Libiya: Imirambo 74 y’abimukira b’abanyafurika yatoraguwe mu mazi
Imirambo y’abanyafurika 74 yarobwe n’abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi mu gihugu cya Libya kuri uyu wa 21 Gashyantare 2017, iyi mirambo ikaba yakuwe mu nyanja ya Mediterane ahana imbibe na Libiya. Umuvugizi w’umuryango utabara imbabare uzwi nka croix Rouge, Mohammed al-Misrati yavuze ko mu gitondo cyo ku munsi w’ejo tariki ya 20 Gashyantare ubwato bwari bupakiye abimukira […]
Sena y’u Rwanda isanga inguzanyo ya Buruse ihabwa abanyeshuri atagihagije
Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena itangaza ko bitewe n’uko ibiciro bihagaze ku isoko ndetse n’aho iterambere rigeze, amafaranga angana n’ibihumbi 25 y’inguzanyo ya buruse ihabwa abanyeshuri bo muri za Kaminuza atagihagije. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byatangajwe na Komisiyo y’Imibereho myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’abaturage muri Sena ubwo yagezaga ku Nteko Rusange […]
Zari yagaragaye arinzwe n’umusore usanzwe arinda Diamond- REBA AMAFOTO
Zari Hassan umugore wa Diamond yagaragaye mu mujyi wa Tanzania aherekejwe n’umusore usanzwe arinda umutekano wa Diamond aho yagiye hose (Bodyguard), ibi byatangaje benshi bitewe n’uko uyu musore atajyaga ava iruhande rwa sebuja. Ibinyamakuru byo muri Tanzania bitangaza ko uyu musore amaranye igihe kirekire na Diamond, nubwo amukoresha ko bishoboka ko banabaye inshuti magara. Bitangazwa […]
Amakuru y'aho umuyobozi wa M23 Gen. Sultani Makenga aherereye yamenyekanye
Nyuma y’iminsi itari micye bitangajwe ko umuyobozi w’inyeshyamba za M23 aburiwe irengero, habonetse amakuru agaragaza ikirari cy’aho yaba aherereye we na zimwe mu ngabo ze. Mu kwezi gushize, nibwo igisirikare cya Uganda cyatangaje ko Gen. Makenga atakiri aho yari asanzwe aba muri kiriya gihugu, ndetse nyuma abandi benshi mu barwanyi be baza no gutoroka inkambi […]
Ibihugu 10 biyoboye isi mu gukora ibitwaro bya rutura kugeza ubu
Ni muri za raporo nyinshi usanga imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu isaba ko ibihugu bikoresha ibitwaro bya kirimbuzi bihagarara. Nyamara kugeza ubu, ibihugu byinshi bimenyereye gukura agatubutse muri iyi mishinga yo gukora no gucuruza ibitwaro bya rutura ntibikozwa ingingo zo kubihagarika. Mu mwaka wa 2013-2015, byagaragaye ko isoko ry’ibihugu bikora ibitwaro bya kirimbuzi ryazamutseho 10% bigaragaza […]
Theo Walcott yatsinze igitego cy’ 100 muri Arsenal
Theo Walcott, umusore w’imyaka 27 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba akinira Arsenal, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere Tariki ya 20 Gashyantare 2017, nibwo yabashije kwese umuhigo atsinda igitego cye cy’ijana (100) mu ikipe ya Arsenal. Yesheje umuhigo ubwo Arsenal yanyagiraga ibitego 2-0 Sutton United, igitego yatsinze ku munota wa 55 w’umukino, uyu […]
Umugabo w’imyaka 98 yasezeranye n’umugore we w’imyaka 88- AMAFOTO
Willy Kinyua, umusaza w’imyaka 98 yasezeranye n’umugore we Joyce Nyambura w’imyaka 88 y’amavuko, basezeranye imbere y’Imana bari bamaranye imyaka isaga 60 babana nk’umugabo n’umugore. Aba bakunzi bombi bakomoka mu gace ka Nakuru muri Kenya, ubukwe bwabo bwakoze ku mitima abatagira ingano dore ko mu myaka yabo batajyaga baha agaciro ibyo gusezerana, ubu bakaba banze kuzatandukana […]
