Dr HABINEZA na Mukabunani, amaraso mashya mu Nteko Ishinga Amategeko

Nyuma y’umunsi umwe gusa hakozwe amatoira y’Abadepite bazajya mu Nteko ishinga Amategeko y’u Rwanda, bimaze kumenyekana ko amashyaka abiri afatwa nk’atavuga rumwe n’ubutegetsi, yatsindiye intebe ebyiri ebyiri. Nyuma y’ibarura ry’amajwi y’agateganyo ku rwego rw’igihugu, uko yakusanyijwe avuye mu turere 30 twose tw’u Rwanda, Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora, Prof Kalisa Mbanda atangaje ko Green Party […]

Diamond Platnumz  yagize icyo abwira abanenga inyogosho ye nshya

Umuhanzi wo muri Tanzaniya, Diamond Platnumz nta kozwa iby’abamunenga kubw’inyogosho nshya y’amaderedi yashyize ku mutwe . Mu kiganiro na Bongo5 TV, Diamond yavuze ko yabikoze mu rwego rwo guhindura isura ye mu ruhame kandi abona bikwiriye. Ati” Nasanze ari ngombwa ko mpindura uburyo nagaragaraga. Ibi ni ibjyanye no kugaragara, nyuma nzahindura” Diamond atangaje ibi nyuma […]

Abayoboke 8 ba Agathon Rwasa bafashwe n’inzego z’umutekano

Abayoboke umunani b’ishyaka ‘Amizero y’Abarundi’ riyobowe na Agathon Rwasa batawe muri yombi n’inzego z’umutekano, bashinjwa gukora inama mu buryo butemewe n’amategeko. Bafatiwe ku musozi wa Gicu, Komini Nyamurenza, intara ya Ngozi, bakaba bafungiye muri kasho y’iyi komini, aho bashinjwa gukora inama mu buryo butazwi n’ubuyobozi, mu gihe iri shyaka ryo rihamya ko ari uburyo bwo […]

Green Party iracyafite icyizere cyo kwinjira mu Nteko

Mu gihe ibarura ry’amajwi rigikomeje kandi hakaba hasigaye amasaha make ngo hatangazwe amajwi yose y’abatoye ku rwego rw’igihugu,  ishyaka DGPR riracyafite icyizere cyuzuye cyo kwinjira mu Nteko Ishinga amategeko y’u Rwanda. Ibi ni ibyatangajwe mu gicuku cyo ku wa Mbere ushyira uwa kabiri tariki ya 3 na 4 Kanama 2018, ubwo bamwe mu barwanashyaka n’abakandida-depite […]

Ubuhamya bwa Bobi Wine, arasobanura ubugome yakorewe n’uko umushoferi we yishwe

Umudepite wo muri Uganda, Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Bobi Wine, aratanga ubuhamya burebure bw’ibyamubayeho, kuva ku wa 13 Kanama 2018, ubwo yatabwaga muri yombi n’inzego z’umutekano za Uganda. Kuri iyi tariki, Bobi Wine yatawe muri yombi ubwo habaga imyigaragambyo mu gace ka Arua, wari umunsi wa nyuma wo kwiyamamaza ku mwanya w’umudepite […]

Ubutaliyani: Hakozwe ibipupe bimeze nk'abantu bigenewe abifuza gutera akabariro-Amafoto

Mu gihugu cy’ubutariyani yakozwe ibipupe byo gukoresha imibonano mpuzabitsina aho ugishaka yishyura amayero  hagati ya 72 na 80 mu gihe kingana niminota 30. Ibi bipupe byakozwe biri mu moko abiri atandukanye ibizajya bikenerwa n’abagore ndetse n’ibizajya bikenerwa n’abagabo bivuzeko hari iby’igitsina gore ndetse n’igitsina gabo. Abagore bifuza kugura ibi bipupe ngo bashobora guhitamo kimwe mu […]

Kim Kadarshian yeruye ku bivugwa ko yaryamanye na Drake

Umunyamideli ukomoka muri Amerika, Kim Kadarshian yatangaje ko amakuru avuga ko yaryamanaye na Drake ari ibinyoma byambaye ubusa kuko ngo bitigeze bibaho haba mbere yo gushakana na Kanye West cyangwa se nyuma yaho. Amakuru y’umubano wihariye yatangiye ubwo Drake yashyiraga indirimbo ye hanze yise ‘In my feelings’ ahanini yiganjemo ubutumwa bw’urukundo aho agaruka ku izina […]

Uganda: Ingona yariye umugore n’umwana we w’amezi atanu

Umugore wari uhetse umwana w’amezi atanu, yariwe n’ingona ubwo yari agiye kuvoma amazi mu kiyaga kiri mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bwa Uganda. Umuvugizi w’ikigo gishinzwe kubungabunga ubuzima bw’inyamaswa, atangaza ko abaturage bari barabujijwe kwegera aho uyu mugore yamwiciye. Ati “tugira inama abantu kwirinda kugera aho izi ngona zirira abantu zikunze kuba ziri, zikunze kuba mu gace […]

U Rwanda rurifuza ko u Burusiya businya amasezerano yo kurugurisha ubwirinzi bwo mu kirere byihuse

Nyuma y’aho minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Serguei Lavlov asuriye u Rwanda ndetse agatangaza ko iki gihugu cyaganiriye n’u Rwanda ku kijyanye no kurugurisha uburyo bw’ubwirinzi bwo kirere, kuri ubu u Rwanda rurifuza ko amasezerano yashyirwaho umukono vuba nk’uko Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Jeanne D’Arc Mujawamariya yabitangarije ikinyamakuru Sputnik. Amb. Mujawamariya yagize ati: “ […]

U Bushinwa bwemereye Afurika inkunga ya miliyari 60 z’Amadolari

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping yatangaje ko igihugu cye kigiye kongera Afurika inkunga ya miliyari 60 z’Amadolari. Ibi akaba yabitangaje atangiza ku mugaragaro inama ihuza igihugu cye Afurika izwi nka FOCAC 2018. Muri iri jambo yavuze atangiza iyi nama, Perezida Xi Jinping yavuze ko ayo mafaranga azakoreshwa ahanini mu bijyanye n’ubucuruzi n’ubwubatsi ku mugabane wa […]

Gicumbi: Abarwayi mu bitaro bya Byumba batewe agahinda no kudatora

Ubwo abanyarwanda bose bitabiriye amatora y’abadepite kuri uyu wa mbere tariki 3 Nzeri, abarwayi n’abarwaza bo mu bitaro bya byumba nabo bari biteguye gutorera aho bari ariko bategereza ko hashyirwa ibiro by’itora baraheba. Ni mu gihe Komisiyo y’amatora yari yatangaje ko hari ibiro by’itora 33 byashyizwe mu bitaro binyuranye, ariko aha i Byumba ntibyahashyirwa. Bamwe […]

Amatora y’Abadepite: Umuryango FPR/Inkotanyi niwo uri ku isonga n’amajwi y’agateganyo 75%

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC), itangaza ko umuryango FPR/Inkotanyi ari wo uri ku isonga n’amajwi y’agateganyo 75% mu matora y’Abadepite. Ku Cyumweru tariki ya 2 Nzeri nibwo Abanyarwanda bari mu bihugu by’amahanga batoye,  ku wa Mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, hakurikiraho abari mu gihugu imbere, amajwi atangazwa y’agateganyo n’iyi komisiyo agaragaza ko FPR/Inkotanyi ariyo iza imbere […]