Rutsiro: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza guha ruswa umupolisi

Mu gihe Polisi y’u Rwanda yihaye gahunda yo kutihanganira ruswa, hari abantu batarumva ububi bwayo ku buryo bakomeje kuyakira no kuyitanga. Ku itariki ya 16 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro yataye muri yombi umugabo witwa Nzabakurana Justin w’imyaka 38 ubwo yashakaga guha ruswa y’ibihumbi 10.000 by’amafaranga y’u Rwanda umupolisi wari uri […]

Rusizi: Umugabo afunze akekwaho kutita ku mwana yabyaye ufite ubumuga

Uwihanganye Innocent w’imyaka w’imyaka 29 afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Bugarama iri mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi akurikiranyweho kutita ku mwana yibyariye ufite ubumuga,akaba ari nyuma y’uko we n’uwo bamubyaranye bafashwe n’irondo bajugunya umwana babyaye ufite ubumuga kwa nyina w’uyu Uwihanganye mu ma saa tanu z’ijoro,umwana aririra hanze. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo […]

Rwamagana: Hari abaturage bakishyura imisoro ku butaka butakiri ubwabo

Abaturage bo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana bafite amasambu yanyujijwemo imihanda bamaze imyaka 3 bakwa imisoro y’iyo mihanda bitewe nuko yari mu butaka bwabo kandi baranabutanze ku buntu, ibintu ubuyobozi bw’akarere buvuga ko ari uburangare bw’umuturage ugitanga ayo mafaranga kuko uwabwegereye ngo yakuriweho iyo misoro. Uyu mwaka ubaye uwa gatatu ushize abaturage […]

Rusizi: Umurinzi w’igihango wahanganye n’ibitero muri Jenoside yagororewe inka n’itorero ADEPR

Ubuyobozi bw’itorero ADEPR mu karere ka Rusizi,ubwa Ibuka mu murenge wa Giheke n’ubw’umurenge wa Giheke mu karere ka Rusizi burashimira byimazeyo umurinzi w’igihango Bucyana Epainette ubutwari yagaraje ubwo yahanganaga n’ibitero byazaga gutwika urusengero rwa paruwasi ya ADEPR Ntura kugeza ubwo abicanyi basubijeyo Lisansi bari bazanye ntibatwikiremo abicwaga. Bucyana ngo yakomeje guhanga na bo bagarutse kwica […]

Rayon Sports itegerejwe i Kigali nyuma yo gutsindirwa mu mahanga

Ikipe ya Rayon Sports ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CAF Confederation Cup itegerejwe mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Mata 2017, nyuma y’uko ibuze umukino wa mbere w’irushanwa. Iyi kipe yari imaze iminsi mu gihugu cya Nigeriya mu mukino waraye uyihuje na Rivers United yo muri kiriya gihugu yanayitsindiyeyo ibitego 2 […]

Mukobwa ugiye kurushinga, dore ibintu 5 bizagufasha kunezeza umugabo wawe mu buriri

Umukobwa iyo yitegura kurushinga cyangwa na mbere yaho akiri inkumi, hari inyigisho aba akeneye guhabwa. Akenshi akazihabwa na nyina, nyirasenge cyangwa undi waba amurera afata nk’umwana we, yigishwa uko rwubakwa, uko umugabo yubahwa n’uko anezezwa, dore ibintu 5 byafasha umukobwa ni ibi: 1.Kwiyakira n’uwo muzarushingana: Mbere na mbere mukobwa niba witegura kurushinga, banza wiyakire wumve […]

Zimwe mu nyamaswa nini ku isi kuruta izindi

Ku isi habarirwa Miliyoni z’amoko y’inyamaswa n’udukoko, ari izigaragara ari n’izitagaragara n’amaso ku buryo uumuntu azibona hifashishijwe ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga. Muri ibyo biremwa byose, hari inyamaswa zagiye zigaragara cyane mu bitabo n’ahandi henshi zigaragara nk’izihariye kubera ubunini bwazo ndetse n’uburemere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Hano hari urutonde rw’inyamaswa 10 nini kuruta izindi ku isi, aho zirangajwe imbere […]

Burundi: Umuganga arashinjwa uruhare mu rupfu rw’umupolisi nyuma yo kwanga gupima umurambo

Dogiteri Gaspard Maregwa amaze hafi icyumweru afungiye muri kasho y’ubushinjacyaha bwa polisi ya Bujumbura ashinjwa kwanga gukorera ibizamini umurambo w’umupolisi, OPC 1 Charles Ndihokubwayo wishwe muri Werurwe. Ni mu gihe abakozi bakorana ku Bitaro bya Kaminuza byitiriwe Umwami Khaled (CHUK), bo bemeza ko ibi bitaro biherereye mu Kamenge, bidafite ibyuma byabugenewe byo gukora ibizami nk’ibi […]

Abanyarwanda bazinjira mu bwihugiko, buri rugo rumaze gutunga ubwiherero

Ikibazo cy’imiryango itagira ubwiherero kimaze iminsi, ariko ubu noneho cyavugutiwe umuti. Minisitiri w’Intebe yabwiye abadepite ko kitarenza amezi atatu, ubwo bivuga ko itora ryo muri Kanama rizasanga kimaze ukwezi gikemutse. Mu mudugudu wa Kiruhura, akagari ka Cyasemakamba, mu mujyi wa Kibungo rwagati, hari imiryango ifite ubwiherero butaboneye: bwubakishije ibishwangara, ibirere n’ibyatsi by’ishyamba,… bumwe budasakaye, bukingishije […]

