Uganda : Inkuba yakubise impunzi 4 zo muri Sudani y'Epfo zihita zipfa

Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Nyakanga 2017, inkuba yakubize umuryango w’abantu 4 mu nkambi y’impunzi za Sudani y’Epfo iherereye muri Bidi-Bidi, agace gaherereye mu karere ka Yumbe muri Uganda bose barapfa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi ushinzwe impunzi mu biro bya minisitiri w’Intebe muri Uganda, Solomon Osakan, yavuze ko uyu mugore witwa Jennifer Dusman w’imyaka 26 […]

Kayonza: ES Kabarondo, ushinzwe imyitwarire arashinjwa kwangisha abanyeshuri ubuyobozi no kwigomeka

Ababyeyi barera ku kigo cy’ishuri ryisumbuye rya Kabarondo mu karere ka Kayonza barakamba basaba ubuyobozi gukemura ibibazo bimaze igihe bivugwa muri icyo kigo, ushinzwe imhyitwarire (Animatrice) akaba ashyirwa mu majwi mu kuba nyirabayazana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe mu babyeyi yabwiye Bwiza.com ko bafite impungenge ku burere bw’abana babo biturutse kuri bomboribombori zihora muri icyo kigo, aho […]

Uganda: Yigiriye inama yo kwiba televiziyo yo mu bitaro yari arwariyemo ngo yishyure

Umurwayi wari wibye televiziyo yo mu Bitaro by’Abashinwa bya Naguru kugirango abone uko abyishyura 300,000 by’Amashilingi ya Uganda yari abibereyemo, yatawe muri yombi afungirwa kuri station ya polisi ya Jinja. Uyu witwa Abdu w’imyaka 28 w’ahitwa Kasubi muri Kireka, yatawe muri yombi nyuma yo gufungura televiziyo yo mu bwoko bwa Samsung ifite pouces 32 agashaka […]

Umukandida Paul Kagame yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza muri Kamonyi- AMAFOTO

Umukandida w’umuryango FPR/Inkotanyi ubwo yari asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyamagabe na Huye, urugendo yarukomereje mu karere ka Kamonyi. Abaturage bagiye baturuka mu bice bitandukanye by’aka karere kuri uyu wa 16 Nyakanga 2017, bahuriye mu murenge wa Rukoma ahazwi nko mu Ikiryamo cy’Inzovu, baje kwakira umukandida wabo, Paul Kagame. Abaturage bagiye baturuka mu […]

Umukecuru w’imyaka 88 amaze kuryamana n’abimukira basaga ibihumbi 3

Umukecuru wo mu gihugu cy’u Budage w’imyaka 88 avuga ko mu myaka 5 ishize yaryamanye n’abimukira basaga Ibihumbi 3 mu gihe yabaga abacumbikiye ngo bamenyere igihugu gishya binjiyemo bavuye mu bihugu bya bo bakomokamo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukecuru w’imyaka 88 y’amavuko, ni Dogiteri mu bijyanye na ubuzima bw’imyororokere by’umwihariko akaba inzobere mu bijyanye n’imibonano mpuzabtsina, […]

Rusizi: Kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi mu mirenge byatangiranye ingufu zidasanzwe

Kuri uyu wa 15 Nyakanga ni bwo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame byatangiye ku rwego rw’Akarere ka Rusizi bitangirira ku kibuga cy’umupira cya Mushaka, mu Murenge wa Rwimbogo ahahurijwe imirenge ya Rwimbogo, Nzahaha na Gashonga, hanahurira n’abandi bayobozi n’abaturage batandukanye baturutse mu yindi mirenge igize aka karere, aho imbaga y’abaturage batagira ingano bari […]

Senegal: Abantu 8 bapfiriye muri Stade abasaga 60 barakomereka (Amafoto)

Abantu 8 muri Senegal bagwiriwe n’urukuta mu gihe bari mu myivumbagatanyo yatewe n’abafana mu mukino w’irushanwa ry’igikombe cy’igihugu ubwo barimo bareba umukino wa nyuma w’iri rushawa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Rfi rukesha iyi nkuru ivuga ko ibi byabaye mu mugoroba wo mu ijoro ryakeye ryo kuwa Gatandatu, ubwo abafana bateraga amabuye mu kibuga berekana ko hari ikipe […]

Ituri: Undi Munyamerika yashimuswe n’inyeshyamba, Abongereza 2 bararokoka

Abarinzi ba pariki 11 n’Umunyamakuru w’Umunyamerika baburiwe irengero mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho hari ibimenyetso bigaragaza ko bashimuswe n’inyeshyamba nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu. Abarinzi 11 n’umunyamakuru w’Umunyamerika bakorera pariki izwi nka Okapi Wildlife Reserve (RFO) bashimuswe kuwa gatanu n’inyeshyamba bivugwa ko ari izo mu mutwe wa Mai-Mai Simba […]

