Arabaza: Ese umugabo wambaye agakingirizo yabasha kunyaza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?
Iki ni kimwe mu bibazo biba byabajijwe n’abakunzi b’iki kinyamakuru Bwiza.com, bibaza cyane ku kunyara k’umugore, bikanaba ngombwa kwibaza niba umugabo wambaye agakingirizo yabasha kunyaza umugore we. Ibisubizo bitangwa n’abantu batandukanye babajijwe kuri iyi ngingo, bubatse ingo kandi banemeza ko bafite ubuhamya kuri iki cyo kunyaza cyangwa kunyara k ‘umugore. Ati“Reka reka, nta naho bihuriye, […]
Burundi: Polisi yataye muri yombi abafaransa bane
Igipolisi cy’u Burundi kiremeza amakuru avuga ko cyateye muri yombi abantu bane bari bafite ubwenegihugu bw’u Bufaransa, bakaba bashinjwa guhungabanya ubutunzi bw’u Burundi. Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena 2018, nibwo bafatiwe mu Mujyi wa Bujumbura bari kumwe n’undi muntu umwe ufite ubwenegihugu bw’u Burundi. Umuvugizi w’igipolisi, Pierre Nkurukiye, avuga ko abo bantu bafashwe […]
Burundi: Umukobwa w’imyaka 20 yatemaguwe bikabije
Umukobwa w’imyaka 20 witwa Dorine Niyizomburanira, mu gihugu cy’u Burundi, mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 18 Kamena yakomerekejwe bikomeye mu maso, ku kaboko no mu mutwe nyuma yo gutemagurwa n’umuntu bikekwa ko ari umugabo wamuteye inda. Ni icyaha cyakozwe ahagana saa 20:00 z’ijoro ku gasozi ka Nyamiyaga, muri Zone Muriza, yo […]
U Burusiya: Umunyamakurukazi w'imikino yakorewe ihohoterwa mu ruhame
Umunyamakurukazi Julieth Gonzalez Theran ukomoka mu gihugu cya Colombia aherutse gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina ubwo yarimo avuga amakuru y’imikino ku gikombe cy’isi kiri kubera mu gihugu cy’u Burusiya. Uyu mugore ubusanzwe ukorera Televiziyo y’Abadage ya Deutsche Welle yari ahagaze mu mujyi Saransk rwagati mu gihugu cy’u Burusiya ari kuvuga amakuru y’umukino warimo ubera muri […]
Nyamasheke: Barasaba ko imirimo yo kubaka urwibutso rwa jenoside rwa Gashirabwoba yakwihutishwa
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, barasaba ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke kwihutisha imirimo yo kubaka urwibutso rushya rwa Jenoside rwa Gashirabwoba kuko igihe cyari cyaragenwe rwagombaga kuba rwuzuye kirenzeho ukwezi. Byari biteganijwe ko mu kwibuka k’uyu mwaka ari ho urwibutso rushya rw’icyitegererezo rwa Jenoside rwa Gashirabwoba ruri mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke rwagombaga […]
Romelu Lukaku ntahisha ubuzima bubi yabayemo, banywa amata bacugushijemo umugezi
Romelu Lukaku, umusore ukinira ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, yavuze ko ubuzima iwabo babagamo akiri muto, bwari bubi cyane aho batabashaga no kugura amata yo kunywa ahagije, bakayavanga n’amazi. Lukaku aganira n’ikinyamakuru The Player’s Tribune, asobanura ubuzima bubi yabayemo, gusa ngo akaba yarizeraga ko bizahinduka, akabona nyina yishimye. Yagize ati “Data yahoze ari […]
Minicom yahagaritse amasezerano yagiranaga na sosiyete “FinTech”
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda yatangaje ko yahagaritse amasezerano yari ifitanye n’ikigo cyo muri Kenya “FinTech” nyuma y’imyaka 4 gihawe isoko ryo gukora porogaramu yagombaga guhuriza hamwe imirenge Sacco yo mu Rwanda mu buryo bw’ikoranabuhanga ariko ikaza kubinanirwa. Minisitiri Vincent Munyeshyaka avuga ko mu myaka 4 ishize, iyi sosiyete yahawe iri soko ariko kugeza ubu […]
Uganda: Abadepite bashyigikiye kuvugurura itegeko nshinga bahawe abarinzi barinda perezida
Abadepite bakomoka mu ishyaka NRM riri ku butegetsi mu gihugu cya Uganda, bashyigikiye ivugurura ry’itegeko nshinga hagakurwamo imyaka umukuru w’igihugu agomba kuba atarengeje, kuri ubu bongerewe abashinzwe umutekano kabuhariwe baturutse mu mutwe ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu (SFC). Ni nyuma y’iyicwa rya Depite Abiriga uherutse kwicwa n’abantu bataramenyekana. Ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru kiravuga ko buri […]
Hamisa Mobetto yipakuruye abavuga ko yabyaranye n’umudepite
Umunyamideli ukomeye cyene muri Tanzania uzwi nka Hamisa Mobetto wanabyaranye na Diamond yanyomoje ibihuha bivugwa ko umuhungu we Dylan yamubyaranye na Depite Charles Njagua Kanyi wamamaye nka Jaguar mu muziki. Ubwo yaganiraga n’ibitangazamakuru byo muri Tanzania Hamisa yahakanye yivuye inyuma amagambo avuga ko Jaguar bivugwa ko babyaranye atanamzi ndetse ko n’inshuro zose yagiye muri Kenya […]
Min Mushikiwabo mu nzira yagutse imuganisha ku mwanya w’ubuyobozi bwa OIF
Min w’Ubbubanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo aravugwaho kuba ari mu nzira yagutse imujyana ku mahirwe yo gutsinda amatora yo kuyobora umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bihuriye ku rurimi rw’igifaransa. Jeunafrique ivuga ko ku itariki ya Mbere n’iya Kabiri Nyakanga 2018, ari bwoMin Mushikiwabo azabasha gukora ubukangurambaga ku bihugu bigize umuryango w’Afurika yunze Ubumwe (UA) mu ihuriro riteganyijwe I […]
