kabiri nyuma yo gutabwa muri yombi n’igipolisi kigendeye ku mpapuro zo kumuta muri yombi zatanzwe n’u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umushinjacyaha wa leta, Steve Kayuni, yasabye urukiko guha leta indi minsi […]

Afurika y’Epfo: Riek Mashar yatawe muri yombi

Umuyobozi w’abatavuga rumwe na leta ya Salva Kiir muri leta ya Sudani y’Epfo, Riek Mashar yatawe muri yombi na leta y’Afurika y’Epfo mu rwego rwo kwanga kumureka ngo akomeze azenguruke ibihugu bitandukanye ahunga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru the standards cyo mu gihugu cya Kenya, ngo uyu mugabo afungiye mu nzu ifungirwamo abandi banyabyaha hafi […]

Huye: Akarere kahawe igikombe cyo kurwanya ruswa n’akarengane

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwishimiye kwakira igikombe cyahawe Akarere ka Huye mu rwego rwo kurwanya ruswa n’akarengane bashyikirijwe n’Urwego rw’Umuvunyi, rufite mu nshingano zarwo kurwanya ruswa n’akarengane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Kayiranga MUZUKA Eugene atangaza ko yishimiye iki gikombe cyahawe Akarere ka Huye, igikombe cy’umwanya wa gatatu mu kurwanya Ruswa n’Akarengane. Kimwe n’umuyobozi […]

Mu minsi iri imbere Green Party iratangaza uzayihagararira mu matora ya perezida

Kuri uyu wa Kabiri, ishyaka Democratic Green Party of Rwanda , ryagiranye ikiganiro n’abanyamakuru nyuma ya kongere ngarukamwaka ihuza amashyaka ya Green Party mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, ariko bakaba bari bafite n’amahugurwa ajyanye no gutegura amatora no kwiyamamaza, riboneraho kuvuga ko rifite n’umukandida uzatangazwa mu minsi iri imbere uzahatana mu matora y’umukuru w’igihugu. [xyz-ihs […]

Burundi: Umwe mu bashinjwa kwica Gen. Adolphe Nshimirimana yatorotse amaze kwivugana umucungagereza

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, umwe mu bapolisi bakuru 8 bari bafunze bakurikiranyweho guhitana Gen. Adolphe Nshimirimana yatorotse gereza nyuma yo kwivugana undi murinzi w’aho yari afungiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi Nkurikiye Pierre yatangarije African News Agency (ANA) ko uyu mucungagereza yishwe ubwo yari aherekeje uwari […]

Amerika na EU bashyizeho ibihano ku bategetsi ba DR Congo

Mu gihe perezida Kabila asigaje icyumweru kimwe kugirango arangize manda ebyiri agenerwa n’itegeko nshinga rya Congo, kuri ubu bamwe bayobozi bakuru bamufasha kuyobora iki gihugu bamaze gushyirirwaho ibihano n’ibihugu bikomeye byo hakurya y’inyanja. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2016 nibwo Leta zunze ubumwe z’Amerika n’Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi batangaje ko bafatiye ibihano bamwe mu […]

Muhanga:Umuhanda Perezida Kagame yemereye abaturage washyizwemo kaburimbo

Umuhanda unyura muri Giperefe mu mujyi wa Muhanga,watangiye gushyirwamo kaburimbo igice cya mbere,NZABONIMPA Onesphore Umuyobozi ushinzwe ibikorwaremezo muri aka Karere avuga ko imirimo yo kubaka uyu muhanda igeze kuri 75%. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu ni umwe mu mihanda Perezida Paul Kagame yasezeranije abaturage ubwo yimamarizaga manda ya kabiri yo kuyobora iguhugu mu mwaka w’2010 igikorwa cyo […]

Nyamasheke: Abagabo 2 bakurikiranyweho kwiyita abakozi b’akarere bakambura abaturage utwabo

Abagabo 2 bo mu karere ka Nyamasheke barimo Nzeyimana Evariste w’imyaka 30 y’amavuko ndetse na mugenzi we Hakizimana Simon w’imyaka 28 bose bakomoka mu kagari ka Nyagatare ,umurenge wa Mahembe bakurikiranweho icyaha cyo kwiyita abakozi b’akarere bagateka umutwe no kurya amafaranga y’abantu babizeza kubafasha biciye mu nkunga zizatangwa n’akarere ndetse bakanabungukira amafaranga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko […]

Reba amafoto yakwirakwiye muri Cameroun bigana minisitiri w’imikino w’umunyabwoba

Minisitiri w’imikino mu gihugu cya Cameroun yakoresheje ibyubahiro byinshi asuhuza perezida w’icyo gihugu Paul Bia bituma abaturage bose badukana uburyo bwo kwifotoza bwigana uyu muyobozi. Minisitiri Pierre Ismael Bidoung Mpkatt yunamye mu buryo bukabije ku buryo abatari byagaragaye ko atinya cyane umukuru w’igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo kubona iyi foto, Abanyacameroun bose batangiye kwifotozanya n’inyamaswa […]