Umuhanzi wa gospel Judith Babirye arashaka gutandukana n’uwo bashakanye
Umuhanzi w’indirimo zaririmbiwe Imana akaba n’umwe mu bagize Inteko ishinga amategeko muri Uganda, Judith Babirye yasabye urukiko rw’umuryango muri kiriya gihugu ko rwamuha uburenganzira bwo gutandukana n’umugabo we Samuel Niwo. Uyu muhanzikazi ukomoka mu karere ka Buikwe muri Uganda yatangaje ko ashaka gutandukana n’umugabo we bafitanye umwana umwe gusa w’umukobwa amushinja ihohotera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu […]
Umukobwa yavukanye uruhu rufite amagaragamba rukaniyuburura nk’urw’inzoka (Amafoto)
Umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko witwa Shalini Yadav wo mu gihguu cy’u Buhinde, aravugwaho kuba afite umwihariko w’uruhu rwiyuburura nk’urw’inzoka, ubu burwayi bukaba bwarayobeye abaganga bo mu gihugu akomokamo. Umuryango w’uyu mwana uvuga ko afite uruhu rwiyuburura buri mezi 2, iyi ndwara idakunze kuboneka ku isi ikaba yarateye urujijo kuko kuyivura byananiranye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi […]
Umukobwa yakase igitsina cy’umusore bakundanaga akoresheje nanjoro aragitwara
Umusore w’imyaka 23 y’amavuko witwa Anil Upadhya ukomoka mu gace ka Naugawan mu gihugu cy’u Buhinde ari mu bitaro nyuma yo gucibwa igitsina n’umukobwa bari bagiye kuryamana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore wari ugiye gukora imibonano mpuzabitsina n’umukobwa utatangarijwe amazina na we w’imyaka 20 ngo yazize kuba yabwiye uyu mukobwa ko hari undi mugore bakundana ndetse […]
CNLG ikomeje ubukangurambaga bwo kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside
Muri gahunda yayo yo kurwanya Jenoside n’ingengabitekerezo yayo, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) itanga ibiganiro ku bantu bo mu ngeri zitandukanye ibashishikariza kugira uruhare muri iyo gahunda. Ni muri urwo rwego ku matariki ya 26 na 27 Mutarama 2017, CNLG yatanze ibiganiro ku banyeshuri bagera kuri 570 biga mu mashuri yisumbuye ya ES Butare […]
Abanyarwanda 60 batawe muri yombi n'igipolisi cya Uganda
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi abantu basaga 80 biganjemo abanyarwanda n’abafite ubwenegihugu bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bazira kwinjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Daily monitor cyo muri Uganda avuga ko aba bantu bafatiwe mu mukwabu wabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Mutarama 2017 n’igisirikare cya Uganda […]
Kicukiro: Abaturage barakataje mu kwishakamo ibisubizo aho gutegereza ak'imuhana
Kuri uyu wa gatandatu , itariki 28 Mutarama nibwo mu gihugu hose habaye umuganda ngarukakwezi usoza ukwezi kwa Mutarama wagiye urangwa n’ibikorwa bitandukanye hirya no hino, mu Karere ka Kicukiro ho bakaba baratangije igikorwa cyo kubaka umudugudu ugezweho ndetse hamurikwa za moto n’imodoka abaturage biguriye bizabafasha kwirindira umutekano. Muri uwo muganda wakorewe mu Murenge wa […]
Umugande umaze gukora igisasu cya missile arifuza ko Museveni ari we uzakigerageza
Umusore w’imyaka 30 w’Umugande ukomoka mu Karere ka Hoima yongeye gukora ikindi gisasu cya missile nyuma yo kubuzwa ubu bukorikori bwe mu myaka ishize. Anatoli Kiiza utuye mu mudugudu wa Kiryangobe akaba yakoze igisasu avuga ko igisigaye ari ukukigerageza guverinoma nitanga uburenganzira. Uyu musore yabwiye ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru ko yashoye miliyoni 10 z’amashilingi […]
Amerika: Imitungo 6 y’Abaperezida 4 yashyizwe ku isoko
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Abaperezida 4 barimo Perezida Trump uri ku butegetsi ndetse n’abandi bahoze ari Abaperezida b’Amerika 3 bafite imitungo yabo igera kuri 6 ihenze iri ku isoko bayishakamo agatubutse. Ikinyamakuru mansionglobal.com cyagaragaje ibibanza ndetse n’ibindi byanya binini birimo inyubako, amashyamba n’ibindi bikorwa bitandukanye biri ku isoko ndetse hakabamo n’ibya Perezida uheruka w’Amerika […]
Ethiopia: Perezida Kagame aritegura kugeza kuri AU raporo ku kazi yashinzwe
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’umufasha we, Jeannette Kagame kuri uyu wa gatandatu basesekaye mu murwa mukuru wa Ethiopia, Addis Abeba, aho bitabiriye Inama ya 28 ya Afurika Yunze Ubumwe. Kuri uwo munsi, perezida Kagame afatanyije n’itsinda rishinzwe gutegura amavugurura muri uyu muryango, yarangije raporo ye ku bikenewe mu kuvugurura Afurika Yunze Ubumwe biteganyijwe ko […]
Centrafrica: Ingabo za Uganda zirashinjwa gusambanya abana bari munsi y'imyaka 15
Ingabo z’igisirikare cya Uganda UPDF ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrfrica zirashinjwa ibyaha birimo gusambanya abagore n’abakobwa zishinzwe gucungira umutekano. Inkuru itangazwa na BBC ivuga ko aba basirikare ba Uganda bamaze gutera inda abana benshi bo muri kiriya gihugu ndetse abenshi muri o bakaba bafite imyaka 15 y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi w’ingabo za […]
RDC: Bamwe mu bari muri kajugujugu za FARDC zakoze impanuka baburiwe irengero
Abantu batatu bari muri imwe muri kajugujugu za FARDC zakoreye impanuka muri Rutshuru bakomeje kuburirwa irengero nyuma y’impanuka zakoreye kuri uyu wa Gatanu ushize muri Teritwari ya Rutshuru nk’uko byemejwe n’amakuru ava mu gisirikare i Goma yemeje ko izo ndege zari zigiye ahakekwaga abarwanyi ba M23 ariko zitagabweho igitero. Abantu batatu bari muri imwe muri […]
Iran nayo yafashe icyemezo kibuza Abanyamerika kwinjira ku butaka bwayo
Igihugu cya Irani cyasohoye itangazo ribuza Abanyamerika kongera kwinjira ku butaka bwacyo nyuma y’aho perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika nawe asohoreye itegeko ribuza abaturage baturuka mu bihugu 7 by’Abasilamu kwinjira muri Amerika mu gihe cy’amezi 4 ari imbere. Ibyo bihugu bikaba ari Irak, Libya, Syria, Sudani, Yemen na Somalia. Itangazo ryasohowe […]