Kigali: Urukiko rwa gisirikare rwemeje ko S.Lt Seyoboka akomeza gufungwa indi minsi 30
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1o Gashyantare 2017, nibwo urukiko rukuru rwa gisirikare rwemeje ko Sous Lieutenant Henri Jean Claude Seyoboka, ukekwaho ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi akomeza gufungwa indi minsi 30. Uyu mwanzuro wafashwe n’urukiko wasomewe mu ruhame aho uru rukiko rukuru rwa gisirikare rukorera i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali. Kuri uyu […]
Uwadusaba kwitandukanya dushingiye ku moko twakamusubije ko turi “Abanyarwanda”
Minisitiri w’Ubutabera bw’u Rwanda, Johnston Busingye avuga ko nta kintu na kimwe kigomba kugaragaza itandukaniro mu banyarwanda, ahubwo agaragaza ko n’uwashaka kuzana amacakubiri nta ho yamenera. Mu kiganiro yagiranye n’abakozi batandukanye bo muri Minisiteri y’ubutabera kuri uyu wa gatanu tariki ya 10 Gashyantare 2017, ubwo basobanurirwaga amateka y’igicumbi cy’Intwari z’i Nyange, Minisitiri yavuze ko Abanyarwanda […]
Ku myaka 70 yafashwe asambana n’umwuzukuru we w’imyaka 20-AMAFOTO
Ibi byabereye mu gace gaherereye mu Majyaruguru ya Kenya, aho umukecuru w’imyaka 70 yaguwe hejuru asambana n’umwuzukuru we w’imyaka 20 y’amavuko. Uyu mukecuru wafashwe n’ikimwaro imbere y’imbaga, yabuze icyo yireguza atangaza ko ako gasore kamufashaga kogosha inshya (poils pubiens), ko batasambanaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abaturage bo muri ako gace bakaba baratangaje ko bari basanzwe bafite amakuru […]
Pasiteri asuka amazi ashyushye ku bakiristo ntabotse
Pasiteri Thamsanqa Sambulo, yashinze itorero ryitwa “Thy Word Kingdom Harvest Ministries” rikorera muri KwaZulu muri Afurika y’Epfo, uyu mupasiteri yazanye agashya ke ko gusuka amazi ashyushye ku bakiristo be ashaka kuberaka ibitangaza. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Afrikmag, ubwo bari mu giterane cyateguwe n’iryo torero, pasiteri Sambulo yasabye abakirisito kujya gushyushya amazi, arabanza ayishyira ku gituza cye. […]
Uganda: Abahoze ari abarwanyi ba M23 basaga 750 batorotse inkambi babagamo
Leta ya Uganda yatangaje ko abahoze ari abasirikare ba M23 babaga mu nkambi ya gisirikare Bihanga mu karere ka Ibanda baburiwe irengero bakaba bari mu bikorwa byo kubashakisha. Ibi byatangajwe ku munsi w’ejo tariki ya 9 Gashyantare 2017, ubwo iyi nkambi yasurwaga n’itsinda ry’abasirikare batandukanye barimo abaturutse muri Amerika, mu Buhinde, mu Bushinwa, mu Rwanda […]
Afurika y’Epfo: Ingumi n’imigeri byongeye kurisha mu nteko ishinga amategeko (Amafoto)
Ku munsi w’ejo tariki ya 9 Gashyantare 2017, mu ngoro y’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika y’Afurika y’Epfo habaye intambara idasanzwe hagati y’Abadepite, abashinzwe umutekano ndetse n’abatavuga rumwe na leta ya Jacob Zuma. Iyi mirwano yabereye mu ngoro imbere mu gihe umunyamategeko wo mu ishyaka ritavuga rumwe na leta ry’abaharanira ubwigenge n’iterambere EFF, Julius Malema yaciye […]
Bamwe mu basirikare b’u Burundi bahitamo guhunga aho kwicwa kinyamaswa- Dore ubuhamya
Mu gihe bikomeje kuvugwa ko hari abasirikare b’u Burundi bava mu butumwa bw’amahoro muri Somalia na Centrafrika, aho gutaha mu gihugu bagahita bafata iy’ubuhungiro, ibi nta kindi babikorera ngo ni ugutinya ko bicwa cyangwa bagakorerwa iyicarubozo. Mu basirikare baherutse gutahuka, Capt. Epitace Nimbona, umwe mu batorotse, we yahise ahungana n’umuryango we n’ubundi ngo utari worohewe […]
Abakinnyi 18 bagomba kujyana na Rayon Sport muri Sudani y’Epfo bamaze gutangazwa
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports, Masudi Djuma yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi bagera kuri 18 bagombakwitabira umukino ubanza w’irushanwa ry’igikombe cy’Africa ku makipe yatwaye ibikombe iwayo muri Sudani y’Epfo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uru rutonde rwashyizwe ahagaragara n’ikipe ya Rayon Sports rusa n’ururiho abakinnyi hafi ya bose biganjemo abakomeye mu ikipe, uretse Seif Olivier wari uherutse kuvunika ndetse […]
MoĂ ÂŻse Katumbi arashaka kujya gushyingura Tshisekedi i Kinshasa
MoĂ ÂŻse Katumbi, umunyapolitiki w’umuherwe urwanya Leta ya Kabila, yatangaje ko icyifuzo cye ari icyo guherekeza umurambo wa mugenzi wabo, Etienne Tshisekedi kuva mu Bubiligi kugera muri Congo ndetse bakanawushyingura. Mu misa yo gusezeraho bwa nyuma à ‰tienne Tshisekedi, yabereye muri Basilika y’i Buruseli mu Bubiligi, ku wa Kane tariki ya 9 Gashyantare 2017, MoĂ ÂŻse Katumbi yari […]
Kayonza: Mbonimpa akurikiranyweho ibikorwa by’iterabwoba
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kayonza, Intara y’Uburengerazuba, yataye muri yombi umugabo witwa Mbonimpa Jacques w’imyaka 30, akurikiranyweho icyaha cyo gutera ubwoba bagenzi be ko azabica, ngo kuko bari inyuma y’iyirukanwa rye mu kazi yakoraga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu Mbonimpa yirukanywe mu ruganda yakoragamo rutunganya Soya muri Kayonza kubera imyitwarire ye mibi, yishyiramo bagenzi […]
Mu minsi micye, nta muganga uba wemerewe gukoresha telefone mu masaha y'akazi
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko Icyemezo cyo kubuza abaganga gukoresha Telefone ngendanwa mu kazi kigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa mu gihe kitarambiranye. Ni kenshi kwa Muganga, abaturage badasiba kwinubira serivisi z’ubuvuzi bahabwa mugihe baba bagiye kwivuza aho bavuga ko barangaranwa ndetse akenshi bikabagiraho ingaruka mu gihe abaganga baba bibereye kuri telefone, bitaba cyangwa bari ku mbuga […]