Ibikorwa by'iterambere twasezeranye byarakozwe n'ibindi biri mu nzira — Paul Kagame i Huye

Umukandida w’ishyaka RPF-Inkotanyi, Paul Kagame, yabwiye Abanyahuye ko ibikorwa by’iterambere basezeranye byakozwe n’ibindi bikaba biri mu nzira, asaba urubyiruko gukoresha neza amahirwe rufite, n’andi akazakomeza kuza ibyiza bigasanga ibindi. Ibi akaba yabitangaje mu bikorwa byo kwiyamamaza yakomereje mu Karere ka Huye kuri uyu wa 16 Nyakanga nyuma yo kuva mu Karere ka Nyamagabe. Mu Karere […]

Bafashwe basambanira mu ruhame bahanishwa kubazengurutsa umudugudu bafatanye (Amafoto)

Umugabo n’umugore bafashwe basambanira ku ibaraza ry’inzu y’umuturage mu rusisiro rumwe mu ntara ya Ebonyi muri Nigeria, aba bombi bahanishwa gukengurutswa umudugudu bafatanye bikureye n’ibyo bari baryamyeho n’ibindi bikoresho byo mu rugo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bombi batatangarijwe amazina batawe muri yombi n’abaturage mu kajyi gato ka Amauzu Mkpoghoro gaherereye mu ntara ya Ebonyi bari gushimishanya […]

Burundi: Nyuma y’umwaka yishwe, guverinoma irashinjwa kuryamisha dosiye y’urupfu rwa Hafsa Mossi

Umwaka urihiritse Depite Hafsa Mossi wo mu gihugu cy’u Burundi yishwe, ariko iperereza ku iyicwa rye ryaheze ahantu hamwe. Abantu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwe bavuga ko bahimbiwe ndetse bagasaba kurekurwa kuko nta n’umwe uragezwa imbere y’urukiko kuva bafatwa. Nyuma y’iyicwa rya Depite Hafsa Mossi wari uhagarariye u Burundi mu Nteko […]

NEC iributsa ko umunsi wa nyuma wo kwikosoza kuri lisiti y’itora ari kuri uyu wa Mbere

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora,NEC, irahamagarira Abanyarwanda bemerewe gutora kugenzura niba bari kuri lisiti y’itora ndetse bagahita bemeza imyirondoro yabo bitarenze kuri uyu wa mbere, itariki 17 Nyakanga, mu rwego rwo kwirinda utubazo twavuka ku munota wa nyuma. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza, kuri uyu wa Gatandatu akaba yavuze ko urutonde rw ’abemerewe gutora rwa nyuma […]

RDC: Uwishe umuvandimwe we wakoreraga televiziyo y’igihugu, RTNC, yakatiwe n’urukiko

Urukiko Rwisumbuye rwa Bunia mu Ntara ya Ituri, kuri uyu wa Gatanu ushize rwakatiye imyaka 20 y’igifungo uwishe umunyamakuru wa radio na televiziyo bya leta ya Congo, RTNC, Innocent Banga Karaba. Igitangaje ariko, nuko uyu wahamijwe icyaha ndetse agakatirwa ari umuvandimwe w’uyu munyamakuru. Ubwo yaburanishwaga akaba yaremeye ko yishe umuvandimwe we kuwa gatatu, itariki 12 […]

Nyamagabe:Imbaga y'abaturage yasanganije Umukandida Paul Kagame imyato- Amafoto

Ku munsi wa Gatatu w’ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu, umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yabikomereje mu karere ka Nyamagabe. Kuva saa Cyenda z’ijoro abaturage baturuka mu bice bitandukanye by’akarere ka Nyamagabe n’ahandi hatandukanye, ni bwo batangiye kwinjira muri sitade ya Nyagasenyi i Nyamagabe, iherereye mu murenge wa Gasaka, akagari ka Nyamugari, baje […]

I Nyamasheke Frank Habineza yijeje abaturage ubwato n’umuhanda wa kaburimbo natsinda amatora-Amafoto

Ku munsi we wa Kabiri wo kwiyamamariza umwanya wa perezida wa Repubulika , umukandinda Dr Frank Habineza yiyamamarije mu karere ka Nyamasheke,aho we,umufasha we n’abandi bamuherekeje bahuriye n’abayoboke be n’abandi baturage bake bari baje kumva imigabo n’imigambi ye, abizeza ko naramuka atsinze amatora azabaha byinshi birimo n’ubwato n’umuhanda wa kaburimbo Cyato- Rangiro-Tyazo hasanzwe umuhanda w’igitaka […]