Nigeria: Perezida Buhari umaze iminsi hafi 15 arwariye mu Bwongereza yakomeje kuremba
Nyuma y’ibyumweru bisaga 2 Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari ari mu gihugu cy’u Bwongereza kubera ikibazo cy’uburwayi, yandikiye Inteko ishinga amategeko ayisaba ko yamwongerera ikindi gihe cyo kwivuza kuko atarimo gukira. Ni kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2017, uyu muperezida yagombaga kuba arangije uruhushya rw’icyumweru rugenwa n’amategeko ariko nyuma yo kubona atoroherwa akandikira […]
Ni kuki Perezida Robert Mugabe na Donald Trump bashyirwa mu gatebo kamwe?
Mu gihe amakuru avuga ko Perezida mushya wa Amerika, Donald Trump afite muri gahunda guhangana n’Abaperezida bo ku mugabane wa Afurika bagundira ubutegetsi, kuri ubu hari andi makuru agaragaza ko uyu muperezida hari ibyo yaba ahuriyeho na perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri ubu Perezida Trump yabaye icyamamare mu bitangazamakuru bitandukanye hirya no […]
Musaza wanjye yaranejeje mu buriri none nifuza ko ari we wazambera umugabo-UBUHAMYA
Nifuje ko ubuhamya bwanjye nabwo bwajya hanze, nakoze amahano na musaza wanjye ariko nibyo bitumye mbagisha inama. Musaza wanjye nkurikira andusha imyaka ibiri kuko njye mfite 24 ans, ubwo twajyanaga mu bukwe nibwo twaryamanye mu buryo nantwe twatunguwe, byose byakozwe n’inzoga twari twanyoye. Twakomeje kunywa inzoga nabo twari kumwe, gusa hari umusore twari twahahuriye tuziranye […]
Gitifu w’umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye
Nyuma gato y’uko uwari umuyobozi w’umujyi wa Kigali, Monique Mukaruriza ahinduriwe imirimo akagirwa agahabwa inshingano zo guhagararira u Rwanda muri Zambiya, izi mpinduka zikaba zaranabaye atarangije manda ye, kuri ubu Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umujyi wa Kigali Jean Marie na we yamaze gusezera ku nshingano ze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko uyu muyobozi yamaze […]
Amabanga y'urugamba hagati ya Kabila na Gen Nkunda,Ntaganda na Makenga
Mu gihe bivugwa ko M23 yaba yarongeye kugaba ibitero muri Congo ni nako hanacukumburwa amwe mu mabanga Perezida Kabila yari afitanye n’aba basirikare Gen Ntaganda, Nkunda na Makenga, bagiye bamugabaho ibitero nyuma yaho afatiye ubuyobozi. Gen Makenga ni umwe mu basirikare bavuzwe cyane guhera mu myaka yashize cyane cyane mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi […]
Umukirisito mwiza ni ukorera amafaranga,uyisengera ku ishyiga imusiga ivu-PM Murekezi
Minisitiri w’Itebe yabwiye bamwe mu bayobozi bakuru b’ itorero ry’ADEPR n’abandi bayobozi bakuru b’Igihugu ko umukirisito w’ukuri ari ukorera amafaranga kuko Atari aya shitani, ndetse ko n’usenga Imana ayisengera ku ishyiga imusiga ivu. Kuri uyu wa 6 nibwo Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yashimye itorero ry’ADEPR ku ibikorwa rikomeje kugeraho by’iterambere bitryo rikaba rikomeje kuba umufatanyabikorwa […]
Itegeko ryakuyeho umunani rigabanya igitutu cy’abana ku babyeyi
Itegeko rishya rigena imicungire y’umutungo w’abashyingiranwe impano n’izungura ryakuyeho icyitwaga umunani watumaga abana batera igitutu ababyeyi. Ubu ngubu nta munani uzongera gutangwa, hariho impano, itangwa ku bushake. Ababyeyi bariruhukije, abana nabo barabogoza, ariko bagirwa inama yo kwitwararika ku babyeyi, ngo kuko no kuzungura bashobora kubibuzwa n’itegeko. Mu kiganiro “ubutaka bwacu” gikorwa na Radio Isango Star, […]
Uburyo 5 bw’ingenzi bwagufasha kurwanya indwara ya Cancer
Indwara ya Cancer ni imwe mu ndwara zihangayikishije isi muri iyi minsi ya none. Iyi ndwara ifata abantu bose itarobanuye ndetse ikanafata ibice bimwe na bimwe by’umubiri nta cyo isize nubwo hari ibyo ikunze kwibasira nk’imyanya y’ibanga ku bagabo n’amabere ku bagore. Abahanga mu by’ubuvuzi bavuga ko iyi ndwara iterwa n’uturemangingo tw’umubiri tuba twarangiritse bitewe […]
Kapiteni mu gisirikare cya Congo yishwe
Abasirikare babiri ba Leta ya Congo bishwe n’abantu batazwi baje bitwaje intwaro mu ijoro ryo ku wa 4 Gashyantare 2017, i Ariwara muri Teritwari ya Aru (Ituri). Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) muri Ituri, Capt Carlos Kalombo, ngo abagabye igitero ntabwo bamenyekanye. Yakomeje atangaza ko ari bantu 3 baje bakinjira mu […]
U Bubiligi: Umuhango wo gusezera kuri Tshisekedi waranzwe n’amarira menshi (Amafoto)
Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare i Buruseli mu Bubiligi, abagize umuryango wa Etienne Tshisekedi n’abandi banyepolitiki batandukanye bo ku mugabane w’Afurika n’abo mu Burayi, bamusezeyeho mu muhango waranzwe n’amarira menshi haba ku bo mu muryango we ndetse n’abo mu gihe cye bari bari aho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhango wamaze amasaha asaga 16, abantu […]
Perezida Nkurunziza yagereranyine ubwicanyi Gahini yakoreye Aberi n’ubwabaye i Burundi
Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2017, nibwo Perezida Nkurunziza yagarutse ku bwicanyi bwabaye i Burundi, ko bibabaJe kubona Abarundi baricanye basangiye ibere rimwe, abigereranya na Gahini wishe Aberi kandi ari abavandimwe. Umukuru w’igihugu yatangaje kandi ko bigaragara ko hari abashyize imbere umuco wo kwimakaza amacakubiri bateranya Abarundi, akabibutsa ko bakagombye kumenya ko ubumwe […]
Cameroun yongeye kwibasira Egypt ku nshuro ya 5 iyitwara igikombe cya CAN 2017 (Amafoto)
Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2017, ikipe ya Cameroun yihereranye Egypt iyitsinda ibitego 2 kuri 1 mu mukino wa nyuma w’irushanwa ry’igikombe cy’ibihugu by’Afurika cya CAN 2017. Ni ku nshuro ya 5 iyi iyi kipe itsinda mukeba wayo mu irushanwa nk’iri mu mukno w’irangiza, ariko indi nay o ikaba ifite imikino yagiye iyitsinda […]