Mali nayo yaba igira uruhare mu irekurwa ry’Abanyarwanda bakoze jenoside bahafungiye
Kurekura abahamijwe ibyaha bya jenoside bari bafungiye muri Mali batarangije igihano bakatiwe guherutse kuba mu ntangiriro z’Ukuboza, ubwo harekurwaga Ferdinand Nahimana na Padiri Emmanuel Rukundo, kwababaje Guverinoma y’u Rwanda, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside, Ishyirahamwe ry’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, Ibuka, ndetse bikoma umucamanza Theodor Meron wabarekuye, ariko ngo igihugu cya Mali nacyo cyaba kigira uruhare […]
Uganda: IGP Kale Kayihura ngo ahangayikishijwe n'umutekano we
Umukuru w’igipolisi cya Uganda, IGP Gen. Kale Kayihura, yeruye atangaza ko iyo ari mu biro bye ahitwa Naguru, aba yumva adatekanye . Ibi akaba yabitangarije itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro ku myiteguro yo gucunga umutekano mu bihe by’iminsi mikuru isoza umwaka aho yakomeje avuga ko igipolisi kidakwiye kwigisha abaturage icyo bakwiye gukora mu […]
Igisirikare cya Uganda UPDF kirashinjwa gukorera itoteza ry’indengakamere bamwe mu bo bakorana
Igisirikare cya uganda kirashinjwa gukorera ihohotera ry’indengakamere umwe mu basirikare bacyo witwa Majibu Ssebyara ufite ipeti rya Kaporali ashinjwa uruhare mu bwicanyi bwakorewe mu gihugu cya Somalia mu minsi yashize. Nk’uko bigaragara mu nkuru yatangajwe n’ikinyamakuru daily monitor gikorera mu gihugu cya Uganda ari nacyo dukesha iyi nkuru, iki gisirikare kirashinjwa ibikorwa by’ubugizi bwa nabi […]
Amapfa no gukura hanze y’u Rwanda byinshi ku isonga ry’ibyatesheje agaciro ifaranga
Banki nkuru y’igihugu yatangaje ko ifaranga ry’u Rwanda rikomeje guta agaciro bitewe n’impamvu nyinshi zirimo amapfa yateye mu karere ndetse no kuba u Rwanda rwohereza hanze ibicuruzwa bike kandi rugakurayo byinshi, amabanki yo mu Rwanda yo yagenze biguru ntege mu gutanga inguzanyo bitewe no gutinya kwamburwa kuko abahinzi nanubu bataragirirwa icyizere. Byatangajwe na Guverineri wa […]
Uganda: Umunyamideli Nina Mirembe yongeye gushyira hanze amafoto ashotora abagabo
Ku munsi w’ejo tariki ya 27 Ukuboza 2016, nibwo uyu munyamideri wamenyekanye cyane mu gihugu cya Uganda Nina Mirembe yashyize ku karubanda amafoto ye yambaye utwenda tw’imbere ku mucanga. Aya yamoto yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga za facebook na instagram, yaherekejwe n’amagambo ya bamwe mu bakunzi be avuga ko ari uburyo bwo kongera kwikururira abagabo […]
Urupfu Col Karegeya yapfuye, akicwa nk’intama cyangwa se ingurube baniga, biriya ni amahano- Twagiramungu
Mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza rishyira iryo ku wa 1 Mutarama 2014, nibwo Col Patrick Karegeya yanigiwe muri Hotel yo muri Afurika y’Epfo arapfa. Mu gihe habura iminsi 3 ngo imyaka ibe yihiritse ari 3 iby’urupfu rwe biracyari amayobera, umunyapolitiki Twagiramungu Faustin we avuga ko ibyakorewe uyu musirikare ari amahano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Video […]
Uganda: Agace gatuwe n'ababa muri Nyakatsi kibasiwe n’inkongi y'umuriro
Abantu basaga 30 bo mu karere ka Tororo mu gihugu cya Uganda bamaze amajoro barara munsi y’ibiti nyuma y’uko inzu zabo zibasiwe n’inkongi baro mu birori bya Noheli. Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu avuga ko aka gace kari gatuwe n’abantu baba mu nzu z’ibyatsi, zibasiwe n’inkongi batazi icyayiteye ubwo barimo bizihiza Noheli. Fredrick […]
Havumbuwe Farumasi zicuruza imiti y’amatungo ya magendu
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi bwatangaje ko bumaze gutahura amaguriro y’imiti y’amatungo 5 acuruza imiti itujuje ubuziranenge, ibintu aborozi bavuga ko byagize ingaruka ku matungo yabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Farumasi zafashwe ngo zasanganywe imiti itujuje ubuziranenge irimo uwica uburondwe ku nka witwa NOROTRAZ n’undi witwa wa Bupanor, imochem na Butachem ikoreshwa mu bihugu […]
FIFA: U Bwongereza ku isonga mu kugira abakinnyi benshi ku rutonde rw'abazamu 10 b’umwaka wa 2016
Nyuma y’uko Federation mpuzamahanga y’umupira w’amaguru ishyize ahagaragara urutonde rw’ibihugu uko bigenda bisumbana mu manota mu mwaka wa 2016, hari n’urutonde rw’abazamu 10 babaye indashyikirwa muri uyu mwaka dusiza, ariko aba bazamu bakaba biganjemo abagaragaye cyane mu irushanwa rya Premier leaguer ryo mu Bwongereza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore uko abo bakinnyi bakurikirana mu buryo bw’amafoto  […]
