Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by’agateganyo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Violette Uwamahoro arekurwa by’agateganyo agakurikiranirwa hanze nyuma yo gushimangira ko ibivugwa n’umutangabuhamya bidahagije ngo abe yakekwaho ibyaha ashinjwa . Umucamanza muri uru rukiko yavuze ko umutangabuhamya Jean Pierre Shumbusho yaranzwe no kwivuguruza mu byo ashinja Uwamahoro bityo ko ibyo yavuze bitashingirwaho bamuhamya ibyo ashinjwa. [xyz-ihs […]

Umuntu ugenda avuga nabi u Rwanda kuko yakuwe mu kazi ni umugambanyi-Dr Munyakayanza

Kuri uyu wa 27 Werurwe 2017, abakozi bo muri minisiteri y’uburezi mu Rwanda bahawe ikiganiro kirambuye kuri gahunda ya “Ndi umunyarwanda”, aho aba bayobozi bahawe impanuro ndetse n’ubumenyi bwimbitse ku moko yarangaga abanyarwanda ndetse n’icyo kwitwa umunyarwanda bivuze. Muri iki kiganiro, Dr Munyakayanza Franà§ois yasabye aba bayobozi kurangwa n’ubupfura, aho yasobanuye ko imfura ari umuntu […]

Antoinette, ni umukobwa ushaka umukunzi

Mwiriwe nitwa umurerwa nkaba ntuye Bugesera nkaba nshaka inshuti mfite imyaka 29 nkaba ndimibiri yombi arikojye rwose ntamafaranga mfite uwumva yaza tugafatanya inzira yurukundo yampamagara kuriyi numero 0723275355. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com

Iturufu y’amoko (Hutu &Tutsi) kimwe mu byatumye Gen Kayumba ashwana na bagenzi be

Mu gihe ubu mu Rwanda himakajwe gahunda ya Ndi Umunyarwanda, harandurwa burundu intekerezo za ndi iki, ubwoko ubu cyangwa buriya, abavuga ko barwanya Leta y’u Rwanda baba hanze y’igihugu bo amoko ni kimwe mu bibatera kuryana. Dr Rudasingwa ThĂ©ogene, wari umuhuzabikorwa mu ishyaka RNC rikorera hanze y’u Rwanda, ubwo yamenaga amwe mu mabanga y’ishyaka bikuruwe […]

Nyanza:Umuyobozi yakuye amabati munsi y’uburiri buryamyeho umugore n’umugabo

Umugabo witwa Semabumba n’umugore we Mukamurigo Rahel bafite agahinda batewe n’umuyobozi w’umudugudu wa Nyarugunga, mu murenge wa Muyira, ho mu karere ka Nyanza. Uyu ngo yaje mu rugo rwabo nijoro baryame maze, ajya munsi y’igitanda atwara amabati abiri mu yo bari bahawe n’umurenge. Mukamurigo Rahel aganira na bwiza.com avuga ko umukuru w’umudugudu, Mporwiki Erneste yaje […]

Kim Kardashian ntabyumva kimwe n'abashaka kumubuza kubyara umwana wa 3

Umunyamideli Kim Kardashian aherutse gutangaza ko atitatye ku mabwiriza yahawe na muganga ashaka ko abana be 2 babona undi muvandimwe mu gihe kitarambiranye. Ibi yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru mu minsi ishize aho yavuze ko ashaka ko umuryango we wiyongera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gusa ku rundi ruhande, ibi ntabyumva kimwe n’abaganga bamukurikirana ndetse na nyina umubyara, Kris […]

Ingingimira ni yose ku basirikare b’u Burundi bari muri Somalia bibwa umushahara na Leta yabo

