Dr HABINEZA na Mukabunani, amaraso mashya mu Nteko Ishinga Amategeko
Nyuma yâumunsi umwe gusa hakozwe amatoira yâAbadepite bazajya mu Nteko ishinga Amategeko yâu Rwanda, bimaze kumenyekana ko amashyaka abiri afatwa nkâatavuga rumwe nâubutegetsi, yatsindiye intebe ebyiri ebyiri. Nyuma yâibarura ryâamajwi yâagateganyo ku rwego rwâigihugu, uko yakusanyijwe avuye mu turere 30 twose twâu Rwanda, Umuyobozi wa Komisiyo yâIgihugu yâamatora, Prof Kalisa Mbanda atangaje ko Green Party […]
Diamond Platnumz yagize icyo abwira abanenga inyogosho ye nshya
Umuhanzi wo muri Tanzaniya, Diamond Platnumz nta kozwa ibyâabamunenga kubwâinyogosho nshya yâamaderedi yashyize ku mutwe . Mu kiganiro na Bongo5 TV, Diamond yavuze ko yabikoze mu rwego rwo guhindura isura ye mu ruhame kandi abona bikwiriye. Atiâ Nasanze ari ngombwa ko mpindura uburyo nagaragaraga. Ibi ni ibjyanye no kugaragara, nyuma nzahinduraâ Diamond atangaje ibi nyuma […]
Abayoboke 8 ba Agathon Rwasa bafashwe nâinzego zâumutekano
Abayoboke umunani bâishyaka âAmizero yâAbarundiâ riyobowe na Agathon Rwasa batawe muri yombi nâinzego zâumutekano, bashinjwa gukora inama mu buryo butemewe nâamategeko. Bafatiwe ku musozi wa Gicu, Komini Nyamurenza, intara ya Ngozi, bakaba bafungiye muri kasho yâiyi komini, aho bashinjwa gukora inama mu buryo butazwi nâubuyobozi, mu gihe iri shyaka ryo rihamya ko ari uburyo bwo […]
Green Party iracyafite icyizere cyo kwinjira mu Nteko
Mu gihe ibarura ry’amajwi rigikomeje kandi hakaba hasigaye amasaha make ngo hatangazwe amajwi yose y’abatoye ku rwego rw’igihugu, ishyaka DGPR riracyafite icyizere cyuzuye cyo kwinjira mu Nteko Ishinga amategeko y’u Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe mu gicuku cyo ku wa Mbere ushyira uwa kabiri tariki ya 3 na 4 Kanama 2018, ubwo bamwe mu barwanashyaka n’abakandida-depite […]
Ubuhamya bwa Bobi Wine, arasobanura ubugome yakorewe nâuko umushoferi we yishwe
Umudepite wo muri Uganda, Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina ryâubuhanzi rya Bobi Wine, aratanga ubuhamya burebure bwâibyamubayeho, kuva ku wa 13 Kanama 2018, ubwo yatabwaga muri yombi nâinzego zâumutekano za Uganda. Kuri iyi tariki, Bobi Wine yatawe muri yombi ubwo habaga imyigaragambyo mu gace ka Arua, wari umunsi wa nyuma wo kwiyamamaza ku mwanya wâumudepite […]
Ubutaliyani: Hakozwe ibipupe bimeze nk'abantu bigenewe abifuza gutera akabariro-Amafoto
Mu gihugu cyâubutariyani yakozwe ibipupe byo gukoresha imibonano mpuzabitsina aho ugishaka yishyura amayero hagati ya 72 na 80 mu gihe kingana niminota 30. Ibi bipupe byakozwe biri mu moko abiri atandukanye ibizajya bikenerwa nâabagore ndetse n’ibizajya bikenerwa nâabagabo bivuzeko hari ibyâigitsina gore ndetse nâigitsina gabo. Abagore bifuza kugura ibi bipupe ngo bashobora guhitamo kimwe mu […]
Kim Kadarshian yeruye ku bivugwa ko yaryamanye na Drake
Umunyamideli ukomoka muri Amerika, Kim Kadarshian yatangaje ko amakuru avuga ko yaryamanaye na Drake ari ibinyoma byambaye ubusa kuko ngo bitigeze bibaho haba mbere yo gushakana na Kanye West cyangwa se nyuma yaho. Amakuru yâumubano wihariye yatangiye ubwo Drake yashyiraga indirimbo ye hanze yise âIn my feelingsâ ahanini yiganjemo ubutumwa bwâurukundo aho agaruka ku izina […]
Uganda: Ingona yariye umugore nâumwana we wâamezi atanu
Umugore wari uhetse umwana wâamezi atanu, yariwe nâingona ubwo yari agiye kuvoma amazi mu kiyaga kiri mu Majyaruguru yâUburengerazuba bwa Uganda. Umuvugizi wâikigo gishinzwe kubungabunga ubuzima bwâinyamaswa, atangaza ko abaturage bari barabujijwe kwegera aho uyu mugore yamwiciye. Ati âtugira inama abantu kwirinda kugera aho izi ngona zirira abantu zikunze kuba ziri, zikunze kuba mu gace […]
U Rwanda rurifuza ko u Burusiya businya amasezerano yo kurugurisha ubwirinzi bwo mu kirere byihuse
Nyuma yâaho minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Burusiya, Serguei Lavlov asuriye u Rwanda ndetse agatangaza ko iki gihugu cyaganiriye nâu Rwanda ku kijyanye no kurugurisha uburyo bwâubwirinzi bwo kirere, kuri ubu u Rwanda rurifuza ko amasezerano yashyirwaho umukono vuba nkâuko Ambasaderi wâu Rwanda mu Burusiya, Jeanne DâArc Mujawamariya yabitangarije ikinyamakuru Sputnik. Amb. Mujawamariya yagize ati: â […]
U Bushinwa bwemereye Afurika inkunga ya miliyari 60 zâAmadolari
Perezida wâu Bushinwa, Xi Jinping yatangaje ko igihugu cye kigiye kongera Afurika inkunga ya miliyari 60 zâAmadolari. Ibi akaba yabitangaje atangiza ku mugaragaro inama ihuza igihugu cye Afurika izwi nka FOCAC 2018. Muri iri jambo yavuze atangiza iyi nama, Perezida Xi Jinping yavuze ko ayo mafaranga azakoreshwa ahanini mu bijyanye nâubucuruzi nâubwubatsi ku mugabane wa […]
Gicumbi: Abarwayi mu bitaro bya Byumba batewe agahinda no kudatora
Ubwo abanyarwanda bose bitabiriye amatora yâabadepite kuri uyu wa mbere tariki 3 Nzeri, abarwayi nâabarwaza bo mu bitaro bya byumba nabo bari biteguye gutorera aho bari ariko bategereza ko hashyirwa ibiro byâitora baraheba. Ni mu gihe Komisiyo yâamatora yari yatangaje ko hari ibiro byâitora 33 byashyizwe mu bitaro binyuranye, ariko aha i Byumba ntibyahashyirwa. Bamwe […]
Amatora yâAbadepite: Umuryango FPR/Inkotanyi niwo uri ku isonga nâamajwi yâagateganyo 75%
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora(NEC), itangaza ko umuryango FPR/Inkotanyi ari wo uri ku isonga nâamajwi y’agateganyo 75% mu matora yâAbadepite. Ku Cyumweru tariki ya 2 Nzeri nibwo Abanyarwanda bari mu bihugu byâamahanga batoye, Â ku wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, hakurikiraho abari mu gihugu imbere, amajwi atangazwa yâagateganyo nâiyi komisiyo agaragaza ko FPR/Inkotanyi ariyo iza imbere […]