Kigali: Abafite umubyibuho ukabije nâabashaka kubaka umubiri babonewe igisubizo- REBA AMAFOTO
Top Gym Muvandimwe, niyo yabaye igisubizo ku bafite umubyibuho ukabije ndetse nâabandi batandukanye bashaka gukora imyitozo ngororamubiri. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye nâumutoza mukuru muri â Top Gym Muvandimwe â Maniraguha Anaclet uzwi ku izina rya Fils, atangaza ko gukora imyitozo ari inyungu zâuyikora kandi ko icyo biyemeje ari ugufasha neza abayitabira. Ati âHano abantu bahakorera […]
Ibimenyetso byâintambara yâubutita hagati yâu Rwanda na Uganda byatangiye kugaragara
Amakuru aturuka muri Uganda aravuga ko Abagande benshi bakoraga mu nzego zitandukanye zâimirimo mu Rwanda, bakuwe mu kazi kabo ngo ku mpamvu zidasobanutse nkâuko byatangajwe nâabayobozi kuri wa gatatu, aho hakekwa ko biri guterwa nâumwuka mubi uri mu mubano wâibihugu byombi muri iki gihe. Benshi mu Bagande bari bamaze imyaka myinshi bari mu myanya ikomeye […]
Rubavu: Abakoze ku muhanda âKabuhanga-Bulingoâ bamaze amezi 6 batarishyurwa
Abaturage 70 bo mu karere ka Rubavu bahangayikishijwe nâamafaranga yabo bavuga ko ari miliyoni esheshatu batishyuwe kandi barakoreye Rwiyemezamirimo mu kubaka umuhanda Kabuhanga âBulingo, uri mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu. Bamwe muri aba baturage 70 bishyuza ayo mafanga, bavuga ko bayakoreye hagati yâukwezi kwa gatanu nâukwa munani muri uyu mwaka wa 2017, […]
Diamond yise abana yabyaranye na Zari âintangaâ
Umuhanzi Diamond Platnumz, ukomoka muri Tanzania yatangaje amagambo yatumye abakunzi be bayibazaho cyane, yafashwe nkâimvugo nyandagazi, aho yafashe ifoto ari kumwe nâabana be yabyaranye na Zari akandikaho amagambo agira ati ânjye nâitanga zanjye â. Uyu muhanzi wâimyaka 28 avuka i Tandale mu mujyi wa Dar es Salaam, afite abana babiri, umukobwa, Latifa Dangote nâumuhungu, Nillan […]
Polisi igiye gushyiraho umutwe udasanzwe wo kurwanya magendu n'ibiyobyabwenge mu Majyaruguru
Ikibazo cyâibiyobyabwenge na magendu gikunze kuvugwa mu ntara yâAmajyaruguru kigiye guhagurukirwa nâinzego zâibanze zifatanyije na polisi yâigihugu nâicyigo cyâimisoro nâamahoro. Muri turere twa Rulindo, Gicumbi na Burera hakunze kuvugwa abakora ubucuruzi butemewe bwa kanyanga igifatwa nkâikiyobyabwenge mu Rwanda. Ibyo biyobyabwenge bizanwa mu buryo bwa magendu, ababizana bitwa ”abarembetsi’. Mu rwego rwo guhangana nâicyo kibazo, ku […]
Ubuzima bwa BenoĂ Âźt XVI wahoze ahagarariye Kilizya Gatolika buhagaze nabi
Umunyamabanga wihariye wa BenoĂ Âźt XVI wahoze ari umushumba wa Kiliziya Gatolika, Musenyeri Georges Ganswein, yasabye ko abatuye Isi basabira BenoĂ Âźt XVI kuko ubuzima bwe bugenda bumera nabi umunsi ku wundi. Musenyeri Georges Ganswein yagize ati : « Ubuzima bwa BenoĂ Âźt XVI bugenda buzamba uko bucyeye nâuko bwije ariko gusa aratuje afite amahoro muri we nâ […]
Ndi umukobwa wâimyaka 23, mama yantaye mu gihuru ndi uruhinja, aho amenyeye ko nkiriho nakuze, yaje kunsaba imbabazi -NKORE IKI?