Rusizi: Abasore 2 b’abanyekongo bafatanywe Enveloppe yuzuye urumogi

Abasore 2 b’abanyekongo bafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Bugarama mu karere ka Rusizi bakurikiranyweho kwinjiza urumogi mu gihugu,bakaba bararufatanywe mu ma saa saba y’amanywa kuri iki cyumweru mu kagari ka Cyarukara mu murenge wa Muganza. Nk’uko bwiza.com yabitangarijwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’aka kagari ka Cyarukara Musabyemariya Suzanne ngo aba basore HARUNI Baraka w’imyaka 22 […]

Uganda: Haravugwa itotezwa rya bamwe mu bayobozi nyuma y’urupfu rwa AIGP Kaweesi

Nyuma y’urupfu rw’uwari umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, AIGP Andrew Kaweesi, bamwe mu bayobozi n’abaturage bafashwe n’iperereza baratakamba kubera ibikorwa by’iyicarubozo bari gukorerwa. Chimpreport ivuga ko hari abayobozi ndetse n’abaturage batawe muri yombi bikekwa ko babonye uyu mupolisi yicwa mu kwezi gushize hamwe na bagenzi be 2 barimo uwamurindaga n’uwari utwayi imodoka barimo, ubwobagabwagaho igitero cy’amasasu […]

Muri 2050 Amerika izaba iri ku mwanya wa 3 mu bukungu u Bufaransa butari mu bihugu 10 bya mbere – PwC

Uhereye ubu kugeza mu 2050 Isi dutuye izaba yarahindutse itandukanye nk’uko tuyizi ubu, kandi impinduka zizanagaragara no mu bijyanye n’ubukungu n’imari nk’uko abahanga babyemeza. Raporo y’ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba biyoboye mu bukungu […]

Nicki Minaj yifurije abafana be Pasika nziza abasangiza ku bwiza bw’amabere ye- AMAFOTO

Ubwo abatuye isi bizihizaga umunsi mukuru wa pasika wibutsa abemera kiristo izuka rye, Umuraperi, Nicki Minaji yafashe akanya yifuriza abafana be umunsi mwiza ndetse anabasangiza ku mafoto. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga, yagize ati: “Pasika nziza, turimo gufata amashusho ya made ya look (indirimbo ye)”. Uyu mukobwa w’imyaka 34 y’amavuko, nyuma y’amasaha 3 gusa ashyize ubu […]

Kuwa 16/04/1994 Abatutsi 2000 bari bahungiye muri kiliziya ya Nyange bayisenyeweho baricwa

  Abatutsi bagera ku 5000 bari bahungiye mu Kiliziya ya Ntarama mu Bugesera bishwe n’Interahamwe n’abasirikare bo mu kigo cya Gako n’abandi baturutse i Kigali. Icyo gitero cyayobowe n’uwitwa Karera Francois. Izo Nterahamwe zakoreye ubwicanyi ndengakamere abatutsi bari bahungiye mu kiliziya ya Ntarama, bafomoza abagore b’abatutsikazi batwite ngo barebe uko uruhinja rw’umututsi utaravuka aba asa, […]

Imyaka 23 ihatse ukwigarurira imitima y’abanyarwanda kwa FPR na Perezida Kagame

Imyaka 23 ishize u Rwanda ruvuye mu mahano ya Genocide yakorewe abatutsi mu 1994, rwiyubatse ku buryo bukomeye.Bityo bikaba bigoye kuba washidikanya ko uko kwiyubaka n’iterambere bikeshwa umuryango wa FPR Inkotanyi n’umuyobozi (Chairman)wawo Paul Kagame.uku kwiyubaka ku igihugu kandi kwatumye bamwe mu abanyarwanda n’abanyamahanga bagaragaza amarangamutima bafitye Perezida Kagame na FPR Inkotanyi, ko badakomeje kuyobora […]

Nyuma ya Amerika, u Bushinwa n’u Burusiya nabyo byohereje amato yabyo hafi ya Koreya

Ibihugu by’u Bushinwa n’u Burusiya byohereje amato yabyo y’ubutasi ajya guhiga ubwato bwikorera indege z’intambara bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje kugenda busatira amazi y’igihugu cya Koreya ya Ruguru nk’uko amakuru atandukanye ava muri Guverinoma y’u Buyapani yatangajwe n’ikinyamakuru cyaho Yomiuri Shimbun avuga. Biragaragara rero ko ibi bihugu bishaka gukurikiranira hafi urujya n’uruza rwa […]

Kenya: Pasika yasize benshi mu buroko nyuma yo kurwanira mu rusengero

Polisi yo mu karere ka Nyeri mu gihugu cya Kenya yataye muri yombi abatari bacye kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017, ibasanze mu rusengero, ubwo ibyari amasengesho bari babihinduye intambara. Aba bayoboke bo mu idini ya Gospel Outreach Church, barwanye mu gihe bari mu muhango wo kwizihisa umunsi mukuru wa Pasika mu gace […]

Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa muri Centrafrica bahaye imfashanyo imfubyi zaho

Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bahaye imfubyi zo muri iki gihugu 37 imfashanyo n’impano zirimo ibikoresho by’ishuri, iby’isuku, n’ibiribwa. Iki gikorwa bagikoze ku itariki 15 z’uku kwezi. Cyabereye kuri Misiyoni y’Aba Ortodokse (Orthodox) ya Byzantine […]