Umutekano ni ishingiro ry’iterambere rirambye, buri muntu akwiye kuba ijisho rya mugenzi we- ACP Karasi
Mu rwego rwo gusabana n’abaturage ndetse no kubakangurira gukomeza gufatanya na Polisi gukumira no kwirinda ibyaha hagamijwe kwicungira umutekano, abaturage bagera ku 1000 bo mu murenge wa Nyange, mu karere ka Ngororero bakanguriwe gufatanya na Polisi mu bikorwa byayo no gukomera ku muco wo kwirinda no gukumira ibyaha. Ibi babikanguriwe ku itariki ya 19 Gashyantare, […]
Uganda: Perezida Museveni na Dr Kizza Besigye bemeranyijwe kugirana ibiganiro
Nyuma y’imyaka isaga 18 y’ubutegetsi bwa Perezida Museveni wa Uganda atarebana neza na Dr Kizza Bessigye batavuga rumwe, kuri ubu ngo baba bamaze kwemeza ibiganiro hagati yabo byo kurebera hamwe uko bazamura igihugu cyabo mu bijyanye na Politiki. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri kiriya gihugu kivuga ko Dr Kizza Besigye uhagarariye ishyaka ritavuga […]
Abanyapolitiki 3 b’Abarundi bari barahunze batahutse- AMAFOTO
Abanyapolitiki 3 b’Abarundi bari baravuye mu gihugu bahunze, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Gashyantare 2017, bagarutse mu gihugu. Abo banyapolitiki ni Alice Nzomukunda, Mathias Basabose hamwe na Joseph Ntidendereza. Aba batahutse nyuma y’iminsi mike na Sylvestre Ntibantunganya, wigeze kuyobora u Burundi nawe atashye. Alice Nzomukunda, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ku kibuga […]
U Rwanda rushobora kungukira ku bushakashatsi buzatwara akayabo ku bidukikije muri Afurika.
Miliyari zisaga 152 z’amafaranga y’u Rwanda agiye guharirwa ubushakashatsi ku mugabane w’Afurika aho ubu bushakashatsi buzagaragaza ingamba mu bibazo byo ku mugabane no kubungabunga ibidukikije nta ngaruka bigize ku baturage. Aya mafaranga yatanzwe n’ibihugu by’ubumwe bw’u Burayi binyuze muri Komsiyo y’ubumwe bw’Afurika, akaba azahabwa abashakashatsi bazagaragaza ingamba zikomeye zishobora kwifashishwa mu guhangana n’ibibazo biterwa n’imihindagurikire […]
Kigali: Imodoka zitwara abagenzi ntabwo zizongera guca imbere ya perezidansi ku Kacyiru
Bikubiye mu itangazo ryashizweho umukono n’umujyi wa Kigali ko rireba abagenzi bakoresha imodoka za rusange ziva cyangwa zigana mu muhanda KG 7Ave. Ibindi bikubiye muri iri tangazo: Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
Umugore wa Visi Perezida w’Ubuhinde yavuze ko hari byinshi byo kwigira ku kigo Isange- AMAFOTO
Madamu Salma Ansari akaba n’umugore wa Visi Perezida w’igihugu cy’Ubuhinde , yashimye uburyo bwakoreshejwe n’u Rwanda mu gushyiraho ibigo bya Isange One Stop Centre muri gahunda yo gufasha abakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana. Yabivuze ubwo yasuraga iki kigo kiri ku bitaro by’akarere biri ku Kacyiru kuri uyu wa mbere taliki ya 20 Gashyantare […]
Leta ya Congo yanze gukora iperereza rya video y’ubwicanyi bushinjwa abasirikare bayo
Nyuma yaho hashyiriwe Video ku mbuga nkoranyambaga abasirikare biswe aba Congo barasa urufaya mu baturage, kuri ubu Leta ya Congo ivuga ko nta perereza izakora, ikavuga ko iyo Video ntaho ihuriye n’ukuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverinoma ya Congo na Monusco bari batangaje ko bagiye gukora iperereza kuri ayo mashusho ngo harebwe niba koko ari ay’umwimerere ndetse […]