AMAFOTO – Indonke zifite ingaruka mu bucuruzi bw’ibiyobyabwenge
Hakunze gutanga amakuru kenshi y’abantu baba bafatiwe mu bucuruzi bw’ibiyobyabwenge , cyangwa hagafatwa bimwe muri ibyo biyobyabwenge n’inzoga zitemewe. Si umwihariko ku Rwanda , kuko kimwe mu bigibwaho impaka n’inzego zishinzwe umutekano zo mu karere, ni ukurwanya ibiyobyabwenge cyane cyane Kanyanga. Ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge bwitiranywa n’ubucuruzi busanzwe bwemewe mu buryo bwinshi, nk’uko ibyaha bimwe bikorwa. Ingaruka […]
RDC: Umuntu umwe yishwe amashuri aratwikwa kubera amakimbirane ashingiye ku butaka
Umuntu umwe yarishwe ndetse amashuri abiri aratwikwa mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize rishyira kuwa Mbere muri Teritwari ya Djugu ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo guhangana kwavutse gutewe n’amakimbirane ashingiye ku butaka hagati y’igiturage cya Lodjo n’igiturage cya Tchuru. Nk’uko byatangajwe na Idriss Koma, Umuyobozi wa Teritwari ya Djugu, ngo abaturage […]
Uganda: Umwe mu bakekwaho uruhare mu iyicwa rya AIGP Kaweesi yafashwe ahungira muri Congo
Umukuru w’igipolisi cya Uganda, IGP Kale Kayihura yahishuye ko hari ibimaze kugerwaho mu muhigo ukomeje wo guhiga abanyabyaha bahitanye Uwari Umuvugizi w’Igipolisi, AIGP Andrew Kaweesi wicanywe n’umurinzi ndetse n’umushoferi we kuwa gatanu ushize. IGP Kayihura yabwiye abari bitabiriye umuhango wo gushyingura nyakwigendera ahitwa Lwengo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, ko bamwe mu bakekwaho […]
Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana
Ni kenshi usanga abantu bakundana ariko nyuma bakaza gutandukana. Muri uko gutandukana, hari ubwo usanga byatewe n’impamvu ifatika wenda nk’umwe hari inenge yasanganye undi cyangwa bahararukanywe n’ibindi. Ku rundi ruhande, hari ubwo abantu bakundana cyangwa bakiyumvanamo bikagaragarira buri wese ariko ntuzamenye uko rwa rukundo cyangwa ka gahararo kazimiriye. Burya akenshi ibi biza nyuma yo kuryamana […]
Utuntu dusekeje kandi dutangaje ushobora kuba utarabona mu mafoto
Iyi isi dutuyeho ijya ibaho ibintu byinshi bisekeje kandi bitangaje umuntu wese atapfa kumenya ko twabaye cyangwa ko tubaho, ari yo mpamvu twabahitiyemo amwe mu mafoto y’ibintu biba bitangaje kandi bisekeje bijya biba hirya no hino ku Isi ngo namwe mwihere ijisho. Reba amafoto: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Â Â Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi […]
Urutonde rw’abahanzikazi b’Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo
Abahanzi muri rusange basanzwe bazwiho gususurutsa abantu binyuze mu bihangano byabo bitandukanye ariko nk’uko babivuga ko nta Ntwari katanyaruka hari igihe usanga bapfa abagore cyangwa abagabo bityo bakaba havuka amakimbirane. Akesnhi iyo abahanzi bagiranye amakimbirane havuka intambara zitandukanye harimo gutukana babinyujije mu bihangano ,gutukana imbona nkubone cyangwa se kurwana byo gufatana mu mashati.Hari igihe aya […]
Kayonza : Ntibakitabira inama za Gitifu ubacunaguza anabatuka
