Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi yakiriwe na Perezida Kagame i Kigali- AMAFOTO

Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi yagiriye uruzinduko mu Rwanda yakirwa na Perezida Kagame ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, i Kanombe. Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe, Narendra Modi ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nyakanga 2018, aho uruzinduko rwe mu Rwanda rugamije gukomeza umubano hagati y’ibihugu byombi. Ari kumwe na […]

Wema Sepetu wari wakatiwe gufungwa umwaka umwe yarekuwe

Wema Sepetu ikimamare muri sinema ya Tanzaniya aherutse guhamwa n’icyaha cyo gukoresha no gucuruza ibiyobyabwenge kuri ubu yamaze gukurirwaho igifungo cy’umwaka umwe yakatiwe n’urukiko. Tariki 20 Nyakanga 2018 nibwo urukiko  rwa Kisutu i Dar es salaam, rwahamije Miss Wema Sepetu wahoze akundana n’icyamamare Diamond  ibyaha birimo gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge, rumuhanisha igifungo cy’umwaka umwe ahabwa n’amahirwe […]

Makamba: Habonwe ibyobo bihambyemo abantu bikekwa ko bishwe n’abarwanyi ba FDD

Umugabo witwa Ciza Dalton yatawe muri yombi nyuma yo gutaburura imibiri y’abantu bishwe kera, bikaba bikekwa ko bishwe n’abari abarwanyi n’inyeshyamba za FDD ubu yabaye CNDD FDD. Ku wa Kane tariki ya 19 Nyakanga 2018, ubwo uyu mugabo yacukuraga icyobo cyo kubumbiramo amatafari muri komini ya Nyanza Lac, intara ya Makamba, ngo nibwo yaguye kuri […]

Abasirikare batatu ba Uganda bishwe batwitswe n’abaturage

Abaturage bo mu gace ka Arua gakora ku mupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batwitse abasirikare batatu ba Uganda barapfa. Ku wa Gatandatu tariki ya 21 Nyakanga 2018, nibwo ubu bugizi bwa nabi bwabaye ahitwa Pelele mu karere ka Arua, abaturage ngo bakaba bari bariye karungu bashinja aba basirikare kubiba bakanabahohotera. Polisi muri aka gace […]

Huddah Monroe arifuza kurongorwa n'umusaza w'imyaka 77

Umunyamideli ukomoka mu gihugu cya Kenya,  Uzwi nka Huddah Monroe yatangaje ko magingo aya yifuza kurongorwa n’umusaza w’imyaka 77 witwa Christopher John Kirubi bakunda kwita Chris Kirubi, umuherwe ukomoka muri iki gihugu. Huddah yatangaje aya magambo yanatunguye benshi nyuma yaho uyu musaza atangaje amagambo y’ubwenge ku rukuta rwa facebook na twitter agira inama abagabo muri […]

Gen. Kale Kayihura yagize icyo asaba Perezida Museveni

Abahagarariye mu mategeko uwahoze ayobora igipolisi cya Uganda, Gen. Kale Kayihura Muhwezi bavuga ko umukiriya wabo asaba ko Perezida Museveni yatabara akinjira mu kibazo cye kuko ngo abona akomeje gukorerwa akarengane. Abanyamategeko ba Gen. Kayihura aribo ‘Kampala Advocates Associates (KAA)’ Kuwa Gatanu w’icyumweru gishize mu kiganiro n’abanyamakuru batangaje ko Kayihura yabahaye amabwiriza yo gusaba Perezida […]

Kigali: Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping n’umufasha we bakiriwe muri Village Urugwiro

Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko yagiriye mu Rwanda, Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping n’umufasha we, Peng Liyuan, bakiriwe mu ngoro y’umukuru w’igihugu, Village Urugwiro, aho bagirana ibiganiro mu muhezo, bakanagirana ibiganiro n’abanyamakuru. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nyakanga 2018, nibwo Perezida Kagame na madamu Jeannette Kagame bakiriye, Perezida Xi Jinping […]

Rubavu: Umwana w’imyaka 14 yasanzwe mu nzu y’abaturanyi amanitse mu mugozi

Gacaniro Jean De Dieu wari ufite imyaka 14 y’amavuko, yasanzwe mu nzu y’abaturanyi amanitse mu mugozi,  mu mudugudu w’Isangano, Akagari ka Rukoko, umurenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu. Amakuru yatanzwe na sekuru, avuga ko uyu mwana yari yafashwe n’abaturanyi babo bamushinja ubujura, bamufungirana mu nzu yabo, nyuma batabaza bavuga ko basanze yiyahuye ariko agakeka […]

Abanyamakuru ba ‘Iwacu Burundi’ bibutse Bigirimana Jean bakeka ko yishwe

Abanyamakuru b’ikinyamakuru ‘Iwacu Burundi’ baracyari mu gihirahiro cy’ibura rya mugenzi wabo, Jean Bigirimana bakeka ko yishwe nyuma y’imyaka ibiri ishize yaraburiwe irengero. Ku wa 22 Nyakanga 2018, nibwo aba banyamakuru bagaragaje agahinda bafite nyuma y’imyaka ibiri ishize bari mu gihirahiro cyo kubura mugenzi wabo, mu gihe bakeka ko yaba yarishwe, bakora n’umuhango wo kwibuka. Aba […]

Hon. Mukabalisa yashimiye abanyamuryango ba FFRP barangije manda yabo mu mutwe w'Abadepite

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite, Hon Mukabalisa Donatille yashimiye abanyamuryango bagize ‘ Ihuriro  ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko (FFRP) barangije manda yabo mu mutwe w’Abadepite, abasaba gukomeza gufatanya n’abandi banyarwanda kubaka igihugu. Abasenateri n’Abadepite bagize Ihuriro ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko ubwo bari bateraniye mu nama y’Inteko Rusange yayo, aho bishimira ibyagezweho mu myaka […]