Ndabasaba inama nshuti bavandimwe, nitwa Asiyah ndi umukobwa wâimyaka 23 wakuriye mu muryango wâabagiraneza bâabayisiramu, narize kandi meze neza, mama akimara kumbyara ngo yantaye ahantu hâibanga, mu gihuru, gusa ngirirwa ineza nâaba bagiraneza ubu ndakuze. Ntavuze byinshi, abo kuri bwiza.com ndabasaba inama, nifuza ko mumfasha, mama yafunzwe imyaka myinshi, ariko adashinjwa kuba yarantaye, ni ikindi […]
Intumwa idasanzwe yâUmunyamabanga wa Loni yagendereye u Burundi
Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru wa loni mu Burundi, Michel Kafando ari mu ruzinduko mu Burundi aho ari kuganira n’abategetsi batandukanye bâiki gihugu. Michel Kafando yashitse mu gisagara ca Bujumbura ku musi w’Imana mw’ibanga nta ngere. Kugeza ubu amaze kubonana na Minisitiri wâububanyi nâamahanga Alain Aime Nyamitwe hamwe n’umuhuza w’Abarundi, Edouard Nduwimana. Nta kiramenyekana ku byavuye […]
Ese koko umunyarwenya Anne Kansiime yaba atabyara?! Umugabo we yatangaje ukuri
Umukunzi wâumunyarwenya, Anne Kansiime, Ojok yatoboye avuga impamvu nyamukuru yaba ituma yumva adashobora gukomezanya nâumukunzi we bamaranye imyaka myinshi nta kana barabyara. Ojok yabwiye itangazamakuru ryo muri uganda ko mu myaka isaga 5 amaze mu rukundo na Anne Kansiime, abaganga bamubwiye ko bigoye kuba babona akana kuko umugore we afite ibibazo mu miterere yâumubiri we, […]
Umugore nâmugabo bapfiriye mu modoka bari gutera akabariro
Umugore nâumugabo bo mu gace ka Ogba mu mujyi wa Lagos muri Nigeria basanzwe bapfiriye mu modoka ya bo bambaye ubusa, ababibonye bakaba bavuga ko barimo batera akabariro. Ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino, byatangaje ko uyu mugore wâabana 2 yari kumwe nâumugabo bivugwa ko ari uwe, bakaba basanzwe mu modoka bapfuye ariko ibimenyetso byose bikaba […]
Dore ibyo Ukwiye kumenye niba ushaka gushimisha umukunzi wawe, tandukanya urukundo no kuryamana
Abantu benshi bafata urukundo mu ngeri nyinshi ndetse bakanaruha ubusobanuro butandukanye bitewe nâinyungu baba babifitemo. Ni muri urwo rwego usanga abenshi bibwira ko urukundo ari ugukora imibonano mpuzabitsina ndetse akenshi nâabenda kuzabana ugasanga baryamanye mbere yâuko basezerana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi akenshi biterwa nâubusobanuro abakundana baba bahaye ijambo urukundo ndetse bigakurikirwa nâingaruka nyinshi kuko hari igihe […]
Uganda: Impunzi 2 zishobora kuba ari Abanyarwanda ziciwe mu nkambi ya Nakivale
Igipolisi cya Uganda ahitwa Isingiro kiri guhiga bukware agatsiko kâabantu bitwaje imbunda bagabye igitero mu giturage gituwemo nâimpunzi bacika abantu babiri. Nubwo iyi nkuru idasobanura aho izi mpunzi zikomoka, amazina yazo agaragaza ko zishobora kuba ari Abanyarwanda. Abishwe ni Augustine Muhizi wâimyaka 45, wari umunyemari wâimpunzi (wacuruzaga ibishyimbo, ibigori nâamasaka), ndetse na ishimwe Cyuzuzo Deo, […]
Abadepite bakurikiranye imirimo yâinteko rusange
Kuri uyu wa 31 Ukwakira 2017, Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâimari nâumutungo byâIgihugu (PAC) yagaragarizaga Inteko rusange yâabadepite isesengura rya raporo yâUmugenzuzi wâImari ya Leta yâumwaka wa 2015-2016. Aba ni bamwe mu badepite bari bakurikiranye imirimo y’iyi nama. Iyi raporo yatowe n’abadepite bose usibye Mukamurangwa Sebera Henriette wifashe, wanabajije ikibazo cyo kumenya nyir’inzu yishyurwa miliyoni […]
