Canada: Abashinjacyaha 2 bahawe igihembo ku bwo gukanira umunyarwanda urumukwiye

Abashinjacyaha babiri bo muri Canada bahembwe kubwo kugaragaza ubunararibonye n’ubunyangamugayo mu kazi kabo by’umwihariko ku myitwarire mwiza bagaragaje mu rubanza rw’umunyarwanda, Gervais “Ken” Ngombwa ushinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Trish Mehaffey The Gazette dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu Gervais “Ken” Ngombwa yanafatiwe mu gihugu cy’Amerika mu buryo […]

Ibintu 5 binezeza abagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Nk’uko bivugwa mu mvugo izimije kandi yiyubashye, ni ugutera akabariro, abagore rero hari ibibanezeza muri iki gikorwa ku buryo yumva akunze umugabo we ndetse buri iteka agahora yifuza ko yamuhora iruhande. 1.Guteteshwa: Mbere y’uko umugore yinjira mu gikorwa cy’akabariro nyirizina aba yifuza ko ateteshwa, utugambo twiza umubwira n’utundi ushobora kumukorera dutuma yirirwana umuneza, mukajya kugera […]

DRC: Ibintu bishobora gusubira i rudubi nyuma yo gukatirwa kwa Franck Diongo

Urukiko rukuru rwa Repubulika haranira Demokarasi ya Congo rwemeje ko Franck Diongo wo mu ishyaka ry MLP ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Kabila afungwa imyaka itanu, imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yyahise itangaza ko iki cyemezo gishobora kugarura umwuka mubi cyane mu gihugu mu gihe ibiganiro bigamije gutegura amatora y’umukuru w’igihugu hagati y’impande zihanganye byari […]

Hari Banki zidakurikiza amabwiriza ya BNR, amafaranga 5 yarirukanwe ku isoko mu ibanga

Imikorere ya zimwe muri Banki zo mu Rwanda ndetse n’abacuruzi bisa nk’aho ari amategeko bishyiriraho, Banki nkuru y’u Rwanda (BNR) yabajijwe n’iba bene ibyo byemezo yaba ibizi itangaza ko ababikora baba bafite amabwiriza yabo bagenderaho adahuye n’aya banki nkuru y’igihugu ubusanzwe ifite inshingano zo kureberera izindi zose zo mu gihugu ikanita ku busugire bw’ifaranga ry’igihugu […]

Kenya: Raila Odinga yatsinze Kenyatta mu matora y’umukuru w’igihugu kuri Twitter

Mu gihe hakomeje kuvugwa impaka z’urudaca ndetse no guteragurana amagambo mu bayobozi bakuru ba leta ya Kenya ku bijyanye n’ibikorwa by’amatora biri gutegurwa, kuri uyu wa 29 Ukuboza 2016 umwe mu banyamategeko muri kiriya gihugu yashyize ahagaragara amajwi y’amatora y’umukuru w’igihugu yakorewe ku rubuga rwa Twitter aho byagaragaye ko Perezida Kenyatta yatsinzwe amatora. Aya majwi […]

Umuhanzi Drake na Jennifer Lopez mu rukundo rudasanzwe

Amafoto y’umuhanzi Drake ndetse na Jennifer Lopez baherutse gushyira kuy mbuga nkoranyambaga zabo yavugishije abatari bacye aho bigaragara ko bari mu rukundo nta kabuza. Aya mafoto y’aba basitari mu muziki bari kumwe mu cyumba gisa n’ikitabona neza ndetse aherekejwe n’amagambo agira ati”urukundo nta cyo rugurwa”, ni amwe mu mafoto ari kwibazwaho cyane muri iyi minsi […]

Indimi 2 mu kanwa ka Willy Nyamitwe ushinja u Rwanda gushaka kumwica

Willy Nyamitwe, umuyobozi ushinzwe itangazamakuru muri Perezidansi akaba n’umuvugizi wa Perezida Nkurunziza, yatangaje ko iperereza ryagarageje ko abari bagiye kumwica bari bishyuwe n’u Rwanda, mu gihe rwabihakanye ku ikubitiro rwivuye inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Nyamitwe yagize ati: “kuri uyu wa 28 Ukuboza, ukwezi kumwe umunsi ku munsi, ubwo narokaga ngiye […]

Tour du Rwanda: Abakinnyi bose bitabiriye irushanwa bagenewe agahimbazamusyi gashimishije

Minisiteri y’umuco na Siporo yageneye abakinnyi bose bitabiriye irushanwa rya “Tour du Rwanda” riheruka agahimbazamusyi kangana na Miliyoni zisaga 2 z’amafaranga y’u Rwanda buri mukinnyi mu rwego rwo kubashimira ko bitwaye neza mu irushanwa. Nyuma y’uko aba bakinnyi b’u Rwanda begukanye iri rushanwa ku nshuro ya 3 muri iki cyumweru Minisiteri y’umuco na Siporo yatumiye […]

Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso

Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2016 nibwo muri gereza y’Abagore ya Ngoma hakozwe igikorwa kigamije gusaba imbabazi aho bamwe mu barokotse jenoside bari baje gusabwa imbabazi muri iyi gereza bafashe iki gikorwa nk’urwiyererutso basaba ko niba abazizasa babikuye ku mutima bazajya kuzisabira mu miryango yabo aho bakoreye ibyaha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni igikorwa cyateguwe n’umuryango wa […]

Umuryango w’iwacu bose bari abarozi, baryaga n’abantu- Perezida Nkurunziza

Mu masengesho y’iminsi 7 yo gushima Imana yarinze u Burundi, Perezida Nkurunziza yatanze ubuhamya bwe ku bari bitabiriye uwo muhango bose barumirwa, ababwira uburyo mu muryango avukamo bose bari abagome kabuhariwe. Yagize ati: “Uwarenze ku ntambwe yari papa, abandi bose ntawarengaga umwaka wa gatandatu, kandi bose ntibasengaga Imana, bari abarozi gusa[ abantu baraseka cyane ], […]

Nyarugenge: Yafatanywe moto bikekwa ko yibwe

Nisingizwe Jean d’Amour, afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimisagara nyuma yo gufatanwa moto ifite nomero za purake RD 060H bikekwa ko yibwe I Remera mu karere ka Gasabo. Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge yafatiye Nisingizwe mu mudugudu wa Nyabugogo, akagari ka Kimisagara , mu murenge wa Kimisagara , mu gitondo cyo […]

Israel si yo ibona Obama avuye mu nzira ikareba ko yarwariza kuri Trump

Nyuma y’aho ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, John Kerry, Umunyamamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, agaragarije impamvu igihugu cye giherutse gutererana Israel muri Loni ku mwanzuro iherutse gufatirwa, agatangaza ko leta 2 zigenga, Israel na Palestina, ari cyo gisubizo cyonyine cy’ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi, Minisitiri w’intebe wa Israel, […]