Ibibazo benshi bibaza, ese umugore utarabyara ntashobora kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina (Igice cya 9)
Iki ni ikibazo benshi mu bakunzi b’ikinyamakuru Bwiza.com bagarutseho cyane, bamwe bati, ese umukobwa ashobora kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bigakunda, umugore se utarabyara na rimwe we biba bimeze bite, abakobwa b’amasugi se bo birashoboka?. Muri iki gice cya 9 cy’ibibazo benshi bibaza ku kunyara k’umugore, igisubizo kuri iki kibazo ni uko byose bishoboka bitewe […]
Kayonza: Akarere kagaragaramo abajura benshi
Nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB), akarere ka Kayonza niko ka mbere mu Ntara y’Uburasirazuba kagaragaramo abaturage benshi bavuga ko babangamiwe n’ubujura . Umuyobozi mukuru wa RGB, Prof Shyaka Anastase ubwo yagezaga ku bayobozi bo mu ntara y’Uburasirazuba ibyavuye muri ubu bushakashatsi, yagize ati: Uko abaturage babona ibibazo bihungabanya umudendezo wabo, ibintu by’ubujura, […]
Abafana ba Rihanna baramusaba kutongera gukundana na Chris Brown bagereranya n’ igikoko
Mu gihe hari amakuru avuga ko Chris Brown ashakisha inzira izo ari zo zose ngo abe yakongera gucudika na Rihanna, abafana b’uyu mukobwa bakomeje kumwibutsa ibibi yamukoreye ari nako bamusaba kumugendera kure. “Ibyo abantu batifuza bikore kubera urukundo, Chris Brown ni igikoko kidasanzwe kurusha uko yaba umuntu ndetse utanabasha 100% kwitwararika mu rukundo”. Ibi ni […]
Aho Green Party imenyeye ko ivugwa mu kirego cya Nyamwasa, yabinyomoje
 Ishyaka riharanira demokarasi n’ibidukikije mu Rwanda, ntiryari rizi ko rivugwa mu kirego Kayumba Nyamwasa yatanze mu rukiko nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu. Harimo ko ryaba ryarashinzwe na Kagame, aho ribimenyeye, abayobozi byaryo babinyomoje,batanga n’impanuro. Ikirego Kayumba Nyamwasa yashyikirije urukiko nyafurika, cyavugaga ko Green Party yashinzwe na Kagame, kandi ko gahunda ya Tora Oya yari ukujijisha. […]
Diane, yasambanye na se umubyara anamwicira ubusugi- UBUHAMYA
Umukobwa yitwa Diane, ubwo yari afite imyaka 14 y’amavuko, se umubyara yaramusambanyije amubwira ko arimo kumupima ubusugi, yaratwise arabyara, se aza gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamya n’iki cyaha. Ati: “Nitwa Diane, navutse tariki ya 17 Nyakanga 1997, i Missirah (Senegal), ndi umukobwa wa Mouhamadou Diarrisso na Fatou Diaby. Nabanje kurererwa kwa Nyogokuru, naje gutwita […]
Ibirego Kayumba Nyamwasa na bagenzi be bareze Leta y’u Rwanda byahinduwe impfabusa
Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu n’Abaturage rwasomye urubanza Kayumba Nyamwasa na bagenzi be bari barezemo Guverinoma y’u Rwanda basaba guhagarika igikorwa cyo guhindura Itegeko Nshinga ry’u Rwanda, ruvuga ko ibyo basaba byataye igihe rudashobora gukurikirana ikirego cyabo. Ni ikirego Kayumba Nyamwasa afatanyije na bagenzi be batandatu batanze kuwa 22 Nyakanga 2015 basaba uru Rukiko Nyafurika […]
Perezida Nkurunziza yahanuye ko abanzi b’u Burundi Imana izabahana
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Werurwe 2017, ubwo Perezida Nkurunziza w’u Burundi yifatanyaga n’abaturage bo mu Gihosha mu bikorwa by’iterambere rusange, mu mpanuro yahaye abaturage yababwiye ko abanzi b’u Burundi Imana izabageraho. Ati: “Umwanzi w’u Burundi yakomera cyangwa atakomera, yaba Umurundi cyangwa Umunyamahanga, azahura n’Imana yo yaremye u Burundi”. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Yakomeje avuga […]
Kigali: PM Anastase Murekezi yifatanyije n’abaturage b’i Jali mu muganda
Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi, yifatanyije n’abaturage batuye mu murenge wa Jali, akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Mu ijambo yagejeje ku baturage nyuma yawo, yanabasabye kuzitabira ibiganiro byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 23 . Umuganda usoza ukwezi wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Werurwe 2017, […]
Somalia: Ba rushimusi mu mazi bashimuse ubwato bashaka kujya bakoresha batera andi mato
Ba rushimusi bo mu mazi bo muri Somalia bongeye gushimuta ubwato buto bwo muri iki gihugu bashaka kujya bakoresha mu kugaba ibitero ku mato manini nk’uko byatangajwe n’igipolisi cya Somalia kuri uyu wa gatanu. Abantu 10 bakomoka muri Yemen bari muri ubu bwato bwashimuswe bo bakaba babwirukanwemo bagashyirwa ku nkombe nk’uko abayobozi babitangarije Reuters. “Twumvise […]
Nta kibazo cy’umutekano muke cyangwa cy’iterabwoba kiri mu Mujyi wa Kigali – Polisi
Mu gihe iterambere ry’umujyi wa Kigali rikataje, Polisi y’u Rwanda irashimangira ko umutekano w’inyubako zihurirwamo n’abantu benshi ugomba gukazwa. Ibyo kandi ntibyagerwaho hatabayeho ubufatanye bw’inzego z’umutekano, ba nyir’amazu n’ ibigo byigenga bishinzwe umutekano ari nabyo bihabwa akazi ko kuzirinda. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda , Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege […]
Burundi: Abanyapolitiki ntibavuga rumwe ku ihindurwa ry’Itegeko Nshinga
Umunyapolitiki, Leonce Ngendakumana, umuyobozi wungirije mu ishyaka rya politiki, SAHWANYA-FRODEBU, avuga ko Itegeko Nshinga ritahindurwa muri ibi bihe u Burundi bukiri mu bibazo. Uyu munyapolitiki akomeza avuga ko igihe cyo kurihindura kitari cyagera, ko umunsi w’ibyo uzagera ari uko ibibazo u Burundi burimo bya politiki bizaba byavugutiwe umuti. Leonce NGENDAKUMANA avuga ko icyo Leta igomba […]