Abasirikare b’u Burundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia ku ikubitiro batakambaga basaba kurenganurwa ko bamaze umwaka badahembwa, ubu noneho bavuga ko nayo bahembwa Leta iyakata ikayamaraho ikabaha duke dusigaye. Aba basirikare kandi bavuga ko ubuvunjayi bukorerwa ku mishahara yabo buri hasi cyane ugereranyije n’uko ahandi idorali rivujwa, idorali rivujwa amafaranga y’u Burundi 2700 ariko […]

Amerika: Abakobwa bangiwe kurira indege kubera kwambara amapatalo abafashe

Sosiyete y’ubwikorezi bwo mukirere yo muri Amerika izwi nka United Airlines yangiye abakobwa kurira indege mu gihe bari mu rugendo bava mu mujyi wa Chicago berekeza mu mujyi wa Denver kubera udupatato tubafashe bari bambaye. Umuvugizi w’iyi sosiyete Jonathan Guerin yabwiye ikinyamakuru New York Times dukesha iyi nkuru ko aba bakobwa basigaye kubera ko haherutse […]

Umukino wagombaga guhuza Rayon Sports na Rivers United wasubitswe

Nyuma y’uko Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru yandikiye impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) iyisaba ko imikino yari kuzahuza ikipe ya Rayon Sports ndetse na Rivers United yo muri Nigeriya muri uku kwezi kwa Mata yasubikwa kubera impamvu z’ibihe by’icyunamo abanyarwanda bazaba barimo, CAF yemeje ko iyi mikino isubikwa ikazasubukurwa nyuma y’icyunamo. Ni nyuma kandi y’uko […]

Huye: Ishyamba ryabaye ibagiro n’ubwiherero, bwakwira rikaberamo igobe

Mu murenge wa Kinazi, akarere ka Huye, abacuruza inyama babagira mu ishyamba, kandi iryo shyamba abarema isoko niryo bitumamo, ubundi bwakwira hakabera igobe ry’imbwa, yemwe ngo hari n’abaryifashisha nk’icumbi ry’akanya gato (lodge). Ibi bihangayikishije ababazi n’abakiliya babo, kuko bakorera mu mwanda kandi basora. Aha ni ahitwa kuri Arrete, hamwe haba amata menshi. Ishyamba rivugwa riri […]

Isi ntiyagira amahoro hakiri abafata ubwicanyi nko gukunda igihugu- Perezida Kagame

Perezida Kagame abaye umukuru w’igihugu wa mbere wanditse amateka wo ku mugabane wa Afurika mu gutanga ikiganiro mu nama y’umuryango AIPAC (American Israel Public Affairs Committee), uharanira guteza imbere umubano hagati ya Israel na Leta zunze ubumwe za Amerika. Ageza ijambo ku mbaga y’abitabiriye iyi nama izamara iminsi itatu irimo kubera i Washington, Perezida Kagame […]

Ibihangano byubaka imitima n’Igihugu, ni ukwigira ku mateka ya Genocide-Chorale Betifague

Abaririmbyi ba Chorale Betifague baratangaza ko kumenya amateka yaranze Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ari inzira nziza ibafashasha kubaka Itorerero ryabo ADEPR n’igihugu muri rusange, binyuze mu buhanzi. Chorale Betifague ibarizwa muri Paruwasi ya ADEPR Cyahafi ku umudugudu wa Cyahafi. Ku cyumweru Tariki ya 26 Werurwe 2017, yasuye urwibutso rwa Kigali ku Gisozi baherekejwe […]

Uganda: Abarwanyi 40 ba M23 bashyikirijwe ubutabera

Mu mpera z’icyumweru gishize, abarwanyi bagera kuri 40 bo mu mutwe wa M23 bashyikirijwe urukiko rwa Kabale muri Uganda, aba barwanyi bakaba bazira kuvogera no kwinjirana intwaro ku butaka bwa Uganda bavuye mu mashyamba ya Kongo. Umuyobozi w’uru rukiko Moses Kagoda Ntende yatangaje ko aba barwanyi batawe muri yombi ku butaka bwa Uganda binjiriye ku […]