Perezida Jacob Zuma yatangaje ku mugaragaro ushobora kuzamusimbura

Perezida wa Repubulika y’Afurika y’Epfo, Jacob Zuma yatangaje uwahoze ari umugore we Dr Nkosazana Dlamini-Zuma nk’ugomba kuzamusimbura ku butegetsi namara kuvaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe mu mpera z’uyu mwaka hateganyijwe amatora y’umukuru w’igihugu muri kiriya gihugu. Aho Dr Dlamini-Zuma ndetse Cyril Ramaphosa wungirije Perezida Zuma bahatanira uyu mwanya wo kuzamusimbura. Ibi Perezida Zuma yabitangaje […]

Perezida Museveni yiyamye abasirikare n'abapolisi ku bikorwa by'iyicarubozo bakora

Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni yandikiye ibaruwa abayobozi b’inzego z’umutekano mu gihugu cye barimo uw’ingabo Gen David Muhoozi, uwa polisi IGP Gen Kale Kayihura ndetse n’umuyobozi w’urwego rushinzwe ubutasi aho yababwiye ko icyaha cy’iyicarubozo ari icyaha gihanwa n’amategeko nk’ibindi byaha byose bihesha isura mbi igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Perezida Museveni yabwiye izi nzego uko ari 3 […]

Denmark: Hafatiwe ukekwaho kugira uruhare mu kwica Abatutsi basaga 1000

Abayobozi b’ i Copenhagen muri Denmark batangaje ko Umunyarwanda wahawe ubwenegihugu bw’iki gihugu yafashwe akekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uwo mugabo utatangajwe amazina akekwaho kandi kugira uruhare mu byaha byibasiye inyokomuntu nabyo byakozwe mu 1994 nkuko ikinyamakuru Koamtv, dukesha inkuru ye cyabitangaje. Umushinjacyaha Martin Stassen, yatangaje ko uwo ukekwa ari umuntu […]

Abakinnyi 10 ba ruhago bagiye bagurwa akayabo batarengeje imyaka 20

Guhera mu myaka yashize, isoko ry’abakinnyi mu by’umupira w’amaguru ryaranzwe n’amafaranga atari macye ku bakinnyi babaga bishimiwe n’ikipe runaka bagahitamo kubatangaho agatubutse ngo babegukane. Kugeza na nubu, ibi biracyabaho kuko abakinnyi bagurwa amafaranga atari macye kugira ngo bave mu ikipe imwe bajye mu yindi. Ni muri urwo rwego, hari urutonde rw’abakinnyi bagiye bagurwa akayabo guhera […]

Umunyekongo Makao urinda Macron akomeje kuvugisha benshi kubera igihagararo cye – Amafoto

Umwirabura, Makao ukomoka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo akaba ari umwe mu bashinzwe kurinda umutekano wa perezida mushya w’u Bufaransa, akomeje kuvugisha Abafaransa amangambure kubera igihagararo cye kidasanzwe nuko yicisha bugufi. Perezida Emma­nuel Macron yakunze kuvuga mu buyobozi bwe ashaka gukorana n’abantu bafite ubushobozi mu kazi kabo kugeza no mu bashinzwe kumurinda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Ubuzima bw’umugabo mukuru wa Zari Hassan buri ahakomeye- AMAFOTO

Ivan Ssemwanga, umugabo mukuru wa Zari Hassan ararembye bikomeye, ubu arimo kwitabwaho by’umwihariko, Zari yari yaramutaye ashaka undi ariko ubu yagarutse, ni we umurwaje. Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda ni uko Ivan Ssemwanga arembeye mu bitaro “Steve Biko Hospital” biri mu mujyi wa Pritoria muri Afurika y’Epfo, afite uburwayi bw’umutima. Uyu mugabo ngo […]

Hagiye kwigwa uko gaz yo mu Kivu yakoreshwa mu guteka

Komite y’Inteko ishinga Amategeko y’u Rwanda, ishinzwe ingengo y’imari y’igihugu, yasabye minisiteri y’ibikorwaremezo gukora inyigo igamije kureba niba gas methane yo mu Kiyaga cya kivu itajya ikoreshwa mu guteka. Ni nyuma y’aho Abanyarwanda mu minsi ishize bazamuriye ikibazo cy’igiciro cya gaz cyazamutse ndetse bamwe ntibatinye no kuvuga ko bagiye gusubira ku gukoresha amakara. Guverinoma y’u […]

Perezida Macron arabazwa niba agiye gutsura umubano n’u Rwanda akanakurikirana abaruhekuye

Nyuma y’amasaha macye Perezida mushya w’u Bufaransa, Emmanuel Macron arahiriye kuyobora kiriya gihugu, yibukijwe ko agiye kunywana inka ikirego ku bijyanye n’uruhare rw’iki gihugu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, cyakomeje kuzinzika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabyibukijwe binyujijwe mu ibaruwa, ihuriro ry’imiryango yiyemeje gushakisha abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bahungiye […]

Umupasiteri yafashwe asambanya umugore wo mu itorero ayobora (Amafoto)