Abaturage b’akagari ka Musumba, mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza, bacibwa intege n’umunyamabanga nshingwabikorwa ubacunaguza mu nama. Bavuga ko bazibukiriye kwitabira inama yaremesheje, ngo kuko abatuka akanabuka inabi ; nyamara we akabifata nk’akagambane agirirwa. Abagore n’abagabo batuye aka kagari babwiye Radio/TV One ko batagishishikajwe n’inama zikoreshwa na Gitifu w’aka kagari ka Musumba, Mwizerwa […]
Amashuri makuru 16 yahawe igihe ntarengwa cyo kwivugurura bitaba ibyo nayo agahagarikwa
Amashuri makuru agera kuri 16 yahawe amezi 6 yo kuba yagize ibyo avugurura mu myigishirize yayo kugirango abashe gutanga uburezi bufite ireme bitaba ibyo nayo akazongerwa ku yandi 4 yahagaritswe by’agateganyo nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Uburezi, kuri uyu wa Mbere itariki 20 Werurwe rivuga. Iyi minisiteri ariko ikaba yijeje kuzafasha abanyeshuri bigaga muri […]
Washington: Umupadiri yagaragaye asangira urumogi na bagenzi be(Amafoto)
Uwiyita umukozi w’Imana akaba n’umukuru w’itorero rya St. Thomas’ Episcopal Church mu gace ka Bellevue, Rev. Chris Schuller ubwe aherutse gushyira ahagaragara amashusho yicaranye n’abandi bantu bari gufata ku gatabi, aho yanasobanuye ko bimutia imbaraga zo gukora umurimo neza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukuru w’itorero uvuga ko anashyigikira abatinganyi kuko yubahiriza uburenganzira bwabo nk’ibiremwamuntu ndetse akanavuga […]
RDC: Hakomeje kugaragara ibimenyetso by’ubwicanyi FARDC yakoreye abaturage muri Kasai
Kuva uyu mwaka wa 2017 watangira abaturage ba Tshimbulu mu Ntara ya Kasai yo Hagati bamaze kuvumbura ibyobo rusange bigera ku munani byashyinguwemo abantu nk’uko byashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Werurwe, muri raporo y’ubushakashatsi bwakozwe na RFI ifatanyije na Reuters. “ Mu gitondo twavuye mu giturage tujya mu mirima. Tuhageze, twabonye amasazi […]
Burundi :Abakoresha umuhanda Bujumbura-Ijenda basabwa guha Imbonerakure amafaranga ngo batambuke
Abagenzi bakoresha umuhanda Bujumbura-Ijenda (RN7 ) mu Burundi bakomeje kwijujutira amafaranga bakwa n’Urubyiruko rw’Ishyaka riri ku butegetsi muri iki gihugu(Imbonerakure) kugira ngo batambuke. Abakoresha uyu muhanda bavuga ko izi Mbonerakure zashyize bariyeri i Musaga aho baka abagenda n’amaguru cyangwa abatwara imodoka amafaranga kugira ngo babone uburenganzira bwo gutambuka bagakomeza ingendo zabo ndetse ko ibikorwa bikorwa […]
Rayon Sports yamaze gutombora ikipe bizahura mu irushanwa rya Caf CC
Nyuma yo gukomeza irushanwa idakinnye, ikipe ya Rayon Sports izahura na River United yo mu gihugu cya Nigeria mu irushanwa rya CAF Confederation Cup. Nk’uko byagaragajwe n’abashinzwe gutegura irushanwa rya CCC, hashyizwe ahagaragara urutonze rw’amakipe n’uko azagenda ahura muri iyi mikino iteganyijwe mu minsi iri imbere mu mukino wa 1/16 cy’irushanwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi tombora […]
Burundi: Ese ubucuruzi bw’ amabuye y’ agaciro buzakomeza gufasha ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza ?