Umukobwa w’igikara kinoze, arashaka umukunzi w’ibihe byose (Fungura ubone nimero ze)
Uyu ni umukobwa ushaka umukunzi: mbanje kubasuhuza abo kuru rubuga.njye nd’umukobwa wa 55kg mfite 1,69cm,nahejeje amashuri yisumbuye ariko ubu ntakazi mfite.mfite 21.nd’igikara kinoze.nje hano nshaka uwo nagira umukunzu wibihe byose.umusore ukuze ufite nka 28ans,wubaha imana kdi wubaha bose.ukora kdi uvugisha ukuri.niba ubyujuje nyandikira on whtsp 0787057618. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu nawe ni umusore ushaka umukunzi : […]
Bimwe mu byagarutsweho cyane mu butabera bw’u Rwanda muri 2016
Mu gihe umwaka wa 2016 uri mu marembera naho uwa 2017 ukaba usigaje iminsi mike ngo utangire, hari ibintu bitazibagirana byaranze ubutabera bw’u Rwanda, kutanyurwa n’uko imanza ziciwe, kujurira, gukatirwa ku bari barananiye inkiko, koherezwa mu Rwanda kw’abari baragiye mu mahanga basize bakoze ibyaha bya Jenoside bidasaza mu Rwanda n’ibindi byinshi nibyo byaranze 2016 mu […]
Gasabo: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ry’abantu n’ibiyobyabwenge
Urubyiruko rugera kuri 300 rwo mu karere ka Gasabo ruharanira amahoro n’iterambere rwasabwe kwirinda ibiyobyabwenge by’ubwoko bwose no kwirinda kugwa mu mutego w’abacuruza abantu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi babisabwe mu mpera z’icyumweru gishize mu nama bagiranye na Chief Superintendent of Police (CSP) Rose Muhisoni; akaba yungirije Umuyobozi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe imikoranire yayo n’abaturage […]
Abatutsi n’Abahutu babanaga neza mu Burundi, ngo umuvumo wazanwe n’Ababiligi
Iyi mvugo yagaragaye mu gitabo “La haine en ce vert paradis” cyanditswe na Jean-Franà §ois Bouchard, akaba avuga ko ubwicanyi bwatangiye gukorwa mu Burundi, ahagana mu kinyejana cya 20 hagati bwakuruwe n’Ababiligi. Yagize ati: “Abatutsi n’Abahutu babanaga mu mahoro mu Burundi mbere y’uko Abakoloni b’Ababiligi bigisha amacakubiri ashingiye ku moko, banashinga ubuyobozi bwabo, iryo vangura ryakurikiwe […]
Burundi: Perezida Nkurunziza yakubise umweyo abasirikare 3 bakomeye (Officers)
Muri uku kwezi k’Ukuboza 2016, Perezida w’ u Burundi Nkurunziza yirukanye abasirikare 3 barimo na Col Adolphe Manirakiza wahoze ayoboye ingabo za MONUSCA muri Repubulika ya Centrafrica akaza kwirukananwa nazo ashinjwa kutuzuza inshingano zabajyanye. Ku itariki ya 22 Ukuboza 2016, nibwo umukuru w’igihugu cy’u Burundi Pierre Nkurunziza nk’umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’igihugu yashyize umukono ku itangazo […]
Burundi: Perezida Nkurunziza yakubise umweyo abasirikare 3 bakomeye (Officers)
Muri uku kwezi k’Ukuboza 2016, Perezida w’ u Burundi Nkurunziza yirukanye abasirikare 3 barimo na Col Adolphe Manirakiza wahoze ayoboye ingabo za MONUSCA muri repubulika ya Centrafrica akaza kwirukanwa nazo ashinjwa kutuzuza inshingano zabajyanye. Ku itariki ya 22 Ukuboza 2016, nibwo umukuru w’igihugu cy’u Burundi Pierre Nkurunziza nk’umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’igihugu yashyize umukono ku itangazo […]
Kwagura imihanda yo mu Mujyi wa Kigali biratangirana na Mutarama 2017
Umushinga wari utegerejwe wo kwagura imihanda yo mu Mujyi wa Kigali biteganyijwe ko utangirana n’ukwezi kwa Mutarama tugiye kwinjiramo nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’Umujyi wa Kigali. Biteganyijwe ko uyu mushinga uzatwara miliyoni hafi 76 z’Amadolari y’Amerika. Biteganyijwe ko muri uyu mushinga hazakorwa kilometer zigera muri 52, hakazibandwa cyane ku kwagura imihanda ku buryo umuhanda uzajya ugendamo […]
Yakomerekeye bikomeye mu kirombe yari agiye kwibamo Gasegereti
Polisi y’u Rwanda iributsa abakora imirimo y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro gufata ingamba zo kubungabunga umutekano w’aho bakorera iyo mirimo mu rwego rwo gukumira impanuka zishobora kuhabera. Ubu butumwa butanzwe kubera ko hari abantu bitwikira ijoro bakayacukura mu birombe bidacungiwe umutekano ku buryo biteza impanuka zihitana ndetse zigakomeretsa bamwe mu babikora. Mu ijoro ryo ku wa 24 […]