RDC: Umuyobozi w’inyeshyamba za Mai Mai yashyikirijwe leta
Nyuma y’iminsi igera kuri 7, umurwanyi akaba n’umuyobozi mu mutwe witwaje intwaro wa Mai Mai atawe muri yombi, kuri uyu wa Gatandatu yashyikirijwe inzego z;ubuyobozi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Uyu murwanyi usanzwe akurikiranyweho ibyaha bwo guhungabanya uburenganzira bw’ikiremamuntu birimo no gusambanya abana b’abakobwa n’abagore ku ngufu, yari amaze icyumweru atawe muri yombi n’ingabo […]
Rusizi na Nyamasheke bakiranye umunezero udasanzwe ibyavuye mu matora
Nyuma y’itangazwa ry’amajwi y’agateganyo yavuye mu matora y’umukuru w’igihugu mu Rwanda, aho umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame yatsinze amatora n’amajwi 98,63%, abaturage b’uturere twa Rusizi na Nyamasheke batangiye kubyina intsinzi, bamwe ijoro ribakeraho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo Bwiza.com yazengurukaga umujyi wa Rusizi kuri uyu wa Gatandatu, abaturage nta kindi bavugaga kitari ukwishimira intsinzi y’umukandida wa […]
Ese kuba isugi bisobanura kubura amahirwe yo kuryamana n’umuhungu?
Mu miryango myinshi y’abakirisitu, bigisha abana ba bo kwifata bagakomera ku busugi bwa bo kugeza igihe bazashakira, nyamara ibi ni ukuri kuko ni ko byakabaye. Ikibazo ni uko hari urwego umwana ageraho ugasanga atakigendera ku marangamutima cyangwa amabwiriza y’ababyeyi be, agatangira kwitwara uko ashatse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bituma abana benshi basigaye batakaza ubusugi kubera akenshi […]
Uganda: Batatu bakekwaho kwivugana umuyobozi muri Kenya batawe muri yombi
Abagabo 3 barimo umunyakenya umwe n’Abagande 2 bakekwaho kwivugana umukozi muri Komisiyo y’Amatora ya Kenya mu minsi ishize batawe muri yombi muri Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bagabo bafashwe bari mu modoka ifite purake ya Uganda, bari mu Majyaruguru ya Uganda, bakaba bakekerwaho kuba ari bo baherutse kwica uwari uhagarariye komisiyo yigenga y’amatora muri Kenya (IEBC), […]
Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye
Nyiransabimana Valentine, umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko yatoye bwa mbere mu mateka ye nyuma yo kubyemererwa n’amategeko, ahereye mu matora ya Perezida wa Repubulika, asaba ko uzatorwa wese yazabakemurira ikibazo kibakomereye cy’umuhanda bacamo bagiye ku ishuri. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyiransabimana yavuze ko ashimishijwe n’iki gikorwa ariko akaba afite igitekerezo cy’ibyo umuyobozi utorwa kuri uyu […]
Burera:Abaturage basubijwe kuryama kuko bari bageze kuri site y’itora hataracya
Abaturage bagera ku 100 bo mu bice bitandukanye by’Umurenge wa Gahunga mu Karere ka Burera bageze kuri site y’itora butaracya basubizwa kuryama ngo baze kuzinduka. Bageze ku biro by’itora by’Amashuri abanza (EP) Kabaya yo mu Kagari ka Rwasa mu Murenge wa Gahunga yo mu karere ka Burera, mu saa saba z’ijoro basubizwayo n’abashinzwe umutekano kuko […]
Amajyarugu: Abagaragaye mu byumba by’itora batambaye imyambaro yabugenewe mu matora bateye impungenge
Ku biro bitandukanye byabereyeho amatora mu turere twa Musanze na Burera hari abayoboye ibikorwa by’amatora bari bambaye imyenda iriho ibirango bya Komisiyo y’igihugu y’Amatora, ariko hari n’abatambaye iyi myambaro bari mu byumba by’itora. Ku biro by’itora bya Paruwasi Gahunga , biherereye mu karere ka Burera, hari abagabo bari mu biro by’itora batambaye ibyo birango. Ni […]
Rwamagana: Abafite ubumuga bwo kutabona bishimiye kwitorera badafashijwe gutora
Abafite ubumuga bwo kutabona na bo bitabiriye igikorwa cy’amatora kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017, bavuga ko bashimishijwe no gutora bwa mbere badafashijwe gutora nk’uko mbere byagendaga mu matora yabanje. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko komisiyo y’amatora yumvise ubusabe bwa bo ku buryo babashije kwitorera perezida wa Repubulika batifashije […]
Akazi kagiye gutangira mu myaka 7 yo gukomeza kwita ku bibazo byugarije Abanyarwanda
Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame yatsinze by’agateganyo amatora ya Perezida wa Repubulika yizeza Abanyarwanda ko akazi ko kwita ku bibazo bibugarije kagiye gukomeza nyuma y’ibyakozwe. Perezida Kagame yabitangarije i Rusororo mu Karere ka Gasabo, ahari abayobozi bakuru b’Umuryango FPR Inkotanyi n’abandi batandukanye bari bagiye gutegerezayo ko Komisiyo y’Amatora itangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’umukuru […]