Umupasiteri utatangajwe amazina ukomoka mu mujyi wa Orlando muri leta ya Florida muri Amerika bivugwa ko ari uwo mu itorero ry’Abadiventiste akurikiranyweho kuryamana n’abagore bo mu itorero ayobora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mupasiteri yatawe muri yombi kubera amashusho aherutse no gukwirakwizwa ahantu hose ku mbuga nkoranyambaga ari kumwe n’abagore bo mu itorero […]

Umugore yamaze imyaka isaga 10 yarihinduye nk'abagabo ngo abashe gukora akazi

Umugore wiyise Uncle Hussein asobanura uko yifuje gutunga agafaranga abikuye mu gucukura amabuye y’agaciro bivugwa ko adakunze kuboneka kurusha “diamant”, mu gihe abakobwa batari bemerewe kujya muri ako kazi. Uyu mugore ubusanzwe witwa Pili ukomoka muri Tanzania, avuga ko akibona ko abuze akazi, yahise atangira kujya yambara nk’abagabo akanabeshya amazina akitwa Hussein bikamufasha gukorana n’abandi […]

Leta izashora asaga miliyoni 200 mu bushakashatsi bw’ibijumba bizahingwa kuri ha 900

Leta y’u Rwanda iratangaza ko izakomeza gukora ibishoboka byose mu guteza imbere igihingwa cy’ibijumba, hongerwa ubuso gihingwaho ndetse hanongerwa imbuto yabyo. Ibijumba ntibiri mu bihingwa 10 byatoranyijwe bigizwe n’ibishyimbo, ibirayi, ibigoli, umuceri, ingano, imboga, imyumbati, soya, imbuto n’ibitoki biribwa. Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Gerardine Mukeshimana yatangarije Bwiza.com ko ibijumba bitari mu bihugu byatoranyijwe, kuko bitari byuzuza […]

Ngoma: Uwabaga mu gihuru yafashwe abaturage bariruhutsa

Mu murenge wa Murama w’akarere ka Ngoma, hari umuturage wahisemo kwibera mu bihuru, ariko abaturage bahangayikishijwe n’uko atungwa n’imyaka yabo. Aho amariye gufatwa, abaturage n’ubuyobozi biruhukije. Kuri uyu wa mbere tariki ya 15 Gicurasi, ku biro by’akagari ka Sakara, umurenge wa Murama, hari umugabo wo mu kigero cy’imyaka 35 yarafunguwe ariko ntiyabasha kumvikana na nyina […]

Ingabo za Uganda zirashinjwa gusambanya abagore n'abakobwa ku ngufu

Ingabo za Uganda ziri mu butumwa mw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrica barashinjwa gusambanya ku ngufu abagore n’abakobwa bagera kuri 44 bakanabatera inda, iyi ikaba ari na yo yabaye intandaro yo gutahuka aho kuba bararanije ibikorwa byari byabajyanye. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW) uvuga ko guhera muri 2011, ingabo z’igisirikare cya Uganda, UPDF ari bwo […]

Nyagatare: Kumara amezi atanu badahembwa, bitesheje agaciro abaganga ba Rwempasha

Abaganga bo mu kigo nderabuzima cya Rwempasha, mu karere ka Nyagatare baravuga ko bamaze amezi atanu badahembwa, ku buryo abo babereyemo amadeni babafata nka ba bihemu ntibabahe agaciro. Bamwe mu baganga bo ku kigo nderabuzima cya Rwempasha, mu karere ka Nyagatare, bavuga ko iki kibazo cyatangiye umwaka ushize , ubwo hahindukaga uburyo bwo guhembwa maze […]

Abandi basirikare b’Abarundi babarizwaga muri AMISOM birukanwe

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wafashe icyemezo cyo kwirukana abandi basirikare batanu b’u Burundi bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Somalia. Muri aba hakaba harimo ofisiye umwe. Kugeza ubu ntiharatangazwa ku mugaragaro icyatumye aba basirikare birukanwa, gusa aba batanu baje biyongera ku bandi baherutse kwirukanwa bashinjwa imyitwarire mibi no kunywa inzoga zitemewe n’amategeko. [xyz-ihs […]

Abasaga ibihumbi 20 bamaze kuvurirwa mu bikorwa by'ubuvuzi bya Army week

Mu gihe kitarenze icyumweru kimwe, Ibikorwa by’Icyumweru cy’Ingabo by’umwaka 2017 biri kugaragaza umusaruro ushimishije. Mu bijyanye na serivisi z’ubuvuzi gusa, abaganga ba gisirikare hamwe n’abafatanyabikorwa bafatanyije mu bikorwa byo Kuvura abarwayi ku buntu bafite uburwayi bwarengeranye kubera ubushobozi buke, bamaze kuvura abarenga ibihumbi 20 ku bafite uburwayi bw’amaso, indwara z’abagore, iz’ubuhumekero, iz’amenyo hamwe no gusiramura […]

Nyamasheke: Umucungamari wa koperative afunzwe akekwaho kunyereza arenga miliyoni 30

Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ruharambuga yo mu karere ka Nyamasheke, hafungiye uwitwa Ndababonye Damien w’imyaka 43 y’amavuko ukekwaho kunyereza arenga miliyoni 30 muri koperative COTEGA y’abahinzi b’icyayi bo mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke, akaba ari umucungamari wayo. Nk’uko umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba Chief Inspector of Police(CIP) Theobald Kanamugire abitangaza, […]