Abantu bakomeje kwiyita abavandimwe wa Trump muri Afurika

Muri ukukwezi kwa mbere 2017, abantu batari bacye bo ku mugabane w’Afurika bagiya bakwirakwiza amafoto atandukanye ku mbuga nkoranyambaga bashaka kwerekana isano ya hafi bafitanye na Perezida warimo yitegura kurahirira kuyobora Amerika D. Trump, ndetse bamwe bakanabyivugira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri abo bose harimo abakomoka mu gihugu cya Kenya ndetse no muri Malawi. Ku ikubitiro habanje […]

Ingabo za Kongo zirashinja Gen Makenga kuzicira abasirikare 3 abaroze

Ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo zateranye kuri uyu wa 31 mutarama zemeza ko uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba za M23 Gen. Makenga zishe urw’urubozo abasirikare ba Kongo 3 abandi akabashimuta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gen. Makenga ashinjwa kwivugana aba basirikare ku wa 5 tariki ya 27 Mutarama ubwo izi ngabo zombie zakozanyagaho ibi bikaba byarabereye ahagana […]

Umunyarwanda yahawe kuzasifura mu gikombe nyafurika cy’abatarengeje 20 muri Zambia

Umusifuzi w’umunyarwanda Louis hakizimana agoye gusifura umukino w’abatarengeje imykaa 20 y’amavuko mu irushanwa ry’igikombe nyafurika mu mukino uzabera mu gihugu cya Zambiya mu kwezi gutaha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe n’ishyirahamwe nyafurika ry’umupira w’Amaguru ubwo ryasohoraga urutonde rw’abasifuzi bazasifura muri iri rushanwa ry’abatarengeje imyaka 20, ubwo uyu munyarwanda yagaragaraga kuri uru rutonde nyuma y’imyaka itari […]

Urwego rw’imitangirwe ya serivisi ruracyari hasi ugereranyije n’izindi nzego (Ubushakashatsi)

Kuri uyu wa 31 Mutarama 2017, ikigo cy’igihugu gushinzwe guteza imbere imiyoborere (RGB) cyamuritse ibyavuye mu bushakashatsi ku nshuro ya kane ku kijyanye n’uko ibipimo mubjyanye n’imiyoborere bihagaze mu gihugu muri uyu mwaka. Ubu bushakashatsi bwakozwe hagendewe ku bipimo 8 birimo ubutegetsi bugendera ku mategeko, Umutekano n’ituze rusange, uruhare rw’abaturage mu bibakorerwa, imibereho myiza y’abaturage, […]

Muri Café Resto Nectar biraba ari ibicika ku mugoroba wo kuri uyu munsi w’intwari

Mu gukomeza kunezeza abayigana, CafĂ© Resto Nectar iherereye mu mujyi wa Kigali yateguye igitaramo kiraba ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017, umunsi mukuru w’intwari mu Rwanda. Itsinda ry’ababyinnyi rizwi ku izina rya Magic Group Dance niyo riraba risusurutsa abafana. Ku bakunda indirimbo za karahanyuze, Mavenge Sudi nawe azaba ahabaye […]

Umuhanzi Diamond yatutse abafana be bamwanga igitutsi cya gishumba

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma wamenyekanye cyane nka Diamond Platnumz aherutse kwibasira bamwe mu bafana be bamusebya bakamuvuga nabi aho yanavuze ko ntacyo bavuze imbere ye kuko afite amafaranga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubuga rutangaza ibijyanye n’imyidagaduro rwo muri Uganda dukesha iyi nkuru ruvuga ko uyu muhanzi wo mu gihugu cya Tanzaniya yanditse ku mbuga nkoranyambaga amagambo agira […]

U Buhinde: Mu muryango w’abantu 11, 9 muri bo ni ibikuri (Amafoto)

Mu gihugu cy’u Buhinde haravugwa umuryango w’igisekuruza cy’abantu 21, aho 3 gusa muri bo, ari bo bafite uburebure buringaniye mu gihe abandi bose basigaye bafite ubumuga bw’ubugufi bukabije. Uyu muryango waje gusa n’ukendera kuri ubu hakaba havugwa uw’abantu 11 gusa kuko abandi bamaze gusaza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mushiki wa Ram Raj ategura ifunguro rya nimugoroba Uyu […]