Urutonde rw’Abaperezida 10 b’ibihugu bya Afurika bafashe ubuyobozi bavuye iy'ishyamba
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bagiye bicara ku ntebe y’umukuru w’igihugu nyuma yo kumara imyaka myinshi mu ishyamba, bayoboye imitwe y’inyeshyamba, nyuma ikaza gufata ubutegetsi. 1.Idriss Deby Itno: Idriss Debby Itno, ubu ni Perezida wa Tchadi, ni umusaza w’imyaka 69 y’amavuko, akaba yaravuye mu gisirikare afite ipeti rya jenerali, yafashe ubutegetsi mu mwaka wa […]
RDC: Inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa ziratungwa intoki mu bushyamirane bumaze kugwamo abantu 10
Abantu bagera ku 10 barimo abasivili bane n’abarwanyi bamaze kugwa mu mirwano yahuje imitwe yitwaje ibirwanisho y’abaturage mu misozi miremire ya Bijombo, muri Teritwari ya Uvira, ho muri Kivu y’Amajyepfo. Inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa ziravugwaho kugira uruhare muri aya makimbirane akomeje guhuza amoko atandukanye y’Abanyekongo cyane cyane Abanyamulenge n’Abafulero. Umwe mu bayobozi muri Minembwe witwa […]
Perezida Museveni yategetse gukaza umutekano w’umupfakazi wa Kaweesi bivugwa ko arimo guterwa ubwoba
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yategetse CP Moses Kafeero, ukuriye igipolisi muri Kampala, gukaza umutekano w’umupfakazi wa AIGP Andrew Kaweesi witwa Annet Kaweesi bivugwa ko yaba arimo kwakira ubutumwa bumutera ubwoba. Amakuru aturuka mu nzego z’ubutasi agera ku rubuga Spyreports akaba avuga ko perezida Museveni yahaye CP Moses Kafeero amabwiriza yo kongera umutekano w’umugore wa […]
Uganda: Hatoraguwe undi murambo w'impunzi ya Sudani y’Epfo bikekwa ko yazize imirwano y’abafana igikombe cy’isi
Impunzi 3 zo mu nkambi ya Rhino muri Uganda icumbikiye impunzi zaturutse muri Sudani y’Epfo zimaze gusiga ubuzima mu mirwano y’abafana mu gikombe cy’isi guhera ku itariki ya 17 Kamena 2018. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Kamena, nibwo umurambo wa 3 w’impunzi yo muri iriya nkambi witwa Aleu Anei Aleu w’imyaka 32 wabonetse […]
RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi
Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’Abagororwa ruranyomoza umunyapolitiki Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki mu Rwanda zifatwa nabi rwo rugashimangira ko imfungwa zose zifatwa kimwe. Umunyapolitiki Me Bernard Ntaganda uvuga ko ahagarariye ishyaka PS Imberakuri ritemewe mu Rwanda, avuga ko yatangiye ibikorwa byo kuvugira abanyapolitiki bafungiye mu Rwanda, aho avuga ko guhera ku itariki 17 […]
Nyaruguru: Abantu bitwaje intwaro bishe abantu, barasahura, batwika imodoka yaGitifu, bangiza n'ibindi byinshi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Kamena 2018, abantu bataramenyekana bari bitwaje intwaro bateye Umurenge wa Nyabimata wo mu karere ka Nyaruguru bica abantu 2, barasa Gitifu ku bw’amahirwe ntiyapfa, bamutwikira imodoka n’icumbi yabagamo, bashimuta abantu bataramenyekana umubare bikaba bikekwa ko bari baturutse mu mashyamba y’i Burundi. Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko kugeza […]
USA yitandukanyije n’Akanama ka Loni k’Uburenganzira bwa Muntu igashinja kubogama
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitandukanyije n’Akanama k’Uburenganzira bwa Muntu ka Loni zivuga ko aka kanama kagaragaza kubogama muri politiki cyane cyane mu bijyanye n’ikibazo cya Israel. Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’Abibumbye, Nikki Haley yagize ati: “ Dufashe iki cyemezo kubera ko ibyo twemera bitatwemerera kuba mu gatsiko k’uburyarya kandi […]
Nyagatare: Umuturage yafashwe agerageza guha umupolisi ruswa
Mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Musheri, umugabo w’imyaka 43 y’amavuko ari mu maboko y’ubugenzacyaha aho akurikirwanyweho guha umupolisi ruswa y’amafaranga ibihumbi makumyabiri na bitanu by’amafaranga y’u Rwanda ( 25000 frw) kugirango afungure moto ye yari yafatiwe mu makosa. Hari ku itariki ya 18 Kamena mu masaha y’igicamunsi nibwo Nshimimana Jean Claude w’imyaka […]
Amerika yivanye mu kanama ka Loni gashinzwe uburenganzira bwa muntu
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaretse kuba umunyamuryango w’akanama k’uburenganzira bwa muntu k’umuryango w’abibumbye, zikaba zigashinja kubogama mu bya politiki. Uhagarariye Amerika mu muryango w’abibumbye, Nikki Haley, yavuze ko aka kanama k’uburenganzira bwa muntu kagizwe n’abantu b’indyarya kandi bakorera inyungu zabo bwite. Madamu Haley yongeyeho ko ibyo bituma aka kanama kaba ako ugusebya uburenganzira bwa […]