Nyuma yo kunyeganyezwa bikomeye n’ ibihe bya politiki bitoroshye aho iminsi ya Perezida w’ u Burundi ,Pierre Nkurunziza yakomeje kubarirwa ku ntoki, biravugwa ko ishyaka CNDD/FDD rifite ubucuruzi bukomeye bw’ amabuye y’ agaciro. Perezida Nkurunziza wagaragazaga gukunda igihugu n’ abagituye, yatangiye gucuruza amabuye y’ agaciro ku mugaragaro kuva aho akuriye icyizere ku ngabo ze, ubwo […]
Rwezamenyo: Habonetse umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 23
 Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, itariki 21 Werurwe 2017 mu Kagari ka Rwezamenyo ya 1, Akarere ka Nyarugenge , mu Murenge wa Rwezamenyo , ahazwi ku izina rya Matimba habonetse umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 23 wasanzwe mu muferege w’agahanda gahinguranya muri karitsiye ya Matimba kagana mu Nyakabanda. Uyu musore uzwi […]
Uganda: AIGP Kaweesi yarwanyije Dr Besigye akiri muzima, n’umurambo we uramurwanya
Umunyepolitiki mu gihugu cya Uganda Dr Kizza Besigye avuga ko nyakwigendera Kaweesi yari yaramubujije amahoro akiri muzima ariko n’abo asize bakaba bamurwanya ku bw’ibyo akavuga ko ari umurambo we ukomeje kumurwanya kuko yari ayoboye abapolisi ba kiriya gihugu na nubu bakimurwanya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi kandi byatangajwe n’umunyamabanga w’ishyaka ritavuga rumwe na leta ya Uganda FDC […]
Nyiragongo :Umupolisi umwe yishwe arashwe abandi 2 barakomereka
Abantu bitwaje Intrwaro bataramenyekana ku Cyumweru tariki 19 Werurwe 2017 , bagabye igitero kuri birindiro bya Polisi biri i Kiziba muri Teritwari ya Nyiragongo mu Ntara ya Kivu ya Ruguru ho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, barasa abapolisi umwe arapfa abandi 2 barakomereka. Nk’uko umuyobozi wa Teritwari ya Nyiragongo, Kazadi Ebondo yabitangarije Radio Okapi […]
Norvege ku mwanya wa 1 mu bihugu byishimye, u Rwanda muri bitanu bya nyuma
Igihugu cya Norvege cyavuye ku mwanya wa kane cyari kiriho mu mwaka ushize ku rutonde rw’ibihugu 10 bifite abaturage bishimye, kiza ku mwanya wa mbere muri raporo ya World Happiness y’uyu mwaka wa 2017. Ibihugu bine biri imbere byose ni ibihugu byegeranye mu majyaruguru y’u Burayi ari byo, Denmark ya je ku mwanya wa kabiri, […]
Zambia: Ifoto ya Minisitiri apfukamye imbere ya Perezida Edgar Lungu yavugishije benshi
Ifoto itavuzweho rumwe n’abantu batari bacye ku mbuga nkoranyambaga uko bagenda bayihererekanye, igaragaza Perezida wa Zambia Edgar Chagwa Lungu, yicaye ku ntebe imbere ye hapfukamye Minisitiri w’ubworozi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi foto yahyizwe ahagaragara n’umunyamakuru wa Perezidansi ya kiriya gihugu kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Werurwe 2017, yafotowe ku cyumweru tariki ya 19 ubwo […]
Perezida wa Banki y’Isi ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi 2
Perezida wa Banki y’Isi, Jim Yong Kim ategerejwe mu Rwanda kuri uyu wa kabiri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2. Uru ruzinduko azakomereza muri Tanzania ruzaba ari urwa kabiri rwe akoreye mu karere kuva yaba umuyobozi w’iyi banki. Bwana Kim ategerejwe mu Rwanda mu masaha ya saa sita, aho biteganyijwe ko azasura umushinga wa Drone zikoreshwa […]
CNLG na Ibuka bagize icyo bavuga ku mbabazi zasabwe na Papa Francis
Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe kurwanya Jenoside(CNLG)isanga imbabazi zasabwe na Papa Fancis ari intambwe ikomeye kuko aribwo bwa mbere Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yemeye uruhare rwayo muri Jenoside ndetse akanabisabira imbabazi. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside,Dr.Bizimana Jean Damascene yavuze ko mu mwaka w’1996 uwari Umushumba wa Kiliziya Gatokika ,Yohani Paul wa 2 […]
Museveni aremeza ko igipolisi cye kimaze gucengerwamo n’abanyabyaha benshi
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yategetse umukuru w’igipolisi kugicishamo umweyo kuko ngo iki gipolisi kimaze gucengerwamo n’abagizi ba nabi benshi. Ibi yabitangarije mu mpera z’icyumweru gishize mu kiriyo cy’uwari umuvugizi w’igipolisi cy’igihugu, AIGP Andrew Felix Kaweesi ahitwa Kulambiro, aho yavuze ko inshuro nyinshi abanyabyaha bafatanya n’abapolisi kandi bikarangira bidakozweho iperereza neza. Museveni yagize ati: “ […]