Ngoma: Abasabiriza babaye benshi, bose bivugisha ikirundi

Ibibazo by’akanda n’amapfa bimaze igihe bivugwa mu ntara y’Uburasirasuba, byateye abantu benshi gusabiriza. Mu gihe havugwaga inzara, basabirizaga biyita Abarundi bavuye mu nkanbi ya Mahama, n’aho habonekeye agahenge, bakomeje kwiyongera kandi bose baba bivugisha ikirundi. Mu mirenge y’akarere ka Ngoma nka Rukira, Kibungo, Karembo, Remera na Zaza; haboneka abantu b’ingeri zose bitwaje udufuka. Barimo abana, […]

Amafoto 10 y’umutwe w’ibyigomeke witwa “Yakuza”

Yakuza cyangwa se Gokudo ni umutwe w’ibyigomeke bikora ibihabanye n’amategeko, uyu mutwe ukaba ubarizwa mu gihugu cy’Ubuyapani. Umutwe wa Yakuza wavutse ahagana mu kinyejana cya 17, ukaba ufite amahame n’amategeko awugenga by’umwihariko polisi ikaba itangaza ko bazwiho ibikorwa birimo n’urugomo. Umuryango wa Yakuza ugizwe n’abantu 102,560, abawubarizwamo usanga barishyizeho ibishushanyo (tattoos) bitandukanye kuva ku mutwe […]

Uganda: Abasore 5 bafunze bazira kwamamaza Gen. Muhoozi ku matora ya Perezida ataha

Polisi ya Kampala icumbikiye abasore 5 bakurikiranyweho gukwirakwiza amakuru yanditse agaragara ko umuhungu wa Perezida Museveni, Maj Gen Muhoozi Kainerugaba aziyamamariza kuyobora Uganda mu matora ateganyijwe muri 2021. Umuvugizi wa Polisi yo mu mujyi wa Kampala Emilian Kayima yavuze ko aba bana bafatanywe amafoto ya Gen. Muhoozi n’inyandiko bagendaga bakwirakwiza hirya no hino ku mihanda […]

Abasirikare 4 batahiriwe n’urugamba ubu bakaba bari mu mazi abira

Abasirikare aho bava bakagera baba bafite imyitwarire ngenderwaho badashobora kurengaho, iyi myitwarire kandi akenshi iba itandukanye bitewe n’igihugu cyangwa umutwe wa gisirikare. Mu gihe afashe icyemezo cyo kuyirengaho (discipline) agashaka gushyira imbere ibyo we yiyumvamo cyangwa yifuza, rimwe na rimwe afatirwa ibihano, agafungwa cyangwa akirukanwa, yaba afite ubwinyagamburiro agahunga cyangwa se agasigara ahanganye n’abo batahirizaga […]

Perezida Trump yatangiye kwirukana abo bakorana badashyigikiye ko yirukana abanyamahanga

Perezida w’Amerika Trump akomeje kutavuga rumwe n’abo bakorana ndetse n’amahanga muri rusange ku myanzuro ndakuka yafatiye abimukira bari muri kiriya gihugu aho yatangiye kubasubiza mu bihugu byabo ndetse n’indi myanzuro yo gukumira amaza bagana Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa mbere tariki ya 30 mutarama 2017, Perezida Trump yirukanye umushinjacyaha mukuru bakoranaga amujijije ko yamubajije […]

Ngoma: Bane batawe muri yombi bari kunywa urumogi hanafatwa ibiro 165 byarwo

Ku itariki ya 29 Mutarama 2017, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma yafashe abagabo bane banywaga urumogi, ndetse ifatana umwe muri bo imifuka itandatu irimo urungana n’ibiro 165. Aba bagabo barimo Havugabaramye Jonas, Ibyimanikora Jean Baptiste, Niyonsaba Jean Baptiste na Uwiringiyimana. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police (IP) […]