Ubutwari ni imwe mu ndangagaciro igomba kuranga buri munyarwanda-Dr Mfurankunda
Ibi ni ibyatangajwe na Dr Mfurankunda Pravda, Umujyanama mu nama njyanama y’umujyi wa Kigali, mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo mu Murenge wa Rwezamenyo ubarizwa mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 1 Gashyantare 2017, umunsi ngarukamwaka wo kwizihiza umunsi mukuru w’intwari z’u Rwanda. Dr Mfurankunda Pravda agira ati “Ubutwari ni imwe mu ndangagaciro igomba kuranga […]
Ikipe ya APR yegukanye igikombe cy'intwari, Rayon yongera gutaha yimyiza imoso
Ikipe ya APR yegukanye intsinzi nyuma yo kongera gutsinda ikipe ya Rayon Sports Fc mu mukino wari wabihuje kuri uyu wa gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017, uyu mukino ukaba wari uw’irushanwa ry’igikombe cy’Intwari. Ikipe ya APR Fc yatsinze igitego cya mbere ku munota wa 9 w’igice cya mbere ari na cyo cyayihesheje intsinzi yo […]
Kigali: Umugore yapfiriye muri Lodge
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017, ahazwi nko ku Gitikinyoni mu murenge wa Kigali, Umujyi wa Kigali, umugore witwa Mukamusoni Mary yasanzwe yapfiriye mu macumbi akodeshwa azwi ku izina rya City Lodge. Amakuru yizewe agera kuri Bwiza.com, avuga ko uyu Mukamusoni uri mu kigero cy’imyaka 35 y’amavuko yasanzwe yapfuye […]
(Mu mafoto)Perezida Kagame yunamiye intwari z’u Rwanda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize indabo ku rwibutso rw’intwari kuri uyu wa 1 Gashyantare 2017, mu rwego rwo kuziha agaciro ndetse n’icyubahiro zaoranye. Hari mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro igikorwa cyo kwizihiza umunsi mukuru w’intwari mu Rwanda, aho abanyarwanda bose muri rusange bawizihirije hirya no hino mu midigidi yabo aho batuye. […]
Brazil: Umugabo yarashe abantu mu rusengero abasanze mu bukwe
Umugabo witwa Umberto Ferreira dos Santos wihimbye akazina ka Betinho akurikiranyweho kurasa abantu mu rusengero ubwo abantu bari mu birori by’ubukwe bw’abana babo. Mu rusengero ruherereye ehitwa Limoeiro de Anadia uyu mugabo yakurikiye abageni ubwo bajyaga gusezerana, bageze mu rusengero nibwo yakuye imbunda mu mufuka arasa mu basangwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yogutabwa muri yombi, yatangarije […]
Abantu bamaze kwibagirwa caguwa ku buryo n’uyiranguye itagurwa
Icyemezo cyo gushyira mu bikorwa icibwa rya caguwa ntikiramara umwaka gifashwe, ariko yamaze kwibagirana, n’abakiyirangura ntibona abayigura. Ari abayicuruzaga n’abayiguraga bose bayobotse mangaze, caguwa imaze kuva mu mitwe y’abantu cyane ko ihenze. Kuva muri Nyakanga 2016, umusoro ku myenda n’ikweto bya caguwa wikubye incuro 25. Guhera ubwo, abari batunzwe n’uwo murimo bakwira imishwaro bajya mu […]
Imihanda 12 iteye ubwoba kuyinyuramo hano ku Isi bisaba kwihara -REBA AMAFOTO
Nkuko bitangazwa na hareably ni uko iyi mihanda ari imwe mu iteye ubwoba,ihanamye ndetse igoye kuba wayigenderamo wenyine cyangwa ngo ugende utuje. Iyi mihanda 12 iteye ubwoba ku buryo bukomeye ku buryo udashobora kuyitwaramo imodoka igihe utameze neza cyangwa utwaye imodoka ifite ikibazo, ngo biragoye kuba wahava amahoro. Khardung La, India Ni umuhanda ubarizwa mu […]
Amber Rose uzwiho kwiyambika ubusa, arakataje- REBA AMAFOTO
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Mutarama 2017, ubwo yari mu biruhuko ahitwa Honolulu ku birwa bya Hawaii, icyamamare Amber Rose yongeye kuhifotoreza amafoto akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga. Uko yagiye ahanahanwa ni nako abantu batandukanye bagenda bayavugaho byinshi bitandukanye, birimo kumwibutsa ko yagombaga kuba yakuyemo imyenda yose dore ko ari nacyo cyari gisigaye. Uyu […]
Afurika: Bafata ubutegetsi barahiye, bakavaho basahuye cyangwa hamenetse amaraso
Bimaze gusa n’ibiba akamenyero ko bamwe mu bakuru b’ibihugu ku mugabane w’Afurika bava ku butegetsi habanje kumeneka amaraso kubera gushaka kwanga kuburekura. Nyamara aba baperezida baba bamaze imyaka igenwa n’Itegekonshinga rigenga ibihugu byabo ndetse rikanagena imyaka manda y’umukuru w’igihugu agomba kumara ku butegetsi hanyuma akaburekura mu mahoro akabuha undi cyangwa bitewe n’ibyo riteganya akaba yakongera […]
Perezida Kagame n’abandi Banyarwanda bose bifurijwe umunsi mwiza w’intwari
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Gashyantare 2017, ubwo mu gihugu hizihizwa umunsi udasanzwe w’intwari zitangiye igihugu, Dr. Pierre Damien Habumuremyi, umuyobozi w’urwego rw’igihugu rushinzwe Intwari z’igihugu, imidari n’impeta z’ishimwe CHENO (Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honor), yifurije umukuru w’igihugu umunsi mwiza w’intwari ndetse n’Abanyarwanda bose muri rusange. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije […]
Major Desire Uwamahoro washinjwaga Ubwicanyi n’ubujuru yafunguwe
Ubwo hari ku cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2016, nibwo inkuru yasakaye hose ko Major Desire Uwamahoro, umupolisi mu Burundi yatawe muri yombi n’urwego rushinzwe iperereza ndetse anashinjwa amariganya. nyuma yo kurangiza igifungo cy’amezi 3 ubu yarekuwe. Major Desire Uwamahoro yari akurikiranweho icyaha cyo kwiba amadorali asaga ibihumbi 200 umunyamahanga wari waje kugura zahabu mu […]
Amwe mu magambo y’inzobere zikurira ingofero ubushakashatsi bwa RGB
Ubwo hamurikwaga ubushakashatsi bugaragaza uko imiyoborere mu Rwanda ihagaze, impuguke n’inzobere zerekanye amarangamutima yazo mu magambo. Abarimu muri za Kaminuza, abayobozi mu karere, ku mugabane no ku isi, zishimagiza ikigo cy’imiyoborere cy’u Rwanda RGB cyakoze ubwo bushakashatsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Lamin Manneh: Uhagarariye amashami y’umuryango w’abibumbye mu Rwanda (One UN/UNDP Rwanda), ati : “…..Imiyoborere myiza ifite […]
Uko ikoranabuhanga rishya mu kugenzura umutekano wo mu muhanda rikora
Mu Kuboza umwaka ushize, Polisi y’u Rwanda yatangije ku mugaragaro uburyo bushya bw’ikoranabuhanga ryo mu rwego rwo hejuru rikomatanya serivisi zitangwa na Polisi y’u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ubusanzwe zakorwaga mu buryo bw’intoki, mu kugenzura no guhana abanyamakosa. Ubwitwa Hand Held Terminal(HHT) ni ubwo kwishyura ihazabu waciwe kubera amakosa yo mu […]