Odinga yamaganye ibyavuye mu matora asezeranya impinduramatwara nkâizo mu Barabu
Umukuru w’abatavuga rumwe na Leta, Raila Odinga, yahamagariye abayoboke be gukomeza gukora imyigaragambyo mu mahoro nyuma y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu, avuga ko imyigaragambyo izakorwa i Nairobi. Yongeye gusubiramo ko amatora yabaye mu cyumweru gishize yatsinzwe na Perezida Uhuru Kenyatta ari ikinamico. Yavuze ko azabangamira ubutegetsi bwa Kenyatta mu buryo butandukanye, byaba ngombwa agakora igikorwa […]
RDC: Nyuma ya Gen. Tango Fort, Global Witness iratunga urutoki na Brig. Gen. Etienne Bindu
Umuryango mpuzamahanga utegamiye kuri leta, Global Witness urashinja Brig. Gen. Etienne Mbunsu Bindu wo mu gisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, gusarura inyungu zituruka mu bucukuzi bwa zahabu muri Kivu yâAmajyaruguru mu gihe hariho itegeko ribuza abasirikare kwijandika mu bikorwa byâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro. Nkâuko uyu muryango, uzobereye gukurikirana uko imitungo kamere yâibihugu biri mu […]
Umugore yateze mugabo we uburozi buhitana abagera kuri 15
Umugore wo mu mujyi wa Daulat Paur mu gihugu cya Pakistan akurikiranyweho kwivugana abagera kuri 15 abarogeye mu mata yari yagennye guha umugabo we, abantu bakayanywa atabizi bagahita bapfa nâuwo mugabo we arimo ngo akaba yamuzizaga ko bashyingiranywe atabishaka. Uyu mugore witwa Aasia Bibi wâimyaka 21yashyingiwe ku gahato uwitwa Amjad Akram wâimyaka 25 mu kwezi […]
Papa Francis yicujije ko ajya asinzira mu gihe bari gusenga
Umushumba wa kiliziya Gatulika, Papa Francis aherutse gusaba imbabazi, yicuza ko hari ibyo ajya akora mu gihe cya Misa avuga ko bishobora no kuba bibangamira ababibona ariko akavuga ko na we aba atabishaka. Mu kiganiro cyijyanye na kiliziya Gatulika kuri televiziyo ya TV2000 kuri uyu wa kabiri, yagize ati « Iyo ndimo gusenga akenshi mpita […]
Mali: Igitero ku modoka zari ziherekeje perezida wâUrukiko Rukuru cyahitanye abasirikare 5
Abasirikare batanu ba Mali ndetse nâumusivili umwe, kuri uyu wa kabiri biciwe mu gitero cyagabwe ku modoka zari ziherekeje perezida wâUrukiko Rukuru rwâiki gihugu nkâuko byatangajwe na minisiteri yââingabo. Ntiharamenyekana abari inyuma yâiki gitero, ariko kwibasira abantu bo ku rwego rwo hejuru ndetse nâiyicwa ryâabasirikare ni bimwe mu bigaragaza ko umutekano ukomeje kwifata nabi muri […]
Igihe cyo gufata “Cyangugu” nka annexe y'u Rwanda cyararangiye-Minisitiri Kaboneka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis, yatangiye uruzinduko arimo kugirira mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, ubwo yakoranaga inama n’abacuruzi hamwe n’abavuga rikumvikana (opinion leaders) mu karere ka Rusizi yababwiye ko ari Abanyarwanda, agace batuyemo atari annexe yâu Rwanda. Ni uruzinduko yatangiye ku wa Kabiri tariki ya 31 Ukwakira 2017. Inama bakoze yibanze ku kuvugurura umujyi […]
Mu 2018 u Rwanda ruzaba rwihagije ku mbuto zâibihingwa bitandukanye zikenerwa mu gihugu
Ibi byatangajwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 31 Ukwakira 2017 mu nama nyunguranabitekerezo yateraniye mu Ntara yâAmajyaruguru igamije kurebera hamwe ibijyanye no kwihaza mu biribwa âFood Securityâ. Iyi nama yayobowe na Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney, yitabiriwe nâabagize âTask Forceâ yo kwihaza mu biribwa ku rwego rwâIgihugu bayobowe na Lt Gen […]